Macron yaburiye Isi ko iby’u Burusiya na Ukraine bigiye kuba bibi kurushaho nyuma yo kuganira na Putin
Ibiro bya Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa byaburiye Isi ko iby’u Burusiya na Ukraine bigiye kuba bibi kurushaho, nyuma yo kugirana na Perezida Vladimir Putin ikiganiro cyamaze iminota 90. Aba bombi kuri uyu wa Kane bagiranye ikiganiro kuri terefoni cyamaze isaha n’igice, nyuma y’uko Putin yari ahamagaye uriya mugenzi we w’u Bufaransa. Umwe mu bakozi […]
Kagame a prĂ©sidĂ© l’ouverture officielle du Forum rĂ©gional africain sur le dĂ©veloppement durable
Le prĂ©sident Paul Kagame a prĂ©sidĂ© l’ouverture officielle du Forum rĂ©gional africain sur le dĂ©veloppement durable (ARFSD-8) au Centre des congrès de Kigali. Le forum, qui se dĂ©roulera pour la huitième fois, se tiendra sous le thème “Mieux aller de l’avant : une Afrique verte, inclusive et rĂ©siliente prĂŞte Ă rĂ©aliser l’Agenda 2030 et l’Agenda […]
Rusizi: Umuryango w’abantu 8 wahawe inzu nyuma y’amezi 8 uhishije iyo wabagamo

Ku wa 5 Nyakanga 2021 ni bwo inzu Muyoboke Gabriel yabanagamo n’umugore n’abana 6 mu mudugu wa Gacyamo,akagari ka Gakomeye, mu murenge wa Giheke mu karere ka Rusizi, yafashwe n’inkongi y’umuriro,igakongoka n’ibyarimo byose ntibarokoramo na kimwe, asigara iheruheru aba mu gikoni cyatabawe na cyo umuriro utangiye ku kigeramo, ubu akishimira ko yashykirijwe inzu yo kubamo,ku […]
Gicumbi: Umugabo akurikiranweho gusambanya umwana yareraga
Ubushinjacyaha Urwego Rwisumbuye rwa Gicumbi, kuri uyu wa Gatatu, Itariki ya 02 Werurwe 2022, bwaregeye Urukiko umugabo w’imyaka 37 y’amavuko ubarizwa mu Karere ka Gicumbi, Umurenge wa Kageyo, Akagari ka Nyamiyaga, bukurikiranyeho icyaha cyo gusambanya umwana w’ umugore babana kuko yaje kuhashaka afite uwo mwana w’umukobwa w’imyaka 15 y’amavuko. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga […]
Russie-Ukraine : La non-participation du Maroc ne saurait faire l’objet d’aucune interprétation par rapport à sa position de principe concernant la situation entre la Russie et l’Ukraine
Le Royaume du Maroc a dĂ©cidĂ© de ne pas prendre part au vote de la rĂ©solution de l’AssemblĂ©e GĂ©nĂ©rale des Nations Unies, adoptĂ©e mercredi le 02 mars 2022, sur la situation entre l’Ukraine et la FĂ©dĂ©ration de Russie. La non-participation du Maroc est une dĂ©cision souveraine, qui ne peut ĂŞtre interprĂ©tĂ©e comme un dĂ©salignement stratĂ©gique, […]
Papa Francis agiye kugirira uruzinduko muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo

Papa Francis azakora urugendo rw’ivugabutumwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva ku ya 2 kugeza ku ya 5 Nyakanga. Intumwa ya Papa muri iki gihugu ni yo yabitangaje, kuri uyu wa Kane, itariki ya 03 Werurwe 2022, mu kiganiro n’abanyamakuru cyabereye i Kinshasa nk’uko tubikesha Mediacongo.net. Urugendo rwe muri Congo-Kinshasa ni igisubizo ku butumire […]
Nairobi: Umugore yarumye umukunzi we ugutwi araguca ku bwo kumuha Frw make y’itike
Umugore wo muri Kenya witwa Zainab Ochero ari mu nkiko ku bwo kuruma umukunzi we, Joseph Karanja, ugutwi amuryoza kumuha amafaranga make yo gutega imodoka. Uyu mugore yarumye ugutwi kwa Karanja kuko yari amuhaye amashilingi ya Kenya 100, ngo ayatege imodoka atahe ubwo yari yamusuye kuwa 21 Gashyantare 2022 ahagana saa munani z’ijoro, mu gace […]
Uwera Jean Pierre avuga ko amaze imyaka 8 asorera ubutaka abandi babubyaza umusaruro
Abanyamategeko bunganira Murangwayire Josiane na bagenzi be baregwa na Uwera Jean Pierre kuba baramutwariye ubutaka busaga m2 120, basabye ko Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rutakwakira ikirego cye ahubwo gikwiye kujyanwa mu karere mu gihe we asanga hakwiye gutangira urubanza mu mizi rukava mu nzira kuko rumaze igihe kirekire asorera ubutaka, buri mu Gakiriro ka Gisozi, […]
Umuherwe w’Umurusiya yasabye abasirikare gufata Putin, abasezeranya igihembo
Umuherwe w’Umurusiya uba muri Leta ya California mu zunze Ubumwe za Amerika (USA), Alex Konanykhin yahamagariye abasirikare b’igihugu akomokamo gukora ibishoboka byose bagata muri yombi Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, washoje intambara kuri Ukraine. Uyu muherwe ushyigikiye Ukraine muri iyi ntambara, yasezeranyije umusirikare wafata Umukuru w’Igihugu ko azamuha amadolari ya Amerika miliyoni imwe. Muri ubu […]
Front Desk/ receptionist at Rwanda Gaming Association
FRONT DESK – Terms of Reference Front Desk/ receptionist Administrative and human resource DAF Rwanda Gaming Association started with mission to create safe, regulated and responsible entertainment with a positive impact on society. Job Purpose To represent RGAA Secretariat in dealing with customers through handling front facing duties including Interacting with customers over the phone, […]
Rwanda reveals her stand on Russia-Ukraine war
Rwanda is amongst 141 countries that voted against the Russian war in Ukraine as the UN General Assembly overwhelmingly voted to condemn Russia’s invasion of Ukraine, signalling further international pressure on Moscow. Seventeen African countries on Wednesday abstained from voting agaisnt Russia. The UN General Assembly, which was this week sitting under an emergency session, […]
Kayonza: Umuvunyi Mukuru yibukije abaturage ko bafite inshingano yo gukumira ruswa n’akarengane

