Kenya: Umugabo byari bizwi ko yapfuye yageze mu rukiko, aburana n’umugore we

Umugabo byari bizwi ko yapfuye, yatunguranye agaragara mu rukiko rwa Eldoret muri Kenya, aburana n’umugore we babyaranye abana babiri. Nk’uko ikinyamakuru Nation kibisobanura, uyu mugore usanzwe ari umwarimu w’incuke, yabeshye ko umugabo we yapfuye, akundana na Enjenyeri w’imyaka 70 y’amavuko, akajya amwitaho n’urubyaro rwe. Gusa byageze mu 2021, urukundo rw’uyu mugore na Enjenyeri rurahagarara, ntiyongera […]

Amafoto: Menya Imiterere y’amapeti atangwa mu Gisirikare cya Kenya (KDF)

kenya-army.jpg

Ipeti ryo hasi muri ba ofisiye b’Igisirikare cya Kenya ni Second Lieutenant (2Lt) ugeraho ukirangiza amasomo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Kenya (Kenya Military Academy), mu gihe ipeti ryo hejuru ari irya Jenerali (w’inyenyeri enye). Kenya ariko ifite ofisiye umwe w’ipeti rya Jenerali w’inyenyeri enye ari nawe mugaba mukuru w’ingabo nk’uko tubikesha Minisiteri y’Ingabo […]

Abarwanyi ba M23 basatiraga umujyi wa Goma basubijwe inyuma

Igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, cyatangaje ko cyasubije inyuma abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23 mu duce twa Kibumba na Buhumba turi mu bilometero bibarirwa muri 20 ugana mu mujyi wa Goma. Radio Okapi ivuga ko mu rukerera rw’uyu wa 24 Gicurasi 2022, abarwanyi ba M23 bagabye igitero ku birindiro bya FARDC […]

FARDC yaruciye irarumira ibajijwe ku bisasu bikekwa ko ari ibyayo byaguye mu Rwanda

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, cyahisemo kuruca kirarumira ubwo cyabazwaga kugira icyo kivuga ku bisasu bikekwa ko ari ibyacyo biheruka kugwa mu Kinigi. Igisirikare cy’u Rwanda ejo ku wa Mbere mu itangazo cyasohoye, cyavuze ko cyifuza ibisobanuro ku ntandaro y’ibi bisasu byaturutse muri Congo. Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Col Ronald Rwivanga, yavuze […]

U Bushinwa bwabwiye Amerika ko irimo gukina n’umuriro

U Bushinwa bwabwiye Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa Mbere ushize ko zirimo gukina n’umuriro kandi ko amaherezo ari zo uzatwika. Ni nyuma y’aho Perezida Joe Biden yongeye gushimangira ko U Bushinwa nibutera Taiwan igihugu cye kizahita cyinjira mu ntambara gutabara iki kirwa. Umuvugizi w’Ibiro by’ububanyi n’amahanga by’u Bushinwa bishinzwe Taiwan, Zhu Fenglian, […]

Ukraine: Urukiko rwategetse ifatwa ry’uwahoze ari perezida kubera ubugambanyi

Kuri uyu wa Mbere, itariki 23 Gicurasi, urukiko rwo muri Ukraine rwategetse ko hafatwa uwahoze ari Perezida Viktor Yanukovych adahari, rumushinja ubugambanyi kubera amasezerano yasinyanye mu mwaka wa 2010 n’u Burusiya yo gukomeza gufatira amato ya Ukraine muri CrimĂ©e. Aya masezerano azwi cyane muri Ukraine nk’Amasezerano ya Kharkiv, yemereye u Burusiya kugumana amato yo mu […]

Uwari Colonel mu ngabo za Afghanistan yasobanuye uko yahungiye Abatalibani mu Rwanda

Umuganga wari ufite ipeti rya Colonel mu ngabo za Let aya Afghanistan, Dr Nesar Ahmed Hamraz, yasobanuye uko yahungiye mu Rwanda hamwe n’umuryango we, ubwo Abatalibani bari bamaze gufata ubutegetsi muri Kanama 2021. Dr Hamraz mu kiganiro yagiranye na The New Times, yavuze ko mu myaka 20, yakoreraga mu bitaro by’ingabo bya Afghanistan, akanigisha mu […]

Menya ubuzima bw’Umunyafurika wakatiwe igifungo cy’imyaka 2410

Moses Sithole yavukiye muri Afurika y’Epfo ku itariki ya 17 Ugushyingo 1964. Yabaye umwicanyi ruharwa ndetse anafata abagore ku ngufu. Ubwicanyi Sithole yakoraga bwahawe izina rya ABC Murders bitewe n’uburyo bwakorerwaga ahantu hatandukanye. Bwa mbere yatangiye yica abantu mu gace kitwa Atteridgeville, akomereza muri Boksburg maze asoreza muri Cleverand, agace k’akajagari ko muri Johannesburg. Yishe […]

Imirwano yafashe indi ntera hagati ya FARDC na M23, bari kurwanira hafi y’umupaka w’u Rwanda

Imirwano yamaze gufata indi ntera hagati y’Ingabo za Congo Kinshasa n’inyeshyamba za M23, mu gace ka Kibumba gaherereye nko ku birometero bitanu uvuye ku mupaka w’u Rwanda. Amakuru agera kuri BWIZA aravuga ko imirwano ikomeye yatangiye saa cyenda z’urucyerera rwo kuri uyu wa Kabiri. Ibinyamakuru byo muri Congo Kinshasa byatangaje ko ibirindiro byinshi by’Igisirikare cya […]

