Corporate Credit Analyst at Ecobank Rwanda Plc
Ecobank Rwanda Plc. P.O. BOX: 3268 Kigali – Rwanda Job Vacancy: Corporate Credit Analyst External recruitment Advert Opening date: 21st January 2020 Closing date: 10th February 2020 About Ecobank Rwanda Plc Ecobank Rwanda Plc is a full-service bank that joined the Rwandan market in 2007 with the aim of providing a broad range of products […]
Bivugwa ko America nâUbufaransa bari guhiga Moustapha Chafi uvugwa ko aherutse mu Rwanda mu mwaka ushize
Hari amakuru avuga ko Ingabo zâAmerica ndetse nâUbufaransa ziri guhinga mu ibanga Umunya-Mauritania, Moustapha Ould Lima Chaffi uvugwa ko herutse mu Rwanda muri Mata 2019. Uyu musaza wahoze ari umujyanama wâuwahoze ari Perezida wa Burkina Faso, Blaise CompaorĂ©, yashyiriweho impapuro zimuta muri yombi na leta ya Mauritania mu 2011 hamwe nâabandi bayobozi ba Al Qaeda. […]
Uganda yasabwe gusobanura niba abaturage bayo bemerewe kujya mu Rwanda
Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda kuwa Kabiri tariki ya 21 Mutarama, yasabye Leta kugira icyo ikora ku baturage b’iki gihugu bajya mu Rwanda mu buryo butemewe n’amategeko, bakaraswa. Bavuga ko kuba hari Abanya-Uganda bamaze kuhatakariza ubuzima ari ikimenyetso cy’uko Leta ikwiriye kugira amabwiriza itanga ku bifuza kujya muri Uganda. Perezida w’Inteko ishinga Amategeko, umutwe w’Abadepite, […]
Bugesera: Abakozi b’uruganda bakomeje gupfa umusubirizo
Abakozi babiri bakora mu ruganda rutunganya inzoga rwitwa Rwanda Bottlers Limited rukorera mu Kagari ka Kanzenze mu Murenge wa Ntarama mu Karere ka Bugesera bamaze gupfa mu gihe gito bazize uburwayi butaramenyekana. Umwe mu baturage uzi iby’zi mfu zitunguranye yagize ati ” Hari uwa mbere wapfuye ejo bundi. Ubwo yari aje ku ruganda ku kazi […]
Micho wigeze gutoza Amavubi yagizwe umutoza mukuru w’ikipe ya Zambia
Umunya-Serbia Milutin Sredojevic Micho wigeze gutoza ikipe yâigihugu yâu Rwanda, Amavubi, yahawe inshingano zo kuba umutoza mukuru wâikipe yâigihugu ya Zambia, Chipolopolo Stars. Uyu mugabo wanatoje Imisambi ya Uganda, yasimbuye Umubiligi Sven Vandenbroeck watandukanye nâikipe yâigihugu ya Zambia muri Gashyantare 2019. Hari hashize igihe kigera ku mwaka wose iyi kipe nta mutoza mukuru ifite. Akazi […]
Nyaruguru: Abaturage bafitiye impungenge ibiryabarezi byakwijwe hirya no hino
Abaturage bo mu mirenge ya Kibeho na Rusenge yo mu karere ka Nyaruguru, bavuga ko babangamiwe cyane nâibiryabarezi byashyizwe mu tubari twâibigage nâinzagwa, muri za butike (boutiques) na za salons de coiffure. Bavuga ko iyo mikino bita âiyâamahirweâ ibatera ubukene kuko iyo batumye abana babo guhaha cyangwa kwiyogoshesha, bayobera kuri ibyo biryabarezi bakagaruka batazanye ibyo […]
Hashyizweho akayabo kâamadorali nkâishimwe ku muntu uzashobora kwica Trump
Umusenateri wo muri Iran yemereye ishimwe rya miliyoni eshatu zâamadorali yâAbanyamerika umuntu wese uzashobora kwivugana Perezida Donald Trump wa leta zunze ubumwe za Amerika, mu rwego rwo guhorera Gen. Qassem Soleimani uheruka kwivuganwa nâibitero byâAbanyamerika. Nkuko dailmail ibivuga , uwashyizeho iki gihembo ku muntu uzashobora kwica Trump ni Ahmad Hamzeh, umusenateri mu nteko ishinga amategeko […]
Tender: Expression of Interest for Transport services at UNABU
PRE-QUALIFICATION TENDER FOR SUPPLY OFFICE ITEMS AND SERVICES FOR THE YEAR 2020-2021 INTRODUCTORY BACKGROUND UNABU is a non-governmental organization established in 2004 by and for women with various disabilities (WWDs) envisioning a society where âWWDs enjoy equal and equitable opportunities and actively participate in the countryâs developmentâ. UNABU is inviting bids from all eligible firms […]
