Rayon Sports barahiriye gushyingura Kiyovu Sports imaze imikino 4 yikurikiranya ibariza

Abahuriga b’ikipe ya Rayon Sports, barahiriye gushyingura mukeba wayo Kiyovu Sports; mu gihe habura amasaha abarirwa ku ntoki ngo amakipe yombi atane mu mitwe. Saa kumi n’ebyiri z’umugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 11 Ugushyingo, ni bwo ubwatsi bw’ikibuga cya Stade ya Kigali i Nyamirambo buzatangira guca urubanza rw’aba bakeba babiri. Ni umukino […]

Ntabwo nariye Repubulika eshatu, narazikoreye: Rucagu Boniface

Umunyapolitiki Rucagu Boniface uri mu kanama ngishwanama k’inararibonye yasubije umwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga ko atigeze arya Repubulika eshatu, ahubwo ko yazikoreye. Ni igisubizo yatanze gikomoka ku kibazo yari abajijwe n’uwiyise Corona Vibes wari umaze kumusaba kumuhishurira ibanga ry’ukuntu yashoboye gukorera muri Repubulika eshatu; ibyo yise kuziryaho. Iki kibazo nacyo cyashingiraga ku butumwa bwa Rucagu […]

Iran iremeza ko yamaze gukora misile ifite umuvuduko ukubye uw’ijwi inshuro eshanu

Kuri uyu wa Kane, umusirikare mukuru mu gisirikare cya Iran yabwiye abanyamakuru ko Irani yakoze misile ya ballistique ishobora kuguruka ku muvuduko ukabije ukubye uw’ijwi inshuro zigera kuri eshanu nk’uko tubikesha Russian Today. Ni Sisitemu y’intwaro bavuga ko yagenewe gusenya ubwirinzi bwa missile bw’umwanzi kandi ishobora kuyoborwa haba imbere ndetse no hanze y’ikirere, byerekana intera […]

Loni yagaragaje ukuri kuri embargo bivugwa ko yafatiwe Igisirikare cya RDC

bahati_xavier_22_02145.jpg

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 09 Ugushyingo, Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko, umutwe wa Sena, Modeste Bahati Lukwebo, yakiriye Perezida wa Komite ishinzwe ibihano mu Kanama gashinzwe Umutekano ka Loni, Michel-Xavier Biang wasobanuye ikibazo kijyanye n’ibihano (embargo) bivugwa bibuza Repubulika ya Demokarasi ya Congo kugura intwaro . Michel-Xavier BIANG yasobanuye ko nta bihano byo kugura […]

Musabyimana remplace Gatabazi au poste de ministre des Collectivités locales

arton152584.jpg

Le prĂ©sident Paul Kagame a nommĂ©, jeudi 10 novembre, Jean-Claude Musabyimana au poste de ministre des CollectivitĂ©s locales, en remplacement de Jean-Marie Vianney Gatabazi . Musabyimana a Ă©tĂ© secrĂ©taire permanent du ministère de l’Agriculture et des Ressources animales (MINAGRI). Il n’y a eu aucune communication officielle du nouveau rĂ´le de Gatabazi, qui Ă©tait Ă  la […]

Kagame sacks Minister Gatabazi

20221110_132150.jpg

President Kagame has sacked Minister Jean Marie Vianney Gatabazi, who was minister of local government due to yet to know reasons. The new minister is Jean Claude Musabyimana, who was Permanent Secretary in the Ministry of Agriculture. The Statement from Rwandan Prime Minister has no deep details regarding sacking of Gatabazi. However, reports say Jean […]

M23 yatangaje ko Leta ya RDC nikomeza kwinangira, na Goma izafatwa

Umutwe witwaje intwaro wa M23 watangaje ko ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) nibukomeza kwinangira, bukanga imishyikirano, uzafata n’umujyi wa Goma. Byatangajwe n’Umuvugizi wungirije wa M23 ku rwego rwa politiki, Canisius Munyarugero, mu kiganiro yagiranye na BWIZA mu gitondo cy’uyu wa 10 Ugushyingo 2022. M23 iherutse gutangaza ko mu gihe imishyikirano na Leta […]

Perezida Kagame yirukanye Gatabazi JMV ku mwanya wa Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu

20221110_125143.jpg

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, kuri uyu wa Kane yirukanye Gatabazi Jean Marie Vianney ku mwanya wa Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, amusimbuza Musabyimana Jean Claude. Itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, rivuga ko “ashingiye ku biteganywa n’Itegekonshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe muri 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo ya […]

USA: Umunyapolitiki wapfuye yatsinze amatora y’Inteko kuri 85%

Umunyapolitiki Tony DeLuca wapfuye mu kwezi gushize yatorewe umwanya w’umushingamategeko mu nteko ishinga amategeko muri Leta zunze ubumwe za Amerika (USA), ku majwi 85%. Ni itora ryashimishije komite y’ishyaka rya Democrate mu nteko ishinga amategeko ya Leta ya Pensylvannia, isohora itangazo rigaragaza ibyiyumvire ifite. Yagize ati: “N’ubwo twababajwe n’urupfu rw’intumwa Tony DeLuca, dutewe ishema no […]

Australia: Umu hacker ari gusaba hafi miliyoni 10$ ngo adasohora inyandiko z’ibanga zo kwa muganga

