Nyamasheke: Barasaba ko ururimi rw’amarenga rwaba rumwe mu zigishwa mu mashuri

Umuyobozi w'Akarere ka Nyamasheke wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Mukamana Claudette avuga iki ari ikibazo gikomereye Akarere.

Abakozi muri serivisi zitandukanye mu karere ka Nyamasheke barimo abakora mu buvuzi, mu burezi, mu mirenge yose yako bavuga ko bagihura n’ingorane zikomeye mu guha serivisi abantu bafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga kubera kutabasha kumvikana, nta serivisi n’imwe muri aka karere wasangamo uvuga ururimi rw’amarenga , ubasha kumvikana n’abafite ubwo bumuga bamugana bagasanga gukemura […]

Ibitaro 2 byaciwe miliyoni 105 FRW bizira umugore wakaswe ibere rizima

Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo tariki ya 9 Mata 2021 rwategetse ibitaro bya gisirikare bya Kanombe n’ibyitiriwe Umwami Faisal guha umugore wakaswe ibere ritarwaye, indishyi y’arenga miliyoni 102 z’amafaranga y’u Rwanda. Ikibazo cyatangiye muri Kanama 2017 ubwo uyu mugore w’imyaka 41 y’amavuko ukomoka mu Murenge wa Gahini mu Karere ka Kayonza yajyaga kwisuzumisha ibere ryamuryaga mu […]

Amateka ya Capt. Diagne warokoye Abatutsi barenga 600 n’abana ba Agatha

mbaye_ndi.jpg

Mu mateka y’u Rwanda cyane cyane aya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ntabwo hazibagirana uburyo ingabo z’umuryango w’Abibumbye zari mu butumwa bw’amahoro (MINUAR cyangwa UNAMIR) zateranye abicwaga. Muri aya mateka kandi hari ababashije kurokora ubuzima bw’Abatutsi bagombaga kwicwa, barimo abakiriho n’abatakiriho nk’umunya-Senegal, Captain (Capt.) Mbaye Diagne wari umusirikare wa MINUAR mu Rwanda mu mwaka w’1994. […]

Abasilamu bo muri Kenya ntibishimiye umupira Jay-Z aherutse kugaragara yambaye

_117869296_94da0b35-f00b-4364-ab17-0217fab6ea8e_1_.jpg

Umuhanzi w’imideri w’Umunyamerika yasabye imbabazi ku kuba yarakoresheje ifoto y’umusigiti w’amateka uherereye ku kirwa cya Lamu, muri Kenya, kuri T-Shirt umuraperi w’Umunyamerika, Jay-Z, aherutse kugaragara yambaye nk’uko umuyobozi w’uyu musigiti yabitangarije BBC. Abayobozi b’umusigiti wa Riyadha bavuze ko bababajwe nuko iyi T-shirt ishobora kwambarwa “ahantu hatagatifu” nko mu tubari. Umuyobozi w’umusigiti ati: “Twemeye ibaruwa isaba […]

Ubwoko bwa Covid-19 bwo muri Afurika y’Epfo bushobora gufata uwahawe urukingo rwa Pfizer – Ubushakashatsi

Ubwoko bwa Coronavirus bwavumbuwe muri Afurika y’Epfo bushobora gufata uwahawe urukingo rwa Pfizer-BioNTech ku rugero runaka, nk’uko ubushakashatsi bwakozwe muri Israel bwabyerekanye. Ubu bushakashatsi buvuga ko ubwoko bwa coronavirus yo muri Afurika y’Epfo bwashoboye kwinjira mu burinzi butangwa na doze ebyiri z’urukingo rwa Pfizer-BioNTech ku rugero runaka, nubwo bitarasobanuka neza ubushobozi bwo kurinda butakara. Ubushakashatsi […]

