Uwahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga ariyama abashinja Mitterrand uruhare muri Jenoside
Hubert Verdrine wabaye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Ubufaransa ariyama abashinja Francois Mitterrand wahoze ari umukuru w’igihugu uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. Ibi Verdrine abitangaje nyuma y’ibaruwa abari abaminisitiri 23 ku bwa Mitterrand wayoboye Ubufaransa kuva mu 1981 kugeza mu 1995, bandikiye umunyamabanga w’ishyaka ry’abasosiyaliste, Olivier Faure, kugira ngo yihanangirize umunyamuryango wabo, Raphael Gluckman watangaje […]
Bidasubirwaho: Rayon Sports yegukanye igikombe cya Shampiyona 2018/2019
 Ikipe ya Rayon Sports yegukanye igikombe cya shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda ARPL( Azam Rwanda Premier League) 2018/2019. Iki gikombe icyegukanye nyuma yo kunyagira ikipe ya Kirehe ibitego bitatu ku busa( 4:0). Rayon Sport yagukanye iki gikombe nyuma yo gutsinda ikipe ya Kirehe Fc ibitego 4:0 .Uyu mukino ukaba wari umunsi wa 29 wa […]
Nyamasheke/ Cyato: Baravuga imyato gahunda yo gukorera ku mihigo
Abaturage bo mu Murenge wa Cyato, mu karere ka Nyamasheke bavuga ko kuva aho Leta ishyiriyeho gahunda yo gukorera ku mihigo byabazaniye impinduka ikomeye mu mibereho ,aho batakirangwa n’imikorere y’akajagari no gupfusha ubusa ayo bakoreye biyushye akuya. Mu kiganiro na Bwiza.com ubwo bari mu marushanwa y’imihigo, aho imidugudu 2 muri buri kagari yahize indi ihurira […]
Kizito Mihigo yagize icyo avuga kuri Nsabimana Callixte (Sankara) wamushoye mu byaha
Umuhanzi Kizito Mihigo wari warakatiwe n’inkiko z’u Rwanda nyuma akaza guhabwa imbabazi na Perezida wa Repubulika, yagize icyo avuga kuri Nsabimana Callixte uzwi ku izina rya Majoro Sankara, wagiye agarukwaho cyane mu rubanza rwe. Kizito Mihigo yari yarakatiwe igifungo cy’imyaka 10 mu mwaka wa 2013, nyuma yo guhamwa n’ibyaha yashinjwaga birimo icy’ubugambanyi bwo kugirira nabi […]
Umwana w’umukobwa w’imyaka 12 yafashe icyemezo cyo kwiyahura
Abaturage b’ahitwa Nkumba, mu mujyi wa Katabi, mu Karere ka Wakiso mu gihugu cya Uganda batunguwe nyuma yo gusanga umurambo w’umwana w’umukobwa w’imyaka 12 witwa Coltilda Naluyima umanitse ku giti mu cyumba yari aryamyemo. Nk’uko byatangajwe n’umuturanyi witwa Mark Matovu, ngo nyakwigendera wabanaga na mukase ntabwo yaryamaga mu nzu nini ahubwo yararaga muri kimwe mu […]
Hon. Frank Habineza avuga ko itegeko rigenga umurimo rigomba kubahirizwa kuri bose
Depite Frank Habineza uyoboye itsinda ry’Abadepite bagize Komisiyo Ishinzwe Imibereho y’Abaturage mu Nteko Nshingamategeko, umutwe w’Abadepite, basuye Akarere ka Rwamagana, avuga ko bidakwiye ko umukoresha akoresha umukozi hadakurikijwe itegeko rigenga umurimo mu Rwanda. Iri tsinda ry’abadepite ryasuye aka karere ka Rwamagana, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24 Gicurasi 2019, hagamijwe kureba  uko imirimo ihangwa […]
ONU iraha imidari imiryango y’abanyarwanda baguye mu butumwa bw'amahoro
