Museveni yamenyesheje abishimiye urupfu rwa General Tumwine ko na bo rubategereje

Gen. Tumwine yari umwe mu basirikare b'ibigwi muri Uganda

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yamenyesheje abishimiye urupfu rwa General Elly Tumwine wabaye Minisitiri w’umutekano ko na bo rubategereje. Ni ubutumwa yatangaje kuri uyu wa 5 Ukwakira 2022 nyuma yo kureba ubutumwa abantu batandukanye batangarije kuri Twitter babyinira ku rukoma ubwo hari hamaze gutangazwa urupfu rw’uyu musirikare. Mu bo Museveni yatunze urutoki bishimiye urupfu […]

Ingabo z’u Burundi n’iza RDC zasenye bariyeri zashyizweho n’abasirikare ba Leta

Ingabo z’u Burundi zifatanyije n’iza Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, zasenye bariyeri eshanu zitemewe n’amategeko zari zarashyizwe muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo na bamwe mu basirikare ba Leta n’imitwe y’inyeshyamba. Radio Okapi isobanura ko iki gikorwa cyabaye tariki ya 2 Ukwakira 2022, ndetse hari abasirikare batatu ba FARDC babarizwa muri […]

Abatoza barimo uwa Gasogi United bahagaritswe imyaka 5 mu bikorwa bya ruhago

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’amaguru ku mugabane wa Afurika (CAF), yahagaritse abatoza batanu mu bikorwa bya ruhago barimo umunya-Misiri Ahmed Adel utoza Gasogi United. Aba batoza CAF yabahoye gukoresha ibyangombwa bihimbano. Itangazo rihagarika aba batoza ryashyizweho umukono na Perezida w’Akanama gashinzwe Imyitwarire muri CAF, Raymond Hack. Abandi batoza bahanwe barimo Umunya-Tunisia Rafik Mhamdi n’umunya-Maroc, Youssef Rossi. Aba […]

Le procĂšs de l’organisateur de Miss Rwanda se tiendra Ă  huis clos

Le tribunal intermĂ©diaire de Nyarugenge, mercredi 5 octobre, a dĂ©cidĂ© de mener Ă  huis clos le procĂšs de Dieudonne Ishimwe, communĂ©ment appelĂ© Prince Kid . Ishimwe, PDG de Rwanda Inspirational Backup, la sociĂ©tĂ© qui a organisĂ© le concours de beautĂ© Miss Rwanda, fait face Ă  deux accusations ; sollicitation ou offre de faveurs sexuelles et harcĂšlement. […]

Hamenyekanye igihe Tour du Rwanda izabera

Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umukino wo gusiganwa ku magare (FERWACY) ryashyize hanze amatariki Tour du Rwanda ya 2023 izaberaho. Ibicishije ku mbuga nkoranyambaga zayo, FERWACY yatangaje ko Tour du Rwanda 2023 izakinwa guhera tariki 19 kugeza 26 Gashyantare umwaka utaha. Ni isiganwa rigiye kuba ku nshuro ya 15 kuva ryaba mpuzamahanga, ariko kuva ryaba 2,1 rivuye kuri […]

Gen Kazura yakiriye itsinda ry’abasirikare bakuru bo muri Zambia (Amafoto)

20221005_154422.jpg

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Jean Bosco Kazura, kuri uyu wa Gatatu yakiriye itsinda ry’abasirikare bakuru 13 n’ababaherekeje baturutse muri Zambia. Aba basirikare bari mu rugendo shuri mu Rwanda ruzamara icyumweru. Gen Kazura yaganiriye n’abasirikare bakuru bavuye muri Zambia Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga aganira n’abasirikare bakuru bavuye muri Zambia Amafoto: […]

Museveni apologises to Kenya over Gen Muhoozi

Ugandan President Yoweri Museveni on Wednesday apologised to Kenya for tweets sent out by his son Gen Muhoozi Kainerugaba. “I ask our Kenyan brothers and sisters to forgive us for tweets sent by General Muhoozi, former Commander of Land Forces here, regarding the election matters in that great country,” he said in a statement. “It […]

Museveni yasabye Abanyakenya imbabazi kubera ubutumwa bw’umuhungu we

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yasabye Abanyakenya imbabazi kubera ubutumwa umuhungu we, General Muhoozi Kainerugaba aherutse gutangariza kuri Twitter. Uyu Mukuru w’Igihugu yagize ati: “Banya-Uganda, bavandimwe bo muri Kenya ndetse n’abo muri Afurika y’iburasirazuba. Ndabasuhuza mwese. Ndasaba abavandimwe na bashiki bacu bo muri Kenya kutubabarira kubera ubutumwa General Muhoozi yatangarije kuri Twitter.” Perezida Museveni […]

Minisitiri Gatabazi yagize icyo avuga ku mujepe wamukuruye agiye kugonga Perezida Kagame

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie, yagize icyo avuga ku musirikare ushinzwe gucungira umutekano Perezida Paul Kagame wamukuruye agiye kumugonga; avuga ko nta kibazo yigeze abibonamo. Mu kwezi gushize ubwo Perezida Kagame yari yasuye akarere ka Nyamasheke, ni bwo hagiye hanze amashusho yerekana umwe mu bashinzwe kumurinda akurura Gatabazi washoboraga kumugonga. Mu mashusho Perezida Kagame […]

