Ingano y’amazi ukwiye kunywa ku munsi bitewe n’ibiro ufite
Umubiri ugizwe na 60% y’amazi, uhora utakaza amazi mu mubiri wawe, nk’igihe gusohora inkari ndetse n’icyuya. Kugira ngo ugaruze ibyo watakaje, ukwiye kunywa amazi ahagije. Nk’uko byatangajwe na Healthline.com ibitangaza. Hariho ibitekerezo byinshi bitandukanye ku bijyanye n’amazi ukwiye kunywa buri munsi. Umuntu utanywa amazi menshi usanga ahorana umunaniro ukabije, kuribwa bya hato na hato, umutwe […]
General Kabarebe yagereranyije FDLR na kanseri
Umujyanama wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda mu by’umutekano, General James Kabarebe, yagereranyije umutwe witwaje intwaro wa FDLR n’indwara ya kanseri igomba kuvurwa igifata umubiri. Gen. Kabarebe yabivugiye mu nama yiga ku gusigasira ubumwe bw’Abanyarwanda no kubaka amahoro arambye mu karere k’ibiyaga bigari yabereye mu kigo gishinzwe gusubiza mu buzima busanzwe ingabo zavuye ku rugerero […]
Kabuga’s health condition sparks controversy again
Emmanuel Altit, the lawyer of Kabuga Felicien, accused of genocide against the Tutsi in 1994, asked for his release because of his poor state of health . He made the request during a hearing on March 8, 2023 after an expert report on Kabuga’s health pointed out that his condition was critical and he was […]
M23 yagaragaje umuvuno wa FARDC uri gutuma urugamba rugorana
Umutwe witwaje intwaro wa M23 wagaragarije Abanyekongo n’amahanga umuvuno w’ingabo za Repubulika ya demukarasi ya Congo uri gutuma urugamba rubera muri Masisi rugorana. Mu itangazo ryashyizwe n’Umuvugizi wayo, Lawrence Kanyuka kuri uyu wa 9 Werurwe 2023, M23 yavuze ko ihuriro rya FARDC, imitwe yitwaje intwaro n’abacancuro riri kwifashisha ibirindiro bya misiyo y’amahoro y’Umuryango w’Abibumbye (MONUSCO) […]
Robertinho yirukanishije mwene wabo waherukaga kumusimbura muri Vipers
Ikipe ya Vipers Sports Club y’i Kampala muri Uganda yamaze kwirukana umunya-BrĂ©sil Beto Bianchi wari umaze amezi abiri ari umutoza wayo mukuru. Iyi kipe yemeje aya makuru ibinyujije ku rubuga rwayo rwa Internet. Iti: “Vipers Sports Club iratangaza ko amasezerano y’umutoza mukuru Beto Bianchi yasheshwe kandi icyo cyemezo kigahita gishyirwa mu bikorwa. Ikipe irashimira Bianchi […]
Urubanza rw’ubujurire rwa Prince Kid rwimuriwe ku yindi tariki
Urukiko rukuru rufite icyicaro i Kigali rwimuriye ku itariki ya 31 Werurwe, iburanisha ry’ubujurire bwerekeye uwahoze ategura amarushanwa y’ubwiza ya Miss Rwanda, DieudonnĂ© Ishimwe, uzwi cyane ku izina rya Prince Kid . Prince Kid, washinze Rwanda Inspiration Back-up, ikigo cyateguye amarushanwa y’ubwiza, ahanganye n’ibirego byo gufata ku ngufu no gusaba imibonano mpuzabitsina nyuma y’uko ubushinjacyaha […]
Ikibazo cyo kurangiza vuba : Uburyo bwiza bwo gutera akabariro no gushimisha uwo mwashakanye
Kurangiza vuba (Premature ejaculation) ni ikibazo gikomerera abashakanye ahanini kiri guteza impagara no gusenyuka ku ngo nyinshi. Kurangiza vuba bivugwa igihe umugabo arangiza (asohora) mbere y’uko akora imibonano cyangwa se hatarashira iminota ibiri ari mu gikorwa. Ubushakashatsi bwakozwe n’inzobere kubijyanye n’ubuzima bwi’imyororokere kukinyamakuru (Healthline.com) bugaragaza ko nibura umugabo umwe mugabo batatu aba afite iyo nenge, […]
