Rusizi: Baratakambira perezida Kagame kubera urugendo rw’ibilometero birenga 25 bagana ikigo cy’imali

Abaturage b’akagari ka Rasano mu murenge wa Bweyeye mu karere ka Rusizi barataka kudindira mu iterambere baterwa n’amafaranga yabo akomeje kwangirika,amwe bavuga ko aribwa n’imbeba n’ingurube andi akibwa n’abajura,andi bamwe mu baturage nk’abakuze bakayoberwa aho bayabitse kubera kugenda bayataba ahantu hanyuranye ngo hatagira abayiba, abakora muri VUP n’abafata inkunga y’ingoboka na bo bakarira kubera gucyura […]
Abasazi ni bo barota kuturwanya_Umuhungu wa Museveni arata igisirikare cya Uganda
Umuhungu wa Yoweri Museveni uyobora Repubulika ya Uganda usanzwe ari umugaba w’ingabo zirwanira ku butaka, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba avuga ko igisirikare cyabo (UPDF) gikomeye ku buryo abarota kukirwanya ari abasazi gusa. Gen. Kainerugaba mu butumwa yatangarije kuri Twitter kuri uyu wa 17 Ukwakira 2021, yagize ati: “UPDF ni kimwe mu bisirikare bikomeye ku Isi. […]
Itangazo ryo guhindura izina
Nyamasheke: Bamwe mu bagore bavuga ko bagikeneye byinshi byababohora ingoyi y’ubukene

Nubwo ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke buvuga ko bukora ibishoboka byose ngo abagore bo mu bice by’icyaro cyane babashe kugira ikibazamura, hakoreshejwe kubabumbira mu bimina bakigishwa kuzigama,ndetse no kubashishikariza kugana ibigo by’imari bikabafasha kwiteza imbere, bamwe muri aba bagore baravuga ko ubushobozi bwo gukora ku ifaranga bukiri hasi cyane, bagasaba Leta kuhongera imishinga itanga akazi kababeshaho, […]
Museveni ashaka kwigaragaza nka se w’akarere, ariko abayobozi b’u Rwanda ntibazapfa kubyemera – Bobi Wine
Umuyobozi w’ishyaka NUP, akaba yari n’umukandida mu matora aheruka y’umukuru w’igihugu muri Uganda, Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine, umuhanzi wahindutse umunyapolitiki, yavuze ku mpamvu kwishyira hamwe kw’ibihugu bigize EAC bitarimo gushoboka ndetse avuga no ku mubano wa Uganda n’u Rwanda. Ni mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru Daily Monitor, aho yabajijwe icyo atekereza ku kwishyira hamwe […]
Rutshuru: Gen. Bigabo wa Nyatura yishyize mu maboko ya FARDC
Umwe mu bayobozi b’umutwe w’inyeshyamba wa CMC (Coalition des Mouvements pour le Changement) uzwi nka Mai-Mai Nyatura kuri uyu wa Gatandatu, itariki 16 Ukwakira, yishyize mu maboko y’igisirikare cya FARDC muri Gurupoma ya Mutanda, muri Sheferi ya Bwito, muri Teritwari ya Rutshuru, muri Kivu y’Amajyaruguru. Mu kiganiro yagiranye na Actu7.cd, Perezida wa Sosiyete Sivile ya […]
N’iyo yajya yigisha ariko ntatoze, icyo dukeneye ni intsinzi_Gen. Muganga ku mutoza Adil
Umuyobozi Mukuru wa APR FC, Lt. Gen. Mubarakh Muganga avuga ko iyi kipe inyuzwe n’ibyo umutoza wayo Mohammed Adil Erradi amaze kuyigezaho, ku buryo n’iyo ngo yaba yigisha gusa ariko ntatoze ariko intsinzi ikaboneka byaba bihagije. Gen. Muganga yabisubije itangazamakuru nyuma y’umukino w’ijonjora rya kabiri rya CAF Champions League APR FC yari imaze kunganyamo na […]
Rwamagana: Barasaba ko ubushobozi bw’abanyerondo b’umwuga bwongerwa
Abaturage n’abanyerondo b’umwuga bo tugari twa Ruhimbi na Bwinsanga mu Murenge wa Gishari mu Karere ka Rwamagana bavuga ko babangamiwe n’utubari tutemewe dutiza umurindi abajura babajujubya babiba imyaka n’amatungo. Abaturage bavuga ko utubari tutemewe dukorera mu ngo ari two dutiza umurindi abajura bajujubije abaturage kandi ko bimwe byibwa bigurishirizwa muri izo ngo zahinduwe utubari dukora […]
Imitwe irwanya ubutegetsi ifite intwaro nyinshi kurusha ingabo za Leta_Perezida Touadéra
Perezida wa Repubulika ya Centrafrika, Faustin-Archange TouadĂ©ra yatangaje ko imitwe yitwaje intwaro irwanya ubutegetsi bwe ifite intwaro nyinshi kurusha ingabo za Leta. Perezida TouadĂ©ra yabitangarije mu murwa mukuru, Bangui, asubiza ko yagombaga gukora ibishoboka byose kugira ngo agarure amahoro n’umutekano mu gihugu cye cyibasiwe n’iyi mitwe kuva mu 2013. Umunyamakuru Alain Foka wa radiyo mpuzamahanga […]
Twatsinze urugamba rwinshi ariko ntituratsinda intambara – Perezida Kagame