Kigali: Abanyamakuru batatu bari bamaze imyaka 4 muri gereza bagizwe abere

Aba banyamakuru bamaze imyaka 4 bafunzwe

Urukiko rukuru rwagize abere abanyamakuru batatu b’umuyoboro wa YouTube witwa Iwacu TV, rutegeka ko bafungurwa muri gereza bari bamazemo imyaka ine. Aba banyamakuru: Nshimiyimana Jean Baptiste, Mutuyimana Jean DamascĂšne na Niyonsenga Schadrack batawe muri yombi mu Kwakira 2018 bakekwaho ibyaha bitatu birimo guteza imvururu muri rubanda bifitanye isano n’amakuru batangarizaga kuri uyu muyoboro. Aba banyamakuru […]

RDC yarahiye ko itazitabira inama ya IPU izabera i Kigali kubera M23

Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, barahiye ko batazitabira nama rusange y’Umuryango w’Inteko zishinga Amategeko (IPU) izabera mu Rwanda. Iyi nama izaba iba ku nshuro yayo ya 145, iteganyijwe kubera i Kigali hagati y’itariki ya 10 n’iya 11 Ukwakira uyu mwaka. Byitezwe ko izitabirwa n’ababarirwa n’abagize inteko zishinga amategeko z’ibihugu byo hirya […]

Hatangiye kumvwa abashinja Kabuga Feresiyani

Urwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y’Insigarira y’Inkiko Mpanabyaha kuri uyu wa Gatatu rwatangiye kumva abatangabuhamya bashinja Umunyarwanda Felisiyani Kabuga ukurikiranweho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Mu cyumweru gishize ubwo hatangwaga imyanzuro mu magambo ibanziriza itangwa ry’ibimenyetso Kabuga ntiyagaragaye mu Rukiko ndetse yanga no gukoresha uburyo bw’ikoranabuhanga yashyiriweho aho afungiye ngo […]

Musanze: FPR Inkotanyi mu murenge wa Gataraga iravugwa imyato

Nyandwi Colette ushima FPR Inkotanyi kuba yarazanye gahunda y'uburezi kuri bose agasubira ku ishuri

Mu inteko rusange yateranye kuri uyu 2 Ukwakira 2022, abanyamuryango ba RPF Inkotanyi bagaragaje ko bishimira ibikorwa bamaze kugeraho mu iterambere n’imibereho myiza yabo kandi ko bazakomeza kubisigasira. Mu kiganiro ku mpinduramatwara cyahawe abanyamuryango, Iraguha Prudence, yabasabye ko buri wese agomba kugira uruhare mu kubaka igihugu kandi yiteza imbere. Yagize ati ” Buri munyamuryango wese […]

Amerika na Koreya y’Epfo byarashe missile byihorera kuri Koreya ya Ruguru

Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika gifatanyije n’icya Koreya y’Epfo, barashe ibisasu byo mu bwoko bwa missile mu nyanja; mu rwego rwo gusubiza Koreya ya Ruguru iheruka kurasa igisasu kigaca hejuru y’u Buyapani. Ku wa Kabiri ni bwo Koreya ya Ruguru yarashe igisasu cyo mu bwoko bwa Intermediate-Range Ballistic Missile (IRBM) gica hejuru y’u […]

Prince Kid’s case hearing begins today

Nyarugenge Intermediate Court, has today on October 5, started hearing in substance the trial of Dieudonne Ishimwe commonly known as ‘Prince Kid’. Ishimwe, the CEO of Rwanda Inspirational Backup, the company that organised the Miss Rwanda beauty pageant, is pinned on two charges- which are soliciting or offering sexual favours, and harassment. Ishimwe was arrested […]

Amagambo yuje agahinda ya Ndimbati ku bana yabyaranye na Fridaus

Umunyarwenya Uwihoreye Jean Bosco Mustapha uzwi nka Ndimbati, yiseguye ku bana babiri b’impanga yabyaranye na Kabahizi Fridaus; ababwira ko abatagira urukundo ari bo bashatse ko afungwa kugira ngo atongera gusabana na bo. Ni mu butumwa uyu mugabo yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, nyuma y’iminsi mike avuye muri gereza ya Mageragere aho yari afungiwe. Ndimbati […]

Perezida Putin yemereye ubufasha bukomeye Col Assimi GoĂŻta wa Mali

Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yemereye ubufasha bwo mu nzego zitandukanye Col Assimi GoĂŻta uyobora Mali mu buryo bw’inzibacyuho, nyuma y’ikiganiro aba bombi bagiranye. Ni ikiganiro ba Perezida Putin na Assimi GoĂŻta bagiranye kuri uyu wa Kabiri bifashishije terefoni. Col GoĂŻta mu butumwa yanditse ku rubuga rwe rwa Twitter, yavuze ko ikiganiro cye na Perezida […]

Pasiteri Bugingo yavuze uko yakunze inshoreke ayigiriye impuhwe

Uwashinze akanayobora Itorero ryitwa Canaan Land House of Prayer Ministries muri Uganda, Pasiteri Bugingo Aloysius, avuga ko yatangiye gukundana n’inshoreke ubu babana bitewe no kuyigirira impuhwe bitewe n’ibyo yari iri kunyuramo. Bugingo ufite inkomoko mu Rwanda ubwo yari ayoboye amateraniro yavuze ko byatangiye nta byiyumviro byo gukundana n’inshoreke ye, Suzan Makula Nantaba ariko ngo “yakuyemo […]