Corporate Credit Analyst at Ecobank Rwanda Plc

Ecobank Rwanda Plc. P.O. BOX: 3268 Kigali – Rwanda Job Vacancy: Corporate Credit Analyst External recruitment Advert Opening date: 21st January 2020 Closing date: 10th February 2020 About Ecobank Rwanda Plc Ecobank Rwanda Plc is a full-service bank that joined the Rwandan market in 2007 with the aim of providing a broad range of products […]

Bivugwa ko America n’Ubufaransa bari guhiga Moustapha Chafi uvugwa ko aherutse mu Rwanda mu mwaka ushize

Hari amakuru avuga ko Ingabo z’America ndetse n’Ubufaransa ziri guhinga mu ibanga Umunya-Mauritania, Moustapha Ould Lima Chaffi uvugwa ko herutse mu Rwanda muri Mata 2019. Uyu musaza wahoze ari umujyanama w’uwahoze ari Perezida wa Burkina Faso, Blaise CompaorĂ©, yashyiriweho impapuro zimuta muri yombi na leta ya Mauritania mu 2011 hamwe n’abandi bayobozi ba Al Qaeda. […]

Uganda yasabwe gusobanura niba abaturage bayo bemerewe kujya mu Rwanda

Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda kuwa Kabiri tariki ya 21 Mutarama, yasabye Leta kugira icyo ikora ku baturage b’iki gihugu bajya mu Rwanda mu buryo butemewe n’amategeko, bakaraswa. Bavuga ko kuba hari Abanya-Uganda bamaze kuhatakariza ubuzima ari ikimenyetso cy’uko Leta ikwiriye kugira amabwiriza itanga ku bifuza kujya muri Uganda. Perezida w’Inteko ishinga Amategeko, umutwe w’Abadepite, […]

Bugesera: Abakozi b’uruganda bakomeje gupfa umusubirizo

Abakozi babiri bakora mu ruganda rutunganya inzoga rwitwa Rwanda Bottlers Limited rukorera mu Kagari ka Kanzenze mu Murenge wa Ntarama mu Karere ka Bugesera bamaze gupfa mu gihe gito bazize uburwayi butaramenyekana. Umwe mu baturage uzi iby’zi mfu zitunguranye yagize ati ” Hari uwa mbere wapfuye ejo bundi. Ubwo yari aje ku ruganda ku kazi […]

Micho wigeze gutoza Amavubi yagizwe umutoza mukuru w’ikipe ya Zambia

Umunya-Serbia Milutin Sredojevic Micho wigeze gutoza ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yahawe inshingano zo kuba umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu ya Zambia, Chipolopolo Stars. Uyu mugabo wanatoje Imisambi ya Uganda, yasimbuye Umubiligi Sven Vandenbroeck watandukanye n’ikipe y’igihugu ya Zambia muri Gashyantare 2019. Hari hashize igihe kigera ku mwaka wose iyi kipe nta mutoza mukuru ifite. Akazi […]

Nyaruguru: Abaturage bafitiye impungenge ibiryabarezi byakwijwe hirya no hino

Abaturage bo mu mirenge ya Kibeho na Rusenge yo mu karere ka Nyaruguru, bavuga ko babangamiwe cyane n’ibiryabarezi byashyizwe mu tubari tw’ibigage n’inzagwa, muri za butike (boutiques) na za salons de coiffure. Bavuga ko iyo mikino bita “iy’amahirwe” ibatera ubukene kuko iyo batumye abana babo guhaha cyangwa kwiyogoshesha, bayobera kuri ibyo biryabarezi bakagaruka batazanye ibyo […]

Hashyizweho akayabo k’amadorali nk’ishimwe ku muntu uzashobora kwica Trump

Umusenateri wo muri Iran yemereye ishimwe rya miliyoni eshatu z’amadorali y’Abanyamerika umuntu wese uzashobora kwivugana Perezida Donald Trump wa leta zunze ubumwe za Amerika, mu rwego rwo guhorera Gen. Qassem Soleimani uheruka kwivuganwa n’ibitero by’Abanyamerika. Nkuko dailmail ibivuga , uwashyizeho iki gihembo ku muntu uzashobora kwica Trump ni Ahmad Hamzeh, umusenateri mu nteko ishinga amategeko […]

Tender: Expression of Interest for Transport services at UNABU

PRE-QUALIFICATION TENDER FOR SUPPLY OFFICE ITEMS AND SERVICES FOR THE YEAR 2020-2021 INTRODUCTORY BACKGROUND UNABU is a non-governmental organization established in 2004 by and for women with various disabilities (WWDs) envisioning a society where “WWDs enjoy equal and equitable opportunities and actively participate in the country’s development”. UNABU is inviting bids from all eligible firms […]

