Yibye imyambaro ya gisirikare ngo ajye atega atishyuye ay’ingendo
Umuturage witwa James Mwanateba w’imyaka 40 y’amavuko utuye mu mugi wa Dar es Salaam muri Tanzania yafashwe yambaye imyenda y’igisirikare cy’igihugu, bivugwa ko yari agamije kujya akora ingendo mu modoka atishyuye. Aya makuru dukesha East African TV avuga ko Mwanateba yafashwe n’abapolisi b’abasirikare (Military Police) uyu munsi tariki ya 13 Mutarama 2020, mu gace ka […]
Ibitero byibasira Abanyamurenge byongeye kubura
Amakuru agera kuri Bwiza.com ni uko i Mulenge hongeye kwaduka imirwano yatangiye kuri uyu wa 13 Mutarama mu gitondo ikaza kumara amasaha atari make. Aya makuru avuga ko intambara yubuye mu gice cy’ i Mulenge cyegereye Uvira hafi n’imisozi ya Itombwe muri Kivu y’Amajyepfo. Ni nyuma y’agahenge k’igihe gito kari kamaze iminsi kumvikana muri ako […]
Kigali/Bumbogo: Abaturage bashinja abanyerondo ubujura no kubakubita
Bamwe mu baturage bo mu Mudugudu wa Kayumba, Akagari ka Musave, Umurenge wa Bumbogo, Akarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, bavuga ko abashinzwe irondo babahohotera bakabakubita by’umwihariko bakanasubira inyuma bakanabiba. Kuri mikoro ya Bwiza TV, bamwe mu baturage bavuga ko bakubiswe imigeri n’inkoni ku buryo hari n’abafite ibikomere, ibi bikaba ngo byarabagizeho ingaruka mu […]
Microsoft iraburira abafite mudasobwa zigikoresha uburyo bwa ‘windows7’
Ikigo cy’ikoranabuhanga cya Microsoft kirasaba abagifite mudasobwa zikoresha uburyo (operating system) bwa ‘windows 7’ ko babuvugurura bitarenze ejo tariki ya 14 Mutarama 2020. Windows 7 ni bwo bushaje mu buryo butatu bugikora. Bwagiye hanze tariki ya 22 Nyakanga 2009. Nk’uko Microsoft babisobanura, ni uburyo butakijyanye n’igihe ari yo mpamvu basaba abafite mudasobwa zikibukoresha, basabwa kwimukira […]
Musanze: Amaze iminsi yarataye urugo bitewe n’umugore wazanyemo undi mugabo

Dusabimana Felicien wo mu murenge wa Remera mu karere ka Musanze, amaze iminsi itatu yarahunze urugo rwe kubera kutumvikana n’umugore we ku mugabo bivugwa ko yari yaraje kuba iwabo mu rugo azanwe n’umugore. Magingo aya yaba uyu mugore, abaturanyi cyangwa abo mu muryango w’uriya mugabo nta n’umwe uzi aho aherereye kuva yahunga urugo rwe ku […]
Rusizi: Ahaherutse kwicirwa umugore, hiciwe undi utwite inda y’amezi 6

Kuri iki cyumweru,tariki 12 Mutarama, saa kumi n’ebyiri z’igitondo ni bwo abaturage b’Umurenge wa Giheke mu karere ka Rusizi baramukirijweho inkuru y’iyicwa rya Bayavuge BĂ©atrice w’imyaka 44, wari utuye mu Mudugudu wa Rwamiko, Akagari ka Kigenge akaba yiciwe mu ishyamba riri hafi y’urugo rwe, mu bilometero 3 gusa uvuye aho mugenzi we Mukakaberuka Vestine w’imyaka […]
Papa yambujije gukundana n’abo yita ab’amazuru-umukobwa w’ i Bugesera
Umukobwa witwa Diane (Izina ryahinduwe) avuga ko Se umubyara yamusabye kudakundana n’abantu yita ab’amazuru kuko ngo ari ba bihemu. Ubu ngo ni ubutumwa Se yamuhaye nyuma yo kubona umukobwa we yasuwe n’umusore ufite Se ufungiwe ibyaha bya jenoside. Uyu musore ngo bariganaga mu kiciro rusange muri rimwe mu ishuri ryo mu Bugesera. Yandikiye Bwiza.com kuri […]
Umuyobozi agomba kubazwa ibyo akorera abaturage
