Se wa Fresh Kid ashobora gufungwa azira amafaranga y’umuhungu we

Minisitiri w’Urubyiruko n’Imibereho y’Abana muri Uganda Hon. Florence Nakiwala Kiyingi yavuze ko azafunga Paul Mutabazi bakunze kwita Fresh Daddy kubera gusesagura amafaranga y’umuhungu we Fresh Kid. Ibintu byafashe indi ntera ubwo uyu Fresh Daddy hamwe n’itsinda bari bahamagarwanywe bananirwaga gusobanuda imikoresherezwe y’amafaranga yabaga kuri konti y’umuhungu we Fresh Kid ibintu byababaje cyane Hon.Nakiwala ndetse ababwira […]

TP Mazembe yirukanye umutoza wayo nyuma yo gusezererwa muri CAF Champions League

Nyuma yo y’amasaha make ikipe ya Tout Puissant Mazembe yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo isezerewe na Raja Cassablanca yo muri Maroc muri 1/4 cya CAF Champions League, ubu yamaze gusezerera umutoza wayo, Pamphile Mihayo Kazembe wari uyazemo imyaka igera kuri itatu. Ubu iyi kipe y’umuherwe Moise Katumbi CHAPWE akaba ari na we perezida […]

Kigali: Imvubu yari imaze igihe yarajujubije abaturage yarashwe irapfa

Imvubu yari imaze iminsi yarajujubije abaturage b’imirenge ya Rusororo mu karere ka Gasabo na Masaka mu karere ka Kicukiro yarashwe n’abashinzwe umutekano irapfa. Bwiza.com yavuganye n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Masaka, Nsengiyumva Vincent, avuga ko iriya mvubu yarashwe nyuma y’uko abaturage bagaragaje ko yari imaze igihe ibonera imyaka. Yagize ati” Iyo mvubu yagaragaye ku gishanga kigana […]

Green Party yatangiye imyiteguro y’amatora y’Umukuru w’Igihugu

Ishyaka riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije, Democratic Green Party, ryatangiye imyiteguro y’amatora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe mu mwaka wa 2024, abayobozi baryo bahamagarira abanyamuryango kurangwa n’imyitwarire ikwiye kuranga Abanya Politiki. Imyiteguro yatangiye abayobozi b’ishyaka basaba abayoboke kurangwa n’imyitwarire ya politiki kugira ngo bagumane isura nziza kandi babere icyitegererezo abandi bashobora kuziyamamaza. Ku wa 06 Werurwe ni […]

Umuntu ukomeje gukoresha ‘Instagram’ ya Kizito Mihigo aribazwaho

Umuntu utaramenyekana akomeje kwandika ubutumwa butandukanye ku rukuta rwa Instagram rwa Kizito Mihigo uherutse gupfa, ntibuvugweho rumwe n’abantu babusoma. Uru rukuta rwitwa @kizitomihigoforpeace, uyu muhanzi yarukoreshaga atangaza ibikorwa bye bitandukanye, byiganjemo iby’umuziki. Nyuma ya tariki ya 11 Gashyantare, ntirwongeye kugaragaraho ubutumwa n’ibikorwa bye. Hashize iminsi 17 (tariki ya 28) uyu muntu wibazwaho yatangiye kurukoresha. Kuri […]

Amatsiko ni menshi ku bitabira igitaramo ‘Ikirenga mu bahanzi’ kibura amasaha make ngo kibe

Abakunzi b’umuziki gakondo bategerezanyije amatsiko igitaramo cy’imbaturamugabo cyiswe ‘Ikirenga mu bahanzi’, giteganyijwe kubera muri Camp Kigali ku mugoroba wo kuri uyu wa 08 Werurwe 2020. Ni igitaramo cyateguwe na Bwiza Media ku bufatanye na Karibu ASBL, mu rwego rwo gushimira umuhanzi Cécile Kayirebwa ku bw’uruhare yagize mu kumenyekanisha umuco nyarwanda mu Rwanda no mu mahanga. […]

Jya usohorera hanze- Impirimbanyi y’uburengazira bwa muntu ibwira Diamond

Umunya- Tanzania akaba n’impirimbanyi y’uburenganzira bwa muntu, Mange Kimambi uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga, yibasiye Umuhanzi Naseeb Abdul Juma uzwi nka Diamond Platnumz amuziza gutera inda umugore wese bakundanye atabanje gutekereza ku ngaruka, amusaba kuzajya asohorera hanze mu rwego rwo kudatera inda. Mange uzwiho kuba yangana urunuka na Zari wigeze gukundana na Diamond, yaherukaga kwandika […]

Uburyo 5 karemano wakoresha wirinda gutakaza umusatsi

Ni kenshi uzasanga abantu cyane cyane igitsina gore bahangayikishijwe no gutakaza umusatsi biterwa no kuba wapfuka cyangwa kwanga gukura. Nubwo abenshi bibwira ko ibi bikunze kuba ku gitsina gabo si ko biri kuko n’igitsina gore gihura n’iki kibazo Kandi kikabazahaza cyane ndetse bamwe bakabyumva nko gutakaza uburanga bwabo. Ibi biterwa n’ibibazo byinshi bitandukanye birimo ibishobora […]