Amavubi atsinzwe na Guinée Conakry asezererwa muri CHAN 2020
Ikipe y’igihugu ‘Amavubi’ isezerewe muri CHAN yaberaga mu gihugu cya CamĂ©roun, nyuma yo gutsindwa na GuinĂ©e-Conakry igitego 1-0. Hari mu mukino wa 1/4 cy’irangiza waberaga kuri Stade ya LimbĂ©. Igice cya mbere cy’umukino cyarangiye amakipe yombi anganya 0-0, n’ubwo Abanya-GuinĂ©e ari bo bagerageje uburyo bwinshi bw’ibitego. Ni igice cyaranzwe n’amakosa menshi (11) ku ruhande rw’ikipe […]
Uwari Mudugudu yarumye ugutwi k’umugore we bapfa inshoreke
Kwitonda Antoine wâimyaka 40 wahoze ari Umukuru wâUmudugudu wa Ntumba, Akagari ka Shara mu Murenge wa Kagano w’Akarere ka Nyamasheke, yatawe muri yombi nyuma yo gukubita no gukomeretsa umugore we Nyiransabimana Françoise wâimyaka 38 amurumye urutoki nâugutwi. Amakuru umwe mu baturanyi bâuyu muryango yahaye BWIZA, avuga ko amakimbirane awumazemo igihe nyuma yâuko uyu Kwitonda Antoine […]
Ngoma: Bahangayikishijwe no kohereza abana kwiga bakabura abarimu
Ababyeyi bo mu Murenge wa Kazo mu Karere ka Ngoma bafite abana biga ku Kigo cy’Amashuri Abanza cya Fukwe giherereye mu Kagari k’Umukamba barinubira abarimu batigisha abana babo Kandi bahembwa na Leta. Abo babyeyi barasaba ubuyobozi bw’Akarere ka Ngoma gukemura ikibazo cy’abarimu bigisha mu mwaka wa gatanu n’umwaka wa Gatandatu . Umwe mu babyeyi waganiriye […]
Rutangarwamaboko yaterekeye, abona intsinzi y’Amavubi
Umupfumu Rugangarwamaboko yatangaje ko yaterekereye ikipe yâigihugu yâumupira wâamaguru (Amavubi), ayabonera intsinzi kuri Guinea mu mukino uraba kuri uyu wa 31 Mutarama 2021. Mu butumwa yashyize ku rubuga rwa Twitter, Rugangarwamaboko yagize ati: âAmatega menshi ntakibuza u Rwanda kwigobotora. Abazimu Bacu Batazima bahagurukanye Imizi nâImiganda Ibihangange mu #Amavubi ni Indahangarwa. Abahonotse ntimumbere intati mu muterekero […]
Ingabo zâu Rwanda zabaga muri Sudani yâEpfo, muri Centrafrica (Amafoto)

Ubuyobozi bwâingabo zâUmuryango wâAbibumbye (UN) ziri mu butumwa bwâamahoro muri Repubulika ya Centrafrica (MINUSCA) zivuga ko ingabo zâu Rwanda zabaga mu butumwa bwâamahoro muri Sudani yâEpfo zoherejwe muri iki gihugu (Centrafrica). Ni mu rwego rwo kunganira ingabo MINUSCA mu bikorwa byo kurwanya imitwe yitwaje intwaro irwanya ubutegetsi, ikomeje guhungabanya umutekano mu bice bitandukanye byâibihugu. MINUSCA […]
Jane Mugo, umugore wa mbere utinyitse muri Kenya ufatwa nkâUmwamikazi wâUbutasi

Umugore witwa Jane Mugo wo mu gihugu cya Kenya ukora akazi kâiperereza wigenga (Private Detective) amaze kubaka izina muri iki gihugu kubera ibirego bitandukanye akemura biba byarananiye nâinzego zâumutekano zabigize umwuga ariko uburyo akoramo butuma bamwe bamwita umunyabyaha abandi bakamufata nkâintwari, mu gihe hari abemeza ko ari we mugore wa mbere utinyitse mu gihugu ku […]
