Uwarashe Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani yasobanuye icyatumuteye kumwivugana

Umugabo warashe Shinzo Abe wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani bikamuviramo urupfu, yasobanuye ko yabikoze abitewe no kuba yaratekerezaga ko hari umuryango ukora ibibi yabarizwagamo. Abe yarasiwe mu mujyi wa Nara aho yagezaga ijambo ku baturage. Televiziyo ya NHK yatangaje ko urupfu rwa Shinzo “yapfiriye mu bitaro byo mu mujyi wa Kashihara ho mu karere […]

Ibya Kagere muri APR FC bikomeje kugorana

Ikipe ya APR FC bivugwa ko yifuza gusinyisha rutahizamu Meddie Kagere usanzwe akinira Simba Sports Club yo muri Tanzania, gusa amakuru avuga ko uyu mukinnyi ari kubigenza gake. APR FC bivugwa ko yamaze gusinyisha abarimo Niyigena ClĂ©ment wakiniraga Rayon Sports, Uwiduhaye Abouba wakiniraga Police FC, Ndikumana Fabio wakiniraga Musanze FC, Ishimwe Christian na Niyibizi Ramadhan […]

Umurambo wa Col Ndarihoranye uragezwa i Goma

Umurambo wa Col Zayire Ndarihoranye wari indwanyi ikomeye mu Gisirikare cya FARDC, waguye mu Bitaro bya Rabat muri Maroc, uragezwa i Goma kuri uyu wa 9 Nyakanga 2022. Col.Zayire Ndarihoranye ni umwe mu bayobozi ba FARDC babaye indwanyi zikomeye aho yakoreye iki gisirikare mu gihe cy’imyaka 22 akaba yarabaye umuyobozi wa Regima yakoreraga muri Kivu […]

Mozambique: Umwe mu bavugwaho kurwanya u Rwanda yasanzwe mu buriri yateraguwe ibyuma byinshi

mhoje_nampulatourism_photo_jpg.jpg

Selemani Masiya bivugwa ko wabarizwaga mu mitwe irwanya u Rwanda yasanzwe mu cyumba araramo yateraguwe ibyuma ku mutwe no ku ijosi, yapfuye. Selemani yari atuye mu mujyi wa Nampula,uri mu Ntara ya Namupula. Selemani yishwe kuri uyu wa Kane tariki 7 Nyakanga 2022, nk’uko ibitangazamakuru byo muri Mozambique byabitangaje. Umurambo wa Selemani wabonywe n’umuhungu we […]

Hadutse urujijo ku ruhande rugenzura Umujyi wa Rutshuru

Hari urujijo ku ruhande ruri kugenzura Umujyi wa Rusthuru mu gihe umutwe wa M23 wemeza ko ubu ugenzura Rutshuru yose mu gihe Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) kibihakana kikavuga ko uyu mujyi ukiri mu biganza byabo. Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu rishyira kuri uyu wa Gatandatu, hacicikanye amakuru mo Umutwe […]

Icyo Perezida Kagame avuga kuri Amerika yavuze ko hari Ingabo za RDF ziri muri RDC

Perezida Paul Kagame yatangaje ko yatunguwe cyane na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziheruka kuvuga ko hari Ingabo z’u Rwanda ziri ku butaka bwa RDC, nyamara zarahisemo kuruca zikarumira ku bibazo bibangamira umutekano w’u Rwanda. Mu kwezi gushize ni bwo Ambasade ya Amerika i Kinshasa yemeje ko ingabo z’u Rwanda (RDF) zinjiye ku butaka bwa […]

Perezida Rajapaksa wa Sri Lanka yayabangiye ingata mbere y’uko abaturage batera ingoro ye

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 9 Nyakanga, Perezida wa Sri Lankan, Gotabaya Rajapaksa, yahunze urugo rwe mu murwa mukuru Colombo, mbere yuko haterwa n’abaturage bigaragambyaga basaba ko yegura. Akajagari gakomeye karashoboka ahazaza nyuma y’iyi ntambwe nshya yatewe mu guhangana hagati ya perezida n’abaturage be. Umwe mu bashinzwe umutekano yagize ati: “Perezida yajyanywe ahantu hatekanye.” […]