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko mu gihe u Rwanda rwatsinze imbogamizi nyinshi kandi rugatera intambwe igaragara mu myaka yashize, igihugu kidakwiye kwirara ngo kibagirwe intego za nyuma zirimo iterambere n’umutekano. Ibi umukuru w’igihugu yabivugiye mu isabukuru ya 25 ya Unity Club Intwararumuri. Unity Club Intwararumuri yashinzwe mu 1996 n’umufasha w’umukuru w’igihugu, Jeannette Kagame […]
Dr Habumuremyi yandikiye muri gereza igitabo cya paji 400
Dr Pierre Damien Habumuremyi wabaye Minisitiri w’Intebe n’Umuyobozi Mukuru w’urwego rw’igihugu rushinzwe intwari, impeta n’imidali y’ishimwe, yatangaje ko mu gihe kirenga umwaka yamaze muri gereza ya Nyarugenge yanditse igitabo cya paji 400. Dr Habumuremyi yabitangaje ubwo we n’abandi bayobozi bizihirizaga isabukuru y’imyaka 25 umuryango Unity Club Intwararumuri umaze ubayeho, waberaga muri Intare Arena. Ni umuhango […]
Haiti: Abamisiyoneri 17 b’Abanyamerika bashimutiwe mu murwa mukuru
Itsinda ry’Abamisiyoneri 17 b’Abakirisitu b’Abanyamerika, barimo abana bashimutiwe mu murwa mukuru wa Haiti n’agatsiko k’abagizi ba nabi. Ikinyamakuru The New York Times kiravuga ko abashinzwe umutekano mu Mujyi wa Port-au-Prince, bavuga ko aba bamisiyoneri bashimuswe kuri uyu wa Gatandatu bakuwe muri bus. Iri tsinda ryari rivuye mu kigo cy’imfubyi rigiye ku kibuga cy’indege kuhasiga bamwe […]
Burundi: Leta yaburijemo umuhango w’isabukuru ya AIM Global, ngo ibyayo ntibisobanutse
Minisitiri w’ubutegetsi, umutekano n’iterambere mu Burundi, Gervais Ndirakobuca yaburijemo umuhango w’isabukuru y’imyaka ibiri umuryango Alliance in Global umaze mu gihugu. Mu itangazo Minisitiri Ndirakobuca yashyizeho umukono ku wa 17 Ukwakira 2021, yasobanuye ko uyu muryango ugaragara mu buryo bubiri butera urujijo. Ngo ku ruhande rumwe ni Sprl, urundi ni Asbl. [SPLR: SociĂ©tĂ© PrivĂ©e Ă ResponsabilitĂ© […]
Ntabwo tuzaceceka cyangwa ngo turekere, keretse ibyo byose dusaba bimaze gukorwa_Dr. Frank Habineza

Depite Dr Frank Habineza yatangaje ko inshingano yabo ari ukuvugira abaturage ndetse badateze guceceka cyangwa ngo barekere keretse ibibazo bihari bikemutse. Ibi yabitangaje kuri uyu wa 16 Ukwakira 2021 ubwo hamurikwaga ku mugaragaro ubushakashatsi bwakozwe n’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije (Democratic Green Party of Rwanda), bugaraza ukuntu umugezi wa Nyabarongo n’indi migezi yisuka mu […]
Ikibazo cya ba rwiyemezamirimo batinda kwishyura abo bakoresheje kiri gushakirwa umuti
Ikibazo cyo gutinda kwishyura abakoze mu mirimo yo kubaka ibikorwa remezo benshi bakunze kwitotombera kiri gushakirwa umuti nk’uko byatangajwe n’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe gutunganya Amasoko ya Leta, RPPA. Umuyobozi mukuru wa RPPA, Uwingeneye Joyeuse, avuga ko iki kibazo cyahagurukiwe, ku buryo hakwiye kujya hanozwa imikoranire hagati ya leta yatanze isoko na rwiyemezamirimo waritsindiye, ngo ntihagire […]
GS Saint Paul Muko: Ubufatanye n’ababyeyi bwahesheje abana gutsinda mu buryo budasanzwe

