Karim Benzema yongeye gutabara Real Madrid ayivana mu menyo ya Elche
Umufaransa Karim Benzema yongeye gutabara Real Madrid, nyuma yo kuyiheka ku mugongo we akayihesha intsinzi imbere ya Elche yari yayisuye. Ni Madrid yari yakiriye Elche kuri Stade yitiriwe Di Stefano, mu mukino w’umunsi wa 27 wa shampiyona ya Espagne. Umukino wageze ku munota wa 72 Elche iri imbere n’igitego 1-0 cyatsinzwe n’umutwe na Dani Calvo […]
Rusesabagina yikuye mu rubanza//intasi y’Umunyarwanda mu Burundi//# hirya no hino
Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV
Igisirikare cy’u Burundi cyagize icyo kivuga ku ngabo zacyo zivugwa ku butaka bwa RDC

Igisirikare cy’u Burundi cyateye utwatsi ibirego bigishinja kuba hari ingabo zacyo ziri ku butaka bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, muri Teritwari ya Uvira. Mu itangazo ryashyizweho umukono n’umuvugizi wacyo, Col. Floribert Biyereke, Igisirikare cy’u Burundi cyatangaje ko ayo makuru akomeje gukwizwa mu binyamakuru no ku mbuga nkoranyambaga agamije guhindanya isura yacyo. “Amakuru y’ibinyoma avuga […]
Museveni ‘yohereje intumwa mu Rwanda yatumye i Kanombe bikanga’

Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni bivugwa ko yoherereje mugenzi we w’ u Rwanda, Paul Kagame intumwa yitwa Adonia Ayebare mu cyumweru gishize, abakora ku kibuga cy’indege i Kanombe barikanga. Amakuru agera kuri Chimpreports BWIZA ikesha iyi nkuru avuga ko Ayebare usanzwe ari intumwa nkuru ya Uganda mu Muryango w’Abibumbye (ONU/UN) yageze ku kibuga mpuzamahanga […]
U Rwanda rushobora kohereza abandi basirikare 800 muri Centrafrique
Umuryango w’Abibumbye ku wa Gatanu, wafashe icyemezo cyo kongera umubare w’abasirikare n’abapolisi bari mu butumwa bwawo bwo kubungabunga amahoro muri Repububulika ya Centrafrique (MINUSCA). Ni icyemezo akanama gashinzwe umutekano muri Loni kafashe, ku busabe bw’Umunyamabanga Mukuru w’uriya muryango, Antonio Gutteres cyo kimwe n’umuyobozi wa MINUSCA. Loni yemeye kohereza abasirikare muri Centrafrique abasirikare b’inyongera 2,750 n’abapolisi […]
Bolivia: Umugore wahoze ari perezida n’abandi benshi bafunzwe
Jeanine Áñez wahoze ari Perezida w’inzibacyuho wa Bolivia, yatawe muri yombi hamwe n’abandi benshi bahoze ari ba minisitiri. Abashinjacyaha bavuga ko mu mwaka wa 2019, we n’abo bari ba minisitiri bagize uruhare mu ihirikwa ku butegetsi ry’uwari Perezida Evo Morales. Morales yareguye ahunga Bolivia, nyuma y’imyigaragambyo n’ibirego by’uburiganya mu matora. Inkuru ya BBC iviga kp […]
RDC yiyongereye ku bihugu bimaze guhagarika urukingo rwa AstraZeneca
Mu rwego rwo kwirinda, Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yafashe icyemezo cyo gusubika itariki yo gutangiriraho gutanga urukingo rwa coronavirus. Itariki nshya izamenyeshwa bidatinze, mu gihe “ibisubizo by’iperereza ririmo gukorwa ku rwego rw’igihugu ndetse no ku rwego mpuzamahanga ku rukingo rwa Astrazeneca” bizabonekera. Twabibutsa ko ibihugu birindwi byo mu Burayi, birimo na Danemark na Norvege, […]
Idi Amin yacunze Obote yitabiriye CHOGM afata ubutegetsi – Udushya twaranze izi nama
U Rwanda rwitegura kwakira inama ya 26 y’Ibihugu bikoresha Ururimi rw’Icyongereza, nicyo gihugu cya nyuma giheruka kwinjira muri uyu muryango cyujuje umubare wa 54 w’ibinyamuryango. Nicyo gihugu kandi cya kabiri nyuma ya Mozambique cyinjiye muri uyu muryango nta mateka cyari gifitanye n’Ubwami bw’u Bwongereza kuko kitari mu bihugu bwakolonije. Mu gihe rero hiteguwe iyi nama […]
Burundi: Indangamuntu 2 z’inyarwanda zatahuwe mu rugo rw’umugabo wari waramaze abantu
Ku wa Kane tariki ya 11 Werurwe, Polisi y’u Burundi yataye muri yombi umugabo witwa Mitima Joseph bivugwa ko yari amaze igihe yicira abantu iwe mu rugo. Mitima w’imyaka 63 y’amavuko, yatawe muri yombi nyuma y’umukwabu Polisi ifatanyije n’izindi nzego yakoreye mu rugo rwe ruhereye muri Komini Bugabira ho mu ntara ya Kirundo ihana imbibi […]
Callixte Sankara wari umuvugizi wa FLN yemeye ibindi byaha umunani
Kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 12 Werurwe, Callixte Nsabimana uzwi ku izina rya Sankara, yemeye ibindi byaha umunani aregwa. Yitabye urukiko rwisumbuye rwihariye ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka, hamwe n’abandi 20 baregwa. Iri tsinda rikurikiranweho ibyaha bifitanye isano n’iterabwoba, nyuma yo kugira uruhare mu bitero byibasiye igice cy’amajyepfo y’igihugu hagati ya 2018 na 2019, […]
Uganda: Umuhungu wa Idi Amin ari mu mazi abira
Urwego rwa Uganda Rushinzwe iperereza ku byaha (CID), ruri gukora iperereza kuri Taban Idi Amin usanzwe ari umuhungu wa Idi Amin Dada wabaye Perezida wa kiriya gihugu, kubera akayabo k’amashiringi ashinjwa kugira uruhare mu kunyereza. Taban Idi Amin usanzwe ari inkoramutima ya Perezida Yoweri Kaguta Museveni, asanzwe ari Umuyobozi wungirije w’Urwego rwa Uganda Rushinzwe umutekano […]
Imyaka itatu: Uko uturere dukurikirana mu kubamo ingengabitekerezo ya jenoside

