University of Rwanda Vice Chancellor resigns

Prof Alexandre Lyambabaje, presented his resignation on the position of Vice-Chancellor of University of Rwanda (UR), the statement from Board of Directors confirms. The statement says the interim VC is Prof. Nosa Egiebor, until another appointment. Prof Lyambabaje was appointed one year ago, replacing Prof. Phillip Cotton who was at the helm for five years. […]
Umuvunyi Mukuru yasabye ko umutungo wa Afurika unyererezwa hanze wagaruzwa

Urwego rw’Umuvunyi rw’u Rwanda n’izindi nzego zishinzwe kurwanya ruswa zihuriye mu muryango ushamikiye kuri Commonwealth, ishami rya Afurika, zirasaba ko ibihugu byo kuri uyu mugabane byakwifatanya mu kugaruza wanyererejwe hanze yawo. Ni ubusabe bugaragara mu myanzuro yafashwe n’abahagarariye izi nzego bari bateraniye mu Rwanda guhera ku wa 3 kugeza kuri uyu wa 6 Gicurasi 2022, […]
Guhanwa na byo birafasha_Perezida Kagame asubiza Bamporiki wamutakambiye amusaba imbabazi
Perezida Paul Kagame yavuze kuri Bamporiki Edouard wamutakambiye asaba imbabazi, avuga ko uyu mugabo asanzwe ahora mu bibi bikaba ngombwa ko asaba imbabazi, agaragaza ko hari n’abandi bameze nka we. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu ni bwo Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’umuco yemeye ko yakoze icyaha cyo […]
Bamporiki yemeye ko yakiriye indonke, atakambira abarimo Perezida Kagame
Bamporiki Edouard uheruka guhagarikwa ku nshingano zo kuba Umunyamabanga wa Leta muri Minisetiri y’Umuco n’Urubyiruko, yemeye ko yakoze icyaha cyo kwakira indonke; asaba imbabazi abarimo Perezida Paul Kagame. Bamporiki abinyujije kuri Twitter ye, yavuze ko umutima we wanze kumuha amahwemo nyuma yo guhemuka. Ati: “Nyakubahwa Umukuru w’uRwanda Paul Kagame, Narahemutse. Umutima wanze kumpa amahwemo. Bavandimwe, […]
Kenya: Moteri yahaga amashanyarazi urugo rwa Kibaki yibwe nyuma y’iminsi ashyinguwe
Moteri yatangaga amashanyarazi mu rugo rwa Nyakwigendera Perezida Mwai Kibaki inamurikira ingo zituranye nawe mu Mudugudu wa Kanyange, mu Ntara ya Nyeri yangijwe ibyuma byayo biribwa nyuma y’iminsi itatu ashyinguwe ku ya 30 Mata. Iyi moteri yari yarashinzwe nko muri metero 50 uvuye ku rugo rw’uwahoze ari perezida. Nibura amazu 400 aturanye na Kibaki yahise […]
Meat, alcohol imports to cost both water and firewood following 35pc EAC tariff increase
Imports to the East African Community (EAC) will now attract a maximum tax of 35 percent after all partner states settled on the Common External Tariff (CET) on fourth band products. Goods in this band include dairy and meat products, cereals, cotton and textiles, iron and steel, edible oils and alcoholic beverages. Others are furniture, […]
Rwakazina presents credentials to Austria’s Alexander
Rwanda’s Ambassador Marie Chantal Rwakazina has presented credentials to the President of Austria, Alexander Van del Bellen to represent Rwanda in the country. The ceremony took place in Vienna on Thursday 5th May 2022. Amb. Rwakazina also represents Rwanda to other countries including Switzerland, Liechtenstein, Vatican and Slovenia. She also serves as a permanent representative […]
Mutware ibi bikombe byose natwe ibindi mubitubaze_ Gen Muganga abwira abakinnyi ba APR FC
