DRC: Umukoro ukomeye Kabila ahaye AU nyuma yo gutangaza ibyavuye mu matora
Tariki 17/0/ 2019, akanama nyunguranabitekerezo k’umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, karateranye kiga uko Congo yava mu bibazo bishobora kuvuka ku matora atavuzweho rumwe. Twibutse ko iyo nama yari iyobowe na Perezida w’uwo muryango Paul Kagame, yemeje ibintu bibiri by’ingenzi aribyo: gusaba Congo kuba ihagaritse gutangaza burundu amajwi no kohereza intumwa muri icyo gihugu kuganira n‘inzeho […]
Video: Urusengero rw’Itorero EPMR i Kigali rwarasenywe
Perezida Nkurunziza yakeje Kabila anashimira Tshisekedi ku ntsinzi ye
Perezida Pierre Nkurunziza w’u Burundi yashimiye Felix Tshisekedi kubw’intsinzi ye nka perezida wa gatanu wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ndetse anashimira perezida Kabila kubw’ubwenge bwe ku mitegurire y’aya matora ataratewe inkunga n’imwe iturutse mu mahanga. Perezida Nkurunziza mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa twitter yagize ati: “ Mu gikorwa cy’amatora yateguwe byuzuye nta […]
Amafoto: Min. Shyaka yafunguye ku mugaragaro Katederali ya Diyoseze ya Cyangungu y’Itorero Angilikani
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu, Shyaka Anastase kuri iki Cyumweru, itariki 20 Mutarama yafunguye ku mugaragaro Katederali Kristo Umwami ya Diyoseze ya Cyangungu y’Itorero rya Angilikani mu Rwanda. Reba amafoto:  Mbere yo kugera aha, muri iki gitondo, Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu, Shyaka Anastase yasuye umupaka wa Rusizi uhuza u Rwanda na Congo aganira n’abahagarariye abacuruzi. Aba bacuruzi bamubwiye […]
RDC: Martin Fayulu yasabye Umuryango Mpuzamahanga kutemera intsinzi ya Tshisekedi
Martin Fayulu, wari umukandida mu matora y’umukuru w’igihugu muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo kuri iki Cyumweru yavuze ko ari we mukuru w’igihugu wemewe nyuma y’aho Urukiko Rushinzwe Kurinda Itegeko Nshinga rwemeje ko Felix Tshisekedi ari we watsinze bidasubirwaho asaba Umuryango Mpuzamahanga kutemera ubutegetsi bwe. Martin Fayulu ati:“ Urukiko rushinzwe kurinda itegeko nshinga rwongeye gushimangira, […]
Video: Umuturage uvuga ko yarenganyijwe n'inzego asaba Perezida kumurengera
Tanzania: Minisitiri w’umutekano yikomye impunzi z’Abarundi zishaka kubateranya n’u Burundi
Minisitiri w’umutekano wa Tanzania yikomyye impunzi z’Abarundi zo mu nkambi za Nduta na Mtendeli azishinja gushaka guteranya igihugu cye na Guverinoma y’u Burundi nyuma y’aho mu minsi ishize muri izi nkambi hafatiwe impuzankano za gisirikare zisaga 1300 zirimo izisa n’iz’igisirikare cy’u Burundi. Amakuru aturuka muri Tanzania aravuga ko minisitiri w’umutekano wa Tanzania yamaze guhagarika mu […]
Hon. Bernard Makuza yitabiriye irahira rya perezida mushya wa Madagascar
Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko, umutwe wa Senat, Bernard Makuza, ni umwe mu bayobozi bitabiriye irahira rya Perezida mushya wa Mmadagascar, Andry Rajoelina kuri uyu wa Gatandatu, mu izina rya Perezida wa Repubulika, Paul Kagame. Hon. Makuza akaba yarageze muri Madagascar kuwa Gatanu aho yakiriwe na visi perezida wa Senat y’iki gihugu. Mu ijambo Perezida Rajoelina […]
Somalia: Igitero gikomeye ku kigo cyya gisirikare cyaguyemo ibyihebe 70
Abategetsi mu gisilikare cya Somaliya, kuri uyu wa gatandatu bavuze ko abarwanyi bakorana n’umutwe w’iterabwoba wa al-Qaida bishwe bagerageza kwigarurira ikigo cya gisilikare cya guverinema. Indege zabarasiye hafi y’icyambu cy’umujyi wa Kismayo mu majyepfo ya Somaliya. Abo barwanyi babanje kugaba igitero gitunguranye mu rucyerera kuri uyu wa gatandatu ku kigo cya gisilikare hafi y’umudugudu wa […]
Tshilombo Tshisekedi yemejwe bidasubiraho nka Perezida wa RDC
Nyuma y’iminsi 20 muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo habaye amatora y’Umukuru w’Igihugu, amatora Komisiyo y’igihugu yatangaje ko uwayatsinze ari Felix Antoine Tshilombo Tshisekedi, ubu noneho Urukiko rubifitiye Ububasha rwemeje burundu ko ari we wayatsinze, kandi ko ari we Perezida wa RDC. Umwe mu bakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi Martin Fayulu yari yaratanze ikirego mu Rukiko […]