Kalehe: 216 bafashwe n’ingabo za Congo barimo CNRD barasabirwa kwimurirwa ahandi
Umuryango La Fondation SolidaritĂ© des Hommes (FSH) utegamiye kuri leta urasaba leta ya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo kwimura abahoze ari abarwanyi bâumutwe wa CNRD, Nyatura na Kiritcho bagera 216 bacumbikiwe hafi y’ishuri ribanza rya Mutunza iri muri teritwari ya Kalehe kuko ngo bangiza ibikoresho byaryo. Mu bikoresho uyu muryango uvuga ko aba bahoze ari […]
Abayobozi ba kompanyi y’Abashinwa bihanishije gukambakamba nk’abana ku bwo kutagera ku ntego bihaye

Abakozi ba Kompanyi imwe yo mu Bushinwa itatangajwe amazina bagaragaye bagenda bakambakamba nk’abana bato imbere y’abakozi babo nk’igihano cy’uko kompanyi itageze ku ntego yari yarihaye. Amshusho yacicikaye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza aba bayobozi bivugwa ko yafatiwe mu Ntara ya Jilin, mu Majyaruguru y’Ubushinwa. Ikinyamakuru Dailymail kivuga ko umwe mu bantu ba hafi b’iyo komapnyi yatangaje […]
Dore amagambo wazifashisha uganira n’umukunzi wawe ku munsi w’abakundanye
Kuri wa 14 Gashyantare ni umunsi ngarukamwaka wâabakundanye, umunsi uzwi nka Saint Valantin. Ni i muri urwo rwego abakundanye bagirwa inama yâuko bagomba kwitwara kuri uyu munsi. Uyu munsi wâabakundanye ni umunsi usobanura byinshi ku idini ryâabangirikani (Anglican Communion) ndetse nâidini ryâaba Lutheran aribo bayoboke cyangwa abakomoka kwâidini rya Martin Luther. Uyu munsi nanone utuma […]
Kabale: Ubuyobozi buvuga ko hashobora kubaho ukwihorera ku Banyarwanda baba muri Uganda
Abayobozi mu nzego z’ibanze mu Turere twa Kabale na Kisoro banenze iraswa ry’Umugande Theoegene Ndagijimana wari kumwe na babyara be batatu b’Abanyarwanda, bavuga ko bishobora gutuma habaho kwihorera ku Banyarwanda baba muri Uganda. ku wa Gatandatu tari ya 18 Mutarama 2020 mu karere ka Burera mu Murenge wa Kagogo, abo mu rwego rwâumutekano bishe barashe […]
RDC-Uvira: Ingabo zâigihugu zagaruje inka 60 zari zanyazwe na Mai Mai
Mu rugamba rwâiminsi ibiri ingabo zâigihugu zari zihanganyemo nâabarwanyi ba Mai Mai Mbulu, inka 60 muri 62 uyu mutwe wari waranyaze abaturage zagarujwe ejo tariki ya 21 Mutarama 2020, zishyikirizwa abo zibwe. Uyu mutwe wanyaze izi nka abaturage batuye mu mudugudu wa Nyarundari, Gurupoma ya Runingu muri teritwari ya Uvira tariki ya 18 Mutarama, basaba […]
Umunyeshuri wa TTC ZAZA yaraye mu ishyamba nyuma yo kwirukanwa azira amafaranga y’ishuri
Umunyeshuri woherejwe kwiga mu ishuri nderabarezi rya Zaza mu mwaka wa Kane, Uwineza Diane yaraye hanze nyuma yo kwirukanwa n’ubuyobozi bw’ikigo bwavugaga ko adafite amafaranga y’ishuri ahagije. Uyu munyeshuri ukomoka mu Karere ka Rwamagana yaje kwiga kuri TTC Zaza nyuma yo guhindurirwa ishuri n’ubuyobzo bw’akarere. Umubyeyi we, Nyirangendahimana Leonia avuga ko umwana we yirukanwe ku […]
Internal Auditor at Britam Insurance Company (Rwanda) Ltd
Britam is a leading diversified financial services group, listed on the Nairobi Securities Exchange. The group has interests across the Eastern and Southern Africa region, with operations in Kenya, Uganda, Tanzania, Rwanda, South Sudan, Mozambique and Malawi. The group offers a wide range of financial products and services in Insurance, Asset management, Banking and Property. […]
Dr. Besigye urwanya Museveni yaciye agahigo ko kuba uwa mbere ku isi watawe muri yombi kenshi
