Lionel Messi yasabye imbabazi PSG na bagenzi be
Lionel Messi yasabye imbabazi ikipe ya PSG na bagenzi be bakinana muri iyi kipe yo mu Bufaransa, nyuma yo kujya muri Arabie Saoudite nta ruhushya yabiherewe n’ikipe bigatuma asiba imyitozo yo ku wa Mbere w’iki cyumweru. Messi yasabye imbabazi binyuze mu mashusho yashyize ku rubuga rwe rwa Instagram. Ati: “Nifuje gukora iyi videwo nyuma y’ibyabaye […]
Umugabo ushaka gushimisha umutima w’umugore wawe azakore iki kintu

Mu buzima busanzwe hari abagabo bazi gukunda cyane ndetse bakaba bakwemera gukora muri kimwe cyose ariko kugirango abakunzi cyangwa abagore babo bishime. Gusa hari n’abandi bapfa kubona bagejeje umugore mu rugo ntibongere kubitaho bityo ugasanga urugo rurasenyutse. Nkuko hari inshingano umugore asabwa kuzuza ni nako umugabo agomba kuzuzuza, gusa kuri iyi nshuro reka turebe bimwe […]
Papa Francis awaombea wahanga wa mafuriko nchini Rwanda
Papa Francis ameelezea masikitiko yake na kuahidi maombi kwa wahanga wa mafuriko makubwa yaliyoharibu majimbo ya Magharibi, Kaskazini na Kusini nchini Rwanda na kusababisha hasara ya watu 130 . Kwa mujibu wa Vatican News, Baba Mtakatifu Francisko ametuma salamu za rambirambi kwa wale walioathirika katika telegram iliyotumwa kwa Balozi wa Kitume nchini Rwanda, Askofu Mkuu […]
RDC: Jean-Pierre Bemba yaba yatangiye kurebana ay’ingwe n’abegereye Tshisekedi
Nyuma yo guhabwa umwanya wa minisitiri w’ingabo muri guverinoma ya Sama 2, Jean Pierre Bemba ngo yatangiye kwerekana imitsi ye nk’umubyeyi mwiza wita ku muryango we ushishikajwe no guha uburere abana be kugira ngo Repubulika ya Demokarasi ya Congo igende neza . Uwahoze ari umuyobozi w’inyeshyamba ngo akomeje kwamagana imyitwarire idasanzwe y’abegereye Perezida Felix Tshisekedi. […]
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda yagiye mu nama y’akarere i Bujumbura

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Edouard Ngirente, ari i Bujumbura mu Burundi guhera kuri uyu wa 5 Gicurasi 2023. Dr Ngirente yagiye mu Burundi guhagararira Perezida Kagame (ari mu Bwongereza) mu nama y’abakuru b’ibihugu byo mu karere ka Afurika y’iburasirazuba yiga ku mutekano. Umukuru wa guverinoma y’u Rwanda yageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Bujumbura […]
Bahavu yariye karungu, arasaba inzego kumuhesha imodoka yatsindiye

Ukwezi kurenga, kurihiritse Bahavu Jeanette atabonye imodoka yatsindiye mu bihembo byatanzwe na Rwanda international Movie Award. Iyi modoka yayitsindiye ubwo yari mu bakinnyi batoranyijwe mu guhatanira igihembo ku mukinnyi wa cinema watsinze muri buri cyiciro cyashyizweho, aza gutsindira igihembo cy’umukinnyi mwiza watoranyijwe na rubanda(People’s choice). Ni igihembo Bahavu yatsindiye taliki taliki ya 1 Mata 2022, […]
Ed Sheeran yatsinze uwamushinje kwigana indirimbo ya Marvin Gaye

Umuhanzi Ed Sheeran yatsinze urubanza yarezwemo n’uwafashije kwandika indirimbo ‘Let’s Get It On” ya Marvin Gaye ko yashishuye injyana yayo ubwo yakoraga indirimbo ‘Thinking Out Loud’ mu 2014. Kuri uyu wa kane nibwo inteko y’urukiko rwo muri Manhattan, rwanzuye ko Ed Sheeran , yatsindiye indirimbo ye rugaragaza ko nta hantu na hamwe bigaragara ko yashishuye. […]
Kampala: Polisi yafashe abapolisi bashinjwa kwiba abajura bari bibye Umurundi asaga miliyoni 400
Igipolisi cya Uganda muri Kampala cyafashe abapolisi 10 bafunzwe bazira ibirego byo kwambura miliyoni 146 z’amashilingi abantu bakekwaho kwiba umuturage w’Umurundi miliyoni 407 z’amashilingi ku itariki ya 27 Mata 2023 . Abagabo batatu bari kuri moto, nk’uko bivugwa n’ubugenzacyaha, bashikuje igikapu kirimo amadorari 110.000 (Miliyoni 407 z’amashilingi ya Uganda) na Ama-Euros700 (miliyoni 2.9 z’amashilingi) uwahohotewe […]
Muzito aributsa Tshisekedi ko amahitamo meza ari ugutegura intambara n’u Rwanda
Umunyepolitiki wigeze kuba Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Adolphe Muzito, aributsa ubutegetsi bw’iki gihugu ko amahitamo meza ari ukwitegura intambara n’u Rwanda. Muzito washinze ishyaka ryitwa Nouvel Elan, mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Marc Perelman wa France 24, nk’uko asanzwe abivuga, yongeye kwemeza ko u Rwanda rufasha umutwe witwaje intwaro wa M23; ikirego […]
Bruce Melody yikije ku ishyari yagiriye Christopher asembuwe na Ama G

