Kigali: Gasogi United igabanye amanota na Kiyovu Sports Fc

000a7634.jpg

Ku munsi wa 6 wa Shampiyona y’Ikiciro cya mbere mu Rwanda, none tariki ya 31 Ukwakira 2019, GASOGI UNITED , yakiriwe na KIYOVU SPORTS FC, zigabanye amanota , Uyu ni umukino wavuzweho byinshi ku mpande zombi zivuga imyato. Umukino watangiye ku isaha ya saa kumi n’ebyiri z’umugoroba (18h00) urangira zinganya 1-1, Igice cyambere cy’umukino cyatangiye […]

Nkombo: Bavuga ko batangiye kwigishwa ‘kuboneza urubyaro’ amazi yararenze inkombe

Abatuye ku Kirwa cya Nkombo mu Karere ka Rusizi, Intara y’Iburengerazuba, bavuga ko bahangayikishijwe n’imibereho yabo, aho imiryango imwe n’imwe ngo ibasha kurya rimwe ku munsi, ibyo ngo bikaba biterwa n’umubare munini w’abagize umuryango. Aba baturage bavuga ko ibyo kuboneza urubyaro batangiye kubyigishwa n’ubundi baramaze kubyara abana benshi, aho usanga urugo rumwe rufite abana barindwi, […]

Urukiko Mpuzamahanga rwasabwe gukurikirana Perezida Nkurunziza

Hari amakuru yemeza ko Urukiko Mpuzamahanga (ICC) rwasabwe gukurikirana Perezida Nkurunziza w’Uburundi ku byaha byibasiye inyoko muntu. Ikinyamakuru Taarifa kivuga ko hari amakuru cyizeye avuga ko ICC yasabwe gukurikirana Perezida Nkurunziza uyoboye Leta ishinjwa guhonyora uburenganzira bwa muntu byatumye abaturage basaga ibihumbi 325 bahunga igihugu. Aya makuru avuga ko ngo hari impamvu zifatika zatuma Perezida […]

Ali Kiba yasubizanyije umujinya Diamond, amubwira ko ashobora guhishura uko amugambanira

Umuhanzi Ali Kiba ufatwa nka mukeba wa mugenzi we, Diamond Platnumz avuga ko ashobora gushyira hanze uko mugenzi we amugambanira agamije kumuhagarika mu muziki abinyujije mu birori aba ashaka kumutumiramo. Aba bombi bafatwa nk’abarebana ay’ingwe ariko buri wese agashaka kwigaragaza nk’udafite urwango kuri mugenzi we. Mu minsi mike ishize, Diamond yatangaje ko ari gutegura Wasafi […]

Kwishyura hakoreshejwe ikoranabuhanga biracyari hasi mu Rwanda

Uko iminsi igenda ishira n’iko iterambere mu ikoranabuhanga ryadukana udushya twinshi, muri two hari uguca ukubiri no kwirirwana ibiceri n’inoti mu mifuka n’ibikapu hagamijwe kujya kubyishyura ibunaka, ahubwo hagakoreshwa amakarita yabugenewe. Imibare ya Banki Nkuru y’u Rwanda, irerekana ko mu myaka 8 ishize agaciro k’ibikorwa byishyuwe hifashishijwe ikoranabuhanga kari ku gipimo cya 0.3% gusa, ugereranije […]

Mimi warize APR FC yatsinzwe yavuze kuri Sugira Ernest n’amabara agize ikariso yambara

Umufana w’ikipe ya APR FC, Ufitamahoro Annet uzwi ku izina rya Mimi cyangwa se Mama Shema, avuga ko igikombe cya shampiyona cy’uyu mwaka ari icyabo. Uyu mufana ukomeye w’iyi kipe benshi bamumenye cyane mu itangazamakuru ubwo ikipe ya APR FC yatsindwaga na Sunrise i Nyagatere muri Mutarama uyu mwaka. Hari ku mukino w’umunsi wa karindwi […]