Umwambuzi wo kuri interineti ari gusaba hafi miliyoni 10 z’amadolari kugirango areke gushyira ku karubanda inyandiko zo kwa muganga z’Abanyaustraliya zabiwe muri kimwe mu bitero bikomeye by’ikoranabuhanga byibasiye igihugu . Mu butumwa bwashyizwe ku rubuga rutemewe (Dark web) mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, uyu muhanga mu kwinjira muri mudasobwa mu buryo butemewe (Hacker) […]

Igisirikare cya Somalia cyishe abarwanyi 20 ba Al Shabab kibohoza n’imijyi ibiri

Ingabo za Somalia hamwe n’imitwe yitwara gisirikare ikorana nazo zishe nibura abarwanyi 20 ba al Shabaab mu mijyi yo hagati mu gihugu, nk’uko umuyobozi w’akarere na Minisiteri y’itangazamakuru babitangaje kuri uyu wa Gatatu . Minisitiri w’itangazamakuru muri leta ya Galmudug, Ahmed Shire Falagle, yavuze ko mu mirwano yakurikiyeho hagati y’izo mpande zombi, ingabo n’iyo mitwe […]

La Haye: Humviswe umutangabuhamya wemeza ko yabonye Kabuga ku Gisenyi atanga intwaro

Kuri uyu wa Gatatu urwego rwasigariye kurangiza imanza zasizwe n’inkiko mpuzamahanga rwakomeje kuburanisha urubanza ruregwamo umunyemari Felicien Kabuga ibyaha bya jenoside, humvwa abatangabuhamya b’ubushinjacyaha . Mu iburanisha rya none humviswe umutangabuhamwa wemeza ko yiyumviye Kabuga, wari uri mu rukiko, ashishikariza abantu gutanga amafaranga yo gufasha igisirikare mu ntambara yo kubuza Abatutsi kongera gutegeka igihugu kuko […]

Mushiki wa Joseph Kabila yasabye ko u Rwanda rwagirana ibiganiro na FDLR

Jaynet Kabila, mushiki wa Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasabye ko Leta y’u Rwanda ko yagirana ibiganiro n’abarwanyi b’umutwe wa FDLR ngo kuko ari abaturage bayo. Uyu mudepite usanzwe ari impanga ya Joseph Kabila yabitangarije muri Afurika y’Epfo, ubwo yari mu nteko y’abadepite b’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe. FDLR […]

MoĂŻse Katumbi abona ingabo za Angola ari zo zashobora gufasha FARDC

Umunyapolitiki MoĂŻse Katumbi uyobora ishyaka Ensemble pour la RĂ©publique rikorera muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) abona ingabo za Angola ari zo zashobora gufasha izabo gukemura ikibazo cy’umutekano muke mu burasirazuba. Mu itangazo yashyize hanze tariki ya 8 Ugushyingo 2022 ryerekeye ku mirwano imaze iminsi hagati y’ingabo za Leta, FARDC n’umutwe witwaje intwaro wa […]

Polisi iraburira abafite perimi mpimbano

Polisi y’u Rwanda yatanze umuburo ku bantu bishora mu bikorwa byo gukora inyandiko mpimbano zirimo uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga n’abazi ko bazitunze ko bidatinze bazafatwa bagashyikirizwa ubutabera hatitawe ku gihe gishize bazikoresha. Ni nyuma y’aho kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 8 Ugushyingo, hafashwe abantu babiri bakurikiranyweho kuba barumvikanye mu mugambi wo gukora uruhushya rwa […]

U Burusiya bwategetse ingabo zabwo kuva mu gice cy’ingenzi zarimo muri Ukraine

Gen. Surovikin yasobanuye ko umutekano w'inyuma y'umugezi wa Dnieper utizewe

Minisitiri w’ingabo z’u Burusiya, Sergei Shoigu, yategetse abasirikare bari inyuma y’umugezi munini wa Dnieper uherera ku ruhande rw’intara ya Kherson kuhava ku mpamvu y’umutekano wabo, uw’ibikoresho byabo ndetse n’uw’abasivili. Ni icyemezo yafashe nyuma yo kuganira kuri uyu wa 9 Ugushyingo 2022 na komanda w’ingabo z’u Burusiya ziri kurwanira muri Ukraine, General Sergei Surovikin. Ni ikiganiro […]

U Bufaransa bwatangaje 25 buzaserukana muri Qatar batarimo Pogba na Kanté

Umutoza Didier Deschamps w’Ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa, Les Bleus, yamaze guhamagara abakinnyi 25 azitabaza mu mikino y’Igikombe cy’Isi cya 2022 batarimo Paul Pogba na N’golo KantĂ©. Ni imikino kuri ubu ibura iminsi 10 igatangira mu mijyi itandukanye y’igihugu cya Qatar. U Bufaransa bufite Igikombe cy’Isi giheruka gukinirwa mu Burusiya, kuri ubu buherereye mu itsinda rya […]

Rutsiro: Abari bujuje ibyangombwa byo gucukura kariyeri bimwe impushya zihabwa abandi

Abaturage bari batse ibyangombwa bibemerera gucukura kariyeri mu Karere ka Rutsiro bavuga ko batunguwe no kutabihabwa nyamara bujuje ibisabwa ahubwo bigahabwa abandi, none basaba ubuyobozi gucukumbura ibibyihishe inyuma kuko bakeka ko habayemo uburiganya na ruswa. Muri za kariyeri zicukurwamo umucanga n’urusekabuye mu mugezi wa Bihongora, mu Murenge wa Nyabirasi, mu Karere ka Rutsiro, abahakoreraga mu […]