Itahiwacu Bruce uzwi nka Bruce Melody mu muziki yahishuye uko yigeze kugirira ishyari umuhanzi Christophe abitewe n’uko yabonaga ari gutumbagira mu bushorishorishori. Mu kiganiro uyu mugabo ubwo yaganiraga n’umunyamakuru M.Irene, yabajijwe impamvu atajya ajya mu bintu by’amashyari avuga ko mu gihe kimwe yigeze kurigira asembuwe na mugenzi we Ama G the Black aho yajyaga amubwira […]
Kagame, première dame au Royaume-Uni pour le couronnement du roi Charles
Le président Kagame et la première dame Jeannette Kagame sont à  Londres pour le couronnement du roi Charles III prévu le samedi 6 mai . Le président Kagame a débuté sa visite jeudi 4 mai par une rencontre bilatérale avec le Premier ministre britannique Rishi Sunak pour discuter de la coopération entre le Rwanda et […]
U Rwanda rwohereje abasirikare mu muhango wo kwimika Umwami w’u Bwongereza

U Rwanda rwohereje abasirikare bazaruhagararira mu muhango wo kwimika ku mugaragaro Umwami w’u Bwongereza, Charles III, uraba kuri uyu wa 6 Gicurasi 2023. Aba basirikare bagaragaye bari kumwe n’abandi bo mu bihugu bigize umuryango Commonwealth, ku kigo cya gisirikare cya Pirbright Military Center, aho bakoreraga imyitozo y’uko bazaseruka mu muhango nyirizina. Ibindi bihugu byohereje abasirikare […]
DRC: OIF not able to audit the electoral register
The International Organization of La Francophonie (OIF) has stated that it is unable to carry out an external audit of the electoral register compiled by the electoral commission responsible for organizing the general elections scheduled for December 20 in the Democratic Republic of Congo ( ground floor) . “The time allotted by your institution for […]
Igisirikare cya Ukraine kirasiye drone yacyo mu gace kegereye ibiro bya perezida i Kyiv

Igisirikare kirwanira mu kirere cya Ukraine cyarashe imwe mu ndege zitagira abaderevu zacyo kivuga ko cyri cyananiwe kugenzura mu kirere cy’umurwa mukuru,Kyiv, rwagati . Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane ushize, habaye guturika kw’ibisasu mu minota 15 kugeza kuri 20 ubwo intwaro zishinzwe ubwirinzi bwo mu kirere zageragezaga kurasa iyo drone mu gace kari […]
Basabwe kumenyekanisha umuceri bari bafite mu bubiko mbere y’itariki 19 Mata bagasubizwa TVA
Mu rwego rwo kugenzura ishyirwa mu bikorwa ry’ibiciro byashyizweho ku bicuruzwa by’umuceri, ifu y’ibigori n’ibirayi, Minisiteri y’ubucuruzi (MINICOM) ifatanyije n’izindi nzego ikomeje ubugenzuzi mu Gihugu hose, ho abacuruza umuceri baasabwe kumenyekanisha uwo bari bafite mu bubiko mbere y’itariki 19 Mata kugirango basubizwe Umusoro ku nyongeragaciro . Aho ubugenzuzi bwageze ku masoko manini yo mu Mujyi […]
Neymar yaciye amarenga ko umusaraba PSG ihetse, ari uko yimitse Mbappe

Neymar da Silva Santos Jà ºnior, muri iyi minsi we na mugenzi we Lionel Messi ntibamerewe neza muri ibi bihe bashinjwa kudatanga umusaruro mu ikipe ya Paris Saint Germain. Mu ijoro rishyira iryo kuri uyu wa Kane, nibwo igihiriri cy’ abafana b’ikipe ya Paris Saint Germain bagiye aho aba bakinnyi batuye baririrmba indirimbo zikubiyemo amwe mu […]
Canada yahamagaje Ambasaderi w’u Bushinwa nyuma y’ibirego byo gukanga umudepite wayo
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Canada, Melanie Joly, yatangaje ko igihugu cye cyahamagaje Ambasaderi w’u Bushinwa, Cong Peiwu, nyuma y’ibirego bishinja Beijing gutera ubwoba umudepite utavuga rumwe n’ubutegetsi n’umuryango we . Joly uhanganye n’ikibazo cyo gukemura ibibazo bivugwa ko Abashinwa bivanga muri politiki ya Canada, yavuze ko yategetse umwungirije guhamagara Cong ngo “amubwire mu buryo butaziguye […]
Perezida Kagame na Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza baganiriye kuri Congo, Sudani na Ukraine
Perezida Paul Kagame yaraye agiranye ibiganiro na Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Rishi Sunak; baganira ku ngingo zirimo amakimbirane yo muri Sudani na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ibiganiro by’abayobozi bombi byabereye ahitwa 10 Downing Street i Londres. Perezidansi y’u Rwanda yatangaje ko Perezida Kagame na Minisitiri w’Intebe Sunak “baganiriye ku ngingo zitandukanye zirimo iy’abimukira ndetse […]
Rusizi: Imibiri y’abazize jenoside imaze kuboneka mu isambu ya Kiliziya ya Mibilizi irarenga 1000
Kuva mu mpera za Werurwe kugeza tariki ya 3 Gicurasi 2023, mu isambu ya Kiliziya ya Mibilizi hari hamaze kuboneka imibiri 1064 y’abazize jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka w’1994. Iki gikorwa cyatangiye ubwo abakoraga amaterasi babonaga imwe muri iyi mibiri yajugunywe muri iyi sambu, babimenyesha ubuyobozi. Umuyobozi w’akarere ka Rusizi, Dr Kibiriga Anicet aherutse gutangaza […]