Rayon Sports yazanzamukiye kuri AS Kigali, ikura Kiyovu Sports ku mwanya wa mbere
Ikipe ya Rayon Sports yisubije by’agateganyo umwanya wa mbere ku rutonde rwa shampiyona, nyuma yo gutsinda AS Kigali igitego 1-0. Gikundiro yari imaze imikino ibiri yikurikiranya idatsinda nyuma yo gutsindwa na Kiyovu Sports ibitego 2-1 no kugwa miswi na Mukura 2-2, yari yakiriye Abanyamujyi kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo; mu mukino w’umunsi wa 10 […]
Leta y’u Rwanda igiye kurwanyiriza ruswa mu nsengero

Leta yâu Rwanda yateguye icyumweru cyihariye cyo kurwanya ruswa kizarangwa nâubukangurambaga buzakorerwa ahantu hatandukanye harimo mu madini nâamatorero. Iki cyumweru kizabaho mu rwego rwo kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya ruswa uzaba tariki ya 9 Ukuboza 2022, kizatangira tariki ya 26 Ugushyingo ku nsanganyamatsiko “Twimakaze indangagaciro zo kurwanya ruswa, inkingi yâiterambere rirambye.â Iki cyumweru kizatangira, aho […]
Masisi: Haravugwa iyicwa ry’uwari Komanda wa polisi muri Maoma
Ibintu byari bimeze nabi cyane mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, itariki ya 24 Ugushyingo 2022 i Bweremana muri Gurupoma ya Mupfuni Shanga, Sheferi ya Bahunde muri Teritwri ya Masisi kubera iyicwa rya Komanda wa Polisi . Uyu mu Komanda wa Polisi muri Maoma, muri Sheferi ya Bahunde muri Teritwari ya Masisi, yishwe nâabantu […]
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Umunyamakuru w’imikino Karenzi Samuel, yiseguye nyuma y’amagambo atarakiriwe neza aheruka gutangaza k’umusifuzi Mukansanga Rhadia Salima. Ku wa Kabiri w’iki cyumweru ni bwo Mukansanga Salima yanditse amateka yo kuba Umunyafurikakazi wa mbere wari ushoboye gusifura imikino y’Igikombe cy’Isi cy’abagabo. Uyu mukobwa ukomoka mu karere ka Nyamasheke yabigezeho, ubwo yagirwaga umusifuzi wa kane mu mukino Les Bleus […]
Nyamasheke: Mu bigo byâamashuri bahangayikishijwe nâibiciro bikomeje kuzamuka

Mu gihe abayobozi bâibigo byâamashuri mu karere ka Nyamasheke batakira ababyeyi mu nama bagirana, babereka impungenge zâicyo abana babo bazarya mu minsi iri imbere igihe ibiciro byâibiribwa byakomeza gutumbagira, ababyeyi bakavuga ko bitazamuka mu mashuri ngo bisige mu miryango, rukabura gica, ubuyobozi bwâaka karere burasaba aba bayobozi kwishakamo ibindi bisubizo. Inyinshi mu nama zihuza ababyeyi […]
Igikombe cy’Isi: Embolo yafashije u Busuwisi gutsinda CamĂ©roun akomokamo
Ikipe y’igihugu ya CamĂ©roun ‘Les Lions Indomptables’, yatangiye nabi imikino y’Igikombe cy’Isi cya 2022 ikomeje kubera muri Qatar nyuma yo gutsindwa n’u Busuwisi igitego 1-0. CamĂ©eoun n’u Busuwisi bari bahuriye mu mukino wo mu itsinda G wabereye kuri Stade ya Al Janoub. Ni umukino wasaga n’uringaniye ku mpande zombi, dore ko amakipe yombi yaremye uburyo […]
Karongi: Umugabo yaboheye abana be mu bwiherero bamara kabiri batarya

Amakuru yizewe BWIZA ifite avuga ko kuri uyu wa 24 Ugushyingo 2022, mu Mudugudu wa Maryohe, Akagari ka Kiniha, Umurenge wa Bwishyura mu Karere ka Karongi, umugabo witwa Hakorimana Aloys, yafungiranye abana be babiri mu bwiherero, ababohesheje supaneti, bamara iminsi ibiri batarya, batanywa ku bwo kubashinja kumwiba ihene ebyiri ze bakazigurisha. Iby’aya makuru byamenyekanye ahagana […]
Ba rwiyemezamirimo 1.000 bato mu turere nka Rusizi bagiye gutegurirwa kujya ku isoko ryâumurimo