Sadio ManĂ© yahishuye uko yemeye gusinya ‘amasezerano yo gupfa’ yitangira SĂ©nĂ©gal

Rutahizamu Sadio ManĂ© yahishuye ko mbere y’uko ikipe y’igihugu cye cya SĂ©nĂ©gal itwara igikombe cya Afurika cy’ibihugu muri uyu mwaka, yemeye gusinya amasezerano yo gupfa kugira ngo ayikinire. SĂ©nĂ©gal yageze muri ÂĽ cy’irangiza ManĂ© afite ikibazo mu mutwe, nyuma yo kugirira ikibazo mu mukino iyi kipe yaherukaga guhuriramo na Cap-Vert. Sadio ManĂ© we yifuzaga gukinira […]

Perezida Kagame ku batekereza ko M23 ari Abanyarwanda

Perezida Kagame Paul, yongeye kugaruka ku Mutwe wa M23, avuga ko udafite inkomoko mu Rwanda, ndetse ko abawugize atari Abanyarwanda bityo ko ntacyo rubashakamo. Ibi yabigarutseho mu kiganiro na France24 kuwa Gatanu w’iki cyumweru. Yagize ati “Amateka y’aba bantu, arazwi neza, yaganiriweho hamwe na Perezida Tshisekedi na Guverinoma ya Congo n’abandi. [M23] aba ntabwo ari […]

Min. Lutundula yavuze ko u Rwanda rutigeze rwemerera abavuye muri FDLR gutaha

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Christophe Lutundula, yavuze ko u Rwanda rutigeze rwemerera abavuye muri FDLR mu gutaha mu rwababyaye. Yavuze ko ku nshuro ya mbere u Rwanda rwemeye kwakira impunzi z’abanyarwanda zirimo n’abahoze muri FDLR babarizwa ku butaka bw’igihugu cye. U Rwanda ruherutse kwakira abagera ku 103. Lutundula yabigarutseho ubwo […]

Perezida Kagame yasubije abibaza niba azongera kwiyamamariza kuyobora u Rwanda

Perezida w’ u Rwanda, Paul Kagame, yasubije umunyamakuru wa France 24, Marc Perelman, wamubajije niba ateganya kongera kwiyamamariza kuyobora igihugu cye mu myaka iri imbere. Mu kiganiro umukuru w’igihugu yagiranye na Perelman kuwa Gatanu, cyanagarutse ku ngingo zitandukanye, uyu munyamakuru yagarutse ku kibazo niba Kagame azongera kwiyamamaza. Perelman ati “Ese urateganya kongera kwiyamamaza?” Umukuru w’Igihugu […]

Igisubizo cya Perezida Kagame kuri Tshisekedi wavuze ko u Rwanda na RDC bishobora kwisanga mu ntambara

Perezida Paul Kagame yasubije mugenzi we FĂ©lix Antoine Tshisekedi aherutse gutangaza ko bishoboka igihugu cye cya RDC gishobora kwisanga mu ntambara n’u Rwanda, avuga ko abona bitapfa gushoboka ko ibihugu byombi birwana. Hari mu kiganiro cyihariye Umukuru w’Igihugu aheruka kugirana n’umunyamakuru Marc Perelman wa Televiziyo ya France 24. Ni ikiganiro cyabaye nyuma y’iminsi mike Perezida […]

Uwari Perefe wa Gikongoro yasabiwe gufungwa burundu n’ubwo ntawe yicishije ukuboko kwe

Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rwa rubanda rw’i Paris mu Bufaransa guhanisha Bucyibaruta Laurent igifungo cya burundu kubera uruhare yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 by’umwihariko mu yahoze ari Perefegitura ya Gikongoro yayoboraga, n’ubwo we ku giti cye nta muntu yigeze yica akoresheje ukuboko kwe. Abashinjacyaha Celine Viguier na Sophie Havard bamaze umwanya munini basobanurira urukiko […]