RIB yanyomoje Kazungu uvuga ko abo yishe yabahoye kumwanduza SIDA
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwanyomoje Kazungu Denis uvuga ko abakobwa yicaga yabahoye kuba baramwanduje Virusi itera SIDA. Kuri uyu wa Kane tariki ya 21 Nzeri ni bwo Kazungu yagejejwe imbere y’Urukiko rw’ibanze rwa Kagarama aho yaburanye ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo. Uyu mugabo w’imyaka 34 y’amavuko yemeye ibyaha 10 ubushinjacyaha bumurega. Ni ibyaha birimo icy’ubwicanyi, aho […]
Minisitiri Mimosa yahaye ikaze isiganwa ry’amagare ku rwego rw’Isi
U Rwanda rwahaye ikaze irushanwa ryo gusiganwa ku magare ku rwego rw’isi (UCI Road Championship 2025) rizabera mu Rwanda mu mwaka wa 2025. Ni umuhango wabaye kuri uyu wa Kane taliki 21 Nzeri 2023 uyobowe na Minisitiri wa Siporo Aurore Munyangaju arikumwe na Ms Amina Lanaya usanzwe ayobora UCI. Ni mu gihe impuzamashyirahamwe y’umukino wo […]
Nta kibazo kiri hagati y’ingabo n’abaturage, habaye ibibazo hagati y’Abanyekongo – Gen. Cirimwami
Guverineri w’agateganyo wa Kivu y’Amajyaruguru, Gen. Maj. Peter Cirimwami Nkuba, yakoze ubutumwa bwo kugenzura ihagarikwa ry’imirwano ku muhanda Goma-Kibati-Kanyamahoro-Kibumba mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Icy’ibanze muri ubu butumwa kwari ukureba uko FARDC ihagaze ku murongo w’imbere no kureba niba ihagarikwa ry’imirwano ryarubahirijwe ku ruhande rwa Congo. Ati: “Ntabwo twasabwe kuza gutera, ahubwo ni ukugenzura ihagarikwa […]
Andre Onana: Goalkeeper takes responsibility as Manchester United lose in Munich
Manchester United goalkeeper Andre Onana says he has “let the team down” and that they failed to get a result at Bayern Munich “because of me”. In an eventful game in Germany, Onana’s error gifted Bayern a crucial lead that they quickly doubled after United had started in disciplined fashion. A flurry of goals followed […]
Kicukiro: Un tueur en série présumé traduit devant le tribunal
Le tueur en sĂ©rie prĂ©sumĂ© Denis Kazungu a Ă©tĂ© traduit en justice jeudi 21 septembre devant le tribunal primaire de Kicukiro et inculpĂ© de 10 chefs d’accusation, dont meurtre, viol, contrefaà §on et profanation de cadavres humains. Kazungu a Ă©tĂ© arrĂ ÂŞtĂ© le 5 septembre. Il est accusĂ© d’avoir tuĂ© 12 personnes et de les avoir enterrĂ©es […]
Nkore iki? Ngira ubushake bw’imibonano budasanzwe kuburyo nta mugore umpaza
Umugabo ubarizwa mu murenge wa Kinyinya mu mujyi wa Kigali utaributangajwe amazina ye yagishije inama ko agira ubushake budasanzwe mu gihe cy’imibonano ku buryo nta mugore ujya apfa kumuhaza ngo amunyuze. Yagize ati”Nitwa….mbarizwa mu murenge wa Kinyinya mu karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali.Ikinteye kugisha inama ni uburyo bw’imiterere y’umubiri wanjye mbona ishobora gutuma […]
DRC: Tshisekedi calls for speedy withdrawal of UN peacekeepers
The Democratic Republic of Congo’s president has called for a speedy withdrawal of the UN peacekeeping mission in his country. The UN Organization Stabilization Mission in Congo (MONUSCO) has been deployed in eastern DR Congo since 1999. Addressing the 78th UN General Assembly session in New York on Wednesday, Felix Tshisekedi expressed disappointment with the […]
Abadepite babona mubazi y’abamotari nk’igikoresho cyo gukandamiza abaturage