Ishuri GS Saint Paul Muko ryo mu murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi riravugwaho gutsindisha abana bigaga mu cyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye mu buryo budasanzwe, bikanavugwa ko ryaba ari ryo ryonyine ry’uburezi bw’ibanze mu gihugu ngo ryakoze ibisa n’ibitangaza nk’uko byemezwa n’ubuyobozi bushinzwe uburezi muri aka karere, aho mu bana 124 bakoze ikizamini cy’icyiciro […]
Sudani: Habaye imyigaragambyo isaba igisirikare guhirika ubutegetsi
Bamwe mu baturage bashyigikiye uruhande rutavuga rumwe n’ubutegetsi bw’inzibacyuho muri Sudani kuri uyu wa Gatandatu bakoze imyigaragambyo i Khartoum mu murwa mukuru basaba igisirikare gufata ubutegetsi. Ibihumbi n’ibihumbi by’abigaragambya bateraniye hanze y’ingoro ya perezida, mu gihe ibibazo bya politiki muri iki gihugu birimo gufata indi ntera. Amatsinda y’abasirikare n’ay’abaturage b’abasivile amaze igihe asangiye ubutegetsi kuva […]
Ethiopia: Umutwe wa TPLF uvuga ko wafashe mpiri abandi basirikare ba Leta benshi

Umutwe witwaje intwaro wa TPLF uharanira ubwigenge bw’akarere ka Tigray uvuga ko wafashe mpiri abandi basirikare ba Leta ya Ethiopia benshi, unasenya burundu ibirindiro byazo byinshi. Nk’uko Getachew Reda uvugira TPLF yabitangaje, ibirindiro abarwanyi b’uyu mutwe byasenywe biherereye mu gice cy’uburasirazuba, by’umwihariko ibyoherejwemo ingabo z’inyongera zo kuwurwanya. Getachew wigeze kuba Minisitiri w’Itumanaho wa Ethiopia mu […]
Ikipe dufite ubu irakomeye, igikombe turacyizeye_Perezida wa Rayon Sports nyuma yo gusinyisha umunya-Brésil
Perezida wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidèle, yageneye ubutumwa abafana bayo nyuma yo gusinyisha umunya-BrĂ©sil Chrismar Malta Soarez no kongerera amasezerano Kevin Muhire. Ku wa Gatandatu tariki ya 16 Ukwakira ni bwo Rayon Sports yemeje ko yasinyishije Chrismar wakiniraga Varingha FC y’iwabo muri BrĂ©sil amasezerano y’imyaka ibiri, ndetse inasinyisha bundi bushya Kevin Muhire wari warasoje […]
Perezida Touadéra wa CAR yahagaritse intambara ku nyeshyamba zimurwanya
Perezida wa Repubulika ya Centrafrika, Faustin-Archange TouadĂ©ra ku wa 15 Ukwakira 2021 yatangaje ku mugaragaro ko ahagaritse intambara ku mitwe yitwaje intwaro irwanya ubutegetsi bwe. Uyu Mukuru w’Igihugu mu ijambo yatangarije kuri televiziyo, yasobanuye ko yafashe iki cyemezo kigamije guha umwanya ibiganiro by’amahoro hagati ya Leta n’iyi mitwe yitwaje intwaro iyirwanya. Ibi biganiro nabyo abyitezeho […]
Gen Muhoozi yavuze ko CMI yafashe umuyobozi w’inyeshyamba za UHLF
Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yemeje ko Urwego rw’ubutasi bwa gisirikare muri kiriya gihugu (CMI) rwataye muri yombi umuyobozi w’inyeshyamba za Uganda Homeland Liberation Force (UHLF). Uyu mutwe wa UHLF ushinjwa kuba inyuma y’ibitero bitandukanye byagiye bigabwa ku birindiro by’Ingabo za Uganda, mu gice cy’amajyaruguru y’iki gihugu. Gen Muhoozi […]