Ubushinjacyaha bw’u Rwanda buherutse gushyira hanze icyegeranyo kigaragaza ishusho y’ingengabitekerezo ya Jenoside n’ibyaha bifitanye isano nayo mu myaka itatu ishize, aho bwerekanye uko uturere 30 tugize u Rwanda dukurikirana kuri iki kibazo. Iki cygeranyo kigaragaza ko amadosiye y’ingengabitekerezo ya jenoside yagiye yiyongera mu myaka itatu ishize. Mu 2017-2018 hinjiye amadosiye 333, mu 2018-2019 hinjira amadosiye […]
Uganda: Abana b’Abanyarwanda baciriwe urubanza n’umucamanza wari uri kurya
Abana bari bafungiye mu gihugu cya Uganda bagejejwe mu Rwanda, bavuga ko ibyo baboneye mu rukiko ari nk’ikinamico kuko umucamanza yafashe umwanzuro arimo kurya. Ku wa Gatanu tariki ya 12 Werurwe 2021 ni bwo Abanyarwanda batanu harimo abana babiri bavukana, bari bafungiye mu gihugu cya Uganda bagejejwe ku mupaka wa Kagitumba. Kigali Today ivuga ko […]
Nyamasheke: Umugabo yishe umugore we amujugunya mu musarane, na we agerageza kwiyahura
Umugabo witwa Nteziryimana Jean Paul wo mu mudugudu wa Gitwa w’akagari ka Gasovu mu murenge wa Karambi ho muri Nyamasheke, yishe umugore we amujugunya mu musarane na we agerageza kwiyahuza samakombe. Byabaye ku gicamunsi cyo ku wa Gatanu tariki ya 12 Werurwe. Amakuru BWIZA yahawe n’umwe mu baturanyi b’uriya muryango ni uko Nteziryimana w’imyaka 40 […]
Umunyarwandakazi Kamaliza ku rutonde rwa FORBES

Umunyarwandakazi Isabelle Kamaliza ari ku rutonde rw’ikinyamakuru cyo muri Amerika, FORBES ku bw’ibikorwa bye by’indashyikirwa mu gufasha abarwayi. Ni urutonde rw’abagore 8 ba mbere muri Afrika, baranzwe n’ibikorwa bihindura ubuzima bw’abandi cyane abari mu bibazo bakeneye gufashwa. Mu kiganiro na BBC, Kamaliza ati byaradushimishije. Ati ” Byaradushimishije kandi natwe bitwongerera imbaraga. Twarishimye kuba ari twe […]
Lt. Rutabayiro uvuga ko ari intasi y’u Rwanda, ngo ‘yahungiye mu Burundi’

Polisi y’u Burundi kuri uyu wa 12 Werurwe 2021 yasohoye videwo y’ikiganiro cy’iminota 5 cy’uwitwa Lieutenant Rutabayiro Eric uvuga ko ari intasi y’u Rwanda, akaba yarahungiye mu Burundi kuko atagishaka gukora aka kazi. Lt. Rutabayiro uvuga ururimi rw’Ikirundi (twarushyize mu Kinyarwanda), yagize ati: “Ndi hano mu gihugu cy’u Burundi kuko nituye mpunze u Rwanda. Nituye […]