Karongi: Abana 32,4% mu bari munsi y’imyaka 5 baragwingiye

Umutoni aha abana ikinini cy'inzoka na Vitamini A

Ikibazo cy’igwingira ry’abana bari munsi y’imyaka 5 mu karere ka Karongi ngo gihangayikishije cyane ubuyobozi bw’aka karere,abafatanyabikorwa bako n’izindi nzego bireba, aho 32,4% byabo barifite, bamwe mu babyeyi babo bakavuga ko biterwa n’ubukene bukabije barimo no kutabona icyo bakuraho ifaranga ngo bababonere indyo yuzuye, ubuyobozi bukizeza gukora ibishoboka byose ngo mu gihe cy’umwaka umwe uyu […]

P. Kagame yemeye gutanga umusada wo gusaba M23 guhagarika imirwano no kuva mu bice yafashe

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yemereye Uhuru Kenyatta wahoze ari Perezida wa Kenya kumuha umusada wo kumufasha gusaba inyeshyamba z’umutwe wa M23 guhagarika imirwano zihanganyemo na FARDC, no kuva mu bice zigaruriye. Ni amakuru yemejwe n’ibiro bya Kenyatta kuri ubu ufite inshingano zo kuba umuhuza mu bibazo bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu itangazo […]

Itsinda rya UN ryabajije Museveni ku birego by’uko ingabo za Uganda zaba zifasha M23

Itsinda ryoherejwe n’akanama k’Umuryango w’Abibumbye (UN) gashinzwe umutekano ryasanze Perezida Yoweri Museveni i Kampala rimubaza ku makuru y’uko ingabo za Uganda zaba zifasha umutwe witwaje intwaro wa M23. Iri tsinda ryari riyobowe n’umuyobozi komite ishinzwe ibihano muri aka kanama, Michel Xavier Biang, ryageze muri Uganda nyuma yo kuva i Kinshasa n’i Kigali, aho ryari riri […]

Perezida Kagame, Tshisekedi na Ndayishimiye batumiwe i Luanda

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Evariste Ndayishimiye w’u Burundi; batumiwe i Luanda muri Angola mu nama yiga ku bibazo by’u Rwanda na RDC. Ni ubutumire aba bakuru b’ibihugu uko ari batatu bahawe na JoĂŁo Manuel Gonçalves Lourenço wa Angola. Inama batumiwemo biteganyijwe ko igomba kubera […]

Uganda: Abitwaje intwaro bateye ikigo cya gisirikare bica umusirikare batwara n’imbunda

Umusirikare wa Uganda yiciwe mu gitero cy’abantu bitwaje intwaro ku kigo kirinzwe cyane cy’Ishuri rya gisirikare rizwi nka Junior Command and Staff College Gaddafi mu Karere ka Jinja . “Igitero kivugwa cyibasiye umusirikare wa UPDF wari urinze bariyeri y’irembo ry’Ikigo cya Kadhafi, wishwe imbunda ebyiri zikibwa”, ibi byatangajwe n’igipolisi kuri uyu wa Gatanu nyuma gato […]

Umuyobozi muri Kivu y’Amajyaruguru afunzwe akekwaho gukorana na M23

Bivugwa ko hari ibimenyetso Kavungera yafatanwe bigaragaza ko yakoranaga na M23

Umuyobozi mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yatawe muri yombi n’urwego rushinzwe ubutasi, akekwaho gukorana n’umutwe witwaje intwaro wa M23. Uyu ni Blaise Kavungera ushinzwe ‘porotokole’ muri iyi ntara. Uru rwego ruzwi nka ANR rwamutaye muri yombi tariki ya 16 Ugushyingo, arara muri kasho y’i Goma ijoro rimwe, yoherezwa […]

