TEGEREZA WIHANGANYE
Yobu 13:13 “ Ubwenge n’ Imbaraga bifitwe n’ Imana, igira inama no kumenya.” Umwaka washize Manager yanjye yahuye n’ Ibigeragezo azakurwara indwara ya kanseli, mu gihe yarari kwa muganga afata imiti imufasha, yaje kwakira agakiza ahinduka umukristo kubwo gushyira ukwizera kwe k’ umwami wacu Kristo. Hashize amezi 6, Yesu amukiza iyo ndwara. Ubwo yahise agaruka […]
Suede: Urukiko rw’Ubujurire rwashimangiye igihano cyahawe Umunyarwanda Theodore Rukeratabaro
Urukiko rw’Ubujurire rwa Stockholm muri Suede kuri uyu wa Mbere, nyuma ya saa sita, rwashimangiye igihano cy’igifungo cyaburundu cyakatiwe Umunyarwanda, Theodore Rukeratabaro wahoze ari umujandarume mu yahoze ari Komini Cyimbogo, mu majyepfo y’igihugu. Nyuma y’iminsi higwa ku bujurire bwa Rukeratabaro, Urukiko rw’Ubujurire rwa Stockholm ngo rwageze ku mwanzuro warwo saa tanu kuri uyu wa Mbere, […]
Karongi/ Rubengera: Imibiri 22 y'Abatutsi bazize Jenoside yashyinguwe mu cyubahiro
Iyi mibiri yashyinguwe mu rabutso rwa Jenoside yakorewe abatutsi rwa Rubengera rusanzwe rushyinguyemo indi mibiri 3439, irimo 17 yabonywe mu tugari dutandukanye tw’uyu murenge mu mirima abaturage bahinga, indi iboneka aho basizaga ikibanza, hakaba n’indi 5 yari ishyinguye ahatari mu rwibutso. Nk’uko Bwiza.com yabitangarijwe na bamwe mu barokokeye muri uyu murenge, ngo hari hari n’aho […]
Su-Ofisiye mu gisirikare cya Congo yakatiwe igihano cy’urupfu
Umusirikare wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) yakatiwe igihano cy’urupfu mu gihe mugenzi we bakoranye icyaha yakatiwe imyaka 25 y’igifungo. Aba basirikare bakatiwe n’urukiko ku wa Gatanu tariki ya 26 Mata 2019, i Mahaga  n’urukiko rwa gisirikare rwa Ituri. Aba basirikare bahawe ibihano bikakaye nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwica abaturage batatu b’abasivile, ndetse […]
Kinamba: Komite y’umudugudu yacitsemo ibice, bituma utabasha kwishyura ubukode bw’aho ukorera
Umudugudu w’Inkingi mu kagari ka Kamutwa, umaze amezi ane n’igice utishyura amafaranga y’ubukode bw’aho ukorera. Abaturage batunga agatoki abayobozi bacitsemo ibice, intandaro ikaba amafaranga ava mu bacuruzi bawukoreramo. Inkingi, ni umwe mu midugudu y’akagari ka Kamutwa mu murenge wa Kacyiru muri Gasabo. Uherereye ahazwi cyane nko ku Kinamba, hagati y’umuhanda w’amabuye uzamuka munsi ya Polisi, […]
Kamerhe yaba yaremeye gukora muri perezidansi cyangwa ategereje kugirwa Minisitiri w’Intebe?