Imigenzo 7 yo gushyingura idasanzwe, ubusobanuro n’impamvu

Urupfu ni ikintu kibabaza abantu benshi mu buzima ariko imigenzo ikorwa mbere yo gushyingura ikaba mu buryo butandukanye. Hari abishimira imyitwarire y’uwapfuye mu buryo butandukanye ariko hari n’abababazwa no kubura uwo bakundaga. Imigenzo 7 yo gushyingura idasanzwe ijyana n’imico y’ibihugu cyangwa uduce tw’ibihugu. 1.Gushyingura mu kirere Uyu muhango ukorwa n’abo muri Tibet mu Bushinwa bagendera […]

Min.Busingye yakebuye abakobwa bahishira ababateye inda

Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta y’u Rwanda, Busingye Johnston, avuga ko gutanga amakuru ariyo nzira nziza yatuma uwahohotewe afashwa n’inzego zishinzwe kumurengera, bityo akaba akebura abakobwa baterwa inda bagasubira inyuma bagahishira abazibateye. Yabitangaje ku wa Gatatu tariki ya 30 Ukwakira 2019, ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye igikorwa cyo kugaragaza ibyagezweho mu kwimakaza ihame […]

Umugabo wanjye yamfatiye muri Hoteli bansohokanye nkebutse hirya mbona na we ari kumwe n’ikizungerezi cy’umukobwa- Nkore iki?

Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo naguye mu kantu, ikimwaro kiramfata nzi ko ibyange birangiye pe, muri make nta kizere nari mfite cyo gukomeza kubana n’umugabo wanjye gusa naje gutungurwa n’ibyo nabonye. Bwari bwo bwa mbere nari nsohokanye n’umugabo runaka muri hoteli, nababajwe n’uko nahise mfatwa, yewe n’imyaka maze mbana n’uwanjye nta munsi n’umwe yigeze agira […]

Loni yasabye Perezida Nkurunziza kutazisubiraho ku ijambo yivugiye ko ataziyamamaza

Umuryango w’abibumbye uvuga ko mu Burundi umwuka mubi wa politiki ukomeza kuba mubi, ugasaba Perezida Nkurunziza w’iki gihugu kutazisubiraho ku ijambo yavuzeko ataziyamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu azaba mu 2020. Muri raporo y’amezi atatu ashize ku Burundi yashyizwe hanze n’uyu muryango, umunyamabanga mukuru wa ONU, Antonio Guterres, yavuze ko biri uko mu gihe ibiganiro bihuza […]

Nyarugenge/Kigali: Abaturage barataka inkoni z’umukuru w’umudugudu

Bamwe mu baturage bo mu mudugudu wa Kirwanda mu Kagari ka Kigali mu Murenge wa Kigali, bavuga ko bayobozwa inkoni, aho ngo bakubitwa n’umukuru w’umudugudu, Bavuma Steven n’abo bafatanyije kuyobora barimo ab’irondo ry’umwuga. Aba baturage babwiye Radio na Tv1 dukesha iyi nkuru ko mudugudu abakubita iyo bigishwa ibyo bagomba gukora ngo bagendane neza na gahunda […]

Kigali: Umuturage yaciriwe urubanza yimwa kopi z’umwanzuro warwo

Umuturage wo Murenge wa Masoro, mu Karere ka Rulindo, Sekanyana Emmanuel aravuga ko yimwe uburenganzira bwo guhabwa impapuro ndangizarubanza mu rubanza rw’imitungo ifite agaciro ka Miliyoni zirenga 50 aburanamo na mushiki we, Eugenie Akayezu. Uyu mugabo avuga ko kuba atarahabwa izo kopi ziriho umwanzuro w’urubanza bishobora kuzarangira atsinzwe cyane ko ngo atabasha no kujuririra ku […]

ADEPR irishimira gahunda y’ubumwe n’ubwiyunge yatumye abakoze Joneside bicuza

dsc_0047-17j1e38-00ff5.jpg

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 30 Ukwakira 2019 , mu karere ka Gasabo, ubwo hasozwaga ukwezi kwahariwe ubumwe n’ubwiyunge , umuvugizi wa ADEPR Rev. Past Karuranga Ephrem, yavuze ko iri torero ryimira umusaruro ugenda ugerwaho mu kubukaka n’ubunyarwanda bifatikanyije no kubohoka imitima ku ruhande rw’abakoze ibyaha bya jenoside n’abayikorewe. Mu buhamya bwatanzwe ubwo hasozwaga […]