Niyonzima Olivier ‘Seif’ yanyomoje ibyo APR FC yamutangajeho batandukana
Niyonzima Olivier ‘Seif’ kuri ubu ukinira ikipe ya AS Kigali, yagarutse ku buryo yatandukanyemo n’ikipe ya APR FC avuga ko atahavuye kubera imyitwarire mibi nk’uko bivugwa. Seif yageze muri APR FC mu mpeshyi ya 2019 avuye muri Rayon Sports, akinira iyi kipe y’Ingabo z’igihugu imyaka ibiri mbere yo gutandukana na yo. Uyu mukinnyi ukina hagati […]
Kigali: Court postpones case involving two Indian nationals
High Commercial court in Kigali, Rwanda has postponed the case involving two indian nationals; UNITED SPIRITS company boss, Manish Kumar and accused Rishi Arya and co. Nsengumuremyi Anathole and Bailiff, Kagame K. Festo, for the judge has not yet examined the it whole. The verdict was expected to be announced March 9, however, the judge […]
Putin yari yarateguye gufata Kyiv mu minsi ibiri, ararakaye cyane – CIA
Ukuriye ikigo cy’ubutasi bwo hanze cya Amerika (CIA), William Burns , yavuze ko Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya yari yarateguye ko azafata umurwa mukuru Kyiv wa Ukraine mu minsi ibiri, kuba ubu umunsi ubaye uwa 14, ngo ararakaye cyane bikomeye. Yavuze ibi kuwa kabiri abwira abagize inteko ya Amerika, ndetse ababurira ati: “Ntekereza ko Putin arakaye […]
Umuherwe wo muri Uganda arashaka kugura Chelsea
Umuherwe wo muri Uganda witwa Joel Jaffer A’ita arashaka kugura ikipe ya Chelsea iri mu cyiciro cya mbere muri shampiyona y’u Bwongereza ku madolari ya Amerika miliyari 3.3. Uyu muherwe ufite imigabane myinshi muri kaminuza ya Makerere, akaba na nyiri Arua Hill FC iri mu cyiciro cya mbere muri shampiyona ya Uganda, yagize iki cyifuzo […]
Mu Rwanda hagiye guteranira abahagarariye Inteko zishinga amategeko z’ibihugu 41
Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda igiye kwakira inama y’abahagaraririye inteko z’ibihugu 41 biri mu ihuriro rya APU (Executive Committee of the African Parliamentary Union) guhera kuri uyu wa 10 kugeza ku wa 11 Werurwe 2022. Perezida w’umutwe w’abadepite mu nteko y’u Rwanda uzaba ari umushyitsi mukuru muri iyi nama, Rt Hon. Mukabalisa Donatille yiteze ko […]
Indimi zizaba zivugwa cyane ku Isi mu myaka 30 iri imbere
Mu gihe Icyongereza, Igishinwa, Icyesipanyole n’Igihindi (cyangwa Icyarabu ukurikije ibigereranyo) ari zo ndimi enye zivugwa cyane ku Isi, Igifaransa kiza ku mwanya wa gatanu hamwe na miliyoni 300 bavuga Igifaransa ku Isi. Dukurikije ibipimo by’imibare y’abaturage, mu 2050, Igifaransa gishobora kuzaba kivugwa n’abantu bagera kuri miliyoni 700, bityo kikaba gishobora kuzamuka imbere. Nk’uko Ikigo cy’igihugu […]
Immaculée yasobanuye ko atemera inkwano
Umuyobozi w’umuryango Transparency International Rwanda urwanya ruswa n’akarengane, Ingabire Marie-ImmaculĂ©e yasobanuye ko atemera inkwano. Iki gitekerezo yakigaragaje ubwo yaganirizaga abakobwa bahatanira ikamba rya Miss Rwanda 2022 bari mu mwiherero mu karere ka Bugesera, abasobanurira agaciro kabo. Yashingiye ku rugero rw’ubukwe aherutse gutaha ari kumwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, Bamporiki Edouard, aho yabonye […]
Isomwa ry’urubanza rw’Umuhinde urega abarimo umuhesha w’inkiko ryasubitswe
