Rwamagana: Barasabwa ubufatanye mu gukemura ibibazo bibanganiye imibereho yabo

img-20220522-wa0005.jpg

Mu rwego rwo kwitegura umunsi mpuzamahanga wo kwibohora kw’Abanyafurika uzaba ku wa 25 Gicurasi, mu karere ka Rwamagana hakozwe umuganda udasanzwe wari ugamijwe kubungabunga ibidukikije. Abaturage bitabiriye uyu muganda udasanzwe basabwe kutaba nyamwigendaho ahubwo bagafatanya gukemura ibibazo bibangamiye imibereho myiza yabo. Urubyiruko rwitabiriye uyu muganda rwasabye ubuyobozi gukurikirana bagenzi barwo nk’uko Byiringiro Emmanuel yabivuze. Yagize […]

Urubanza rwa Bucyibaruta: Humviswe ukuriye iperereza ku byaha byibasira inyoko muntu

Ku munsi wa 9 w’urubanza rwa Bucyibaruta Laurent rubera i Paris mu Bufaransa, urukiko rwakiriye Gen Jean Philippe Reiland, ukuriye iperereza ku byaha byibasira inyoko muntu. Avuga ko bafite amadosiye agera kuri 30 y’abakekwaho Jenoside, ku bya Bucyibaruta bageze mu Rwanda incuro 7, bavugana n’abarenga ijana. Uru rwego ayoboye rwitwa OCLCH (Office Central de Lutte […]

Katumbi na Kabila bongeye guhura nyuma y’igihe badacana uwaka

Abanyapolitiki babiri bakomeye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Joseph Kabila wabaye Umukuru w’Igihugu na Moïse Katumbi wabaye Guverineri w’intara ya Katanga ku butegetsi bwe, bongeye guhura nyuma y’igihe kinini badacana uwaka. Kabila na Katumbi babaye inshuti z’akadasohoka kugeza mu 2015 ubwo uyu muherwe yeguraga ku nshingano ya Guverineri, akanava mu ishyaka ryari ku […]

U Burusiya buravuga ko bwasenye ububiko bwa misile uburengerazuba buherutse guha Ukraine

Kuva kuri uyu wa Gatandatu, u Burusiya bwakomeje kurasa mu burasirazuba bwa Ukraine kandi buvuga ko bwasenye bubiko bwa missiles de croisière zatanzwe n’Uburengerazuba, mu gihe Perezida wa Amerika Joe Biden yashyiraga umukono ku itegeko riteganya guha Ukaine inkunga nshya ingana na miliyari 40 z’amadolari. Nk’uko byatangajwe na Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, icyiciro cy’intambara […]

M23 ivuga ko ingabo za MONUSCO zisanze mu bufatanye na FDLR

Umutwe witwaje intwaro wa M23 uvuga ko ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, MONUSCO, zifatanyije n’umutwe witwaje intwaro wa FDLR zari zambaye umwambaro w’igisirikare cya Leta, FARDC. Umuvugizi wa M23, Major Willy Ngoma, mu itangazo yasohoye kuri uyu wa 22 Gicurasi 2022, yavuze ko abarwanyi bagera […]

Perezida Zelensky n’umugore we ntibakibana kuva u Burusiya bwatangiza ibitero muri Ukraine

zele.jpg

Umugore wa Perezida wa Repubulika ya Ukraine, Olena Zelenska, yahishuye ko atakibana n’umugabo we, Volodymyr Zelensky, kuva ingabo z’u Burusiya zatangiza ibitero gihugu cyabo muri Gashyantare 2022. Mu kiganiro cyo kuri telefone aherutse kugirana n’ikinyamakuru cy’iwabo mbere ya tariki ya 17 Gicurasi, nk’uko Fox News ibivuga, Olena yasobanuye ko umugabo we aba mu kazi. Ati: […]

Menya impamvu abagore bo mu Buhinde bategekwaga gusorera amabere yabo

Mu kinyejana cya 19, mu gace ka Travancore kari muri Leta ya Kerala mu majyepfo y’u Buhinde, Umwami waho yashyizeho umusoro wari ukomeye cyane aho abakobwa n’abagore bo mu miryango ikennye bategekwaga gusorera amabere yabo. Uwo musoro ubusanzwe uzwi nka “Mulakkaram” ngo watangwaga kugira ngo ufashe abakire kurushaho kubaho neza. Ha mbere basabaga ko abagore […]