Dr Kayumba yatakambiye urukiko ngo rumufunguze by’agateganyo

Umunyapolitiki Dr Kayumba Christopher wabaye umwarimu muri kaminuza y’u Rwanda n’umunyamakuru mukuru, yatakambiye urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge, arusaba ko rwamufunguza by’agateganyo. Dr Kayumba yaherukaga imbere y’abacamanza tariki ya 16 Nzeri 2022, aho bafashe umwanzuro w’uko urubanza rutabera mu rukiko, ko ahubwo rwazabera muri gereza ya Nyarugenge, kandi rukazaburanishwa n’abacamanza batatu. Gusa kuri uyu wa 18 […]

Kiyovu Sports yirukanye rutahizamu w’Umurusiya bari bamaranye amezi 3

Ikipe ya Kiyovu Sports yatangaje ko yamaze gusezerera rutahizamu Vladislav Kormishin ukomoka mu gihugu cy’u Burusiya, nyuma y’amezi atatu ayikinira. Iyi kipe yemeje aya makuru mu butumwa yanditse kuri Twitter yayo, mbere yo kumwifuriza amahirwe masa mu rugendo rushya agomba kwerekezamo. Iti: “Turashimira cyane Vladisilav Kormishin wari umaze amezi atatu turi kumwe mu igerageza, tukaba […]

Nyaruguru: Vers la professionnalisation du travail de cueilleur de feuilles de théiers

Le thĂ©ier est une culture industielle qui fait rentrer des devises au Rwanda. Aujourd’hui dans le district de Nyaruguru, la superficie des champs de plantations de thĂ©iers s’Ă©largit d’annĂ©e en annĂ©e. Proportionnellement, la demande en cueilleurs de feuilles de thĂ© progresse. C’est pourquoi les thĂ©iculteurs locaux lancent une idĂ©e que le travail de cueilleur puisse […]

Tunisia: Igipolisi cyitambitse abashakaga kujya kwigaragambiriza ahabera inama ya OIF

Kuri uyu wa Gatanu, abapolisi ba Tunisia barashe ibyuka biryana mu maso kugira ngo batatanye abigaragambyaga mu mujyi wa Zarzis bagerageje kugera ku kirwa cya Djerba, aho abayobozi b’ibihugu bivuga igifaransa bagomba gukorera inama mu mpera z’iki cyumweru, nk’uko abatangabuhamya babitangaje . Iyi myigaragambyo yahungabanyije Zarzis, ihujwe na Djerba n’ikiraro kirekire, imaze ibyumweru byinshi bitewe […]

Rusizi: Itumbagira ry’igiciro cy’ifumbire rikomeje kubera ingorabahizi abahinzi b’icyayi

Rugamba avuga ko bakomeje gukora ubuvugizi ngo harebwe icyakorwa

Abahinzi b’icyayi ba The villageois UMACYAGI bakorana n’uruganda rw’icyayi rwa Shagasha mu karere ka Rusizi, baravuga ko bahangayikishijwe cyane n’itumbagira rikabije ry’igiciro cy’ifumbire bavuga ko imaze kwikuba hafi kabiri ugereranije n’uko yaguraga umwaka ushize, bagasaba ubuvugizi ngo bahabwe nkunganire nk’uko byagenze mu itera rishize. Mu kiganiro na BWIZA, bamwe muri bo bavuze ko mu itera […]

L’Arabie saoudite et le Rwanda discutent de la promotion d’un partenariat dans les domaines numĂ©riques innovants

dst_1815230_3641339_3_3_2022111801033490.jpg

Le sous-ministre des communications et des technologies de l’information, ing. Haitham bin Abdurrahman Al-Ohali, a reçu ici vendredi la ministre des Technologies de l’Information, des Communications et de l’Innovation de la RĂ©publique du Rwanda, Paula Ingabire, actuellement en visite dans le Royaume . La rĂ©union s’est dĂ©roulĂ©e en prĂ©sence de la secrĂ©taire gĂ©nĂ©rale de l’Organisation […]

Cristiano Ronaldo yavuze imyato Messi, ahishura icyo yakora aramutse amutwaye Igikombe cy’Isi