Ba rwiyemezamirimo barenga 1.000 bakiri bato bo mu turere twa Rubavu, Rusizi, Muhanga na Nyagatare biteguye guhabwa ubumenyi bubategurira kujya ku isoko ryâumurimo ndetse na gahunda zo kubyihutisha bazahabwa nâibigo byo guhanga udushya bizwi nka âHANGA Hubsâ . Mu rwego rwo gushyigikira uyu mushinga wa HANGA Hub muri Rusizi, Umuyobozi mukuru wâikigo gishinzwe amakuru mu […]
Uganda: Hari ubwoba bw’ibitero by’iterabwoba
Inzego zishinzwe umutekano muri Uganda ziryamiye amajanja, nyuma y’uko zibonyr ibimenyetso by’uko umutwe wa ADF uri gutegura kugaba ibitero by’iterabwoba mu gihugu. Ku itariki ya 11 Nyakanga 2010 ibitero by’iterabwoba byagabwe i Kampala aherekanirwaga umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi wahuzaga Espagne n’u Buholandi, bituma abantu 74 bapfa na ho 85 barakomereka. Mu butumwa Polisi ya […]
Afurika: Hari ibihugu byaba bitishimira kubona u Rwanda rwohereza ingabo mu butumwa bw’amahoro

Bimwe mu bihugu byo ku mugabane wa Afurika byiganjemo ibifite ibisirikare bikomeye biravugwaho kutishimira kubona u Rwanda rwohereza abasirikare benshi mu butumwa bwâamahoro ahantu hatandukanye. Nkâuko ikinyamakuru Foreign Policy cyabisobanuye mu nkuru cyahaye umutwe wa âHow Rwanda Became Africaâs Policeman?â (U Rwanda rwahindutse umupolisi wa Afurika rute?), iri shyari rishingira ku butumwa ingabo zarwo zijyamo […]
Umunyamabanga wa Leta muri MINEDUC yagaragaye ari gusoma igitabo n’abana bo muri ‘primaire’
Umunyamabanga wa Leta Muri Minisiteri yâUburezi Ushinzwe amashuri abanza nâayisumbuye, Gaspard Twagirayezu, yasuye abanyeshuri mu ishuri ribanza ryo mu Murenge wa Mudende mu Karere ka Rubavu, areba uko abana biga. Gaspard Twagirayezu wagiri uruzinduko mu Ntara yâAmajyaruguru nâiyâIburengerazuba, yatangiriye mu Karere ka Gakenke anabereye imboni muri Guverinoma yâu Rwanda ku wa Mbere tariki 22 Ugushyingo […]
APR FC yaba yirukanye burundu Mohammed Adil Erradi
Ikipe ya APR FC biravugwa ko yamaze kwirukana burundu umunya-Maroc Mohammed Adil Erradi wari umaze imyaka itatu ari umutoza wayo mukuru. Inkuru y’uko uyu mutoza yaba yirukanwe yatangiye kuvugwa mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, gusa APR FC ntacyo APR FC irayavugaho. Adil biravugwa ko yirukanwe mu gihe Ku wa 13 Ukwakira ubuyobozi bwa […]
Urwego rw’amagereza rwanze gufunga Zuma wabaye Perezida wa Afurika y’Epfo
Urwego rwa Afurika yâEpfo rushinzwe amagereza rwanze kubahiriza icyemezo cyâurukiko cyo gufunga Jacob Zuma wayoboye iki gihugu, kuko ngo haba harimo akarengane. Tariki ya 21 Ugushyingo 2022 ni bwo urukiko rwâikirenga rwanzuye ko Zuma agomba gusubira muri gereza, akarangiza igifungo cyâamezi 15 yakatiwe nâurukiko rushinzwe kurinda Itegekonshinga muri Kamena 2021. Ni mu gihe Zuma yari […]
Umoja Africa baravuga ko FDLR iri gutoza abahoze ari amabandi bagera kuri 400
Umuryango utegamiye kuri Leta witwa Umoja Africa uvuga ko abarwanyi 400 bahoze ari amabandi yayogoje rubanda muri Repubulika Iharanira Demokasi ya Congo, bari guhabwa imyitozo nâumutwe wa FDLR muri Gurupoma ya Bashali Kaende muri Teritwari ya Masisi. Uyu muryango uharanira uburenganzira bwa muntu, watangaje ko uhangayikishijwe nâaba barwanyi bagomba kwinjira mu mutwe wa MaĂŻ-MaĂŻ Nyatura. […]
U Burusiya burashinjwa gutangiza ibitero bigamije kwicisha imbeho Abanya-Ukraine
Nyuma y’amasaha make Inteko ishinga amategeko yâu Burayi itoye kuri uyu wa Gatatu umwanzuro wemeza ko u Burusiya ari ‘âumuterankunga wâiterabwoba,â u Burusiya bwahise burasa urufaya rwa misile ku bikorwaremezo bikomeye bya Ukraine ndetse no ku basivili . Igisirikare cyâu Burusiya cyateye ibisasu mu ivuriro ryâababyeyi i Vilniansk, umujyi muto wo mu Karere ka Zaporizhzhia, […]
RDC yagize icyo ivuga ku makuru y’uko yaba yitabaje na CODECO mu guhangana na M23
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yahakanye amakuru avuga ko yaba yitabaje abarwanyi bo mu mutwe wa CODECO, ngo bajye gufasha Ingabo zayo guhangana mu mirwano n’inyeshyamba za M23. Amakuru y’uko RDC yaba yitabaje umutwe wa CODECO ushinjwa gukorera ubwicanyi bw’indengakamere muri Teritwari ya Ituri, yatangiye kuvugwa ku mbuga nkoranyambaga kuva ejo ku wa Gatatu. Ku […]
Umukinnyi wa Ghana yatangaje ko Neymar atamurusha ubuhanga