Amafoto: Perezida Samia Suluhu yageze muri Uganda

samia.jpg

Perezida mushya wa Repubulika ya Tanzania, Samia Suluhu Hassan, kuri uyu wa 11 Mata 2021 yageze muri Uganda, kikaba ari cyo gihugu cy’amahanga agezemo ku nshuro ya mbere abaye Umukuru w’Igihugu. Ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Entebbe i Kampala, Perezida Samia Suluhu yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Uganda, Prof. Sam Kutesa, abanza kumwakira mu […]

Burundi: Abanyemari 2 bavugaga rikijyana kubwa Nkurunziza bari muri gereza kuri dosiye iteye ubwoba

gah.jpg

Abanyemari babiri, Prosper Hakizimana bita Gisiga n’Umunyakenya, Joseph Mboya Nyamuthe, bari inshuti z’akadasohoka z’ishyaka CNDD-FDD ndetse bavugaga rikijyana ku butegetsi bwa Pierre Nkurunziza, kuri ubu barabarizwa muri Gereza Nkuru ya Rumonge nyuma yo gukatirwa kuri uyu wa Kane ushize. Ni abagabo, iperereza ry’impirimbanyi y’uburenganzira bwa muntu, Pacifique Nininahazwe n’umunyamakuru Bob Rugurika, Umuyobozi wa RPA, ryasanze […]

Robert Mugabe avuga ko bidakwiye ko gereza zifungirwamo benshi

Umunyamakuru Robert Mugabe wigeze kumara igihe afungiwe muri gereza ya Nyarugenge i Mageragere, avuga ko adashyigikiye ko gereza zijyanwamo abantu benshi, kuko ngo abafungwa bakabaye hari imirimo nsimburagifungo ifitiye igihugu akamaro bakabaye bakora. Nk’umuntu wamaze umwaka urenga afungiwe muri gereza ya agafungurwa urukiko rumaze kumugira umwere, avuga ko uko yabibonye, ntacyo imfungwa n’abagororwa baba bakora, […]

Umuhanzi Niyo Bosco ‘utabona’ yemerewe ijisho, abaganga bemeza ko bitakunda

Umuhanzi Niyokwizerwa Bosco (Niyo Bosco) ukunzwe na benshi mu Rwanda muri iki gihe, yemerewe ijisho n’umufana we witwa Kendrik Kevin, gusa inzobere mu buvuzi bw’amaso zemeza ko ubu ngubu iki gikorwa kitashoboka. Irene Murindahabi usanzwe ari umujyanama wa Niyo Bosco, yatangarije iyi nkuru ya Kevin ku rubuga rwa Instagram kuri uyu wa 10 Mata 2021. […]

RDC: Mai-Mai na RED-Tabara birashinjwa gutwika ingo nyinshi mu misozi miremire ya Uvira

Ibiturage bya Kahundwe, Murambi, Marungu, Kitembe, Rukuka na Bibangwa biravugwa ko byagabweho ibitero n’inyeshyamba za Mai-Mai zifatanyije n’inyeshyamba z’Abarundi zo mu mutwe wa Red-Tabara, zigatwika ingo nyinshi, aho abaturage babwiye Kivutimes kuri uyu wa gatandatu ushize ko ibyo bitero byatangiye mu ijoro ryo kuwa Gatanu, itariki 09 Mata bigakomeza no kuwa Gatandatu, itariki 10 Mata […]

Kuwa 11 Mata 1994: Abatutsi barishwe i Nyanza ya Kicukiro, Save, Kiziguro, Hanika n’ahandi

Ingabo z’Ababiligi zataye impunzi z’Abatutsi muri ETO Kicukiro, bicirwa i Nyanza ya Kicukiro Mu kigo cy’ishuri ry’imyuga rya Kigali, (ETO) ryari ishuri ry’abapadiri b’abasalizayani. Kuva 1963 Abatutsi babahungiragaho bakabafasha. Hari hazitije umukwege warasiwemo Abatutsi benshi. Byabaye kuva Abatutsi bageze muri icyo kigo tariki ya 8 Mata 1994 kugeza tariki ya 11/04/1994 bajyanwa kwicirwa I Nyanza […]