Umuryango wa Rwigara watsinze umujyi wa Kigali mu rukiko rukuru

Urukiko rukuru rwanzuye ko umuryango wa Rwigara Assinapol wari umunyemari ukomeye watsinze umujyi wa Kigali, rutegeka ko uyu muryango uhabwa amafaranga y’u Rwanda abarirwa muri miliyoni 433 n’igihembo cya avoka cya miliyoni imwe. Uyu mwanzuro ni wo urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwari rwarafashe, ariko umujyi wa Kigali n’umuryango wa Rwigara bikawujuririra mu rukiko Rukuru. Umuryango […]

UK to send asylum seekers to Rwanda

This Thursday, Rwanda and the UK have signed the Rwanda-UK Migration and Economic Development Partnership, under which some people seeking refugee protection in Britain will be transferred to Rwanda. During the Press Conference on the UK-Rwanda Migration and Economic Development Partnership, Rwanda’s Minister for Foreign Affairs, Dr Vincent Biruta said Rwanda is ready. “In relation […]

Umuherwe Elon Musk usanganwe imigabane 9% muri Twitter arashaka kuyigura yose

Umuherwe Elon Musk wa mbere ku Isi kugeza ubu arifuza kugura urubuga nkoranyambaga rwa Twitter rwose uko rwakabaye asanzwe afitemo imigabane 9%. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Kane bibaye nyuma y’iminsi mike uyu muyobozi mukuru w’uruganda rwa Tesla rukora imodoka zikoreshwa n’amashanyarazi, avuze ko atazongera kwitabira inama y’ubuyobozi bw’uru rubuga nkoranyambaga. Twitter Inc yavuze mu […]

Igisubizo cya PM Boris ku Bwongereza bugiye kohereza abimukira mu Rwanda kandi burunenga

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson, yasobanuriye itangazamakuru umugambi wo kohereza abimukira mu Rwanda ukubiye mu masezerano ibihugu byombi byashyizeho umukono kuri uyu wa 14 Mata 2022. Aya masezerano mu by’abimukira n’iterambere ry’ubukungu yashyizweho umukono na Minisitiri w’umutekano w’imbere w’u Bwongereza, Priti Patel na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta. Boris yavuze ko […]

U Burusiya bwateguje Suède na Finland intwaro kirimbuzi zabwo mu gihe byaba byinjiye muri NATO

Igihugu cy’u Burusiya cyaburiye NATO ko ibihugu bya Suède na Finland nibiramuka byinjiye muri uyu muryango kizohereza intwaro zacyo kirimbuzi mu gace ka Baltic biriya bihugu byombi biherereyemo. Ni ibyatangajwe na Dmitry Medvedev usanzwe ari Umuyobozi wungirije w’Inama y’umutekano y’u Burusiya. Medvedev yavuze ko NATO niramuka yemereye biriya bihugu kuyinjiramo hadashobora kongera kubaho ibiganiro byerekeye […]

Kwibuka28: Uko Ntakaveve yiyiciye umugore we utwite amukubise ishoka ndetse akica na nyirabukwe

Bamwe mu bafite ababyeyi bishe abo bashakanye babaziza ko bari Abatutsi mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, bavuga ko bafite intimba n’agahinda ko kumva ko umugabo cyangwa umugore yakwica uwo bashakanye cyangwa babyaye amuziza ko ari umututsi. Mu murenge wa Mutete w’Akarere ka Gicumbi, umugabo witwa Ntakaveve Athanase, afungiwe burundu icyaha cyo gukora Jenoside yakorewe […]

Amafoto: Ibyamamare muri Hollywood byitabiriye ubukangurambaga busaba ifungurwa rya Rusesabagina

b1fbbe08a637fd40faa9f205cf4c8fbd.jpg

Ibyamamare muri Hollywood birimo Don Cheadle (wakinnye ari Rusesabagina muri Hotel Rwanda) byitabiriye ubukangurambaga bwiswe #FreeRusesabagina bugamije gusaba ifungurwa rya Paul Rusesabagina wakatiwe n’ubutabera bw’u Rwanda imyaka 25 y’igifungo nyuma yo kumuhamya ibyaha birimo iterabwoba no guhungabanya umutekano w’igihugu. Urugaga rw’Abavoka b’Abanyamerika na Clooney Foundation for Justice, Inama mpuzamahanga y’abavoka, ndetse n’imiryango iharanira uburenganzira bwa […]

Boris Johnson yatangaje ko abimukira ibihumbi n’ibihumbi ari bo bazoherezwa mu Rwanda

amaseze.jpg

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson, yatangaje ko abimukira badafite ibyangombwa babarirwa ibihumbi n’ibihumbi ari bo bashobora koherezwa mu Rwanda kugeza mu myaka iri imbere. Ni nyuma y’aho guverinoma y’u Bwongereza n’u Rwanda zemeranyije guhererekanya aba bimukira, mu gihe ubusabe bwabo bwo kwemererwa ubuhunzi bugisuzumwa. Minisitiri w’umutekano w’imbere w’u Bwongereza, Priti Patel yamaze kugera mu […]

