Maritha wabyaranye na Padiri Nahimana aramusaba guhinduka akaza kumufasha kurera
Maritha Muragijimana, umugore w’ingaragu w’imyaka 44 y’amavuko arasaba Padiri Nahimana Thomas bamaze imyaka 16 babyaranye ko yareka inyigisho mbi zo kurwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, akaza akamufasha kurera no kubaka igihugu. Muragijimana wavukiye mu Murenge wa Nzahaha w’Akarere ka Rusizi mu Ntara y’Uburengerazuba, ubu akaba atuye mu mujyi wa Kigali mu karere ka Gasabo, akaba yaramenyanye […]
Umuntu wa 18 yishwe na Covid-19, mu turere 8 na Kigali haboneka abanduye

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 3 Nzeri 2020 yatangaje ko umuntu wa 18 yishwe n’icyorezo cya Covid-19. Uyu ni umugabo w’imyaka 31 wo mu mujyi wa Kigali. Abantu 37 ni bo banduye iki cyorezo, mu bipimo 5079 byafashwe. Aba barimo 23 bahuye n’abanduye mu masoko ya Kigali, 4 babonetse mu Karere ka Rusizi, […]
Nyamasheke: Uburyo bushya bwo guhashya Covid-19 bwari bwivuganye Motari

Mwijoro ryo kuwa 2 Kamena 2020 abakora irondo ry’umwuga mu Kagari ka Rushyarara mu murenge wa Karambi saa moya zuzuye bivugwa ko bateze ingiga mu muhanda bagamije guhangana n’abamotari barenza isaha yogutaha. Amakuru ava i Nyamasheke avuga ku ikubitiro umutego w’abanyerondo wafashe uwitwa Athanase Munyentwari wari uvanye umugenzi ku Cyivugiza atashye bumwiriraho. Umuturage ufitanye isano […]
Irebere umugabo umwe rukumbi ku Isi wabashije kwibaruka umwana (Amafoto)

Mu busanzwe kumva ko umuntu w’igitsina gabo yibarutse ni inkuru itangaje cyane, bijyanye n’uko atari ibimenyerewe muri iyi Si. Nta wutatungurwa cyane mu gihe yakumva ngo i Nyabinoni cyangwa mu Biryogo haturuka inkuru ivuga ko hari umugabo wibarutse uruhinja. Cyakora cyo n’ubwo bitangaje kumva ngo umugabo yabyaye ndetse bikaba bitanazwi kuri benshi, hari incuro byigeze […]
Museveni yongeye guhakana akomeje ko ari Umunyarwanda
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni kuri uyu wa 3 Nzeri 2020 yongeye guhakana ko atari Umunyarwanda, anyomoza abagaragaza ko batamushyigikiye bashingiye ku kuba yaba akomoka mu Rwanda. Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga, yageneye abarimo umukurikira witwa Mwoyo Gwa Gwanga uvuga ko atarwanya Abanyankore, ahubwo adashyigikiye Abanyarwanda nka Museveni. Uwo Mwoyo Gwa Gwanga ngo […]
Rusesabagina uvuga ko ari umwere, ategereje kurenganurwa
Paul Rusesabagina ufungiwe muri Sitasiyo ya Polisi ya Remera mu Karere ka Gasabo, akurikiranweho ibyaha birimo iby’iterabwoba, yatangaje ko arengana, akaba ategereje kurenganurwa. Rusesabagina uzwi nk’umuyobozi w’impuzamashyaka arwanya ubutegetsi bw’u Rwanda ya MRCD Ubwiyunge, ahamya ko yitaweho neza aho afungiwe, bijyanye n’uburwayi afite burimo umuvuduko w’amaraso n’indwara y’umutima. Rusesabagina mu kiganiro yagiranye na The East […]
Umuririmbyi Akon agiye kubaka umujyi w’ibirahuri muri Afurika(Amafoto)