Uyu munsi tariki ya 24 Gicurasi, ONU iratanga ishimwe ku miryango y’abasirikare baguye mu butumwa bw’amahoro ku isi bagera ku 119. Muri aba harimo Abanyarwanda batatu. Abo basirikare b’Abanyarwanda ni Richard Ntambara, John Bosco Hategekimana na Felicien Rutegera. Aba baguye mu butumwa bw’amahoro muri Sudan na Repubulika ya Centrafrique. Muri izi ngabo zaguye ku rugamba […]
Nyabihu/ Rambura: Abaturage bavuga ko bakwa ruswa bagiye kwandikisha abana bavutse
Abaturage bo mu murenge wa Rambura, mu Karere ka Nyabihu, Intara y’Iburengerazuba, bavuga ko iyo bagiye kwandikisha abana babo bavutse mu gitabo cy’Irangamimerere, bakwa ruswa. Ibi ngo bikaba bibangamira iterambere ryabo. Bavuga ko iyo batswe ayo mafaranga bagiye kwandikisha abana bituma n’abasigaye mu rugo batabasha kubona ibibatunga, bityo iyo ruswa bakwa, ikabasubiza inyuma mu iterambere. […]
Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Theresa May, agiye kwegura
Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Theresa May yatangaje ko kuwa 07 Kamena azava ku buyobozi bw’ishyaka ry’abatsimbarara ku mahame, mu rwego rwo gutanga umwanya wo hagenwe undi Minisitiri w’Intebe. Mu itangazo ryuzuye amarangamutima yavugiye kuri Downing Street, Theresa May yatangaje ko yakoze ibyo ashoboye akubaha ibyavuye muri referandumu y’Ubumwe bw’u Burayi mu 2016 nk’uko iyi nkuru […]
Nta muntu dufite witwa Maj. Bertin- Uburundi buvuga ku byatangajwe na Sankara
Leta y’Uburundi itangaza ko Maj. Bertin, Callixte Nsabimana uzwi nka Maj. Sankara avuga ko yamufashije mu bikorwa byo guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda, itamuzi kuko nta musirikare wayo witwa gutyo. Sankara wari mu rukiko rwa Gasabo kuri uyu wa 23 Gicurasi 2019, yavuze ko muri Werurwe uyu mwaka yagiranye umubano n’umusirikare w’u Burundi, Major Bertin alias […]
Rubavu: RIB ifunze umucungamutungo wa SACCO/IMBONERA
Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Ubugenzacyaha(RIB) ruremeza ko rufunze Nzitonda Olivier wari umucungamutungu wa SACCO/IMBONERA, nyuma yo gukekwaho kunyereza umutungo wayo. SACCO/IMBONERA iri mu murenge wa Mudende, Akarere ka Rubavu, Intara y’Iburengerazuba. Nzitonda Olivier wayicungiraga umutungo akaba yatawe muri yombi ashinjwa kunyereza asaga miliyoni zisaga 23. Umuvugizi wa RIB, Mbabazi Modeste, yemeje aya makuru avuga ko Nzitonda […]
Islamic State yigambye ikindi gitero ku butaka bwa Congo
Umutwe wa Islamic State wongeye kwigamba igitero cyo kuri uyu wa Kane mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Muri rusange ngo ibitero nk’ibyo muri Teritwari ya Beni bishinjwa inyeshyamba zo mu mutwe wa ADF. Islamic State yigambye bwa mbere igitero ku butaka bwa Congo ku itariki 16 Mata. Nk’uko bitangazwa n’Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa, […]
Rusizi: Imiryango Umunani ikennye yashyikirijwe inzu zo kubamo
Imiryango Irindwi yo mu murenge wa Giheke mu karere ka Rusizi n’umwe wo mu murenge wa Bushenge muri  Nyamasheke iravuga ko yishimye nyuma yo gushyikirizwa inzu zo kubamo n’umushingwa RW 0318 ukorera mu itorero ADEPR Paruwasi ya Ntura mu karere ka Rusizi uterwa inkunga na Compassion international kuko ngo imyinshi yabagaho mu buryo buteye agahinda […]
