APR FC yasubiriye Rayon Sports, isanga AS Kigali ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro
Ikipe ya APR FC yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro, nyuma yo gutsinda Rayon Sports ikayisezerera ku giteranyo cy’ibitego 2-1. Iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yari yakiriye Rayon Sports kuri Stade ya Kigali, mu mukino wo kwishyura wa ½ cy’irangiza cy’igikombe cy’Amahoro. Ni nyuma y’ubanza mu cyumweru gishize amakipe yombi yari yaguyemo miswi 0-0. APR […]
M23 irashinja FARDC kwirengagiza ibyo Perezida Tshisekedi yanze
Umutwe wa M23 washinje igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gukomeza kugirana imikoranire n’imitwe yitwaje intwaro ikorera mu Burasirazuba bwa kiriya gihugu, mu gihe Perezida Félix Tshisekedi yamaganiye kure iki gitekerezo. Perezida Tshisekedi ku wa Kane w’icyumweru gishize yatangaje ko adashyigikiye igitekerezo cy’imikoranire hagati ya ba Ofisiye ba FARDC n’imitwe yitwaje intwaro ikorera ku […]
Mukansanga ari mu bazatoranywamo abasifuzi b’igikombe cy’Isi cy’abagabo
Umunyarwandakazi Salima Mukansanga ari mu bazatoranywamo abazafirura irushanwa ry’igikombe cy’Isi cy’abagabo, FIFA World Cup, rizabera muri Qatar mu Gushyingo 2022. FIFA World Cup yatangarije ku rubuga rwayo abagore batatu bari ku rutonde rw’abasifuzi bazerekeza muri Qatar, aba bakaba ari: Mukansanga, Umuyapanikazi Yamashita Yoshimi n’Umufaransakazi Stephanie Frappart. Yagize iti: “Dushimiye Yamashita Yoshimi, Stephanie Frappart na Salima […]
Kayonza: Abana batatu birera barataka inzara nyuma y’aho se bari basigaranye afunzwe

Abana batatu bo mu karere ka Kayonza barimo ufite imyaka 5 y’amavuko, 11 na 13 y’amavuko, birera nyuma y’aho nyina yahukanye na se akaba amaze ibyumweru bitatu afunzwe akurikiranyweho kwiba igitoki, barataka inzara, bagasaba gukemurirwa uruhuri rw’ibibazo bibugarije bafite. Aba bana batuye mu mudugudu wa Gasharu, akagari ka Gikaya, umurenge wa Nyamirama bavuga ko baba […]
Finlande ntizemera ko NATO yohereza intwaro za kirimbuzi cyangwa ishyira ibirindiro ku butaka bwayo
Minisitiri w’intebe Sanna Marin wa Finlande yavuze ko igihugu cye kitemera ko NATO yakohereza intwaro za kirimbuzi cyangwa gushinga ibirindiro bya gisirikare ku butaka bwayo kabone n’iyo yakwemererwa kwinjira muri ubwo bufatanye. Marin yabitangarije ikinyamakuru cyo mu Butaliyani Corriere della Sera mu kiganiro cyasohotse kuri uyu wa Kane avuga ko ibikorwa nk’ibi bitari mu mishyikirano […]
VIDEO: REBA URUGWIRO GISAGARA VC YAKIRANWE, CASTAR YAMBITSWE UMUDALI
Ingabo za Sudani y’Epfo zigiye kwirindira abaturage muri Abyei, ngo iza UN byarazinaniye

Igisirikare cya Sudani y’Epfo cyiyemeje kohereza abasirikare mu gace ka Abyei kari mu makimbirane yayo na Sudani kugira ngo barinde abaturage, kuko ngo abari mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye bwahawe izina rya ‘UNISFA’ bananiwe kubarinda. Ni icyemezo cyafashwe nyuma y’aho abitwaje intwaro bo mu bwoko bwa Misseriya bwo muri Sudani bagabye igitero ku baturage bao […]
Indwara isa nk’ubushita yari imenyerewe muri Afurika yageze no mu Burayi na Amerika
Ishami rishinzwe ubuzima rusange rya Massachusetts muri Amerika kuri uyu wa Gatatu ryatangaje ko hatahuwe virusi itera indwara imeze nk’ubushita ku mugabo uherutse kujya muri Canada. Ikigo cyo muri Amerika gishinzwe kurwanya no gukumira indwara (CDC) ku gicamunsi cyo ku wa gatatu cyatangaje ko laboratoire zayo zemeje ko iyi ndwara ari ‘monkeypox’. Ikigo cya Leta […]
Amateka y’Umunyafurika wibye miliyoni 242 z’amadolari i Dubai, akaziheza
Umunsi umwe muri Kamena 1995, umuturage Foutanga Babani Sissoko ukomoka muri Mali yagiye ku kicaro cya Islamic Bank of Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE), asaba umuyobozi wa banki kumusura bagasangira ibya nimugoroba. Kuva umunsi yamusuye, habayeho ubujura budasanzwe kuko ubwo baganiraga bombi bari ku meza, yasobanuriye umuyobozi wa banki, Muhammed Ayoub ko afite […]
RDC: Leta irasanga kuvana ingabo za Uganda ku butaka bwayo byaba byihuse
Repubulika ya Demokarasi ya Congo irasanga kuvana ingabo za Uganda ku butaka bwayo byaba bibaye “imburagihe”. Kuri guverinoma, icyemezo nk’iki kigomba gufatwa hagati y’ibihugu byombi, nyuma y ‘“inama y’abagaba b’ingabo”, kugira ngo “dusuzume urugero rw’ihindagurika ugereranije n’intego za mbere”. “Abasirikare ba Uganda bafatanyije n’aba Congo barwanyije umutwe w’inyeshyamba za ADF mu burasirazuba bw’igihugu kuva mu […]
Castar yatangaje ko yari guhanwa gatanu ariko ikipe y’igihugu ya Volleyball ntihagarikwe

