Nta muntu n’umwe turi mu irushanwa, ni nge mutware ngenyine-Tshisekedi

Mu gihe hari bamwe mu banyapolitiki bavuga ko uwari Perezida Kabila arisha inyuma akanakoresha ubutegetsi buriho muri Congo, Perezida Tshisekedi yashimangiye, mu kiganiro yagiranye na Jeune Afrique ku wa gatanu 13 Ukuboza 2019, ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo idafite undi mukuru w’igihugu usibye we wenyine kandi ko atari mu ipiganwa n’uwariwe wese. Yagize ati: […]

Rusizi/Bweyeye: Abana 3 bo mu muryango umwe bapfuye baridukiweho n’umusozi

Aha na ho ibyari bihari byose byarakunkumutse

Amakuru aturuka mu mudugudu wa Muyebe , akagari ka Murwa mu murenge wa Bweyeye mu karere ka Rusizi aravuga urupfu rw’abana 3 bo mu muryango umwe bapfuye bagwiriwe n’umusozi waridutse uhitana inzu bari baryamanyemo n’ababyeyi babo n’akandi kana kamwe k’imyaka 2 kabashije kurokokana n’ababyeyi , ubuyobozi bw’akarere ka Rusizi bukavuga ko buremerewe cyane n’ibibazo biterwa […]

Data Protection & Privacy Officer at Ecobank Rwanda Plc

Job Vacancy: Data Protection & Privacy Officer External recruitment Advert Opening date: 24th December 2019 Closing date: 3rd January 2020 About Ecobank Rwanda Plc Ecobank Rwanda Plc is a full-service bank that joined the Rwandan market in 2007 with the aim of providing a broad range of products and Services to Consumer, Commercial and Corporates […]

Legal Officers at Haguruka NGO

HAGURUKA is a Non-Governmental Organization whose mission is to promote and defend woman and child’s rights using international and national legal frameworks and policies. Website: Homepage-2 JOB ANNOUNCEMENT HARUKA is a Non-Governmental Organization whose mission is to promote and defend women and child’s rights using international and national legal frameworks and policies. The headquarter is […]

Communication Associate (Graphic Design) at World Food Programme WFP

The United Nations “World Food Programme” is the world’s largest humanitarian agency fighting hunger worldwide. The mission of WFP is to help the world achieve Zero Hunger in our lifetimes. Every day, WFP works worldwide to ensure that no child goes to bed hungry and that the poorest and most vulnerable, particularly women and children, […]

Twakijije Congo Mobutu na bagenzi be batinyaga- Gen. Mubarak Muganga

Umuyobozi w’Ingabo z’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali n’Intara y’Iburasirazuba, Maj. Gen. Mubarak Muganga avuga ko gukuraho ubutegetsi bwa Mobutu Sese Seko muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (Zaire icyo gihe) ari igikorwa cy’intashyikirwa ku ri Congo na Afurika muri rusange. Ingabo z’u Rwanda mu 1996 zafashije inyeshyamba itaravugaga rumwe na Mobutu, Laurent DĂ©sirĂ© Kabila […]

Pasiteri yishe umukirisito yasengeraga amutwikishije Lisansi

Mu gace ka Baruwa kari mu Mujyi wa Lagos (Nigeria), umupasiteri wasengeraga umukirisito ngo imyuka mibi imuvemo, yamutwitse akoresheje lisansi arashya arakongoka . Uyu mupasiteri utatangajwe amazina yatwitswe umuyoboke we biturutse ku kwibeshya kwabayeho, amumenaho lisansi azi ko ari amazi. Umuvugizi w’ishami rishinzwe ibikorwa by’ubutabazi bwihuze muri uyu mujyi, Ibrahim Farinloye yavuze ko yamennye kuri […]

RDC: Joseph Kabila yaba yamaze kwigarurira imitima y’ abakongomani?