Kalehe: 216 bafashwe n’ingabo za Congo barimo CNRD barasabirwa kwimurirwa ahandi

Umuryango La Fondation SolidaritĂ© des Hommes (FSH) utegamiye kuri leta urasaba leta ya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo kwimura abahoze ari abarwanyi b’umutwe wa CNRD, Nyatura na Kiritcho bagera 216 bacumbikiwe hafi y’ishuri ribanza rya Mutunza iri muri teritwari ya Kalehe kuko ngo bangiza ibikoresho byaryo. Mu bikoresho uyu muryango uvuga ko aba bahoze ari […]

Abayobozi ba kompanyi y’Abashinwa bihanishije gukambakamba nk’abana ku bwo kutagera ku ntego bihaye

23675702-7911475-image-m-11_1579608102248.jpg

Abakozi ba Kompanyi imwe yo mu Bushinwa itatangajwe amazina bagaragaye bagenda bakambakamba nk’abana bato imbere y’abakozi babo nk’igihano cy’uko kompanyi itageze ku ntego yari yarihaye. Amshusho yacicikaye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza aba bayobozi bivugwa ko yafatiwe mu Ntara ya Jilin, mu Majyaruguru y’Ubushinwa. Ikinyamakuru Dailymail kivuga ko umwe mu bantu ba hafi b’iyo komapnyi yatangaje […]

Dore amagambo wazifashisha uganira n’umukunzi wawe ku munsi w’abakundanye

Kuri wa 14 Gashyantare ni umunsi ngarukamwaka w’abakundanye, umunsi uzwi nka Saint Valantin. Ni i muri urwo rwego abakundanye bagirwa inama y’uko bagomba kwitwara kuri uyu munsi. Uyu munsi w’abakundanye ni umunsi usobanura byinshi ku idini ry’abangirikani (Anglican Communion) ndetse n’idini ry’aba Lutheran aribo bayoboke cyangwa abakomoka kw’idini rya Martin Luther. Uyu munsi nanone utuma […]

Kabale: Ubuyobozi buvuga ko hashobora kubaho ukwihorera ku Banyarwanda baba muri Uganda

Abayobozi mu nzego z’ibanze mu Turere twa Kabale na Kisoro banenze iraswa ry’Umugande Theoegene Ndagijimana wari kumwe na babyara be batatu b’Abanyarwanda, bavuga ko bishobora gutuma habaho kwihorera ku Banyarwanda baba muri Uganda. ku wa Gatandatu tari ya 18 Mutarama 2020 mu karere ka Burera mu Murenge wa Kagogo, abo mu rwego rw’umutekano bishe barashe […]

RDC-Uvira: Ingabo z’igihugu zagaruje inka 60 zari zanyazwe na Mai Mai

Mu rugamba rw’iminsi ibiri ingabo z’igihugu zari zihanganyemo n’abarwanyi ba Mai Mai Mbulu, inka 60 muri 62 uyu mutwe wari waranyaze abaturage zagarujwe ejo tariki ya 21 Mutarama 2020, zishyikirizwa abo zibwe. Uyu mutwe wanyaze izi nka abaturage batuye mu mudugudu wa Nyarundari, Gurupoma ya Runingu muri teritwari ya Uvira tariki ya 18 Mutarama, basaba […]

Umunyeshuri wa TTC ZAZA yaraye mu ishyamba nyuma yo kwirukanwa azira amafaranga y’ishuri

Umunyeshuri woherejwe kwiga mu ishuri nderabarezi rya Zaza mu mwaka wa Kane, Uwineza Diane yaraye hanze nyuma yo kwirukanwa n’ubuyobozi bw’ikigo bwavugaga ko adafite amafaranga y’ishuri ahagije. Uyu munyeshuri ukomoka mu Karere ka Rwamagana yaje kwiga kuri TTC Zaza nyuma yo guhindurirwa ishuri n’ubuyobzo bw’akarere. Umubyeyi we, Nyirangendahimana Leonia avuga ko umwana we yirukanwe ku […]

Internal Auditor at Britam Insurance Company (Rwanda) Ltd

Britam is a leading diversified financial services group, listed on the Nairobi Securities Exchange. The group has interests across the Eastern and Southern Africa region, with operations in Kenya, Uganda, Tanzania, Rwanda, South Sudan, Mozambique and Malawi. The group offers a wide range of financial products and services in Insurance, Asset management, Banking and Property. […]

Dr. Besigye urwanya Museveni yaciye agahigo ko kuba uwa mbere ku isi watawe muri yombi kenshi

Umunya-Uganda Col. Dr. Kizza Besigye utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’ishyaka NRM rya Perezida Yoweri Kaguta Museveni, yaciye agahigo ko kuba umuntu wa mbere ku isi watawe muri yombi incuro nyinshi. Ni nyuma yo kwinjira mu gitabo ‘Guiness des Records’ kijyamo abantu bakoze uduhigo twihariye kurusha abandi ku isi. Muri 2016 ni bwo Dr. Kizza Besigye yinjiye […]

