Rwanda-Uganda: Minisitiri Dr. Philemon Mateke ntashyigikiye amasezerano ya Luanda

Umunyamabanga wa leta ya Uganda muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga ushinzwe imikoranire mu karere, Dr. Philemon Mateke yagaragaje kuri uyu wa 23 Mutarama 2020 ko ko adashyigikiye amasezerano ya Luanda gamije kugarura mu buryo umubano hagati y’u Rwanda na Uganda. Mu gihe yahise yibutswa n’abamukurikira kuba yarabaye inyuma y’ibitero byagabwe n’umutwe wa RUD-URUNANA byahitanye abantu i […]
Ukuri kuri “Goyi” na ” Gogwe” bikoreshwa mu guhirika abayobozi mu Karere ka Rubavu
Goyi na Gogwe ni iturufu yakoreshejwe n’ubu igikoreshwa kugira ngo bamwe mu bayobozi b’inzego zinyuranye b’icyari Umujyi wa Gisenyi, n’ab’Akarere ka Rubavu, birukanwe. Kuva na kera na kare Ubugoyi na Bigogwe ni uduce abahatuye n’abahakomomoka bari Abanyarwanda nk’abandi bakitirirwa aka gace. Abaturage batuye muri aka gace nta gihe na kimwe bigeze bagirana amakimbirane na rimwe […]
RDC: Ramazani Shadary yarahiriye ‘kugagaza’ igihugu nihagira ikiba ku munyemari Albert Yuma
Umunyamabanga uhoraho w’ishyaka rya PPRD (Parti du Peuple pour la Reconstruction et la Démocratie) rya Joseph Kabila, Emmanuel Ramazani Shadary yarahiriye kugagaza (Paralyze) Repubulika Iharanire Demukarasi ya Congo mu gihe hari icyaba kuri Albert Yuma uyoboye ikigo cy’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro cya Gécamines. Bwana Shadary wiyamamarije umwanya w’Umukuru w’Igihugu mu 2018 yatangaje aya magambo mu nama […]
Nigeria: Kiliziya yahagaritse ubukwe 30
Kiliziya Gatulika, Diyoseze ya Orlu muri leta ya Imo iherereye muri Nigeria iherutse guhagarika ubukwe 30 kubera ko abari bagiye kubukora bahimbye ibyemezo by’amavuko bizwi mu Cyongereza nka ‘Birth Certificate’. Padiri Donsteve Nnagha uyoboye iyi diyoseze yavuze ko abakobwa benshi bari bagiye gushaka, ari bo bagerageje kongera imyaka y’amavuko kugira ngo bemererwe gushyingirwa imbere muri […]
La Tropicale Amissa Bongo: Areruya Joseph yabaye uwa kabiri mu gace ka kane
Umunya-Rwanda Areruya Joseph uri mu bakinnyi bahagarariye ikipe y’u Rwanda iri muri Gabo, yegukanye umwanya wa kabiri mu agace ka kane k’isiganwa ry’amagare zizenguruka igihugu cya Gabon, La Tropicale Amissa Bongo. Abasiganwa bavaga mu gace ka Lambarene berekeza mu ka Mouila, ku ntera ya kilometer 190. Aka ni ko gace karekare muri iri siganwa dore […]
Tender notice for the provision of restaurant services at DUHAMIC-ADRI in Huye Distric
Kigali, January 20th, 2020 Tender notice for the provision of restaurant services (meal and beverages) and other facilities for meeting, training, and workshop organized by DUHAMIC-ADRI in Huye District DUHAMIC-ADRI has the pleasure to look for interested companies or firms with proven capacities to provide restaurant services (meal and beverages) and other facilities for meeting, […]
Kim Kardashian yashyize hanze amafoto ashotorana

