Kenya: Umugabo byari bizwi ko yapfuye yageze mu rukiko, aburana nâumugore we
Umugabo byari bizwi ko yapfuye, yatunguranye agaragara mu rukiko rwa Eldoret muri Kenya, aburana nâumugore we babyaranye abana babiri. Nkâuko ikinyamakuru Nation kibisobanura, uyu mugore usanzwe ari umwarimu wâincuke, yabeshye ko umugabo we yapfuye, akundana na Enjenyeri wâimyaka 70 yâamavuko, akajya amwitaho nâurubyaro rwe. Gusa byageze mu 2021, urukundo rwâuyu mugore na Enjenyeri rurahagarara, ntiyongera […]
Amafoto: Menya Imiterere yâamapeti atangwa mu Gisirikare cya Kenya (KDF)

Ipeti ryo hasi muri ba ofisiye bâIgisirikare cya Kenya ni Second Lieutenant (2Lt) ugeraho ukirangiza amasomo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Kenya (Kenya Military Academy), mu gihe ipeti ryo hejuru ari irya Jenerali (w’inyenyeri enye). Kenya ariko ifite ofisiye umwe wâipeti rya Jenerali wâinyenyeri enye ari nawe mugaba mukuru wâingabo nk’uko tubikesha Minisiteri y’Ingabo […]
Abarwanyi ba M23 basatiraga umujyi wa Goma basubijwe inyuma
Igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, cyatangaje ko cyasubije inyuma abarwanyi bâumutwe witwaje intwaro wa M23 mu duce twa Kibumba na Buhumba turi mu bilometero bibarirwa muri 20 ugana mu mujyi wa Goma. Radio Okapi ivuga ko mu rukerera rwâuyu wa 24 Gicurasi 2022, abarwanyi ba M23 bagabye igitero ku birindiro bya FARDC […]
FARDC yaruciye irarumira ibajijwe ku bisasu bikekwa ko ari ibyayo byaguye mu Rwanda
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, cyahisemo kuruca kirarumira ubwo cyabazwaga kugira icyo kivuga ku bisasu bikekwa ko ari ibyacyo biheruka kugwa mu Kinigi. Igisirikare cyâu Rwanda ejo ku wa Mbere mu itangazo cyasohoye, cyavuze ko cyifuza ibisobanuro ku ntandaro yâibi bisasu byaturutse muri Congo. Umuvugizi wâIngabo zâu Rwanda, Col Ronald Rwivanga, yavuze […]
U Bushinwa bwabwiye Amerika ko irimo gukina nâumuriro
U Bushinwa bwabwiye Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa Mbere ushize ko zirimo gukina nâumuriro kandi ko amaherezo ari zo uzatwika. Ni nyuma yâaho Perezida Joe Biden yongeye gushimangira ko U Bushinwa nibutera Taiwan igihugu cye kizahita cyinjira mu ntambara gutabara iki kirwa. Umuvugizi wâIbiro byâububanyi nâamahanga byâu Bushinwa bishinzwe Taiwan, Zhu Fenglian, […]
Ukraine: Urukiko rwategetse ifatwa ry’uwahoze ari perezida kubera ubugambanyi
Kuri uyu wa Mbere, itariki 23 Gicurasi, urukiko rwo muri Ukraine rwategetse ko hafatwa uwahoze ari Perezida Viktor Yanukovych adahari, rumushinja ubugambanyi kubera amasezerano yasinyanye mu mwaka wa 2010 nâu Burusiya yo gukomeza gufatira amato ya Ukraine muri CrimĂ©e. Aya masezerano azwi cyane muri Ukraine nkâAmasezerano ya Kharkiv, yemereye u Burusiya kugumana amato yo mu […]
Uwari Colonel mu ngabo za Afghanistan yasobanuye uko yahungiye Abatalibani mu Rwanda
Umuganga wari ufite ipeti rya Colonel mu ngabo za Let aya Afghanistan, Dr Nesar Ahmed Hamraz, yasobanuye uko yahungiye mu Rwanda hamwe nâumuryango we, ubwo Abatalibani bari bamaze gufata ubutegetsi muri Kanama 2021. Dr Hamraz mu kiganiro yagiranye na The New Times, yavuze ko mu myaka 20, yakoreraga mu bitaro byâingabo bya Afghanistan, akanigisha mu […]
Menya ubuzima bw’Umunyafurika wakatiwe igifungo cy’imyaka 2410
Moses Sithole yavukiye muri Afurika y’Epfo ku itariki ya 17 Ugushyingo 1964. Yabaye umwicanyi ruharwa ndetse anafata abagore ku ngufu. Ubwicanyi Sithole yakoraga bwahawe izina rya ABC Murders bitewe nâuburyo bwakorerwaga ahantu hatandukanye. Bwa mbere yatangiye yica abantu mu gace kitwa Atteridgeville, akomereza muri Boksburg maze asoreza muri Cleverand, agace k’akajagari ko muri Johannesburg. Yishe […]
Imirwano yafashe indi ntera hagati ya FARDC na M23, bari kurwanira hafi y’umupaka w’u Rwanda
Imirwano yamaze gufata indi ntera hagati y’Ingabo za Congo Kinshasa n’inyeshyamba za M23, mu gace ka Kibumba gaherereye nko ku birometero bitanu uvuye ku mupaka w’u Rwanda. Amakuru agera kuri BWIZA aravuga ko imirwano ikomeye yatangiye saa cyenda z’urucyerera rwo kuri uyu wa Kabiri. Ibinyamakuru byo muri Congo Kinshasa byatangaje ko ibirindiro byinshi by’Igisirikare cya […]
Maroc ishyigikiye kandidatire rukumbi ya Mushikiwabo ngo azakomeze kuvugurura OIF