Umuyobozi wa APR FC, Lt Gen Mubarakh Muganga, yasabye abakinnyi b’iyi kipe gutwara ibikombe byose kuri ubu bari gukinira ubundi na bo bagasaba ubuyobozi icyo bifuza. Gen Muganga yabahaye uyu mukoro ubwo yari yasuye iyi kipe mu myitozo, mbere y’umukino w’umunsi wa 26 wa shampiyona igomba gusuramo Espoir FC. Yagize ati: “Urugamba rugeze ahakomeye namwe […]
Burkina Faso: Abashinzwe umutekano 11 biciwe mu bitero by’iterabwoba
Abasirikare barindwi hamwe n’abafasha bane b’ingabo za Burkina Faso kuri uyu wa Kane biciwe mu bico bibiri byatezwe n’abaterabwoba mu turere two mu majyaruguru, nk’uko byatangajwe n’ingabo. Igitero cya mbere cyabereye hafi y’umujyi wa Sollé, gihitana “abasirikari babiri n’abakorerabushake mu kurinda igihugu (Volontaires pour la défense de la patrie) bane”, nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi bw’ingabo. Igitero […]
Si Marines gusa yananiwe gutsinda APR FC, ntimukadushyire mu matiku yanyu na APR_Umutoza Rwasamanzi
Umutoza Yves Rwasamanzi w’Ikipe ya Marines FC yikomye bamwe mu banyamakuru badahwema kugaragaza ko ikipe ye ikunze kubererekera APR FC iyo bahuye, abasaba kujya bavana Marines FC “mu matiku” yabo n’iriya kipe y’Ingabo z’igihugu. Rwasamanzi yabigarutseho ku wa Gatatu w’iki cyumweru, mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru. Ni ikiganiro cyakurikiye umukino wo kwishyura wa ¼ cy’irangiza cy’igikombe […]
Ingabo z’u Burusiya ziri hafi yo kwizihiza Umunsi w’Intsinzi
Tariki ya 9 Gicurasi buri mwaka, ingabo z’u Burusiya zizihiza ‘Umunsi w’Intsinzi’ zibukiraho itariki yabo y’ingenzi yaziranze mu ntambara ya kabiri y’Isi, mu 1945 ubwo mu gihe zari zigize Ubumwe bw’Abasoviyete zatsindaga iz’u Budage bwari buyobowe n’umunyagitugu Adolf Hitler. Mu gihe hizihizwa uyu munsi, ingabo z’u Burusiya zerekana ubushobozi bwazo mu bijyanye n’abasirikare ndetse n’ibikoresho […]
Umwiraburakazi wa mbere ubana n’uwo bahuje igitsina yagizwe Umuvugizi wa White House

Ni impinduka zidasanzwe muri White House aho Karine Jean-Pierre yagizwe Umuvugizi wa Perezidansi ya Amerika, ahinduka umugore wa mbere w’umwirabura kandi ubana n’uwo bahuje igitsina ugiye kuri uyu mwanya. “Ndi byose Donald Trump yanga.” Ibi nibyo Karine Jean-Pierre yavuze muri 2018. Nyuma y’imyaka ine, niwe rero uzaba ashinzwe kuvugira perezida no gukemura ibibazo byabajijwe buri […]
SM le Roi Mohammed VI lance les travaux du nouvel hôpital « Ibn Sina » à Rabat
Sa Majesté le Roi Mohammed VI a procédé, mercredi 5 mai 2022, au lancement des travaux de rénovation et de reconstruction du nouvel Centre Hospitalier Universitaire(CHU) “Ibn Sina”, prévu être le complexe de santé publique le plus complet et le plus moderne au Maroc et en Afrique. Il s’agit d’un investissement de plus de 6 […]
Rusizi: ADEPR irasaba abayoboke bayo bakoze jenoside gusaba imbabazi

Mu gihe abarokokeye jenoside yakorewe Abatutsi muri GS Gihundwe mu karere ka Rusizi basengera ubu, banasengeraga muri ADEPR Gihundwe, bavuga ko bababazwa n’uko hari abo bazi basenganaga mbere ya jenoside n’ubu bagisengana, bayigizemo uruhare kugeza ubu bababona imbere mu murimo w’Imana kandi batarigeze bagira umwanya wo kubasaba imbabazi, ubuyobozi bw’itorero ADEPR ururembo rwa Gihundwe buravuga […]
Uko Bamporiki yigeze kumara icyumweru muri kasho
