CAF Champions league: Simba SC yakorewe ibya mfura mbi na Kaizer Chiefs

Ikipe ya Simba Sports Clubo yo mu gihugu cya Tanzania, yanyagiwe na Kaizer Chiefs yo muri Afurika y’Epfo ibitego 4-0; mu mukino ubanza wa 1/4 cy’irangiza cya CAF Champions league. Iyi kipe isanzwe ikinamo Umunyarwanda Meddie Kagere yari yasuye Kaizer Chiefs muri Afurika y’Epfo. Ni umukino Simba yagiye gukina ihabwa amahirwe, bijyanye n’uko yari yitwaye […]

Musanze: Umuhungu w’imyaka 15 yasambanyije ihene ihaka bukeye irahurumura

Umuhungu uri mu kigero cy’imyaka 15 wo mu Mudugudu wa Kigasa, Akagari ka Mburabuturo mu Murenge wa Muko mu Karere ka Musanze, ahitwa mu Mugara abaturage bavuga ko ari mwene Nsenga, yasambanyije ihene ihaka ya Mama Yvonne, bucya yahurumuye. Umwe mu baturage bahaye BWIZA amakuru avuga ko nyir’ubwite yamuhamirije ko ihene ye yafashwe mu cyumweru […]

Abapolisi bagaragaye bakubita uwari watorotse kasho bari mu maboko ya RIB

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rwamaze gushyikirizwa abapolisi babiri bagaragaye mu mashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga bari gukubita umuturage wari watorotse kasho. Ku gicamunsi cyo ku wa Kane w’iki cyumweru nibwo ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiriye amashusho y’abantu bane bambaye imyenda isanzwe, bateruye umuntu bamwerekeza ahari haparitse imodoka. Mu kumugeza kuri iyo modoka yari iparitse […]

Uwiyita Faustin Twagiramungu yashinje Dr Kayumba gukorana na Kayumba Nyamwasa

capture-46.png

Konti ya Twitter y’uvuga ko ari Faustin Twagiramungu yahagurukije Umuyobozi w’Ishyaka Rwandese Platform for Democracy, RPD, Dr Kayumba Christopher, yamagana ibyo imushinja ko akorana n’ishyaka rya Rwanda National Congress, RNC, ya Kayumba Faustin Nyamwasa wahungiye muri Afurika y’Epfo. Iyi konti yerura ikavuga ko ari iya Faustin Twagiramungu uzwi nka Rukokoma, wigeze kuba Minisitiri w’Intebe w’u […]

Perezida Kagame yahawe na Arsène Wenger umwambaro wa Arsenal yihebeye (Amafoto)

img_20210515_140954.jpg

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, kuri uyu wa Gatandatu yashyikirijwe umwambaro w’ikipe ya Arsenal yihebeye n’Umufaransa Arsène Wenger wahoze ayitoza. Arsène Wenger n’abarimo Perezida Gianni Infantino wa FIFA kimwe na Dr Patrice Motsepe wa CAF, bari mu Rwanda aho bitabiriye inama ya Komite Nyobozi ya CAF. Perezida Kagame ni we wafunguye ku mugaragaro iyi nama […]

RIB yafunze umukozi wo muri REMA

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze Dufatanye Israel, umukozi mu kigo cy’Igihugu gishinzwe kubungabunga ibidukikije (REMA) ukurikiranyweho kwaka ruswa hagamijwe gukora ibinyuranye n’amategeko. RIB kuri Twitter ivuga ko ” Uwafashwe ubu afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Kicukiro mu gihe iperereza rikomeje kugirango hakorwe dosiye ishyikirizwe Ubushinjacyaha.” RIB iraburira abaturarwanda bishora mu bikorwa byo kwaka no […]

Mfana Arsenal na Golden State Warriors, ariko nanareba shampiyona y’Abafaransa_Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yongeye gushimangira ko yihebeye ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza na Golden State Warriors yo muri NBA, gusa akanaba asigaye akurikirana shampiyona y’Abafaransa n’iya Espagne. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho ejo ku wa Gatanu, mu kiganiro cyihariye yagiranye n’ikinyamakuru l’Equipe cyo mu Bufaransa. Ni ikiganiro cyibanze kuri Siporo nyuma y’amateka ashaririye ya […]

Ibikorwa bibiri Perezida Kagame yakoze bigashegesha burundu FDLR

Hakizimana Bahati Jean Bosco ukomoka mu Karere ka Nyabihu, ni umwe mu bahoze muri FDLR, aza gutahuka kuri ubu akaba ari rwiyemezamirimo ndetse akaba ari umuhanzi ukoresha amazina ya Pastor Bahati, avuga ko hari ibikorwa bibiri Perezida Kagame yakoze bishegesha bikomeye umutwe wa FDLR. Uyu mugabo w’imyaka 38 y’amavuko yatanze ubuhamya bw’ubuzima yabayemo imyaka 18 […]