Un homme engage un médecin pour tuer sa femme
Le tribunal de première instance de Luweero a commencĂ© l’audition d’une affaire dans laquelle un homme aurait conspirĂ© avec sa maĂ®tresse pour soudoyer un mĂ©decin afin que la mère de ses quatre enfants soit tuĂ©e par une procĂ©dure mĂ©dicale . Le Dr Onesmus Bainomugisha est un tĂ©moin clĂ© Ă charge dans l’affaire de complot en […]
La Cour des Nations Unies statuera sur l’aptitude de Kabuga Ă ĂŞtre jugĂ©
Un tribunal de l’ONU dĂ©cidera ce jeudi s’il convient de poursuivre le procès du prĂ©sumĂ© cerveau du gĂ©nocide, Felicien Kabuga, ou de l’interrompre Ă la suite d’un rapport mĂ©dical indiquant que l’homme de 90 ans Ă©tait “trop ????malade pour ĂŞtre jugĂ©”. L’accusation a contestĂ© le rapport mĂ©dical qui indiquait que l’homme qui est connu pour […]
Rais wa Sudan Kusini amfuta kazi waziri wa mambo ya nje
Rais wa Sudan Kusini, Salva Kiir Mayardit, alimfuta kazi Waziri wake wa Mambo ya Nje na Ushirikiano wa Kimataifa, Mayiik Ayii Deng, ghafla katika msukosuko usiotarajiwa . Deng alifarijika katika agizo la rais mwishoni mwa Jumatano ambalo lilipeperushwa na Shirika la Utangazaji la Televisheni la Sudan Kusini (SSBC) linalomilikiwa na serikali. Hakuna sababu iliyotolewa ya […]
Ndayishimiye yashinje abadepite kurya iby’igihugu, ntibakorere rubanda
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, aherutse kwibasira abadepite, abashinja kurya iby’igihugu, ariko bakibagirwa inshingano ikomeye bafite yo gutumikira rubanda bafite ibibazo. Aya magambo Ndayishimiye yayavuze tariki ya 1 Werurwe 2023 ubwo we n’abandi bayobozi bari mu cyiciro cya 14 cy’isengesho ry’igihugu ryateguwe n’Inteko ishinga amategeko. Yagize ati: “Abashingamategeko bo mu ntara, Ruyigi, bagahamagara Minisitiri ushinzwe […]
Nyuma yo kwirukana minisitiri w’ingabo Perezida Salva Kiir yirukanye na minisitiri w’ububanyi n’amahanga
Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir Mayardit, yirukanye mu buryo butunguranye Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane mpuzamahanga, Mayiik Ayii Deng, mu ivugurura ritari ryitezwe . Deng yakuwe ku nshingano ze mu iteka rya perezida ryo ku gicamunsi cyo kuri uyu Gatatu ushize ryanyuze kuri televiziyo ya Leta ya Sudani y’Epfo (South Sudan Broadcasting Corporation (SSBC). Nta […]
Muheto azagumana ikamba rya Miss Rwanda nk’umukorerabushake
Miss Nshuti Divine Muheto wabaye nyampinga w’u Rwanda mu mwaka w’2022, guhera tariki 19 Weyurwe 2023 agiye gukomezanya ikamba nk’umukoranabushake kubera ko muri uyu mwaka hatigeze hatorwa undi nyampinga. Irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda rizwi nka Miss Rwanda bisanzwe bizwi ko riba buri mwaka, gusa ariko muri 2023 ntabwo ryabaye kubera ibirego byavuzwe mu baritegura […]
Perezida wa M23 ni Umushi w’i Bukavu, Umunyamabanga wayo ni Umuhutu: Umujyanama wa Gen. Makenga
