CAN: SĂ©nĂ©gal yageze muri 1/4 cy’irangiza isezereye Cap-Vert y’abakinnyi 9

Ikipe y’Igihugu ya SĂ©nĂ©gal, Les Lions de la Teranga, igeze muri 1/4 cy’irangiza cy’Igikombe cya Afurika cy’Ibihugu kiri kubera muri CamĂ©roun, nyuma yo gusezerera Cap-Vert ku bitego 2-0. Cap-Vert yakinnye igice kinini cy’uyu mukino ifite abakinnyi 9 mu kibuga bonyine, nyuma y’uko abakinnyi bayo babiri beretswe amakarita atukura. Umunota wa 21 w’umukino wari uhagije ngo […]

Les diplĂ´mĂ©s rwandais de l’UniversitĂ© internationale de l’Atlantique menacent de traĂ®ner HEC en justice

Les diplĂ´mĂ©s rwandais de l’UniversitĂ© internationale de l’Atlantique (AIU) ont menacĂ© de poursuivre le Conseil de l’enseignement supĂ©rieur (HEC) alors qu’ils tentaient l’annulation de leurs Ă©quivalences acadĂ©miques. Le 10 janvier, HEC a retirĂ© toutes les Ă©quivalences acadĂ©miques qu’elle avait dĂ©livrĂ©es aux diplĂ´mĂ©s de l’AIU, affirmant que l’institution basĂ©e aux États-Unis n’Ă©tait accrĂ©ditĂ©e par aucune agence. […]

Diamond ntabwo ari umuhungu w’inzozi zanjye_Miss Jolly

Nyampinga w’u Rwanda w’umwaka w’2016, Miss Mutesi Jolly avuga ko umuhanzi wamamaye cyane muri Tanzania no ku mugabane wa Afurika, Diamond Platinumz, atari umuhungu w’inzozi ze ku buryo yamubera umugore. Jolly yabitangarije mu kiganiro yagiriye kuri Yago TV Show, anyomoza ibyavugwaga ko ashobora kuzisanga yarabyariye uyu muhanzi umaze gutandukana n’abagore benshi, nyuma y’aho yari amaze […]

Uganda: Umukwe wa Museveni yikomye abantu bakomeje impaka z’uzamusimbura

Umukwe wa Perezida Yoweri Museveni, Odrek Rwabwogo, yatangaje ko abantu bata igihe kandi bagashyigikira impaka zishingiye ku gusimbura Museveni, ari abanzi ba Uganda. Hashize igihe, hari amakuru avuga ko Rwabwogo nawe ashishikajwe no kuba Perezida wa Uganda uzakurikira nyuma ya Museveni kandi ko yari mu ntambara na Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, nawe bivugwa ko ashobora […]

Nyarugenge: Umugabo yahamijwe ko yishe umugore we amutegeye mu nzira akamukata ijosi

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwakatiye igihano cy’igifungo cya burundu umugabo witwa Bizimana nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kwica umugore we ubwo yamukataga ijosi mu gitondo nka saa tatu mu Murenge wa Nyarugunga mu Karere ka Kicukiro, agahita yitaba Imana. Icyemezo cy’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, cyasomwe kuri uyu wa Mbere tariki 24 Mutarama 2022 aho Umucamanza […]

Pasiteri Bugingo byamurenze arambarara ku butaka nyuma yo kurokoka gereza

Pasiteri Aloysius Bugingo, arambaraye ku butaka we yise ubw’ i Kanani, yashimiye Imana ko yatumye atajya gufungirwa muri gereza ya Kitalya nyuma y’aho kuwa 21 Mutarama 2022, n’umugore we wa kabiri, Suzan Makula Nantaba, bari bitabye urukiko rw’ibanze rwa Entebbe i Kampala. Aba bombi baregwa n’umunyamategeko, Male Mabirizi Kiwanuka, ko barenze ku mategeko agenga ugushyingirwa […]

Bujumbura: Igitero cy’abantu bitwaje intwaro mu kabari cyahitanye umuntu umwe

Uwitwa Arnaud Mfuranzima yishwe n’ibikomere by’amasasu yamufashe mu ijoro ryo kuwa Gatandatu ushize rishyira ku Cyumweru mu gitero cy’abantu bitwaje intwaro kuri kamwe mu tubari two mu Mujyi wa Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi. Abatangabuhamya babibonye bavuga ko abantu babiri bitwaje imbunda, pistolet na AK-47, barashe kuri Arnaud Mfuranzima wari uri kumwe na bagenzi be […]