Ubwami bwa Maroc bwatanze igitekerezo cyâuko hatazagira undi muntu uhatana nâUmunyamabanga Mukuru wa La Francophonie uriho ubu, Louise Mushikiwabo, mu yindi manda kugirango azabashe gukomeza amavugurura yatangije mu muryango, nkâuko byemejwe kuri uyu wa Mbere, itariki 23 Gicurasi, na Minisitiri wâububanyi nâamahanga, Ubufatanye bwâAbanyafurika nâAbanya-Maroc baba mu mahanga, Nasser Bourita. Ubu ni bwo buryo bwumvikana […]
Kagame à Davos pour le Forum économique mondial

Le prĂ©sident Paul Kagame est arrivĂ© dans la ville suisse de Davos oĂč il rejoint plus de 50 chefs d’Ătat pour la rĂ©union annuelle du Forum Ă©conomique mondial. RĂ©unissant plus de 2000 dirigeants et experts aprĂšs deux ans sans Ă©vĂ©nements en personne, le forum est centrĂ© sur le thĂšme “L’histoire Ă un tournant : politiques […]
Rusizi: Ibitaro bya Mibilizi bihangayikishijwe no kutagira abaganga bâinzobere

Ikibazo cyâabaganga bâinzobere ku ndwara zimwe na zimwe zihariye abagana ibitaro bya Mibilizi bazirwaye, bavuga ko bahagera bagahita boherezwa ku bindi bitaro nyamara bafite ubushobozi buke bataniteguye kwishyura ibizakorerwa aho handi byose kandi baba basize ibitaro bibegereye, bagasaba ko hagira serivisi zimwe na zimwe Minisiteri yâubuzima (MINISANTE) yahashyira abo baganga, ubuyobozi bwâibi bitaro na bwo […]
Amafoto: Miss Iradukunda Elsa yagejejwe mu rukiko

Iradukunda Elsa wabaye Miss Rwanda mu mwaka wâ2017, yagejejwe mu rukiko rwâibanze rwa Kicukiro, kugira ngo aburane ku ifungwa nâifungurwa ryâagateganyo. Uyu mukobwa yagejejwe imbere yâurukiko nâimodoka yâurwego rwâubugenzacyaha yagenewe abafungwa izwi nka âDetainee Vanâ yambaye amapingu ndetse umutekano waho wari urinzwe nâabapolisi nkâuko bisanzwe. Akimara kwicara ku ntebe yo mu rukiko, umupolisi yamukuyemo amapingu, […]
Abanya-Ukraine binjira mu Bwongereza binyuranije nâamategeko nabo bashobora kwisanga mu Rwanda
Mu gihe intambara yâu Burusiya ikomeje muri Ukraine, impunzi zo muri Ukraine zikomeje kwinjira mu Bwongereza ku bwinshi kuko hariyo umubare munini wâabaturage ba Ukraine bahaba, gusa biravugwa ko abadafite ibyangombwa bashobora kugongwa nâicyemezo cyo kohereza mu Rwanda abimukira binjiye mu Bwongereza binyuranyije nâamategeko. Guverinoma yâu Bwongereza yagiranye amasezerano nâu Rwanda yo kuhohereza abantu bose […]
Umudipolomate wâinararibonye wâu Burusiya yeguye kubera intambara yo muri Ukraine
Umudipolomate wâinararibonye wâu Burusiya wakoreraga ku biro byâUmuryango wâAbibumbye i Geneve yatanze ubwegure bwe kandi yoherereza itangazo bagenzi be bâabanyamahanga banegura âintambara yâubugizi bwa nabiâ yashojwe na Perezida Vladimir Putin muri Ukraine. Boris Bondarev wakoraga nk’umujyanama mu butumwa buhoraho bw’u Burusiya muri Loni i Geneve, yabwiye Ibiro Ntaramakuru Reuters ati: âNagiye mu butumwa nk’abandi ku […]
M23 ivuga ko idashaka kurwana na MONUSCO

Umutwe witwaje intwaro wa M23 uvuga ko wari hafi gufata umujyi wa Bunagana uri muri Teritwari ya Rutshuru mu ntara ya Kivu yâAmajyaruguru muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), ariko ingabo za MONUSCO zirawuwutesha. Bwiza.com yavuganye nâUmuvugizi wa M23, Maj. Willy Ngoma, imubaza amakuru yahwihwiswaga ko abarwanyi bâuyu mutwe bamaze gufata uyu mujyi, aho […]
Uburyo Perezida Bokassa yakoresheje miliyoni 20 z’amadolari mu munsi umwe

Abaturage ba Repubulika ya Centrafrica ntabwo bateze kuzibagirwa umugabo wayoboye iki gihugu akagita mu mwobo wâubukene bitewe no gusesagura umutungo wacyo, iki gihugu kikaba gifite ubukene buri hejuru nubwo ari kimwe mu bikungahaye ku mabuye yâagaciro. Jean-BĂ©del Bokassa ntiyava mu mitwe y’abo yayoboye imyaka 11 muri Centrafrica, no muri itatu yakurikiyeho ubwo yiyitaga Umwami w’Abami. […]