RDC: Pasiteri wakundanye n’umukobwa , agashyira hanze amafoto bambaye ubusa ari gukurikiranwa

Pasiteri akaba n’umuhanzi MoĂŻse Mbiye, umuyobozi w’itorero rya CitĂ© Bethel riri mu murwa wa Kinshasa, watamajwe n’umukobwa bakundanye witwa Eliane Bafeno, ari gukurikiranwa n’urukiko nyuma yo gushinjwa ibyaha birimo gufata ku ngufu. Iki cyaha n’ibindi birimo gukangisha kwica, gukuzamo inda byose ashinjwa kubikorera Eliane Bafeno wigeze gushyira hanze amafoto y’igihe bari bakundanye, bombi bambaye ubusa, […]

Perezida Tshisekedi nta cyizere afite ko uburasirazuba bwa Congo buzatekana vuba

gal.jpg

Perezida wa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, Felix Thsisekedi atangaza ko kuba umutekano wagaruka mu burasirazuba bw’igihugu cye atari ibizagerwaho mu minsi ya vuba. Tshisekedi wari mu nama ivuga ku bucuruzi hagati y’Ubwongereza n’Afurika, yavuze ko bikigoranye kuba uburasirazuba bwa Congo bwagarukamo umutekano. Avuga ko gusa hari ibikorwa bimaze gukorwa n’ubwo inzira ikiri ndende. Yabwiye […]

Ububiligi burasabwa kohereza Marcel Sebatware ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside

Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya jenoside, CNLG irasaba ko Marcel Sebatware, umuyobozi uhagarariye ishyaka rya FDU-Inkingi mu Bubiligi, uvugwaho kuba mu buyobozi b’umutwe witwara gisirikare wa P5 urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda ko yakoherezwa, akurikiranwa n’ubutabera. Mu nyandiko y’impapuro (pages) eshanu iyi komisiyo yashyize hanze, igaragaza uruhare rwa Marcel Sebatware mu itegurwa n’ishyirwamubikorwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi […]

Sudani: Imwe mu ntare eshanu zugarijwe n’inzara yapfuye-amafoto

23635610-7905261-image-m-32_1579527825397.jpg

Imwe mu ntare eshanu zabaga muri kimwe mu bigo byororerwamo inyamaswa byo muri Sudani zugarijwe n’ikibazo cy’inzara n’uburwayi, yapfuye ku munsi w’ejo mu gihe igikorwa cyo kurokora izindi enye zisigaye kigikomeje. Urupfu rw’iyi ntare y’ingore rwemejwe na Brigadier Essamelddine Hajjar wavuze ko yapfuye mu gihe harimo hakorwa ibishoboka byose ngo ubuzima bwayo burokorwe. Yagize ati” […]

Rwanda requests arrest of Sebatware

The National Commission for the Fight against Genocide (CNLG) is calling for the arrest and trial of Europe based political leaders of anti-Rwanda militia operating from DR Congo who continue to threaten the peace and security of the region. Cases of the respiratory illness were first reported in the Wuhan City of China late last […]

Rusizi: Bamwe mu rubyiruko bavuga ko bishora muri magendu kubera kubura ikindi bakora

Urubyiruko rw'abanyarwanda n'urw'abanyekongo ruvuga ko kunyuza ubutumwa mu mikino ari byiza ariko icyiza cyane ari ukurushakira icyo rukora.

Nyuma y’aho bigaragariye ko ubucuruzi bwa magendu bukiri ikibazo gikomeye cyane mu karere ka Rusizi, mu mirenge inyurwamo cyane nabavuye muri RDC hakabamo uwa Mururu kandi ngo abarenga 95% mu bayigaragaramo ari urubyiruko, uyu murenge ngo wiyemeje kuyihagurukira, kimwe n’ibindi byaha nk’ibiyobyabwenge, ruswa n’ibindi, aho bamaze amezi 2 barukangurira ibibi byabyo binyuze mu mikino. Iyi […]

Mageragere: Hari abaturage bangirwa kuvurirwa kuri mitiweli

Abaturage bakoresha ubwisungane mu kwivuza (mituweri) ngo bivuze bavuga ko bakigorwa n’amwe mu mavuriro abasaba indagamuntu y’umukuru w’urugo ngo babone kuvurwa nyamara hari igihe iyo ndangamuntu nyirayo aba yayigendanye. Mu bafite iki kibazo harimo abivuriza ku kigo nderabuzima cya Butamwa giherereye mu Murenge wa Mageragere bavuga ko banerekana nimero z’indangamuntu y’umukuru w’urugo ababishinzwe bakanga kubavura […]