Umuvunyi Mukuru w’u Rwanda, Nirere Madeleine, yibukije abaturage bo mu Murenge wa Rwinkwavu w’Akarere ka Kayonza ko bafite inshingano yo gukumira ibyaha bya ruswa n’akarengane, anabasaba kubaha ibyemezo by’ubuyobozi. Nirere yabibibukije kuri uyu wa 2 Werurwe 2022 mu gihe ari muri gahunda yo kwegera abaturage bo muri aka karere, igamije kurwanya ruswa n’akarengane. Yumva ibibazo […]
Kagame welcomes Qatar Army Chief
President Paul Kagame on Wednesday received Lt. Gen Salem bin Hamad bin Mohammed bin Aqeel Al Nabit, Chief of Staff of the Qatar Armed Forces and his delegation, who are in Rwanda for a visit to strengthen bilateral ties. The meeting took place in the President’s office at Village Urugwiro in Kacyiru. The delegation has […]
Rulindo: Yafatanwe ibikoresho bipima Covid-19 avuga ko byaturutse muri Uganda
Abapolisi bashinzwe bariyeri mu muhanga wa Musanze-Kigali tariki ya 1 Werurwe 2022 bafatiye umugenzi witwa Ndayambaje Jean Pierre mu Kagari ka Kirenga, Umurenge wa Rusiga w’Akarere ka Rulindo, afite mu gikapu ibikoresho bipima icyorezo cya Covid-19, asobanura ko byaturutse muri Uganda. Nk’uko urubuga rwa Polisi rubivuga, ibi bikoresho bigaragara mu ifoto birimo: ibigaragaza mu buryo […]
Umunyarwandakazi ukora kuri NTV ari kurebana ay’ingwe na mugenzi we

Umunyamakuru ufite inkomoko mu Rwanda, akaba akora kuri Televiziyo ya NTV muri Uganda, Uwamahoro Lynda Ddane, ari kurebana ay’ingwe n’umukobwa witwa Etania, basanzwe bakorana avuga ko ashaka kumwirukanisha ku kazi, agatwara umwanya we. Ibinyamakuru byandika amakuru y’imyidagaduro muri Uganda, bivuga ko Etani na Lynda bameranye nabi kandi ko bimaze ibyumweru bitari bike. Uwamahoro yavuganye na […]
Guverinoma yateguje ko ibiciro birakomeza kuzamuka
Guverinoma y’u Rwanda yateguje abaturarwanda ko ibiciro by’ibicuruzwa bitandukanye birakomeza kuzamuka bitewe n’intambara ya Ukraine n’u Burusiya. Umuvugizi wungirije wayo, Alain Mukuralinda yavuganye na Kigali Today, agira ati: “Usibye muri peteroli no mu binyampeke haraza kubamo ikibazo, bivuze ko Abanyarwanda batagombye gutungurwa babonye ibiciro bizamutse. Bagomba kumenya impamvu, bagomba gusobanurirwa kuko byanze bikunze bizazamuka.” Mukuralinda […]
U Rwanda ntirushyigikiye ko hari igihugu cyakohereza ingabo mu ntambara ya Ukraine n’u Burusiya

Guverinoma y’u Rwanda ibinyujije mu ntumwa yayo mu Muryango w’Abibumbye (UN) i New York, yagaragaje ko idashyigikiye ko hari igihugu cyakohereza ingabo mu ntambara ya Ukraine n’u Burusiya imaze icyumweru itangiye. Ubutumwa bwayo bwatangiwe mu nama idasanzwe y’Inteko Rusange yabaye kuri uyu wa 2 Werurwe 2022, yatorewemo umwanzuro usaba u Burusiya gukura ingabo zabwo muri […]
Umuherwe Roman Abramovich yemeje ko ashaka kugurisha Chelsea
Umuherwe Roman Abramovich, yaraye atangaje ko yifuza kugurisha ikipe ya Chelsea FC yo mu Bwongereza yari amaze imyaka hafi 20 yaraguze. Uyu mucuruzi ukomoka mu gihugu cy’u Burusiya yemeje aya makuru binyuze mu itangazo yanyujije ku rubuga rwa Internet rw’ikipe ya Chelsea. Yavuze ko icyemezo cyo kugurisha iriya kipe yafashe ari “icyemezo gikomeye kandi kibabaje.” […]
Igihugu 1 cya Afurika cyashyigikiye u Burusiya, Perezida wa Ukraine agira icyo abivugaho
Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye yaraye itoye umwanzuro usaba u Burusiya guhagarika intambara bwashoje kuri Ukraine guhera tariki ya 24 Gashyantare 2022. Mu itora ryitabiriwe n’ibihugu 181; 141 muri byo byashyigikiye ko u Burusiya buhagarika iyi ntambara, 5 birimo u Burusiya bishyigikira ko buyikomeza, ibindi 35 birifata. Ibihugu byashyigikiye ko u Burusiya bukomeza intambara ni bwo, […]