Nigeze kuvuga ko umukino ubera mu kibuga cya politiki utoroshye kuwukina kuko wiberamo amacenga menshi kandi akomeye. Ni nk’amayobera, ariko atari yayandi matagatifu kiliziya itwigisha, iyo igeze aho nayo ubwayo iba yabuze ibisobanuro. Ibya politiki nta muhanga wabyo. Uko wagera ku butegetsi kose , byanze bikunze abaturage barakuyoboka bakakuramya, bakakubyinira, bakakuririmbira kakahava. Byagera mu matora […]

Hirya no hino: Noheli isanze hari abari mu maganya yo kutigondera ibyo kurya

9ad15454-1a99-4560-82e6-913239e81c2f.jpg

Umunsi Mukuru wa Noheli wizihizwa kuwa 25 Ukuboza buri mwaka. Mu Rwanda hari umubare munini w’ababakiristu bayizihiza, aho biteganyijwe ko izaba kuwa Gatatu muri uyu mwaka wa 2019. Umunsi w’ibyishimo ujyana no kugira ibishimishije by’uwo munsi ndetse no kongera kwibuka ibinejeje byabaye mu minsi yabanje. Si sakirirego yewe n’iyo hatangira kwitegurwa uko undi wazagenda cyane […]

Nsabimana Callixte [Sankara] ushinjwa ibyaha 16 yagejejwe mu rukiko yitwaje Bibiliya

Sankara na Me Nkundabarashi, bari mu rukiko

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 24 Ukuboza 2019, Nsabimana Callixte uzwi nka Sankara yagejejwe imbere y’urukiko Rukuru, Urugereko rwihariye ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka rwa Nyanza, mu Karere ka Nyanza, Intara y’Amajyepfo. Sankara wagaragaye mu rukiko afite Bibiliya yera, yari kumwe n’umwunganizi we mu mategeko, Me Nkundabarashi MoĂŻse akaba ashinjwa ibyaja […]

Rusizi: Abana bo mu miryango itishoboye bahawe Noheli

Bishimira ko ibyo bari gukenera ku babyeyi bibafasha kwiga bagenda babihabwa,bikabaha icyizere cy'ejo hazaza heza

Abana baturuka mu miryango itishoboye bamwe muri bo bakaba n’imfubyi, bafashwa n’umushinga RW 0152 umuganda uterwa inkunga na Compassion international basangijwe Noheli mu rwego rwo kugaragarizwa ibyishimo bakunzwe kuvutswa n’imibereho ishaririye banyuramo,basabwa kwiga cyane no gukunda umurimo,kuko ngo imibereho iruhije atari karande. Baganira na Bwiza.com,bamwe muri bo bavuze ko bavutse bisanga mu mibereho itagira ibyishimo […]

Abasirikare 8 ba Congo bafashwe biba ibigori n’bishyimbo

Abasirikare Umunani ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bashyizwe muri kasho nyuma yo gufatwa bibye imyaka y’abaturage irimo ibigori, ibishyimbo. Ku wa Gatandatu tariki ya 21 Ukuboza 2019, nibwo polisi ifatanije n’abasirikare bataye muri yombi aba basirikare mu gace ka Kabingo, Teritwari ya Minembwe, ngo ubwo bari bamaze guhunga urugamba rwahaberaga bashoka mu ngo […]

Ngoma: Baratabaza basaba kwishyurwa ibyangijwe hakorwa umuhanda Kayonza-Rusumo

Abaturage bo mu Murenge wa Kibungo, mu Kagari ka Mahango, Imidugudu ya Rebezo na Gisaka barasaba Leta kubarenganura bakishyurwa ibyangijwe hakorwa umuhanda Kayonza/ Rusumo. Aba baturage bavuga ko bamaze igihe basiragira basaba kwishyurwa ibyangijwe hakorwa uyu muhanda wa Kaburimbo watangiye gukorwa muri Kamena 2017 ariko na n’ubu bakaba batarabona ubakemurira ikibazo. Umuturage utuye mu Mudugudu […]