Aubin Minaku, wari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo kugeza kuwa Gatanu ushize, aremeza ko Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu agomba kuva mu ihuriro FCC, rya Joseph Kabila, mu gihe Vital Kamerhe yashabitse uyu mwanya mbere y’amatora ubwo yemeraga kwifatanya na Felix Tshisekedi mu guhatanira umwanya w’umukuru w’igihugu bakumvikana ko natsinda azamugira […]
Ignace Murwanashyaka wari Perezida wa FDLR yashyinguwe mu Budage
Dr Murwanashyaka Ignace wari Perezida wa FDLR ( Forces  DĂ©mocratiques de LibĂ©ration du Rwanda ) wari warakatiwe igifungo cy’imyaka 13 akaza gupfira muri gereza mu Budage atarangije igihano cye, ni naho yashyinguwe. Ku wa kabiri tariki ya 16 Mata 2019, nibwo Murwanashyaka yapfiriye mu bitaro kubera ikibazo cy’ uburwayi, yashyinguwe ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize. […]
Umunsi Mzee Jomo Kenyatta yatabaye ubuzima bwa Milton Obote wayoboraga Uganda
Minisitiri w’Intebe na Perezida wa mbere wa Uganda, Apollo Milton Obote, ngo akesha kuyobora igihugu kabiri umunsi uwahoze ari Perezida wa Kenya, Mzee Jomo Kenyatta, yatabaraga ubuzima bwe buri mu kaga. Ibi ni ibikubiye mu nyandiko nyakwigendera Dr Njoroge Mungai, yasize zigaragaza ko yari ari kumwe na Obote muri Singapore kuwa 25 Mutarama 1971, bagiye […]
Burundi: Abaturage bavuga ko babangamiwe n’ikandamizwa bakorerwa n’Imbonerakure
Abaturage bo mu gace ka Kibago, mu Ntara ya Makamba, mu Burundi bashinja iterabwoba Imbonerakure zigizwe n’urubyiruko rw’ishyaka CNDD- FDD riri ku butegetsi, aho ziyenza ku muhisi n’umugenzi icyo zimusabye yakwanga kugikora zikamushinja ibyaha atakoze. Ku wa 24 na 25 Mata 2019, izi mbonerakure ubwo zari ku musozi wa Jimbi na Kabago, ngo zakubise bikomeye […]
Amashusho y’urukozasoni ya Zari yashyizwe hanze, Tanasha wa Diamond atungwa agatoki
Ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko instagram mu mpera z’icyumweru dusoje, hakwirakwiye amashusho y’urukozasoni ya Zari. Bamwe bahise batangira kuvuga ko ibyabaye byakozwe n’umukunzi wa Diamond, Tanasha Donna mu rwego rwo kwihimura. Ababivuga bashingira ku kuba mu minsi mike ishize, Zari yarise uyu mukobwa ikigoryi we n’umugabo we Diamond aho yagize ati “Ibigoryi bibiri” Agira icyo avuga […]
Turkiya: Umwe mu ntasi ebyiri ziherutse gufatwa yiyahuriye aho yari afungiye
Umwe mu ntasi ebyiri z’Ibihugu Byunze Ubumwe by’Abarabu (UAE) ziherutse gufatirwa mu gihugu cya Turkiya yiyahuriye muri gereza yari afungiwemo nk’uko byemezwa n’itangazamakuru rya leta muri iki gihugu. Urubuga Haberturk rwo muri Turkiya rwatangaje aya makuru bwa mbere kuri uyu wa Mbere, itariki 29 Mata, rwavuze ko uyu wakekwagaho ubutasi yiyahuye akoresheje umugozi ku Cyumweru […]
Kwibuka25: Hanenzwe abari intiti bakoze jenoside aho kuyirwanya
Kuwa gatandatu tariki 27 Mata 2019, ubwo hibukwaga abari abakozi b’icyahoze ari ikigo cy’igihugu cy’ubumenyi mu by’ubuhinzi n’ubworozi (ISAR) bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, hanenzwe uruhare bamwe mu bakoreraga iki kigo cyarafatwaga nk’igicumbi cy’intiti bagize mu gutegura no gukora Jenoside yakorewe Abatutsi. Igikorwa cyo kwibuka abakoreraga iki kigo , kuri ubu cyahindutse ikigo cy’igihugu […]
Abitwaje intwaro bagabye igitero mu Mujyi wa Kampala bahitana umwe
Abantu bataramenyakana bitwaje intwaro bagabye igitero mu Mujyi wa Kampala mu isoko rya Mpererwe nyuma yo kwica umurinzi, Wilson Okot. Iki gitero cyabaye kuwa Gatandatu nijoro cyakozwe n’abagabo batandatu bitwaje intwaro nk’uko itangazo rya polisi ya Uganda ribitangaza. Riragira riti “ Kuwa Gatandatu nijoro, ibisambo bitandatu byitwaje SMG (ubwoko bw’imbunda) na pisitori byagabye igitero ku […]
Imana itungurana
Izayi 48:3 “ Ibyababayeho mbere, nari narabibabwiye, byavuye mu munwa wanjye, ntuma bimenyekana, ako kanya ndabikora, kandi bibaho.” Ushobora kuba umaze imyaka icumi uhanganye n’ibibazo bimwe bidahinduka. Ushobora kumva ko ibibazo byawe bikomeye cyane ku buryo ntacyahinduka. Ariko mu isegonda rimwe, ushobora kubibonera igisubizo. “Bitunguranye, utabiteganyaga. Niko dusanzwe kandi si ikintu cyoroshye. N’ubwo bimaze igihe, […]
Perezida Putin yarakariye Amerika yahaye maneko ye igihano gikakaye
Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya yavuze ko yarakajwe n’icyemezo cy’urukiko rwo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwakatiye igifungo maneko, Maria Butina w’Uburusiya, avuga ko ari “Ugukoresha nabi ubutabera”. Ku wa Gatanu w’iki cyumweru, Butina yakatiwe igifungo cy’amezi 18 muri gereza nyuma yo guhamwa no kugerageza kwinjirira amatsinda ya politiki muri Amerika agamije guhindura ingamba zayo […]