Ikiciro Rusange 2019: Abakoze ibizamini bya leta 60.6% bari mu byiciro bibiri bya nyuma

Imbonerahamwe y'uko ibizamini bya leta mu kiciro rusange byakozwe n'ibyavuyemo

Amanota y’abakoze ibizamini bya leta bisoza amashuri abanza, ikiciro rusange mu mashuri yisumbuye ndetse n’amashuri nderabarezi (TTC) yasohotse uyu munsi tariki ya 30 Ukuboza 2019. Abakoze ibizamini mu kiciro rusange cy’amashuri yisumbuye 60.6% bagaragaye mu byiciro bibiri bya nyuma mu mitsindire. Habaho ibyiciro bitanu mu mashuri abanza ndetse n’ikiciro rusange mu mashuri yisumbuye: I kigaragaza […]

Musanze: Ba gitifu b’imirenge bane n’abakozi b’akarere babiri basezeye ku mirimo yabo

Abayobozi mu karere ka Musanze barimo umukozi mu karere ushinzwe imyubakire (One Stop Center) n’ushinzwe ubuzima ndetse na ba gitifu b’imirenge bane basezeye ku mirimo yabo. Amakuru agera kuri Bwiza.com avuga ko abeguye ari abayoboraga mu Mirenge ya Muko, Nyange, Musanze na Kimonyi. Ni mu gihe abayobozi b’aka karere bose bari bareguye mu mezi ashize. […]

Burundi: Ubushinjacyaha bwasabye ko abanyamakuru bafatiwe ahagabwe igitero bakatirwa imyaka 15

Ubushinjacyaha mu Burundi bwasabye urukiko ko rwakatira abanyamakuru bo mu b’ikinyamakuru cya Iwacu ndetse n’umushoferi wabo igifungo cy’imyaka 15. Abasabiwe iki gihano ni : Terence Mpozenzi, Agnes Ndirubusa, Egide Harerimana, Christine Kamikazi na shoferi Adolphe Masabarakiza. Bafashwe batara amakuru muri komine ya Musigati mu ntara ya Bubanza tariki ya 22 Ukwakira 2019, aho abitwaje intwaro […]

Minisitiri w’Intebe wa Israel yarashweho misile ararusimbuka

Hari amakuru avuga ko kuwa kane tariki ya 26 Ukuboza 2019 misile ivuye muri Gaza yarashwe mu gace kari karimo Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netenyahu wari mu bikorwa by’ishyaka rye, LIKUD mu Mujyi wa Ashkelon. Ubwo yari muri iki gikorwa, nk’uko amashusho (video) yashyizwe hanze na televiziyo ya Leta, Kan 11, ushinzwe umutekano yagaragaye […]

Umwaka wa 2019: Nta mihigo idahigura imibereho myiza

Kuva imihigo yatangira mu mwaka 2006, umwaka wa 2019 ni wo wa mbere utabayemo igikorwa cyo guhigura no guhiga. Kudahigura neza ibibazo by’imibereho myiza y’umuturage, iri mu cyerekezo 2020, ngo byaba byarabaye nyirabayazana w’iryo subikwa. Umuhango wo kwesa imihigo ya 2018/2019 no gushyira umukono ku mihigo ya 2019/2020 wari uteganyijwe ku wa Kabiri tariki ya […]

Ntibahiriwe n’ishyamba: Ifatwa rya Bazeye n’urupfu rw’umuvandimwe we, Lt.Col. Nkundiye

Abavandimwe; Nkaka Ignace uzwi nka Laforge Fils Bazeye n’umuvandimwe we, Lt. Col. BEM LĂ©onard Nkundiye ntibahiriwe n’ibikorwa birwanya ubutegetsi bw’u Rwanda. Aba bombi bavuka mu cyahoze ari Komini Karago, ubu ni mu karere ka Nyabihu. Uyu Lt. Col. Nkundiye yari mu ngabo z’igihugu ku butegetsi bwa Gen. Maj. Juvenal Habyarimana (Forces ArmĂ©es Rwandaises) nyuma zitsindwa […]