Kim Kardashian yashyize hanze amafoto akurura abagabo agaragaza imiterere y’amabuno ye Umunyamdideri Kim Kardashian yashyize hanze amafoto agaragaza imiterere y’ikibuno cye ashimangira uburyo uyu mugore w’umuraperi Kanye West, ari umwe mu bafite uburanga isi ifite. Aya mafoto ya Kardashian yagiye hanze ubwo we na murumuna we witwa Khloe Kardashian barimo bafata amashusho ya filime y’uruhererekane […]
Oda Paccy yakuriye inzira ku murima abamuvugaho gushaka kwigarurira Lick Lick
Umuhanzi mu njyana ya Hip Hop, Oda Paccy avuga ko abumva ko yarekeraho kuvugana na Producer Lick Lick, babyaranye umwana w’umukobwa, basubiza amerwe mu isaho n’ubwo ngo nta rukundo rukiri hagati yabo. Ku mbuga nkoranyamabaga hamaze iminsi haciciakana amakuru y’abantu bavuga ku butumwa Paccy yahaye Lick Lick ku wa 1 Mutarama 2020. Benshi babifashe nko […]
Uri umunyamahirwe niba uzi gutandukanya ibi bintu mu rukundo
Mu buzima bwa buri munsi, abantu barakunda abandi bagakundwa ariko ntibigaragare mu buyo bumwe kuko n’intego zitaba ari zimwe. Hari urukundo nyakuri rushobora nu kuganisha ku gushakana, hakaba n’urukundo umuntu yakwita uruhutiyeho ari ko nubwo zose ari inkundo zikaba zitandukanye haba mu biziranga, haba no mu mushyirirwe mu bikorwa yazo. *Urukundo ruhutiyeho (Clash), rurangwa akenshi […]
Gisagara: Minisitiri w’Intebe yasanze abaturage barakajwe no kunyunyuzwa n’amakoperative
Minisitiri w’intebe, Dr Edouard Ngirente yasanganijwe ibibazo uruhuri rw’abaturage bibumbiye mu makoperative abanyunyuza imitsi aho kubateza imbere. Mu ruzinduko Miniisitiri Ngirente yagiriye mu Karere ka Gisagara, abaturage bagaragaje ko batishimiye uko koperative zikomeje kubanyunyuza. Ibi bibazo byagaragaye ubwo yasuraga koperative ihinga umuceri mu kibaya cya Ngiryi ikorera mu karere ka Gisagara,ahagaragajwe bimwe muri ibi bibazo […]
U Rwanda rwaje ku mwanya wa kane muri Afurika mu kurwanya ruswa
Raporo yasohowe n’umuryango mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane, Transparency International , yashyize u Rwanda ku mwanya wa kane muri Afurika n’uwa mbere mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba mu kurwanya ruswa. Ni imyanya yombi u Rwanda rwari runariho muri raporo iheruka. U Rwanda ruri ku mwanya wa kane muri Afurika inyuma y’ibihugu nk’ibirwa bya Seychelles, Botswana n’ibirwa […]
Drivers(2) at American Refugee Committee (ARC)
ARC works with its partners and constituencies to provide opportunities and expertise to refugees, displaced people and host communities – to better survive conflicts and crisis, and to rebuild lives of dignity, health, security, and self-sufficiency. ARC presently works in and with partners in ten countries globally. ARC has consistently operated in Rwanda since 1994, […]
Umuvunyi Mukuru arasaba abaturage gukemurira ibibazo mu miryango aho guhora mu nkiko

Umuvunyi Mukuru, Murekezi Anastase yasabye kuri uyu wa 21 Mutarama 2020 , abaturage bo mu murenge wa Nyamabuye, Akarere ka Muhanga, kugira umuco wo gukemurira ibibazo mu miryango, kurusha guhora mu nkiko. Ibi yabivugiye mu gikorwa cyo gutangiza ubukangurambaga bwo kurwanya ruswa n’akarengane kuri Stade ya Muhanga. Imitungo y’abashakanye baka gatanya mu nkiko ni kimwe […]
Meya Rwamurangwa Steven yarambwiye ngo nzajye kumurega aho nshaka hose- Umuturage usembera

Umusaza witwa Burasanzwe Francois avuga ko amaze imyaka Ine asiragira mu buyobozi nyuma yo kurangiza igifungo cye cy’imyaka 19 yataha agasanga ubutaka bwe Akarere ka Gasabo ngo karabutujemo abandi bantu. Uyu musaza ubu uvuga ko atagira aho atuye twasanze mu Mudugudu wa Gisasa Akagari ka Ngara, Umurenge wa Bumbogo mu Karere ka Gasabo, ahamya ko […]
Dusabe Vestine arabagira inama y’uburyo mwazajya muteramo akabariro mukaryoherwa nk’abageze mu ijuru rito
Dusabe Vestine ni umudamu umaze kumenyerwa mu Rwanda nk’uwigisha kandi akanakebura abashakanye ku birebana no kubaka urugo cyane cyane abagaragariza ko amabanga yo mu buriri aza ku isonga mu kurwubaka rugakomera. Muri iki kiganiro aragaruka ku ngingo zitandukanye, uburyo wafata umugabo wawe, uburyo umugore atagomba kuba umunebwe mu gitanda, abagore bapfuba ndetse n’abasore babapfubura, uburyo […]
Abanyarwanda bakomeje kugorwa na La Tropicale Amissa Bongo igeze
Umunya-Eritra Biniam Grmaye, niwe wegukanye agace ka gatatu k’isiganwa rya La Tropicale Amissa Bongo rizenguruka igihugu cya Gabon ku magare, aka gace gashimangira ko Abanyarwanda bakomeje kugorwa n’iri siganwa begukanye uri 2018. Uyu munsi abasiganwa bavaga ahitwa Mitzic berekeza ahitwa Ndjole, ku ntera ya Kilometero 187 ari nayo ndende muri iri siganwa ry’uyu mwaka. Aka […]