Isomwa ry’urubanza ryari riteganyijwe kuri uyu wa Gatatu, itariki 09 Werurwe 2022, hagati ya UNITED SPIRITS yari yajuririye mu Rukiko Rukuru rw’Ubucuruzi icyemezo cyo kugurisha mu cyamunara ibicuruzwa ivuga ko ari ibyayo, rwimuriwe ku itariki ya 16 Werurwe saa cyenda kubera ko umucamanza atararangiza kurusuzuma ngo rusomwe kubera indi mirimo yagize yatumye atabona umwanya uhagije. […]
Fireman abona umuziki w’u Rwanda wagera ku rwego nk’urwa Nigeria mu gihe Leta yawutera inkunga
Umuraperi Uwimana Francis wamamaye nka Fireman kuva akiri mu itsinda Tuff Gangs, abona umuziki w’u Rwanda watera imbere ukagera ku rwego nk’urw’uwo muri Nigeria mu gihe Leta yawutera inkunga. Fireman yabitangarije mu kiganiro yagiranye na The New Times, asaba Leta n’Abanyarwanda gushyigikira uyu muziki, abizeza ko wagera kure mu gihe baba babikoze. Yasobanuye uko byagenze […]
Marketing Director at ITM Africa Ltd
JOB VACANCY POSITION: Marketing Director Location: Rubavu, Rwanda ITM Africa Ltd, an international company specializing in all HR solutions is currently supporting the recruitment of a Marketing Director on behalf AFRICA TRADE DISTRIBUTION AND MARKETING RWANDA ROLE The marketing director reports the CEO and the CFO. What you will do: Management and prospection of new […]
RDC: Nyuma y’ifungwa ry’umujyanama wihariye wa perezida abandi bakomeje gufatwa
François Beya, umujyanama wihariye wa FĂ©lix Tshisekedi mu bijyanye n’umutekano, arafunzwe kuva ku ya 5 Gashyantare mu kigo cy’ikigo gikomeye gishinzwe iperereza (ANR). Nk’uko abamwegereye babivuga, nta birego bigaragara aramenyeshwa. Arasaba rero ko yarekurwa cyangwa akazanwa imbere y’umucamanza. Ariko hagati aho hafashwe abantu bashya mu minsi yashize. Ubwa mbere, hafashwe Guy Vanda, umunyamabanga wihariye wa […]
Museveni yangiye umuhungu we ko asezera mu gisirikare cya Uganda
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’iki gihugu, yangiye umuhungu we, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba gusezera mu ngabo za kiriya gihugu imburagihe. Ejo ku wa Kabiri ni bwo Gen Muhoozi yatunguranye atangaza ko asezeye mu gisirikare cya Uganda yari amazemo imyaka 28. Kuri Twitter ye yagize ati: “Nyuma y’imyaka 28 ndi […]
Ukraine yacyuye ingabo zayo zabaga muri RDC
Guverinoma ya Ukraine yafashe icyemezo cyo gucyura ingabo zayo 250 zari mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) buzwi nka MONUSCO. Iki cyemezo cyamenyeshejwe uyu muryango, UN, nk’uko Umuvugizi wayo mu ishami rishinzwe ubutumwa bw’amahoro yabitangaje, agira ati: “UN yakiriye ubutumwa bwa Guverinoma ya Ukraine bwo gucyura ingabo zayo 250, […]
Miss Rwanda 2022: contestant quits
Lynda Nkusi, Miss Rwanda 2022 contestant number 43 quit the beauty pageant competition over personal reasons, has said organiser of the competition. Nkusi, allegedly a film actress entered the boot camp representing the Eastern Province. There are in the boot camp 20 Miss Rwanda contestants, but her exit from the competition leaves only 19 contestants […]
Amafoto: Ibikoresho igisirikare cy’u Burusiya kimaze gutakaza mu ntambara yo muri Ukraine