Mali yanze ubusabe bw’u Budage bwo guhagarika umubano n’Abarusiya

diop-3.jpg

Leta ya Mali yatangaje ko idashobora gushyira mu bikorwa ubusabe bw’u Budage bwo guhagarika umubano hagati yayo n’Abarusiya, bwashingiraga ku ntambara u Burusiya bwashoje kuri Ukraine muri Gashyantare 2022. Kuri uyu wa 13 Mata 2022, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Budage, Annalena Baerbock, yahuye na Colonel Assimi GoĂŻta uyoboye inzibacyuho ya Mali n’abandi bayobozi bakuru, baganira […]

Kagame arrive en JamaĂŻque pour une visite historique

fqqux_kx0auidg_.jpg

Le prĂ©sident Paul Kagame est arrivĂ© en JamaĂŻque pour une visite d’État de trois jours, qui vise Ă  renforcer la coopĂ©ration mutuellement bĂ©nĂ©fique. Kagame a Ă©tĂ© accueilli mercredi par le gouverneur gĂ©nĂ©ral Patrick Allen et le premier ministre jamaĂŻcain Andrew Holness Ă  l’aĂ©roport international Norman Manley. « Cet après-midi, Son Excellence Paul Kagame, PrĂ©sident de […]

M23 yarekuye abasirikare ba FARDC yari yarafashe mpiri

Umutwe wa M23 wemeje ko wamaze kurekura abasirikare ba Congo Kinshasa waherukaga gufatira mu mirwano yahuje impande zombi mu minsi ishize. M23 yaherukaga gutangaza ko iteganya kurekura aba basirikare ikabashyikiriza Komite mpuzamahanga ya Croix-Rouge (CICR). Ni icyemezo uyu mutwe wafashe nyuma yo gutangaza ko unafashe icyemezo cyo kuva mu bice byose wari warigaruriye, mu rwego […]

Amerika: Amashusho agaragaza umupolisi w’umuzungu yica Umunyekongo yateje urunturuntu

2022-04-13t233607z_168249377_rc2jmt9nyirz_rtrmadp_3_usa-race-michigan.jpg

Umuturage w’Umunyekongo w’imyaka 26 aherutse kwicwa na polisi yo muri Amerika ku itariki 04 Mata, ariko video y’ibyabaye yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Gatatu ushize yateje urunturuntu. Amakuru atangazwa n’ibinyamakuru bitandukanye birimo France24 avuga ko umwuka mubi wongeye kuzamuka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kubera uyu mwirabura w’Umunyekongo ufite abana babiri wishwe na polisi […]

Perezida Kagame yashyize indabo ku mva y’intwari Marcus Garvey (Amafoto)

fqsudkdwqaen0uc.jpg

Perezida w’ u Rwanda, Paul Kagame, nyuma yo kugera muri Jamaica ku mugoroba wo kuwa Gatatu tariki 13 Mata, yahise ajya gushyira indabo ku mva ishyinguyemo intwari, Marcus Mosiah Garvey Sr. ONH, waharaniye uburenganzira bw’Abirabura ndetse aranamwunamira. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu kuri Twitter, byatangaje ko Kagame yashyize indabo ku mva ya Gurvey ” Nyuma gato yo […]

Meteo Rwanda yasubije abavuga ko imvura y’ukwa Kane yabuze

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bw’ikirere (Meteo Rwanda), cyongeye guhumuriza abaturage ko imvura izaboneka mu gice cya kabiri cy’uku kwezi bitandukanye n’igice cya mbere cy’ukwezi kwa Mata. Bamwe mu bahinzi bari batangiye kugira impungenge z’igabanuka ry’imvura, bari biteze mu mirimo yabo y’ubuhinzi. Ubusanzwe bimenyereye ko mu kwa Kane hagwa imvura nyinshi ariko hirya no hino mu […]

Gen. Kabarebe yavuze ko Perezida Kagame ari we wenyine wabujije Inkotanyi guhorera abishwe muri jenoside

Umujyanama wihariye wa Perezida Paul Kagame mu by’umutekano, General James Kabarebe, yavuze ko Umukuru w’Igihugu wari umuyobozi mukuru w’umutwe w’ingabo wa RPF Inkotanyi (RPA) ari we wenyine wabujije abasirikare bawo kudahorera Abatutsi bishwe muri jenoside. Yabivugiye mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 28 abazize jenoside yakorewe Abatutsi cyitabiriwe n’abakozi mu rwego rw’imisoro n’amahoro (RRA), […]