Maroc ishyigikiye kandidatire rukumbi ya Mushikiwabo ngo azakomeze kuvugurura OIF

ftdt0tmwiaax_lh.jpg

Ubwami bwa Maroc bwatanze igitekerezo cy’uko hatazagira undi muntu uhatana n’Umunyamabanga Mukuru wa La Francophonie uriho ubu, Louise Mushikiwabo, mu yindi manda kugirango azabashe gukomeza amavugurura yatangije mu muryango, nk’uko byemejwe kuri uyu wa Mbere, itariki 23 Gicurasi, na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga, Ubufatanye bw’Abanyafurika n’Abanya-Maroc baba mu mahanga, Nasser Bourita. Ubu ni bwo buryo bwumvikana […]

Kagame à Davos pour le Forum économique mondial

ftgkk1vxoamgsdq.jpg

Le prĂ©sident Paul Kagame est arrivĂ© dans la ville suisse de Davos oĂč il rejoint plus de 50 chefs d’État pour la rĂ©union annuelle du Forum Ă©conomique mondial. RĂ©unissant plus de 2000 dirigeants et experts aprĂšs deux ans sans Ă©vĂ©nements en personne, le forum est centrĂ© sur le thĂšme “L’histoire Ă  un tournant : politiques […]

Rusizi: Ibitaro bya Mibilizi bihangayikishijwe no kutagira abaganga b’inzobere

abagana_ibi_bitaro_cyane_cyane_abagore_bavuga_ko_kutagira_umuganga_n_umwe_w_inzobere_ku_ndwara_zibazahaza_ari_ikibazo_leta_ikwiye_gufatana_uburemere.jpg

Ikibazo cy’abaganga b’inzobere ku ndwara zimwe na zimwe zihariye abagana ibitaro bya Mibilizi bazirwaye, bavuga ko bahagera bagahita boherezwa ku bindi bitaro nyamara bafite ubushobozi buke bataniteguye kwishyura ibizakorerwa aho handi byose kandi baba basize ibitaro bibegereye, bagasaba ko hagira serivisi zimwe na zimwe Minisiteri y’ubuzima (MINISANTE) yahashyira abo baganga, ubuyobozi bw’ibi bitaro na bwo […]

Amafoto: Miss Iradukunda Elsa yagejejwe mu rukiko

imodoka_y_abafungwa_yamugejeje_ku_rukiko.jpg

Iradukunda Elsa wabaye Miss Rwanda mu mwaka w’2017, yagejejwe mu rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro, kugira ngo aburane ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo. Uyu mukobwa yagejejwe imbere y’urukiko n’imodoka y’urwego rw’ubugenzacyaha yagenewe abafungwa izwi nka ‘Detainee Van’ yambaye amapingu ndetse umutekano waho wari urinzwe n’abapolisi nk’uko bisanzwe. Akimara kwicara ku ntebe yo mu rukiko, umupolisi yamukuyemo amapingu, […]

Abanya-Ukraine binjira mu Bwongereza binyuranije n’amategeko nabo bashobora kwisanga mu Rwanda

Mu gihe intambara y’u Burusiya ikomeje muri Ukraine, impunzi zo muri Ukraine zikomeje kwinjira mu Bwongereza ku bwinshi kuko hariyo umubare munini w’abaturage ba Ukraine bahaba, gusa biravugwa ko abadafite ibyangombwa bashobora kugongwa n’icyemezo cyo kohereza mu Rwanda abimukira binjiye mu Bwongereza binyuranyije n’amategeko. Guverinoma y’u Bwongereza yagiranye amasezerano n’u Rwanda yo kuhohereza abantu bose […]

Umudipolomate w’inararibonye w’u Burusiya yeguye kubera intambara yo muri Ukraine

Umudipolomate w’inararibonye w’u Burusiya wakoreraga ku biro by’Umuryango w’Abibumbye i Geneve yatanze ubwegure bwe kandi yoherereza itangazo bagenzi be b’abanyamahanga banegura “intambara y’ubugizi bwa nabi” yashojwe na Perezida Vladimir Putin muri Ukraine. Boris Bondarev wakoraga nk’umujyanama mu butumwa buhoraho bw’u Burusiya muri Loni i Geneve, yabwiye Ibiro Ntaramakuru Reuters ati: “Nagiye mu butumwa nk’abandi ku […]

M23 ivuga ko idashaka kurwana na MONUSCO

ngoma.jpg

Umutwe witwaje intwaro wa M23 uvuga ko wari hafi gufata umujyi wa Bunagana uri muri Teritwari ya Rutshuru mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), ariko ingabo za MONUSCO zirawuwutesha. Bwiza.com yavuganye n’Umuvugizi wa M23, Maj. Willy Ngoma, imubaza amakuru yahwihwiswaga ko abarwanyi b’uyu mutwe bamaze gufata uyu mujyi, aho […]

Uburyo Perezida Bokassa yakoresheje miliyoni 20 z’amadolari mu munsi umwe

bok-2.jpg

Abaturage ba Repubulika ya Centrafrica ntabwo bateze kuzibagirwa umugabo wayoboye iki gihugu akagita mu mwobo w’ubukene bitewe no gusesagura umutungo wacyo, iki gihugu kikaba gifite ubukene buri hejuru nubwo ari kimwe mu bikungahaye ku mabuye y’agaciro. Jean-BĂ©del Bokassa ntiyava mu mitwe y’abo yayoboye imyaka 11 muri Centrafrica, no muri itatu yakurikiyeho ubwo yiyitaga Umwami w’Abami. […]