U Burusiya bwatangiye kugaba igitero simusiga muri Ukraine ku ya 24 Gashyantare 2022, mu gihe haherukaga intambara hagati y’ibi bihugu mu 2014 yarangiye intara ya Crimea yigaruriwe n’u Burusiya. Iki gitero cyo kuwa 24 Gashyantare nicyo gitero kinini cya gisirikare gisanzwe cyibasiye igihugu cyigenga mu Burayi kuva Intambara ya Kabiri y’Isi yarangira. Hagati aho iyi […]
Equality is not a favour, says Kagame
President Paul Kagame on Tuesday joined the world to celebrate international women’s day, particularly praising the resilience of Rwandan women. “Rwandan women have been at the center of the country’s transformation journey,” reads part of his message shared on Twitter. “Equality is a right not a favour. We must challenge ourselves to do even more […]
USA na Poland ntibyumvikana ku ndege z’intambara zishobora kohererezwa Ukraine
Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) zaragaje ko zitumvikana na Poland ku giterezo cyo kohereza indege zo gufasha ingabo za Ukraine guhangana n’iz’u Burusiya. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Poland, Zbigniew Rau, kuri uyu wa 8 Werurwe 2022 yari yatangaje ko igihugu cye cyiteguye kohereza indege za MiG-29 zacyo ku birindiro bya Ramstein mu Budage, ikazishyikiriza […]
INKOMOKO Y’UBUKRISTU : Igice cya mbere
Kubera ko iyi nkuru iri ndende twiyemeje kuyitangaza mu bice kugirango itarambira abasomyi. Twatekereje kwandika iyi nyandiko kugirango dufatanye n’imbaga y’Abemera kugerageza guhuza ibyo bemera n’amateka yabyo. Kuko burya buri dini ryose rigira urugendo, rigira inzira rinyuramo kugirango ribe uko rimeze mu gihe runaka. Nyamara usanga kenshi ibyo abayoboke baba batabizi, bibaza k’uko rimeze icyo […]
Umunyamategeko wareze mu nkiko Past. Bugingo yavuze ko gufungwa ntacyo bimutwaye asaba ibirimo mudasobwa
Umunyamategeko, Hassan Male Mabirizi, wajyanye Past. Bugingo Aloysius mu nkiko, yasabye urukiko rwa Buganda Road ko we nta kibazo kuba yafungirwa muri gereza ya Kitalya gusa asaba guhabwa mudasobwa, interineti, imishani icapa impapuro n’iz’ifotora. Male Mabirizi yajyanywe mu nkiko na Robert Rutaro, wavuze ko amagambo yatangaje kuri Twitter, ari ukwibasira umucamanza, Musa Sekaana. Ni ubutumwa […]
Liverpool yatsinzwe na Inter na Bayern Munich yandagaje Salzburg zageze muri 1/4 cy’irangiza cya UEFA C.L
Ikipe ya Liverpool yo mu Bwongereza na Bayern Munich yo mu Budage, zabimburiye andi makipe mu kugera muri 1/4 cy’irangiza cya UEFA Champions league. Liverpool yari yakiriye i Anfield Road Inter de Milan yo mu Butaliyani mu mukino wo kwishyura wa 1/8 cy’irangiza, itsindwa igitego 1-0 ariko ikomeza ku giteranyo cy’ibitego 2-1. Ni nyuma yo […]
Rurageretse hagati ya Ndimbati na Kabahizi umushinja kumusindisha akamutera inda y’impanga
Umukobwa witwa Kabahizi Fridaus ukomoka mu karere ka Nyaruguru, arashinja Uwihoreye Mustafa uzwi muri sinema Nyarwanda nka Ndimbati kumutera inda bamara kubyarana impanga akamutererana. Ndimbati yemera koko yabyaranye n’uyu mukobwa uvuga ko yatewe inda afite imyaka 17 y’amavuko. Iby’aba bombi bigitangira nk’uko Kabahizi yabitangarije Televisiyo ya ISIMBI ikorera kuri YouTube, hari muri 2019 ubwo yavaga […]