Gen Abel Kandiho wakunze kwikomwa n’u Rwanda yambuwe inshingano zo kuyobora CMI

Perezida wa Uganda akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’iki gihugu, Yoweri Kaguta Museveni, yambuye Maj Gen Abel Kandiho inshingano zo kuyobora Urwego rwa kiriya gihugu rushinzwe ubutasi bwa gisirikare (CMI). Maj Gen Kandiho yoherejwe mu butumwa bwihariye muri Sudani y’Epfo, asimburwa na Maj Gen James Birungi wari umaze umwaka urenga akurikirana ibikorwa byo kugenzura no gusubiza […]

Ibitaro bya Mibilzi: Abagana serivisi z’ibagiro barishimira ko ibibazo bahuraga na byo byakemutse

img-20220124-wa0025.jpg

Kugana serivisi z’ibagiro mu bitaro bya Mibilizi mu bihe by’imvura mu myaka ishize ugahabwa serivisi vuba ngo byari ingorabahizi nk’uko bamwe mu bagannye iyi serivisi muri ibyo bihe bakiyigana n’ubu babitangarije Bwiza.com, bakaba ngo barabwirwaga ko hari ibibazo bihari bijyanye n’ibura ry’imashini zimesa imyenda abaganga bakenera muri iyo serivisi, iziyumutsa n’iziyitera ipasi, aho ngo hari […]

Huye: Barasabwa kutimenyereza inkende

img-20220125-wa0030.jpg

Abatuye n’abagenderera umujyi wa Huye mu majyepfo y’u Rwanda barasabwa kutimenyereza inkende nyinshi zihagaragara kuko bituma zibakunda, zigahora zisohoka ishyamba rya Kaminuza y’u Rwanda rizwi nka Arboretum, zigateza igisa n’umutekano muke. Imikumbi y’inkende z’agasozi (Chrorobus Pugyrethrus) ibarirwa mu magana, ibisikana n’abantu mu mihanda n’utuyira two mu makaritsiye (quartiers) amwe n’amwe y’umugi wa Huye atuwe n’abantu, […]

Biden yatutse umunyamakuru kuri nyina bitewe n’ikibazo yamubajije

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), Joe Biden yatutse umunyamakuru wa Fox News witwa Peter Doocy kubera ikibazo yari amaze kumubariza mu kiganiro. Iki kiganiro cyabereye mu ngoro y’Umukuru w’Igihugu (White House) kuri uyu wa 24 Mutarama 2022, nyuma y’ijambo ry’iminota 8 Biden yari amaze kuvuga. Nyuma y’iri jambo, ibitangazamakuru bivuga ko abanyamakuru […]

Rubavu: Yemeye ko yishe umwana w’umwaka umwe yareraga kubera ko we abyara bapfa

Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Rubavu bukurikiranye umugore utuye mu Kagari ka Gisa, Umurenge wa Rugerero , Akarere ka Rubavu ukekwaho icyaha cy’ubwicanyi, yakoreye umwana w’umwaka umwe yareraga.Uyu mugore akaba yemera icyaha akavuga ko yabitewe n’agahinda kuko yari amaze kubyara inshuro eshatu abana be bapfa. Iki cyaha cyakozwe ku itariki ya 07 Mutarama 2022 aho […]

KNC wafatiwe ibihano avuga ko arajurira

Umuyobozi Mukuru wa Gasogi United, Kakoza Nkuriza Charles (KNC) wafatiwe ibihano na Komisiyo ishinzwe imyitwarire mu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA), yavuze ko arajuririra bimwe muri byo. Nk’uko bigaragara ku itangazo ryasohotse ku rubuga rwa FERWAFA kuri uyu wa 24 Mutarama 2022, iyi komisiyo yahannye KNC gusiba imikino ine n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda (Frw) […]

ABS yazanye imashini n’imiti isukura mu nzu , ku ntebe,Tapis n’amakaro bakirukana imperi n’udukoko twose

Bimwe mu bikoresho ABS ikoresha

Amarissa Business system Ltd (ABS) ni Kompanyi ikora ibikorwa by’isuku n’isukura yazanye imashini zifasha mu gutera imiti mu nzu , kwica udukoko dutandukanye , mu busitani no muri za pisine, koza intebe , tapis, amakaro ndetse no guhanagura ibirahure by’amazu bikongera bigasubirana ubushyashya bwabyo. Semigabo Charles ukora muri ABS, aganira na bwiza yavuze ko bashinze […]

Rwandan graduates from Atlantic International University vow to sue HEC

Rwandan graduates from Atlantic International University (AIU) have threatened to sue Higher Education Council (HEC) as they attempt to overturn the cancellation of their academic equivalences. On January 10, HEC withdrew all academic equivalences it had issued to graduates from AIU, saying the American-based institution was not accredited by any agency. Lecturers in local universities […]