Umujyanama wa General Sultani Makenga uyobora abarwanyi ba M23, Bahati Erasto, yavuguruje abavuga ko uyu mutwe witwaje intwaro ari Abanyarwanda, atanga urugero ko Perezida wawo, Bertrand Bisimwa ari Umushi w’i Bukavu, Benjamin Mbonimpa usanzwe ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa wawo akaba Umuhutu w’i Rutshuru. Bahati ubwo yasuraga abatuye mu gace ka Kibarizo muri teritwari ya Masisi kuri […]
Impamvu u Rwanda rwaba ‘ruha ubufasha M23’ mu mboni y’ubutasi bwa Amerika
Ubutasi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwagaragaje kuba Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yarananiwe kurandura imitwe yitwaje intwaro irimo FDLR, nk’impambu u Rwanda rwaba ruha ubufasha umutwe wa M23. Ni ibigaragara muri raporo Ikigo cya Amerika gishinzwe ubutasi (CIA) cyagejeje ku nteko Ishinga Amategeko ya kiriya gihugu ku wa Gatatu tariki ya […]
Perezida wa Tanzania yishongoye ku gihugu cy’abaturanyi
Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yishongoye ku gihugu cy’abaturanyi kiri mu muryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) kubera uko ububiko bwacyo bw’amafaranga y’amahanga (forex reserve) buhagaze. Kuri uyu wa 8 Werurwe 2023 ubwo yifatanyaga n’abaturage kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’abagore, Perezida Samia yavuze ko bitandukanye n’ibyo bamwe bavuga, ubukungu bwa Tanzania buhagaze neza ugereranyije n’uko bimeze […]
Guverineri Ndima yasabye abaturage ba Kivu y’Amajyaruguru kwirinda kwibasira Ingabo za EAC
Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru, Lt. Gen. Constant Ndima, yahamagariye abaturage kwirinda kwibasira imitwe y’ingabo z’akarere ka EAC. Iki cyifuzo gikubiye mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku wa Gatatu, itariki ya 8 Werurwe n’umuvugizi we, Lt. Col. Guillaume Ndjike Kaiko . Nk’uko iri tangazo rivuga, aba basirikare, cyane cyane Abanyakenya n’Abarundi, bamaze koherezwa mu karere ka Goma […]
Intumwa z’akanama ka UN gashinzwe umutekano ziramara iminsi muri RDC
Intumwa z’akanama k’Umuryango w’Abibumbye (UN) gashinzwe umutekano ziraba ziri muri Repubulika ya demukarasi ya Congo guhera kuri uyu wa 9 kugeza ku wa 12 Werurwe 2023. Misiyo y’amahoro ya UN muri RDC, MONUSCO, yatangaje ko impamvu nyamukuru y’uru ruzinduko ari ukugenzura uko umutekano uhagaze muri iki gihugu no gushyira mu bikorwa manda nshya y’iyi misiyo […]
RDC: Batandatu bashinjwa kwica Ambasaderi w’u Butaliyani basabiwe gukatirwa urwo gupfa
Ubushinjacyaha bwa gisirikare muri Congo Kinshasa bwasabiye abantu batandatu bakekwaho kwica Luca Attanasio wahoze ari ambasaderi w’u Butaliyani muri RDC n’abo bari kumwe guhabwa igihano cy’urupfu. Ku itariki ya 22 Gashyantare 2022 ni bwo Ambasaderi Luca Attanasio, Vittorio Lacovacci wari umurinzi we cyo kimwe na Mustapha Milambo wari utwaye imodoka y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku […]
Bayern Munich yasezereye PSG itayirebeye mu izamu

FC Bayern Munich yongeye gusezerera Paris Saint-Germain itarenze ? nyuma yo kuyitsinda amajya n’amaza ibitego 3-0 ihita inakatisha itike ya ÂĽ cy’irangiza mu mikino ya UEFA Champions League. Hari mu ijoro ryo ku wa Gatatu tariki ya 8 Werurwe, aho Bayern Munich yari yakiriye Paris Saint-Germain mu mukino wo kwishyura wa ? mu mikino ya […]