RDC: Hafashwe abasirikare bakuru ba FARDC bashinjwa gukorana na ADF

Abasirikare ba FARDC bakekwaho kugambanira bamwe mu basirikare bakuru bagenzi babo bakicwa bamaze iminsi batawe muri yombi n’inzego z’umutekano muri Beni, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, aho banavugwaho gukorana n’umutwe wa ADF. Aya makuru yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Gatanu, tariki 14 Gicurasi 2021 na Anthony Mwalushayi, Umuvugizi wa Sokola 1, mu kiganiro yahaye itangazamakuru […]

Tugufata nk’umubyeyi w’igihugu cyacu_Ndayishimiye abwira Museveni

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi aheruka kubwira Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda ko Abarundi bamufata nk’umubyeyi wabo, kubera uko yabitangiye kugira ngo bongere kugera ku mahoro n’ubwiyunge. Perezida Ndayishimiye yabigarutseho ubwo yari yakiriwe na Museveni mu biro bye i Entebbe, mu ruzinduko rw’iminsi ibiri aheruka kugurira muri Uganda. Umukuru w’igihugu cy’u Burundi yavuze ko kuri […]

Kayumba Nyamwasa arashinjwa ubutekamutwe

Ishyaka Amahoro People’s Congress rirwanya Leta y’ u Rwanda ryikuye mu Mpuzamashyaka RBB ryashinzwe na Kayumba Nyamwasa rivuga ko ryasanzwe ari imitwe ryatekewe n’uyu wahoze ari jenerali muri RDF ngo arye utwaryo. Amakuru yiriwe acicikana mu mbuga nkoranyambaga z’abarwanya Leta y’u Rwanda, aravuga ko Ishyaka Amahoro People Congress ryasezeye mu mpuzamashyaka RBB (Rwanda building Builders). […]

Mozambique: Gutabara imbwa n’abazungu abirabura bagasigara biribazwaho

Ishyirahamwe mpuzamahanga riharanira uburenganzira bwa muntu (Amnesty International) rivuga ko abatabara abantu muri Mozambique muri Werurwe, bihutiye gutabara imbwa n’abazungu bari muri hoteli, bagasigamo abirabura. Ubwo abyitiriraga Islam bagabaga ibitero muri Mozambique, abatabara bavanye abazungu n’imbwa ebyiri muri hoteli, bahasiga abirabura nk’uko abarokotse babitangaje. Uyoboye Amnesty International muri ako karere, Deprose Muchena yavuze ati: “Izi […]

Diamond ntiyigeze aha agaciro urukundo rwacu_Tanasha Donna

Umunyakenyakazi Tanasha Donna wabyaranye na Diamond Platnumz, yavuze ko kuba uyu muhanzi atarigeze aha agaciro urukundo rwabo biri mu byatumye urukundo rwabo rugera ku iherezo. Uyu mugore winjiye mu rukundo na Diamond nk’umusimbura wa Hamisa Mobetto, yavuze ko yari afite icyizere cyo gukora ubukwe n’uriya muhanzi wo muri Tanzania mu myaka ibiri ishize, gusa birangira […]

Nyaruguru: Barasaba kubakirwa uruganda rutunganya umusaruro w’ibirayi

img-20210515-wa0004_1.jpg

Nyaruguru ni kamwe mu turere tugize intara y’Amajyepfo duhinga ibirayi ku buso bunini, bikaba byaranakitiriwe (byitwa Nyaruguru) nk’uko byumvikana mu masoko atandukanye muri iki gice n’ahandi mu gihugu. Gusa uyu musaruro wose bawubona bahinga mu buryo bwa gakondo, bakawukesha ubuso bunini gusa, ari yo mpamvu ubuyobozi bwabafashije gukora amaterasi y’indinganire, kugira ngo ukomeze kwiyongera. Aba […]

Ndasaba imbabazi, nanazisabye Nyakubahwa Perezida wa Repubulika-Dr Isaac Munyakazi

Dr Isaac Munyakazi wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi ushinzwe amashuri y’incuke, abanza n’ayisumbuye; yatakambiye urukiko rukuru rwa Nyarugenge arusaba kumubabarira, nyuma yo gusaba imbabazi n’abarimo Perezida Paul Kagame. Muri Gashyantare umwaka ushize ni bwo Munyakazi yeguye ku mirimo ye, nyuma yo gushinjwa amakosa arimo gukoresha inshingano yari afite mu nyungu ze bwite. […]