Umuyobozi ni umuntu runaka wahawe inshingano zo kuba nyambere w’abandi. Uyu ahabwa iryo kwitwa umuyobozi binyuze mu nzira zirimo: amatora, gushyirwaho no kwishyiraho binyuze muri za coup d’etat. Aba ba nyuma usanga abenshi ari abasirikare, bashyira toni n’amapeti hasi bakambara za karuvati n’amakoti,bakibitwa abayobozi. Umuhanga mu by’imbagarabwenge (Philosophy) na politiki, Charles-Louis de Secondat, Baron de […]
Umugabo ntabwo ari akamashini kawe gakora amafaranga-Aline
Urugo ruhire ku bamaze gushaka, nifuriza imyiteguro myiza y’ababifite muri gahunda. Ngarukanye izindi nama zabafasha kugira urugo rwiza kandi rusazwe n’umunezero. Uyu munsi ndavuga ku ruhare rw’umugore mu iterambere ry’urugo. Ni koko umugore agira uruhare mu iterambere n’imibereho y’urugo ariko hari imyumvire abagore benshi bagira navuga ko idahwitse. Abagore benshi twabaye ba ‘nyamutegereza akazaza’, tugategera […]
Expression of Interest for Courier services at AHF Rwanda
AIDS Healthcare Foundation (AHF) Rwanda is an international NGO that has been registered in Rwanda since 2006 and is committed to support the Government of Rwanda through the Ministry of Health in its efforts to curb the HIV epidemic by providing HIV prevention, counseling, HIV testing, treatment and care services to the people of Rwanda. […]
Expression of Interest for Hotel and conference services at AHF Rwanda
AIDS Healthcare Foundation (AHF) Rwanda is an international NGO that has been registered in Rwanda since 2006 and is committed to support the Government of Rwanda through the Ministry of Health in its efforts to curb the HIV epidemic by providing HIV prevention, counseling, HIV testing, treatment and care services to the people of Rwanda. […]
Supply Chain Coordinator at Save the Children
Save the Children believes every child deserves a future. Around the world, we give children a healthy start in life, the opportunity to learn and protection from harm. We do whatever it takes for children – every day and in times of crisis – transforming their lives and the future we share. Website: https://rwanda.savethechildren.net Job […]
Human Resource Manager at Ampersand Rwanda Ltd
Ampersand is an energy and mobility startup based in Kigali. We’re building electric taxi motorcycles that perform better, are easier to drive, cost less to buy and operate, and take less time to refuel. We want to achieve the world’s first true mass-market shift from petrol to electric power across a major vehicle fleet, achieving […]
Legal Officer at Association des Veuves du Genocide Agahozo(AVEGA)
ob Title: Legal Officer for “Elderly Widows Legal Assistant Project-Tubasindagize (EWLAP-Tubasindagize)” Reporting to: Project Manager Type of contract and Duration: Fixed contract and renewable based on performance. Project background: Association des Veuves du Genocide Agahozo is a nonprofit organization established in January 1995 in the aftermath of the Genocide perpetrated against the Tutsis in Rwanda. […]
Icyizere ku mubano w’u Rwanda na Uganda, impaka kuri Col. Rukunda mu nkuru z’icyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 6 Mutarama 2020, kirangira tariki ya 12 Mutarama 2020. Amakuru y’ingenzi yibanze ku bubanyi n’amahanga harimo imiterere y’umubano uri mu bihugu biri muri aka karere, ingaruka z’umwuka mubi uri hagati ya Iran na Leta Zunze Ubumwe z’America, kuri ibi bihugu ubwabyo ndetse no ku isi muri rusange. Andi makuru avuga […]