Umuhanzi Aliaune Badara Thiam wamenyekanye nka Akon agiye gushyira mu bikorwa umushinga yise Akon City uzarangira Afurika yungutse umujyi w’akataraboneka. Akon bivugwa ko uyu mujyi agiye kuwubaka mu gihugu cye cy’inkomoko cya Senegal, imirimo yo kuwubaka ikazatangira muri Gashyantare 2021. Uyu mushinga bivugwa ko uzatwara miliyari 6 z’amadolari y’Amerika, Akon avuga ko uhenze adashobora kuwushyira […]
Kagere ntiyemera ko we na Jacques Tuyisenge baganiriye na APR FC
Rutahizamu Meddie Kagere yahakanye ibyavuzwe ko we na Tuyisenge Jacques baraye bagiranye ibiganiro n’abayobozi bakuru ba APR FC, mu gihe amakuru akomeje kwerekeza aba ba rutahizamu bombi muri iriya kipe y’Ingabo z’igihugu. Jacques Tuyisenge amaze iminsi ari mu Rwanda nyuma yo gusesa amasezerano n’ikipe ya Petro Atletico de Luanda yo muri Angola mu gihe Meddie […]
REB yatanze andi mahirwe ku barimu nyuma y’uko abarenga 85% batsinzwe ibizamini
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Uburezi mu Rwanda (REB), cyatangaje ko kigikomeje urugendo rwo gushaka abarimu bashya bo kwigisha mu mashuri y’incuke, abanza, ayisumbuye ndetse n’ay’Imyuga n’Ubumenyi ngiro; nyuma y’uko abarenga 85% batsinzwe ibizamini by’akazi biheruka gukorwa. Ku wa Gatatu Tariki ya 02 Nzeri ni bwo REB yashyize ahagaragara amanota y’abarimu bakoze ibizamini byo kwigisha ku wa […]
Umugore yafatiwe mu cyuho agurisha uruhinja rwe 8,000 frw
Ababyeyi benshi ku isi bavuga ko umwana ari cyo kintu gikomeye ku mubyeyi ashobora kwitangira kugeza no mu rupfu, gusa siko byagenze kuri Winnie Rose Mumbe wo muri Kenya wafashwe agurisha uruhinja rwe atagera no ku bihumbi 10 by’amafaranga y’uRwanda. Kuri uyu munsi nibwo amakuru yitabwa muri yombi rya Winnie Rose Mumbe wagurishijwe umwana we […]
Urukiko rwanze ko imodoka ya Dr Pierre Damien Habumuremyi ifatirwa
Urukiko rwategetse ko imodoka ya Dr Pierre Damien Habumuremyi wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda idafatirwa, nk’uko byari byasabwe na Rukeratabaro André wari warwitabaje ngo rwemeze ko yakwishyura amafaranga asigaye ku yo yaguze iyo modoka kugira ngo ayegukane. Ku wa 27 Kanama ni bwo urubanza rwa Habumuremyi rwaburanishijwe n’Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo uwaguze iriya modoka yari […]
Slay Queen yarohamye arapfa ubwo yifotorezaga hejuru y’isumo
Dorcas Jepkemboi w’imyaka 31 y’amavuko yahanutse mu isumo arapfa ubwo yageragezaga gufatira ifoto hejuru y’umugezi wa Chepkiit ho muri Kenya. Inkuru ya The Standard ivuga ko ibi byabaye ku Cyumweru ubwo Dorcas Jepkemboi n’umukunzi we Benjamin Kazungu bari basohokoye ku sumo ry’umugezi wa Chepkiit riherereye mu gace ka Nandi mu burasirazuba bwa Kenya. Benjamin Kazungu […]
The Rock n’umuryango webasanzwemo Covid-19

Umukinnnyi wa filimi Dwayne Johnson wamenyekanye nka “The Rock” yatangaje ko we n’umuryango we bose banduye Covid-19. Uyu mugabo wahoze akina umukino wo gukirana (wrestling), akaba ubu ari we mukinnyi wa cinema winjiza amafaranga menshi kurusha abandi ku isi, yavuze ko we n’umugore we n’abakobwa be babiri banduye iyi virusi. The Rock kandi yavuze ko […]
Amerika yafatiye ibihano abayobozi b’urukiko rwa ICC
Leta zunze ubumwe za Amerika zafatiye ibihano abayobozi b’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC), barimo n’umushinjacyaha mukuru warwo, Fatou Bensouda. Umunyamabanga wa leta zunze ubumwe za Amerika, Mike Pompeo, yashinje ICC “Kugerageza gushyira Abanyamerika mu bucamanza bwayo mu buryo butemewe n’amategeko.” Amerika yafatiye ibihano bariya bayobozi, mu gihe ICC iri gukora iperereza rigamije kumenya niba igisirikare cya […]
Kigali: Umwana urengeje imyaka ibiri natambara agapfukamunwa, umubyeyi azishyura 10,000 RWF

Inama Njyanama y’Umujyi wa Kigali yashyizeho ibihano bikarishye ku batubahiriza amabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Covid-19, aho mu gihe umwana urengeje imyaka ibiri y’amavuko yaba atambaye agapfukamunwa, umubyeyi we cyangwa umurera azajya yishyura amafaranga y’u Rwanda 10,000 y’ihazabu. Nk’uko bigaragara mu mbonerahamwe y’iri tangazo, hagaragara ibikorwa 21 bibujijwe, ihazabu yo ku rwego rw’ubutegetsi izatangwa ndetse […]
Sergio Ramos yasabye Messi kutava muri FC Barcelona
Kapiteni w’ikipe ya Real Madrid, Sergio Ramos yatangaje ko yifuza ko Lionel Messi atava muri shampiyona ya Espagne, gusa ahamya ko uyu munya-Argentine akwiye kwemererwa guhitamo ahazaza he na FC Barcelona amaze hafi imyaka 20 akinira. Ramos yabitangarije i Stuttgart mu Budage, aho we na bagenzi be bitabiriye umukino wa UEFA Nations league ugomba guhuza […]
Ibya Messi byinjiyemo umuhanuzi ukomeye ku Isi

Nyuma y’aho Umunya-Argentine Lionel Messi atangarije ko ashaka gutandukana na FC Barcelone, bigasa n’ibikuruye umwuka mubi muri iyi kipe, ibyamamare byinshi bikomeje kwinjira muri iki kibazo bitanga n’igisubizo cy’uburyo gikwiye gukemukamo. Kuri uyu wa 2 Nzeri 2020, umuhanuzi ukomeye ku Isi ukomoka muri Nigeria, Temitope Balogun Joshua (TB Joshua) na we yagerageje gutanga inama z’ukuntu […]
Twibukiranye uko Abapolisi b’u Rwanda barutanwa mu mishahara
Bisabwe na Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo hamwe na Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu; bikaza kwemezwa n’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 14 Ukwakira 2015, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yemeje iteka rigena imishara y’abapolisi. Ni iteka rya Perezida No001 ryo ku wa 14 Mutarama 2016 ryasohotse mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda kuri uyu […]