Rutahizamu Cristiano Ronaldo, yavuze imyato Lionel Messi ufatwa nk’umukeba we muri ruhago mbere yo guhishura ko yahita asezera umupira w’amaguru mu gihe baba bahuriye ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi akakimutwara. Uyu munya-Portugal yabigarutseho mu kindi gice cy’ikiganiro aheruka kugirana n’umunyamakuru Piers Morgan. Kuri ubu imyaka irakabakaba 15 Cristiano Ronaldo ahanganiye na Lionel Messi intebe […]

Maj. Gen. Nyakarundi ukuriye ubutasi bw’u Rwanda ari i Kampala

Abakuriye ubutasi bwo mu bihugu by'akarere bateraniye i Kampala

Umuyobozi Mukuru w’urwego rw’ubutasi rw’igisirikare cy’u Rwanda, Major General Vincent Nyakarundi ari mu ruzinduko rw’akazi i Kampala muri Uganda. Maj. Gen. Nyakarundi yitabiriye inama y’iminsi ibiri y’abakuriye inzego z’ubutasi zo mu karere ka Afurika y’iburasirazuba, ibera muri Protea Hotel Skyz guhera kuri uyu wa 17 Ugushyingo 2022. Iyi nama iyobowe n’ukuriye ubutasi bwa Uganda, Maj. […]

Sinigeze nkora ku mbunda – Shimiyimana uri mu bashinjwa kwica Amb. Attanasio

Uwitwa Shimiyimana Prince Marco, ushinjwa kuba ari we warashe isasu ryahitanye Ambasaderi w’u Butaliyani muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Luca Attanasio, ku ya 22 Gashyantare 2021 hafi ya Goma, yatangaje ko ari umwere nk’abandi baregwa, kuri uyu wa Gatatu ushize imbere y’urukiko rwa gisirikare rwa Kinshasa / Gombe . “Sinigeze nkora ku mbunda. Nta […]

Tshisekedi ntiyitabira inama ya OIF kubera imirwano ya FARDC na M23

Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix Tshisisekedi, ntabwo yitabira inama y’umuryango mpuzamahanga w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (OIF) ibera i Djerba muri Tunisia, kubera imirwano iri kuba hagati y’ingabo z’igihugu ayoboye n’umutwe witwaje intwaro wa M23. Muri iyi nama izahuriramo abakuru b’ibihugu na za guverinoma bagera kuri 31 barimo Emmanuel Marcon w’u Bufaransa, […]

Urukiko rwemeje ko rudafite ububasha bwo kuburanisha Karasira Aimable

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwasobanuye ko rudafite ububasha bwo kuburanisha Karasira

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwemeje ko rudafite ubushobozi bwo kuburanisha Karasira Aimable wabaye umuhanzi n’umwarimu muri kaminuza y’u Rwanda. Mu gihe byari byitezwe ko uru rukiko ruburanisha mu mizi Karasira kuri uyu wa 18 Ugushyingo, rwatangaje ko uru rubanza ruzabera mu rugereko rwihariye rw’urukiko rukuru ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imbibi ruherereye i Nyanza. Iki cyemezo […]

RIB arrests man related to death of famous Rwandan Volleyball player

The Rwanda Investigation Bureau (RIB) has confirmed it arrested Emmanuel Nsabimana, the man suspected of injuring and therefore causing the death of a former Volleyball player, Faisal Safari. Speaking to The New Times on Thursday, November 17, Thierry Murangira, the RIB Spokesperson, confirmed arrest, saying preliminary investigations have revealed that there is evidence indicating that […]

Uyoboye ingabo za Kenya yijeje FARDC ko mu cyumweru gitaha azajya kuyifasha ku rugamba

“Mu cyumweru gitaha nzaza, nshobora kuza ninjoro cyangwa ku manywa. Murabizi na Yesu yavuze ko umunsi azazira utazwi”, ibi ni ibyatangajwe n’umuyobozi w’ingabo za Kenya zoherejwe mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ubwo yasuraga ingabo za FARDC agiye kureba uko byifashe ku rugamba. Major General Jeff Nyaga wo mu ngabo za Kenya yeretswe […]