Umunyamakuru wa siporo usanzwe ari na Visi Perezida wa kabiri w’ishyirahamwe ry’umukino wa Volleyball mu Rwanda (FRVB) ushinzwe amarushanwa, Bagirishya Jean de Dieu uzwi nka Jado Castar, yatangaje ko yari guhanwa byikubye gatanu ariko ikipe y’igihugu y’abagore ntihagarikwe. Castar yabitangarije abanyamakuru mu rukerera rwo kuri uyu wa 19 Gicurasi 2021ubwo yari ku kibuga cy’indege mpuzamahanga […]
Le deuxième fugitif du génocide rwandais confirmé mort
L’un des derniers fugitifs recherchés par un tribunal de l’ONU pour son rôle clé présumé dans le génocide rwandais de 1994 a été confirmé mort et l’affaire contre lui classée, a déclaré mercredi le procureur des crimes de guerre de l’ONU, Serge Brammertz, dans un communiqué. L’annonce de la mort de Pheneas Munyarugarama intervient quelques […]
Umusirikare wa mbere w’u Burusiya waburanishijwe muri Ukraine yemeye ibyaha
Umusirikare w’u Burusiya w’imyaka 21 waburanishijwe mu rubanza rwa mbere rw’ibyaha by’intambara kuva u Burusiya bwatera muri Ukraine yemeye icyaha cyo kwica umusivili udafite imbunda. Sgt. Vadim Shishimarin ashobora gufungwa burundu azira kurasa mu mutwe umugabo w’umunya-Ukraine w’imyaka 62 mu majyaruguru y’akarere ka Sumy mu minsi ya mbere y’igitero. Shishimarin, umusirkare w’u Burusiya wo mu […]
Meya Rutaburingoga yemeza ko Gisagara VC itanga icyizere cy’iterambere ry’akarere

Umuyobozi w’akarere ka Gisagara, Rutaburingoga Jérôme, abona ikipe ya Volleyball ya Gisagara VC itanga icyizere ko aka karere kari mu dukennye mu gihugu gashobora gutera imbere. Meya Rutaburingoga yabivuze mu rukerera rwo kuri uyu wa 19 Gicurasi 2022 ubwo yari ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali, amaze kwakira iyi kipe yari imaze kuhasesekara ivuye mu […]
Rusizi: Minisitiri Gatabazi yabwiye abanyenkombo ko abura icyo asubiza perezida Kagame iyo amubaza iby’ubwato 2 yabahaye bukaburirwa irengero

Ubwo yasuraga abaturage bo ku Nkombo mu karere ka Rusizi ku wa 7 Gicurasi, ajyanywe no kubashyikiriza inzu 2 bubakiwe ku bufatanye bwa Minisiteri ayobora na polisi y’igihugu, Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Gatabazi JMV, yababwiye ko atakigoheka kubera guhora abazwa na perezida Kagame iby’ubwato 2 yabahaye kugeza ubu bavuga ko batazi irengero ryabwo, asaba ko hakorwa […]
ISLAM/RELIGION na MODERNITE- Igice cya kabiri
Ingero nke : Ikibazo cya Shia na Suni gikomoka ku kibazo cy’imiryango aho Abashiya bakomeza kwemeza ko uwari gusimbura Intumwa ari Ally kubera ko ari umukwe we na mwene se wabo, nyamara Coran ivuga ibinyuranye n’ibyo muri 49 :13 ; urundi rugero isimburana ry’Ingoma za Banu Umayah na Banu Abbasi byashingiye ku miryango yabo. Abo […]
Iby’ingenzi ku Banyarwanda batorotse ubutabera bagishakishwa na UN

Urwego mpuzamahanga rwashyiriweho gukora imirimo y’insigarira y’inkiko mpanabyaha (IRMCT), rukurikirana abashinjwa ibyaha by’intambara, jenoside n’ibyaha byibasira inyokomuntu, rumaze imyaka myinshi rushakisha bamwe mu Banyarwanda bakekwaho kugira uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Hari abo rwataye muri yombi nyuma y’iperereza rwakoze nka Kabuga Felicien wafatiwe mu Bufaransa mu 2020, hari n’abo rwemeje bidasubirwaho ko bapfuye […]
Sindi umuvandimwe kandi Uganda si umutungo wa so_Bobi Wine asubiza Gen Muhoozi
Umunya-Politiki Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi mu muziki wa Uganda nka Bobi Wine, yihanije Lt Gen Muhoozi Kainerugaba amumenyesha ko bombi ntaho bahuriye, anamwibutsa ko Uganda atari umutungo wa se Yoweri Museveni. Bobi Wine yasubizaga Gen Muhoozi ku butumwa aherutsa kunyuza ku rubuga rwe rwa Twitter. Ku wa Kabiri w’iki cyumweru Lt Gen Muhoozi Kainerugaba yifashishije […]
Eintrancht Frankfurt yegukanye Europa league, kiba igikombe cy’i Burayi itwaye nyuma y’imyaka 42
Ikipe ya Eintrancht Frankfurt yo mu gihugu cy’u Budage yaraye yegukanye igikombe cy’irushanwa rya UEFA Europa league, nyuma yo gutsinda Rangers yo muri Ecosse kuri Penaliti 5-4. Amakipe yombi yari yahuriye ku mukino wa nyuma wa Europa league wabereye kuri Stade ya Ramon Sanchez Pizjuan, mu mujyi wa Seville muri Espagne. Byabaye ngombwa ko hiyambazwa […]