Driver at Kivu Choice Ltd

Job Title: Driver Organization: Kivu Choice Ltd. Location: Based in Kigali, with travel across Rwanda Compensation: Competitive, based on experience Start date: As soon as possible Description: The Driver will be responsible for driving Kivu Choice staff and other authorized passengers, transporting goods and services, checking the mechanical conditions of Kivu Choice vehicles regularly, and […]

Museveni yahakanye gushyigikira Ruto ushaka kuba Perezida wa Kenya

Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni yahakanye ko atazigera afasha uruhande na rumwe muri Kenya mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Kanama 2022. Ibi yabivuze kugira ngo akureho amakuru yakwitwa ibihuha akomeje gukwirakwira, avuga ko Uganda ndetse n’ishyaka NRM(National Resistance Movement Party) riri ku butegetsi riri gufasha Visi Perezida wa Kenya, William Ruto ngo azatsinde […]

Soldiers seize power after mutiny in Burkina Faso

BY AFP Soldiers in Burkina Faso on Monday announced on state television that they have seized power in the West African country following a mutiny over the civilian president’s failure to contain an Islamist insurgency. A junior officer announced the suspension of the constitution, the dissolution of the government and parliament, and the closure of […]

CAN: Byibuze abantu 8 bapfiriye mu muvundo ku mukino wa Cameroun na Comores

Nk’uko byatangajwe n’umwe mu bayobozi b’inzego z’ibanze, ngo byibura abafana umunani bapfiriye kuri Stade Olembe i Yaounde, muri Cameroun kuri uyu wa Mbere mu mukino wa 1/8 cy’Igikombe cya Afurika wahuzaga Cameroun na Comores. Naseri Paul Biya, Guverineri w’akarere ka Centre, yavugaga ko umubare ushobora kwiyongera ubwo yatangazaga mbere ko hapfuye byibuze abantu batandatu. Ati: […]

Perezida wa Burkina Faso yanditse ibaruwa y’ubwegure

Perezida wa Repubulika ya Burkina Faso, Roch Marc Christian KaborĂ©, yandikiye umuyobozi w’abasirikare bahiritse ubutegetsi bwe, Lieutenant Colonel Paul-Henri Sandaogo Damiba, amumenyesha ko yeguye ku nshingano y’Umukuru w’Igihugu. Nk’uko bigaragara mu ibaruwa KaborĂ© yashyizeho umukono kuri uyu wa 24 Mutarama 2022, yagize ati: “Ku bw’inyungu zisumba izindi z’igihugu na nyuma y’ibyabaye kuva ejo, mfashe icyemezo […]

Abasirikare ba Amerika 8,500 baryamiye amajanja ku koherezwa muri Ukraine

Abasirikare 8,500 b’Amerika bambariye urugamba, baryamiye amajanja biteguye koherezwa aho rukomeye igihe icyo ari cyo cyose, muri iki gihe ubushyamirane kuri Ukraine burimo kwiyongera, nkuko bivugwa n’ibiro bikuru by’ingabo z’Amerika, Pentagon. Uburusiya bukomeje guhakana buvuga ko budateganya kugaba igitero cya gisirikare muri Ukraine, nubwo bwakoranyirije abasirikare 100,000 hafi yayo. Ku wa mbere, Perezida w’Amerika Joe […]

Gen. Kainerugaba arasaba Imana gushyigikira ubwiyunge bw’u Rwanda na Uganda

Umugaba w’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka akaba n’umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba arasaba Imana gushyigikira ubwiyunge bw’igihugu cye n’u Rwanda. Bigaragarira mu butumwa uyu musirikare yashyize ku rubuga rwa Twitter kuri uyu wa 25 Mutarama 2022, yifashishije amabendera y’ibihugu byombi, bugira buti: “Ubumwe bwacu bwatangiye mbere y’amateka yanditse. Turi umuntu […]

Abarangije muri Atlantic International University (AIU) barateganya kujyana HEC mu nkiko

Abanyeshuri b’Abanyarwanda barangije muri Kaminuza Mpuzamahanga ya Atlantike (AIU) bakangishije kujyana mu nkiko Inama y’Amashuri Makuru (HEC) bagerageza guhindura icyemezo cyafashwe cyo guhagarika ibyemezo byabo bihwanishwa n’impamyabumenyi zatangiwe mu mahanga (Equivalences). Ku ya 10 Mutarama, HEC yatesheje agaciro izi “equpvalences” zose zatangiwe muri AIU, ivuga ko iki shuri rifite icyicaro muri Amerika ritemewe n’ikigo icyo […]