Igihugu cya Benin kirateganya gukura ingabo zacyo muri MINUSMA

Abategetsi ba Bénin batangaje ku wa Gatandatu, ko ingabo zabo zagiye mu butumwa bwa Loni muri Mali zigiye gucyurwa buhoro buhoro. Kubera iki? Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Benin, Aurélien Agbénonci, yatangaje ko igihugu cye kizakura abasirikare bacyo 390 bakorera muri MINUSMA. Mu ibaruwa Cotonou yandikiye Ubunyamabanga Bukuru bw’Umuryango w’Abibumbye, yerekanye amatariki yo kuvana ingabo zabo […]

La Liga yarahiriye kurega PSG kubera Mbappé wemeye kuguma mu Bufaransa

Shampiyona y’icyiciro cy’umupira w’amaguru muri Esipanye, La Liga, yarahiriye kurega ikipe ya Paris Saint Germain yo mu Bufaransa mu nzego zitandukanye bitewe n’uko ngo yishyuye rutahizamu Kylian Mbappé amafaranga y’umurengera kugira ngo ayigumemo. Ni nyuma y’aho byemejwe ko iyi kipe yamaze kumvikana n’uyu mukinnyi ko azongera amasezerano yo kugeza mu 2025, akazajya ahembwa miliyoni imwe […]

Gasabo: Umugore arashinjwa gutwika umugabo we akoresheje isombe

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gasabo bwakiriye dosiye iregwamo umugore watwitse umugabo we batasezeranye amumenyeho isombe ishyushye yaratetse amuziza y’uko ngo yagiye kuguza amafaranga batabyumvikanyeho. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko uyu mugore yabajijwe akemera icyaha akanagisabira imbabazi avuga ko yabikoze abitewe n’umujinya. Hagati aho, iyi dosiye iracyategurwa mbere yo gushyikirizwa urukiko. Icyaha cyo […]

U Burusiya bwakupiye gaz Finlande iherutse gusaba kwinjira muri NATO

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 21 Gicurasi, igihangange cy’ingufu z’u Burusiya, Gazprom, cyatangaje ko cyahagaritse kohereza gaz muri Finlande nyuma y’uko Helsinki yanze kwishyura mu mafaranga akoreshwa mu Burusiya (Rubles). Isosiyete y’ingufu ya Leta ya Finlande, Gasum, ntabwo yemeye amabwiriza yashyizweho na Moscou y’igihe ntarengwa cy’itariki ya 20 Gicurasi, bituma Gazprom “ihagarika burundu itangwa rya […]

Babiri barindiraga umutekano Joe Biden muri Koreya y’Epfo birukanwe

Abarinzi babiri ba Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), Joe Biden, birukanwe ku butaka bwa Koreya y’Epfo aho yari agiye kugirira uruzinduko, bazira guhohotera umuturage. Nk’uko The Guardian ibivuga, aba barinzi bakorera urwego rwa ‘Secret Service’ bageze muri Koreya y’Epfo mbere y’uko Perezida Biden ahagera nk’uko bisanzwe bigenda iyo ateganya kugirira uruzinduko ahantu. […]

Rusizi/ Rwimbogo: Umuryango wafashe umwana ukiyemeza kumurera nyina ashaka kumwica washimiwe n’abaturage

Abaturage bari bakubise buzuye baje gushyigikira uyu muryango bafata nk'intwari

Abaturage b’umurenge wa Rwimbogo mu karere ka Rusizi, bazindukanye n’iyonka bajya guhemba no gushimira umuryango wa Habimana Bercal na Musanase Raviyana, wafashe umwana w’umwaka,ubwo nyina umubyara yari arimo amukorera iyicarubozo,ashaka kumwica,ukiyemeza kumurera,ukaba umumaranye amezi hafi 5, baboneraho gukorera uwo mwana ibirori byo kumusohora byanitabiriwe n’umuyobozi w’aka karere ushinzwe iterambere ry’ubukungu Ndagijimana Louis Munyemanzi, wavuze ko […]

Rusizi: Umugozi umuturage yiyahuje wakuruye impaka ku irimbi

Umugozi uwitwaga Ngarambe Janvier wari utuye mu karere ka Rusizi yiyahuje, wakuruye impaka ku irimbi rya Gihundwe yagombaga gushyingurwaho, hitabazwa inzego zishinzwe umutekano. Nk’uko babitangarije BTN TV batarashyingura umurambo, abaturage bavuze ko mu muco nyarwanda iyo umuntu yiyahuye, baba bagomba kumushyingurana umugozi yiyahuje, bitaba ibyo abo mu muryango we bakajya bapfa biyahuye, ibyo bita ‘Gushirira […]