Ibyaba bikubiye mu butumwa bwa Museveni kuri Kagame bwazanwe na Amb. Ayebare

Amb. Adonia Ayebare na Perezida Kagame

Kuri uyu wa 29 Ukuboza 2019, Intumwa idasanzwe ya Perezida Museveni wa Uganda, Adonia Ayebare yakiriwe na Perezida Kagame muri Village Urugwiro, amuzaniye ubutumwa bwihariye bwa Perezida Museveni burebana n’ umubano hagati y’ ibihugu byombi. Ntabwo byatangajwe ku mugaragaro icyari gikubiye muri ubwo butumwa. Ibi bibaye bitunguranye nyuma y’ aho kuwa 13 Ukuboza 2019 i […]

Sugira Ernest ubu ni rutahizamu wa Rayon Sports

Nyuma yo kuva mu bihano yari yarahawe n’ikipe ya APR FC ari nayo yakinaga mo Sugira Ernest rutahizamu mpuzamahanga ubu yamaze gutizwa muri RayonSports. nkuko bitangazwa n’ubuyobozi bwa APR FC bubinyujije ku rubuga rwayo, bavuga ko iyi kipe imutije nyuma y’uko yari amaze amezi 2 mu bihano aho yakoreraga imyitozo mu bato b’iyi kipe, ibihano […]

Mukantabana Séraphine wayoboraga Komisiyo yo Gusezerera no Gusubiza mu Buzima Busanzwe Abavuye ku Rugerero, yirukanwe ku mirimo ye

seraphine.jpg

Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard yavanye Madamu Mukantabana SĂ©raphine ku mwanya wa Perezida wa Komisiyo y’Igihugu yo gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe abavuye ku rugerero (RDRC: Rwanda Demobilization and Reintegration Commission) Itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe, riravuga ko Mukantabana SĂ©raphine, ahagaritswe ku mirimo ye guhera ku Cyumweru itariki ya 29 Ukuboza 2019. […]

Policy Analysis Officer at Handicap International Federation

You have a taste for challenges, a real interest to development and a deep sensitivity towards vulnerable people in general and disabled in particular, so this recruitment notice concerns you! Handicap International Federation, which runs programs under its operational name “HUMANITY & INCLUSION” intervenes in the following areas in Rwanda since 1994: Health, prevention, and […]

Project Coordinator at PRO-FEMMES/TWESE HAMWE (PFTH)

PRO-FEMMES/TWESE HAMWE (PFTH) is an umbrella of Civil Society Organizations working for women promotion, peace and development in Rwanda. The organization was established in October, 1992 and at the moment, Pro-Femmes/Twese Hamwe represents 53 member Organizations within the country. Website: http://www.profemmes.org JOB ANNOUNCEMENT Pro-Femmes/ Twese Hamwe (PFTH) is an Umbrella of Rwandan Civil Society Organizations […]

Business Associate at Palladium

Palladium is a global leader in the design, development and delivery of Positive Impact – the intentional creation of enduring social and economic value. We work with foundations, investors, governments, corporations, communities and civil society to formulate strategies and implement solutions that generate lasting social, environmental and financial benefits. Website: http://thepalladiumgroup.com/ Terms of Reference of […]

Umunyeshuri wa kaminuza yishwe, aribwa n’inshuti ye na nyina babifashijwemo n’umuhanuzi

girl-3-1.jpg

Umukobwa w’umunyeshuri muri Kaminuza ya Lagos muri Nigeria (LASU) witwa Favour Seun Daley yishwe, aribwa n’inshuti ye ndetse na nyina babifashijwemo n’uwiyita umuhanuzi. Amakuru ari gucicikana mu gihugu cya Nigeria ni uko uyu mukobwa yagiye gusura umuryango we muri Leta ya Osun ubwo yahamagarwa kuri telefoni n’umusore witwa Owolabi Adeeko, usanzwe ari inshuti ye. Bivugwa […]

Amagambo mabi ya Muzito na Nkurunziza ku Rwanda, Noheli y’ibiza -inkuru zaranze icyumweru

Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 23 kirangira tariki ya 29 Ukuboza 2019. Cyaranzwe n’amakuru y’umutekano mu Rwanda no mu mahanga, umunsi mukuru wa Noheli, ubutabera, imikino, imyidagaduro ndetse n’utuntu tudasanzwe. Inkuru z’ingenzi zaranze icyumweru gishize turazihera ku magambo ya Adolphe Muzito wabaye Minisitiri w’Intebe wa Congo/Kinshasa, yavuze ku Rwanda. Adolphe Muzito ngo guterwa u Rwanda […]