Koreya ya Ruguru yarashe igisasu kirusha umuvuduko ijwi cyagera muri Amerika

Minisitiri w’ingabo w’u Buyapani aravuga ko Koreya ya Ruguru yarashe misile yo mu bwoko bwa ballistique ymbukiranya imigabane (ICBM) ifite ubushobozi bwo kugera ku butaka bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika . Iyi misile yaguye mu nyanja muri kilometero 210 uvuye mu burengerazuba bwa Hokkaido mu Buyapani. Amerika yamaganye itangizwa, mu gihe Koreya y’Epfo yategetse […]

Amafoto: Indege z’intambara zaherekeje ikipe ya Poland yitabiriye igikombe cy’Isi

Izi ndege zagejeje ikipe y'igihugu ku mupaka

Indege z’intambara zo mu bwoko bwa Falcon F16 zaherekeje ikipe y’igihugu ya Poland yitabiriye irushanwa ry’igikombe cy’Isi kirabera muri Qatar guhera ku wa 20 Ugushyingo 2022. Iyi kipe yatangarije aya makuru kuri konte yayo y’urubuga rwa Twitter kuri uyu wa 17 Ugushyingo, aho yagize iti: “Twaherekejwe ku mupaka wo mu majyepfo ya Poland n’indege za […]

APR FC yigaramye ibyo gutumiza inama rukokoma, yikoma itangazamakuru

Ikipe ya APR FC yahakanye ko nta nama y’igitaraganya ubuyobozi bwayo buheruka gutumiza; ngo kuko nta bibazo bidasanzwe biri muri iyi kipe. Ku wa Kabiri tariki ya 15 Ugushyingo 2022 ni bwo byari biteganyijwe ko iyi nama yagombaga kuba, gusa amakuru avuga ko yaje gusubikwa kubera ko bamwe mu basirikare bayoboye APR FC batashoboye kuboneka […]

RDC: Urujijo ku waba arimo kugenzura Kibumba hagati ya FARDC na M23

capture-28.jpg

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, kirigamba kuba cyisubijje 90% by’ibice bigize Gurupoma ya Kibumba kibifashijwemo n’indege z’intambara za Su-25, ariko uruhande rwa M23 rukabinyomoza ruvuga ko nta nta sentimetero ya Kibumba zafashe . Iyi nkuru dukesha Mediacongo iravuga ko uduce twa Kabuhanga, Kabuye, Rwibiranga, Nyundo, Kanyamahoro, byose ubu biri mu maboko ya […]

Gicumbi: Bane bakurikiranweho gukubita umuntu bikamuviramo urupfu

Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Gicumbi kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki ya 16 Ugushyingo 2022, bwagejeje imbere y’urukiko rwisumbuye rwa Gicumbi abagabo bane bo mu Karere ka Rulindo, Umurenge wa Murambi, Akagari ka Mvuzo, Umudugudu wa Munyinya, bakekwaho icyaha cyo gukubita no gukomeretsa bikaviramo umuntu urupfu . Abaregwa bakaba bakekwaho kuba barishe umuturanyi wabo […]

Gen Nyagah wa Kenya yasuye FARDC ku irasaniro aho ihanganye na M23 (Amafoto)

20221118_054451.jpg

Umuyobozi w’Ingabo za Kenya ziheruka koherezwa kugarura amahoro muri Congo Kinshasa, Maj. Gen Jeff Nyagah, yasuye ku irasaniro Ingabo z’icyo gihugu (FARDC) aho zikomeje guhangana n’inyeshyamba za M23. Maj Gen Nyagah yasuye Ingabo za Congo ku rugamba ku wa Kane tariki ya 17 Ugushyingo 2022. Uyu musirikare yari aherekejwe na bagenzi be bo mu ngabo […]

VIDEO: M23 rebels away 13km from Goma- Army tell EACRF commander

Congolese Armed Forces, FARDC has told Gen Jeff Nyagah, the commander of EAC forces in DRC, that M23 rebels are located at 5Km from their troops at their battlefield, adding eight kilometers from where they’re to Goma City. Watch the video: https://youtu.be/0YtnNGNPBnk Rwandan journalist, Janvier Popote, who is in DRC said the rebels have advanced […]