Umunya-Uganda Col. Dr. Kizza Besigye utavuga rumwe nâubutegetsi bwâishyaka NRM rya Perezida Yoweri Kaguta Museveni, yaciye agahigo ko kuba umuntu wa mbere ku isi watawe muri yombi incuro nyinshi. Ni nyuma yo kwinjira mu gitabo âGuiness des Recordsâ kijyamo abantu bakoze uduhigo twihariye kurusha abandi ku isi. Muri 2016 ni bwo Dr. Kizza Besigye yinjiye […]
RDC: Pasiteri wakundanye nâumukobwa , agashyira hanze amafoto bambaye ubusa ari gukurikiranwa
Pasiteri akaba nâumuhanzi MoĂŻse Mbiye, umuyobozi wâitorero rya CitĂ© Bethel riri mu murwa wa Kinshasa, watamajwe nâumukobwa bakundanye witwa Eliane Bafeno, ari gukurikiranwa nâurukiko nyuma yo gushinjwa ibyaha birimo gufata ku ngufu. Iki cyaha nâibindi birimo gukangisha kwica, gukuzamo inda byose ashinjwa kubikorera Eliane Bafeno wigeze gushyira hanze amafoto yâigihe bari bakundanye, bombi bambaye ubusa, […]
Perezida Tshisekedi nta cyizere afite ko uburasirazuba bwa Congo buzatekana vuba

Perezida wa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, Felix Thsisekedi atangaza ko kuba umutekano wagaruka mu burasirazuba bw’igihugu cye atari ibizagerwaho mu minsi ya vuba. Tshisekedi wari mu nama ivuga ku bucuruzi hagati y’Ubwongereza n’Afurika, yavuze ko bikigoranye kuba uburasirazuba bwa Congo bwagarukamo umutekano. Avuga ko gusa hari ibikorwa bimaze gukorwa n’ubwo inzira ikiri ndende. Yabwiye […]
Ububiligi burasabwa kohereza Marcel Sebatware ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside
Komisiyo yâIgihugu yo kurwanya jenoside, CNLG irasaba ko Marcel Sebatware, umuyobozi uhagarariye ishyaka rya FDU-Inkingi mu Bubiligi, uvugwaho kuba mu buyobozi b’umutwe witwara gisirikare wa P5 urwanya ubutegetsi bwâu Rwanda ko yakoherezwa, akurikiranwa nâubutabera. Mu nyandiko yâimpapuro (pages) eshanu iyi komisiyo yashyize hanze, igaragaza uruhare rwa Marcel Sebatware mu itegurwa nâishyirwamubikorwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi […]
Sudani: Imwe mu ntare eshanu zugarijwe nâinzara yapfuye-amafoto

Imwe mu ntare eshanu zabaga muri kimwe mu bigo byororerwamo inyamaswa byo muri Sudani zugarijwe nâikibazo cyâinzara nâuburwayi, yapfuye ku munsi wâejo mu gihe igikorwa cyo kurokora izindi enye zisigaye kigikomeje. Urupfu rwâiyi ntare yâingore rwemejwe na Brigadier Essamelddine Hajjar wavuze ko yapfuye mu gihe harimo hakorwa ibishoboka byose ngo ubuzima bwayo burokorwe. Yagize atiâ […]
Rwanda requests arrest of Sebatware
The National Commission for the Fight against Genocide (CNLG) is calling for the arrest and trial of Europe based political leaders of anti-Rwanda militia operating from DR Congo who continue to threaten the peace and security of the region. Cases of the respiratory illness were first reported in the Wuhan City of China late last […]
Rusizi: Bamwe mu rubyiruko bavuga ko bishora muri magendu kubera kubura ikindi bakora

Nyuma yâaho bigaragariye ko ubucuruzi bwa magendu bukiri ikibazo gikomeye cyane mu karere ka Rusizi, mu mirenge inyurwamo cyane nabavuye muri RDC hakabamo uwa Mururu kandi ngo abarenga 95% mu bayigaragaramo ari urubyiruko, uyu murenge ngo wiyemeje kuyihagurukira, kimwe nâibindi byaha nkâibiyobyabwenge, ruswa nâibindi, aho bamaze amezi 2 barukangurira ibibi byabyo binyuze mu mikino. Iyi […]
Mageragere: Hari abaturage bangirwa kuvurirwa kuri mitiweli
Abaturage bakoresha ubwisungane mu kwivuza (mituweri) ngo bivuze bavuga ko bakigorwa nâamwe mu mavuriro abasaba indagamuntu yâumukuru wâurugo ngo babone kuvurwa nyamara hari igihe iyo ndangamuntu nyirayo aba yayigendanye. Mu bafite iki kibazo harimo abivuriza ku kigo nderabuzima cya Butamwa giherereye mu Murenge wa Mageragere bavuga ko banerekana nimero zâindangamuntu yâumukuru wâurugo ababishinzwe bakanga kubavura […]