Qatar Airways igiye guhagarika kwakira abaturuka mu Rwanda
Ikigo cyâubutwazi bwo mu kirere cya Qatar Airways cyatangaje ko guhera tariki ya 5 Gashyantare 2021, gizahagarika kwakira abagenzi baturuka mu bihugu bitatu birimo u Rwanda. Qatar Airways yabitangarije ku rubuga rwa Twitter kuri uyu wa 29 Mutarama 2021, isobanura ko yabitewe nâimpungenge Guverinoma yâu Bwongereza yari imaze kugaragaza. Abandi bagenzi iki kigo kitazemera kwakira […]
Suede: Yatekeye umutwe igisirikare arinda agera ku ipeti rya major ntawurarabukwa
Umugabo wo mu gihugu cya Suede yazamutse mu ntera mu gisirikare mu gihe cyâimyaka hafi 20 nta muntu nâumwe wigeze amenya ko yakoresheje ibyangombwa byâibihimbano. Uyu mugabo, umwirondoro we utaramenyekana, mu 1999 yiyandikishije mu shuri rya gisirikare rizwi nka Enköping Officer College, hafi ya Stockholm. Abigisha be bamenye ko yabeshye amanota ye arirukanwa. Ntiyacitse intege […]
Diamond aravuga ko atiteguye kubabarira Harmonize
Umuhanzi wâicyamamare muri Tanzania no mu karere, Naseeb Juma, uzwi nka Diamond Platnumz yatangaje ko atiteguye kubabarira no kwibagirwa ubwumvikane bucye hagati ye na mugenzi we yazamuye, Harmonize. Ibi Diamond yabitangaje ubwo yakomozaga ku mbabazi Harmonize aherutse kumusaba, we avuga ko yashakaga gukomeza kwiyamamaza atasabye imbabazi abikuye ku mutima. Diamond yongeyeho ko yabashije kumva icyo […]
Amateka, ibikorwa, nâintego za Special Forces ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Bitewe nâigihugu, ingabo zidasanzwe (Special Forces)zishobora gukora imirimo irimo ibikorwa byo mu kirere, kurwanya inyeshyamba, kurwanya iterabwoba, kurinda umutekano wâimbere mu gihugu, ibikorwa byâibanga, kubohoza imbohe, nâibindi bikorwa bidasanzwe bifitanye isano nâintambara. Ingabo zidasanzwe (Special Forces) za Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ziba zishinzwe cyangwa zifite ubutumwa butanu bwâingenzi burimo: Gushyigikira abigometse kuri leta yâikindi […]
CHAN: Abanya-Guinée bikanze ko Amavubi akinisha abasirikare
Itangazamakuru ryo muri GuinĂ©e Conakry, ryatangaje ko muri kiriya gihugu hari icyoba cy’uko ikipe yabo ishobora gusezererwa n’Amavubi y’u Rwanda, mu mukino wa 1/4 cy’irangiza cya CHAN amakipe yombi ahuriramo ku mugoroba w’iki cyumweru. Abanya-GuinĂ©e bavuga ko n’ubwo ikipe yabo yageze muri 1/4 cy’irangiza yemwe inayoboye itsinda yarimo, itigeze ikina umukino uryoheye ijisho. Urubuga Sports […]
USA: Itsinda ryâabanyamategeko batanu bunganira Donald Trump ryeguye
Abanyamategeko batanu bagombaga kunganira Donald Trump ku rubanza rumutegereje rwâimyitwarire yagaragaje ubwo yari umuyobozi wâigihugu (impeachment), bose beguye nkâuko amakuru agera kuri ABC News avuga. Iri tsinda ryâabanyamategeko riyobowe nâumunyamategeko wo muri Carolina yâAmajyepfo, Butch Bowers, beguye ahanini bitewe no kutumvikana ku kuntu bazategura uko bazarengera umukiriya wabo. Aba banyamategeko bari bateguye kugaragaza ishingiro ryo […]