Bamporiki Edouard wahagaritswe ku mwanya w’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, RIB igatangaza ko afungiwe mu rugo rwe akurikiranyweho icyaha cya ruswa n’ibifitanye isano na yo, si ubwa mbere afunzwe kuko na mbere yigeze kumara icyumweru muri kasho ya Polisi. Muri Nyakanga 2021 ubwo u Rwanda rwizihizaga imyaka 27 rumaze rubohowe n’ingabo zari zishamikiye […]
Le ministre Bamporiki suspendu dans le cadre d’une enquête pour des cas graves
Le président rwandais Paul Kagame a suspendu le secrétaire d’État au ministère de la jeunesse et de la culture, ont annoncé les autorités. La suspension d’Edouard Bamporiki était due à “des questions de responsabilité faisant l’objet d’enquêtes”, selon un communiqué du cabinet du Premier ministre. Il a également été assigné à résidence alors qu’il faisait […]
Antonio Guterres yamaganye gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda, avuga ko rukennye
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, António Guterres, yatangaje ko adashyigikiye umugambi w’u Bwongereza wo kohereza abimukira mu Rwanda, avuga ko rukennye. Guterres yabitangarije mu kiganiro yagiranye na BBC, nyuma y’uruzinduko yagiriraga mu bihugu bya Senegal, Niger na Nigeria. Umunyamabanga Mukuru wa Loni yavuze ko amasezerano yo kohereza abimukira mu Rwanda yasinywe hagati y’u Rwanda n’u Bwongereza […]
Perezida Putin yasabye imbabazi Israel kubera ibyavuzwe na minisitiri we
Nk’uko byatangajwe n’ibiro bya Minisitiri w’Intebe wa Israel, Naftali Bennett, ngo Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yasabye imbabazi ku magambo atavugwaho rumwe Moscou yavuze ashinja Israel gushyigikiraUbu-Nazi bushya muri Ukraine ndetse ikarenzaho ko kuba perezida wa Ukraine ari Umuyahudi nta gitangaje kuko na Adolf Hitler yari Umuyahudi. Kuri uyu wa Kane, abo bayobozi bombi bavuganye […]
MININFRA yavuze impamvu hagiye kubaho igice cya kabiri cyo guca utujagari
Minisiteri y’Ibikorwaremezo (MININFRA) ivuga ko ibyiza byagezweho mu cyiciro cya mbere cy’umushinga wo kuvugurura no guca utujagari mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali ari byo mbarutso yo gutangiza icyiciro cya 2 cy’uyu mushinga. Biteganyijwe kandi ko muri iki cyiciro cya kabiri hazitabwaho cyane ibikorwaremezo byo gucunga amazi y’imvura. Ibi byagarutsweho kuri uyu wa Kane mu […]
Hasobanuye uburyo USA ishobora kuba iri inyuma y’irohama ry’ubwato Moskva bw’u Burusiya
Ibinyamakuru bitandukanye byo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) bivuga ko iki gihugu cyaba kiri inyuma y’irohama ry’ubwato bunini bw’intambara bw’u Burusiya, Moskva, bwari bugiye kwifashishwa mu kugaba ibitero muri Ukraine. BBC News ivuga ko hari umuyobozi wo muri USA utavuzwe amazina, wasobanuye ko mbere y’uko ubu bwato burohama, Ukraine yari yabanje gusaba iki […]
Umwami Philippe w’u Bubiligi agiye gusura Repubulika ya Demokarasi ya Congo
Umwami Philippe w’u Bubiligi n’Umwamikazi Mathilde bazasura Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuva ku ya 7 Kamena kugeza ku wa Mbere, itariki 13 Kamena 2022, nk’uko byatangajwe na Perezidansi ya Congo yemeza ko bazasura Kinshasa, Lubumbashi na Bukavu, ku butumire bwa Félix Tshisekedi. Ni uruzinduko rw’amateka dore ko ari rwo bwa mbere muri Repubulika ya […]