Abaturage b’i Kalehe ntibanejejwe no kubana n’inyeshyamba za FDLR
Abaturage bo mu gace ka Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo batangaza ko bafite impungenge z’umutekano wabo, kubera inyeshyamba za FDLR zikomoka mu Rwanda zihabarizwa. Impungenge abaturage bafite zatangajwe na Depite Koko Cirimwami wo muri iyi Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, uvugira teritwari ya Kalehe/ Buzi, aho avuga ko izi nyeshyamba zinacukura amabuye y’agaciro muri ako […]
Uganda yavuze  ku byo ishinjwa na Sankara mu guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda
Ubutegetsi bwa Uganda bwagize icyo butangaza ku byo Callixte Nsabimana uzwi nka Maj. Sankara yavugiye mu rukiko rwa Gasabo ko Umuyobozi w’Ubutasi bwa Gisirikare muri Uganda (CMI), Brig. Richard Karemire afite yakoranye na we mu bikorwa byo guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda. Ikinyamakuru Chimpreports, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, 24 Gicurasi 2019, cyegereye Umuvugizi […]
Uganda: Hafashwe Umwongereza wamamazaga umuti avuga ko uvura indwara zirimo sida na cancer
Igipolisi cya Uganda muri Fort Portal cyataye muri yombi Umwongereza William Sam Little, umaze iminsi yamamaza gukoresha ikitwa Miracle Mineral Solution (MMS) nk’umuti wa cancer, Sida, malaria ndetse n’izindi ndwara. Nk’uko byatangajwe n’Umuvugizi wa Polisi muri Rwenzori, Lydia Tumushabe, ngo havugwa ko Little yatangaga uno muti w’amazi bivugwa ko ukozwe mu bintu bitazwi ariko birimo […]
Ibintu by’ ingenzi bizagufasha gukomera igihe uri mu biruhije
Imigani 8: 34-35 Hahirwa umuntu unyumvira, akaba maso mu marembo yanjye iminsi yose, agategereza ku nkomo y’ imiryango yanjye kuko umbonye aba abonye ubugingo kandi azahabwa umugisha.” Igihe cyose uzimenyereza ibintu ngiye kuzakubwira mu i SEMINAR izatangira ejo, Seminar y’ iminsi irindwi bizagufasha gukomera, ndetse no ku kurinda ibitero bya Satani maze ubashe kwakira intsinzi […]
Muhanga: Batatu bafatanwe ibiro 4802 by'amabuye y’agaciro bacuruzaga magendu
Abagabo batatu bafungiye kuri Sitasiyo ya Muhanga mu karere ka Muhanga aho bakurikiranweho icyaha cyo gucukura no gucuruza amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranyijwe n’amategeko. Nkuko bitangazwa na Polisi ikorera mu karere ka Muhanga, ivuga ko abo bagabo batatu aribo Mukeshimana Oscar w’imyaka 24 y’amavuko, Nambajimana Felix w’imyaka 36 na Muhayimana Eric bakunze kwita Abdoul w’imyaka […]
Amerika: Abagore n’abakobwa bigaragambije banga gutera akabariro n’abakunzi babo
 Muri Amerika hari abagore n’abakobwa bakomeje gukora imyigaragambyo bamagana itegeko riherutse gutorwa ribuza abagore gukuramo inda. Gusa iyi myigaragambyo ntabwo yabereye mu muhanda gusa ahubwo yimukiye no mu ngo. Tariki ya 15 Gicurasi 2019, nibwo inteko ishingamategeko ya Leta ya Alabama imwe mu zigize Leta Zunze Ubumwe za Amerika , bemeje umushinga w’itegeko rihana […]