Mohammed Kudus ukina hagati mu ikipe yâumupira wâamaguru ya Ghana yatangaje ko rutahizamu wo muri Brazil, Neymar Junior, atamurusha ubuhanga. Kudus wâimyaka 22 yâamavuko mu kiganiro yagiranye nâumunyamakuru wa The Guardian, yasobanuye ko icyo Neymar amurusha ari ibigwi gusa. Ati: âNtabwo ari mwiza kundusha. Ni umukinnyi wâibigwi byinshi gusa.â Aba bakinnyi bombi bahuriye mu mukino […]
Goma: Hateguwe indi myigaragambyo yo kwamagana u Rwanda kuri yu wa Kane
Sosiyete sivile mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru kuri uyu wa Kane, itariki ya 24 Ugushyingo 2022 yateguye indi myigaragambyo yo kwamagana u Rwanda mu Mujyi wa Goma, umurwa mukuru wâintara Kivu yâAmajyaruguru . Ni imyigaragambyo iyi sosiyete sivile ivuga ko iza gusabiramo Umuryango Mpuzamahanga gusaba u Rwanda gukura ingabo zarwo, ngo zaba zihishe mu mutwe […]
Minisitiri Mutua yasabye Abanyakenya bakorera muri Koreya yâEpfo kudataha iwabo kuko âbitoroshyeâ

Minisitiri wâububanyi nâamahanga wa Kenya, Alfred Mutua, yasabye Abanyakenya bakorera muri Koreya yâEpfo kugumayo, kuko ngo nta kazi keza babona mu gihugu cyabo karuta ako bafite. Uyu munyapolitiki yagiye muri Koreya yâEpfo, aherekeje Perezida wa Kenya, Dr William Ruto wagiriyeyo uruzinduko rwari rugamije gushaka imikoranire mu bikorwa bitandukanye birimo ibyâiterambere. Mutua yavuze ko nta mpamvu […]
Mohammed Adil Erradi yanze kubonana n’intumwa APR FC yamutumyeho
Umunya-Maroc Mohammed Adil Erradi kuri ubu ugifatwa nk’umutoza mukuru wa APR FC, yanze kubonana na Mupenzi Eto’o iriya kipe y’Ingabo z’Igihugu iheruka kumutumaho kugira ngo bakemure ibibazo bafitanye mu mahoro. Ku wa 13 Ukwakira ni bwo ubuyobozi bwa APR FC bwafatiye ibihano umutoza Mohammed Adil Erradi na na Kapiteni Djabel Manishimwe, nyuma yâuko bari batangiye […]
Un violeur en sĂ©rie arrĂȘtĂ© Ă Nyagatare
Le Bureau d’enquĂȘte du Rwanda (RIB) a arrĂȘtĂ© Samuel Nsengiyumva, 32 ans, pour avoir prĂ©tendument profanĂ© 11 enfants dans le district de Nyagatare . S’adressant au New Times, le porte-parole de RIB, Thierry Murangira, a dĂ©clarĂ© : « Nsengiyumva a souillĂ© les enfants en utilisant le toilettage. Il les a attirĂ©s avec des cadeaux et […]
Luanda: FDLR yasabwe kuzinga utwangushye igataha mu Rwanda
Abarwanyi bâumutwe witwaje intwaro wa FDLR urwanya ubutegetsi bwâu Rwanda basanzwe bakorera mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) basabwe kuzinga utwangushye bagataha muri iki gihugu bakomokamo. Ubu busabe buri mu byemezo byafatiwe mu nama yabereye i Luanda muri Angola kuri uyu wa 23 Ugushyingo 2022, yahuje Perezida wâu Burundi, uwa RDC, u […]
EAC orders M23 to withdraw or face fire
The Luanda summit on the security crisis in eastern DR Congo has ordered the FDLR, a terrorist group composed of remnants responsible for the 1994 Genocide against the Tutsi in Rwanda, to disarm immediately and embark on an âunconditional repatriationâ. The summit took place in the Angolan capital Luanda on Wednesday, November 23. It was […]