VIDEO: Iyo hataba perezida Kagame ku kibazo cya camera n’amafaranga y’umurengera yacibwaga abashoferi?
Bidasubirwaho Sergio AguĂ«ro agiye gusezera ku mupira w’amaguru imburagihe
Umunya-Argentine Sergio Kun AguĂ«ro ukinira ikipe ya FC Barcelona, agiye guhagarika gukina umupira w’amaguru imburagihe kubera ikibazo cy’umutima. Mu kwezi gushize ni bwo AguĂ«ro yagize ikibazo cy’umutima nyuma yo gusohoka mu kibuga ababara mu gituza, mu mukino FC Barcelona yanganyirijemo na Alaves igitego 1-1. Ni AguĂ«ro wari umaze gukinira iyi kipe yo muri Espagne imikino […]
Nagiye ikuzimu mbona Umuvugabutumwa TB Joshua ari mu muriro-Umugore
Umubwirizabutumwakazi avuga ko aherutse kujya ikuzimu, yahagera agasanga Umunya-Nigeria, TB Joshua abatari bake bemeraga nk’umuhanuzi, ari mu muriro utazima. Uyu mugore ugaragara mu mashusho yakwiriye ku mbuga nkoranyambaga ntavuga uko yageze ikuzimu n’icyari kimujyanye, nta nasobanura icyaba cyaratumye TB Joshua ajya mu muriro kandi yari azwi nk’intungane. Uyu mugore anavuga ko yabonye Bishop Benson Idahosa […]
Rayon Sports yihanije Bugesera FC mbere yo kwesurana na APR FC
Ikipe ya Rayon Sports kuri uyu wa Gatandatu yatsinze Bugesera FC ibitego 3-1, mbere yo gucakirana na mukeba wayo APR FC. Rayon Sports yaherukaga gutsikira kuri Rutsiro FC, yari yakiriye Bugesera kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, mu mukino w’umunsi wa gatatu wa shampiyona. Ibitego byo mu gice cya mbere cy’umukino bya Blaise Nishimwe (ku […]
Le 18e arrondissement de Paris porte le nom du héros Rwandais Aminadabu Birara

La Ville de Paris a dĂ©nommĂ© une place du 18e arrondissement “Place Aminadabu Birara”, du nom du hĂ©ros qui a organisĂ© la rĂ©sistance contre le Genocide contre Les Tutsi sur les collines de Bisesero. Le conseil de Paris a pris cette dĂ©cision pour rendre hommage Ă Birara « pour avoir organisĂ© la rĂ©sistance [contre les […]
Polisi y’u Rwanda yungutse abapolisi bashya 2,319 (Amafoto)

Polisi y’u Rwanda kuri uyu wa Gatandatu yungutse abapolisi bato bashya 2,319; nyuma yo gusoza amahugurwa y’ibanze abategurira kujya muri Polisi. Aba bapolisi bo mu cyiciro cya 17/2020-2021, bari bamaze umwaka bahererwa imyitozo mu kigo cy’imyitozo cya Polisi kiri i Gishari. Aba bapolisi barimo abasore 1,869 n’inkumi 450. Umuyobozi wa PTS-Gishari, CP Robert Niyonshuti, yavuze […]
Agace k’ i Paris kitiriwe Umunyarwanda wo mu Bisesero
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Paris mu Bufaransa bwemeje ko Umunyarwanda witwa Birara Aminadabu ukomoka mu Bisesero, yitirirwa agace ka 18 ( arrondissement 18) mu rwego rwo kumuha agaciro ku ruhare yagize mu kwihagararaho kw’Abatutsi bari bahungiye mu Bisesero mu gihe cya Jenoside mu mwaka wa 1994. Birara afatwa nk’intwari ku bikorwa yakoze ku musozi wa Bisesero […]
Paris 18th arrondissement named after Rwandan Birara
Paris administration has endorsed a decision to name a place from ’18th arrondissement’ after Aminadabu Birara, “a hero” of resistance on Bisesero hill”. Paris council made this decision to pay Birara tribute “for having organised resistance [against killers] during the 1994 Genocide committed against Tutsi in Rwanda.” For more than one month, Birara, thanks to […]
RDF yungutse abasirikare bakuru 20 b’indorerezi za Loni
Abasirikare bakuru 20 bo mu ngabo z’u Rwanda basoje amahugurwa y’ibyumweru bibiri yabateguriraga kuba indorerezi za gisirikare mu muryango w’Abibumbye. Ni amahugurwa yaberaga mu Kigo Rwanda Peace Academy mu Karere ka Musanze. Indorerezi za gisirikare muri Loni ziba zifite mu nshingano kugenzura ko amasezwerano yo guhagarika imirwano yubahirizwa kimwe n’ibijyanye n’uburenganzira bwa muntu ahakorerwa ubutumwa […]
Kagame intervenes in speed limits controversy
Rwanda’s President Paul Kagame on Friday announced that he had talked to the police about revising the low speed limits that caused an uproar in the country this week. “The speed should not be so high that it leads to accidents, nor should it be so low that people never get where they are going. […]
Messi na Ramos bahoze bangana urunuka bahuriye bwa mbere mu myitozo ya PSG (Amafoto)