Burundi: Umuhinzi wemeye guha imfashanyo impunzi zo muri Ukraine ari mu bwihisho

Umurundi w’umuhinzi witwa Adrien Nimpagaritse uherutse kugaragara mu itangazamakuru ashaka guha imfashanyo abanya-Ukraine bugarijwe n’intambara, biravugwa ko kuva kuwa Kane w’icyumweru gishize ari mu bwihisho yihisha abantu bakorera urwego rw’iperereza bashatse kumunyereza. Amakuru urubuga UBMNews ruvuga ko rukesha SOS Medias Burundi, avuga ko uyu yahamagawe kuri telephone kuwa Kane ushize n’abantu biyita abanyamakuru ba BBC […]

Gisagara: Abarokotse jenoside bifuza ko ku cyuzi cya Mwakizi hashyirwa urwibutso

img-20220414-wa0004.jpg

Bamwe mu barokotse jenoside yakorewe Abatutsi bafite ababo bishwe bakajugunywa mu cyuzi cya Mwakizi giherereye mu Murenge wa Kansi mu karere ka Gisagara, bifuza ko hashyirwa ikimenyetso cy’amateka ya jenoside yakorewe Abatutsi, kugira ngo atazasibangana. Babivuze kuri uyu wa Gatatu tariki ya 13 Mata 2022 ubwo bibukaga Abatutsi bishwe muri jenoside bakajugunywa mu Cyuzi cya […]

Kagame arrives in Jamaica for three-day state visit

President Paul Kagame, last night arrived in Jamaica for a three-day State Visit, according to Rwanda Presidency. He was welcomed by Prime Minister Andrew Holness and Governor-General, Sir Patrick Allen. The three-day State Visit aims to strengthen mutually beneficial cooperation. Shortly after arriving in Jamaica on Wednesday for a three-day state visit, President Paul Kagame […]

Nyaruguru: Polisi yafashe magendu amabaro 19 y’imyenda ya caguwa

Polisi ikorera mu karere ka Nyaruguru ifatanije n’izindi nzego z’umutekano ndetse n’abaturage kuri uyu wa gatatu tariki ya 13 Mata, yafashe umugabo witwa Sindayigaya Patrice afite magendu amabaro 7 y’imyenda izwi nka caguwa , yakuraga mu gihugu cy’u Burundi. Yafatiwe mu Murenge wa Ngoma, Akagali ka Mbuye, Umudugudu wa Rurambo. Hanafashwe kandi magendu y’amabaro 12 […]

Abarenga 300 bamaze guhitanwa n’umwuzure wibasiye Afurika y’Epfo

Abantu barenga 300 ni bo bimaze kumenyekana ko bamaze gupfa, nyuma y’umwuzure ukomeye wibasiye intara ya KwaZulu-Natal yo muri Afurika y’Epfo. Kuri ubu inzego z’ubuyobozi muri iki gihugu ziri gusaba ko hashyirwaho ibihe bidasanzwe, bitewe n’imvura imaze amezi menshi igwa ubutaruhuka mu bice bimwe na bimwe. Abayobozi muri Afurika y’Epfo bavuga ko imvura yibasiye iki […]

Biden agiye guha Ukraine ibikoresho bya gisirikare bya miliyoni 800$ byo guhangana n’u Burusiya

ap22102831760261.jpg

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yatangaje ko ubuyobozi bwe buzatanga miliyoni 800 z’amadolari y’Amerika y’inyongera ari mu nkunga ya gisirikare yo gufasha Ukraine gukaza ubwirinzi bwayo imbere y’ibitero by’u Burusiya mu burasirazuba bw’igihugu. Inkunga izaba igizwe n’ibikoresho birimo intwaro zirasa kure n’amasasu yazo, imodoka z’imitamenwa zitwara ingabo na za kajugujugu nk’uko […]

Manchester City yasezereye AtlĂ©tico Madrid nyuma y’umukino w’amahane menshi (Amafoto)

img_20220414_001028.jpg

Ikipe ya Manchester City yaraye ikatishije itike ya 1/2 cy’irangiza cya UEFA Champions league, nyuma yo gusezerera AtlĂ©tico de Madrid ku giteranyo cy’igitego 1-0. Igitego rukumbi Kevin de Bruyne yatsindiye mu mukino ubanza wabereye mu Bwongereza mu cyumweru ni cyo cyafashije Manchester City gusezerera AtlĂ©tico. Iyi kipe y’umutoza Pep Guardiola igomba guhurira muri 1/2 cy’irangiza […]

Perezida Kagame yageze i Kingston, mu ruzinduko rw’amateka (Amafoto)

img_20220414_003204.jpg

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yamaze kugera i Kingston mu murwa mukuru wa Jamaica, aho yatangiye uruzinduko rw’akazi rwa mbere yagiriye muri iki gihugu. Saa cyenda z’igicamunsi cyo muri Jamaica (Saa tanu z’ijoro z’i Kigali) ni bwo indege yari itwaye Umukuru w’Igihugu yasesekaye ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Norman Manley i Kingston, aho yatangiye uruzinduko […]