Urutonde rwâabashakishwa bashinjwa kugerageza guhirika ubutegetsi bwa Nkurunziza

Leta yâu Burundi irashakisha abantu 34 ishinja kugerageza guhirika ubutegetsi bwa Pierre Nkurunziza tariki ya 13 Gicurasi 2015, kugira ngo ubutabera bwayo bubakurikirane. Nk’uko bigaragara ku rupapuro rw’Umunyamabanga Mukuru w’Urukiko rw’Ikirenga mu Burundi rwo ku wa 2 Gashyantare 2016, aba barimo abahoze ari abasirikare, barangajwe imbere na Maj. Gen. Godefroid Niyombare wari uyoboye iki gikorwa […]
Kamonyi: Gitifu ushinjwa guhohotera abatera akabariro yaba yarabeshyewe
Amakuru aturuka mu Karere ka Kamonyi avuga ko Umunyamanga Nshingwabikorwa wâAkagari ka Kabuga, mu Murenge wa Ngamba, Mbonyubwayo Emmanuel, yaba yarabeshyewe nâabaturage bamushinja gukubita abo asanze batera akabariro bambaye ubusa. Inkuru ya Gitifu Mbonyubwayo yasakaye mu ntangiriro zâiki cyumweru, nyuma yâaho umugore witwa Nyirantegerejimana Pascasie utuye mu Mudugudu wa Musenyi yabwiye umunyamakuru wa TV1 ko […]
Centrafrica: Icyoba ni cyose mu gihe inyeshyamba zikomeje kugota umurwa mukuru
Icyoba ni cyose muri Centrafrica mu gihe inyeshyamba zikomeje kugota umurwa mukuru, Bangui, nkâuko byatangajwe nâuwahoze ari Minisitiri wâIntebe wâiki gihugu, Martin ZiguĂ©lĂ©. Martin ZiguĂ©lĂ© aravuga ko umunsi ku wundi humvikana imirwano hirya no hino mu gihugu kandi adashobora kwibeshya ngo asohoke mu murwa mukuru, Bangui adafite abarinzi bafite imbunda. Umuryango wâAbibumbye uravuga ko abaturage […]
Myugariro wa Uganda yakuyeho agahigo ka Cristiano Ronaldo

Myugariro wâikipe ya Motherwell FC muri Scotland ukomoka muri Uganda, Bevis Mugabi, yaciye agahigo kari karashyizweho na rutahizamu Cristiano Ronaldo ukinira Juventus mu Butaliyani. Aka gahigo Cristiano yari yaragashyizeho ubwo Juventus yakinaga na Sampdoria mu mwaka wâimikino wa 2019/2020. Icyo gihe uyu rutahizamu yatsindishije igitego umutwe, asimbutse santimetero (cm) 256 harimo cm 71 kuva hasi […]
VIDEO: U RWANDA mu bihugu birenga 10 bifite ingabo muri CAR,ninde uzahosha imirwano? Sesengura na #ISANZURE
Umunyamabanga Mukuru wa CNDD-FDD ntazongera kuvuga Igifaransa
Umunyamabanga Mukuru mushya wâishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi, Hon. RĂ©verien Ndikuriyo, yasobanuye impamvu yafashe icyemezo cyo kutongera gukoresha ururimi rwâIgifaransa. Uyu muyobozi usigaye avuga ururimi rwâIkirundi gusa mu gihe avuga imbwirwaruhame, yasobanuye ko uru ârurimi rwâAbazunguâ iyo umuntu arukoresheje, bamwumva nabi, amwe mu magambo ahagabwa ikindi gisobanuro. Hon. Ndikuriyo yatanze urugero rwâijambo âTravaillezâ […]