Myugariro Sergio Ramos na rutahizamu Lionel Messi, bahuriye bwa mbere mu myitozo ya Paris Saint-Germain nyuma y’imyaka myinshi ari abakeba. Aba bagabo bombi bahoze bakinira amakipe ya Real Madrid na FC Barcelona ahora ahanganye muri Espagne, mbere yo gutandukana na yo bombi bakerekeza muri PSG yo mu Bufaransa mu mpeshyi y’uyu mwaka. Mbere y’uko aba […]
Abarimo RDF bishe ibyihebe 12, bafata intwaro nyinshi muri Cabo Delgado
Abasirikare ba Mozambique, abari mu butumwa bw’amahoro bwa SAMIM n’Ingabo z’u Rwanda (RDF), kuwa Gatanu mu gace Ka Ngade, bishe ibyihebe 12, bafata n’intwaro nyinshi mu Ntara ya Cabo Delgado nk’uko byemejwe na Minisitiri w’Umutekano wa Mozambique, CristĂłvĂŁo Chume. CristĂłvĂŁo Chume, wahoze ayobora ingabo za Mozambique kuwa Gatanu mu muhango wo gusoza amasomo ya gisirikare […]
Ba Meya 11 ni bo bongeye gutorerwa kuyobora uturere bahoze bayobora (Amafoto)
Abayobozi b’uturere 11 two hirya no hino mu gihugu ni bo bongeye gutorerwa gukomeza kutuyobora, mu matora yabaye ejo ku wa Gatanu tariki ya 19 Ugushyingo 2021. Abayobozi 27 na ba visi meya babungirije 54 ni bo batorewe kwinjira muri Komite Nyobozi z’uturere muri manda izamara imyaka itanu. Muri ba meya batowe harimo abari basanzwemo […]
Hemejwe Umuti wa mbere wa SIDA uterwa mu rushinge
Abantu bafite virusi ya SIDA bagiye guhabwa umuti uterwa mu rushinge ukamara igihe kirekire, bityo bahagarike kunywa ibinini bigabanya ubukana bw’iyi ndwara bafataga buri munsi. Imiti Cabotegravir (uzwi ku izina rya Vocabria ukaba warakozwe n’ikigo ViiV Healthcare na rilpivirine uzwi nka Rekambys wakozwe na Janssen) niyo igiye kujya yifashishwa. Ni imiti iterwa inshuro ebyiri, urishinge […]
Minisitiri Gatabazi yihanangirije ba Meya bashya ku busambo, amatiku no kwiyandarika
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianey, yasabye abagize komite nyobozi z’uturere ndetse n’inama njyanama batowe kuzarangwa n’ubufatanye hagamijwe icyateza imbere umuturage, ariko nanone bakirinda ingeso mbi kugira ngo bazabashe gukora neza imirimo bashinzwe. Minisitiri Gatabazi yabigarutseho kuri uyu wa Gatanu, nyuma y’uko hari hamaze kurangira amatora y’abagize komite nyobozi z’uturere 27 tw’igihugu ndetse n’inama […]