Abadepite bagize komisiyo ishinzwe gukurikirana ikoreshwa ry’imari n’umutungo by’igihugu, PAC, bahamirije imbere y’urwego ngenzuramikorere, RURA, ko mubazi yahawe abamotari yifashishwaga mu gukandamiza abaturage. Ibi babivuze kuri uyu wa 21 Nzeri 2023 ubwo abayobozi, abari abayobozi n’abakozi ba RURA bitabaga, bisobanura ku bibazo byagaragajwe na raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’imari ya Leta y’umwaka ushize. Visi Perezida wa […]
Amerika yagabanyije ubufasha yahaga RDF
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashyize u Rwanda ku rutonde rw’ibihugu bikoresha abana mu gisirikare, ibyatumye zigabanya ubufatanye mu bya gisirikare ibihugu byombi bisanzwe bifitanye. U Rwanda rwabaye igihugu cya 19 gishyizwe kuri ruriya rutonde ruzwi nka CSPA. Ni urutonde Amerika ikora ishingiye ku iteka rigamije gukumira ikoreshwa ry’abana mu gisirikare. Umuvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi […]
Perezida Nana Akufo-Addo yasabye Amerika n’u Burayi guha Afurika indishyi
Perezida Nana Akufo-Addo wa Ghana yasabye Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Burayi guha Afurika indishyi, mu rwego rwo gusana ibyangirijwe n’icuruzwa ry’abacakara Perezida wa Ghana yatanze iki cyifuzo ku wa Gatatu w’iki cyumweru, ubwo yagezaga ijambo ku nteko rusange ya 78 y’Umuryango w’Abibumbye iri kubera i New. Yibukije Amerika n’ibihugu by’u Burayi ko ubukungu […]
Louise Mushikiwabo yamaganye igitero cya Azerbaijan muri Nagorno-Karabakh
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango Mpuzamahanga wa Francophonie, Louise Mushikiwabo, yamaganye byimazeyo igitero cya Azerbaijan muri Nagorno-Karabakh. Mu itangazo rye, Umunyamabanga Mukuru w’uyu muryango “yamaganye byimazeyo ibikorwa bya gisirikare byatangijwe na Azerbaijan mu karere ka Nagorno-Karabakh” anasaba ko iki gitero cyahita gihagarara. Yagaragaje ko yihanganishije kandi yifatanyije n’imiryango y’abapfuye n’abakomeretse. Louise Mushikiwabo yashimangiye akamaro ko kubahiriza ihagarikwa […]
Abadepite ntibumva ukuntu RURA yananiwe gukemura ikibazo cy’abagenzi
Abadepite bagize komisiyo y’inteko ishinga amategeko ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu, PAC, ntibumva ukuntu urwego ngenzuramikorere, RURA, rwananiwe gukemura ikibazo kiri mu gutwara abantu n’ibintu kiriho kuva mu mwaka w’2015. Kuri uyu wa 21 Nzeri 2023 ubwo abayobozi n’abakozi bo muri RURA bitabaga PAC, basobanuye ko ikibazo cy’abagenzi bategereza igihe kirekire imodoka zibatwara gishinze […]
Maroc-programme de reconstruction et de mise à  niveau générale des régions sinistrées par le séisme d’Al Haouz-Communiqué du Cabinet Royal

Rabat – Voici un communiquĂ© du Cabinet Royal : “Sa MajestĂ© le Roi Mohammed VI, que Dieu L’assiste, a prĂ©sidĂ© ce mercredi au Palais Royal de Rabat, une sĂ©ance de travail consacrĂ©e au programme de reconstruction et de mise Ă Â niveau gĂ©nĂ©rale des rĂ©gions sinistrĂ©es par le sĂ©isme d’Al Haouz. Cette nouvelle sĂ©ance de travail […]
Morocco – reconstruction and general upgrading program for the regions hit by the Al Haouz earthquake – Statement by the Royal Office
Rabat – Here follows a statement by the Royal Office: “His Majesty King Mohammed VI, may God assist Him, chaired, on Wednesday at the Royal Palace in Rabat, a working session devoted to the reconstruction and general upgrading program for the regions hit by the Al Haouz earthquake. This new working session is within the […]
Kazungu ukekwaho kuba umwicanyi ruharwa yagejejwe mu rukiko, umucamanza atera utwatsi icyifuzo cye
Kuri uyu wa Kane tariki ya 21 Nzeri 2023, Kazungu Denis ucyekwaho kuba umwicanyi ruharwa yagejejwe imbere y’Urukiko rw’ibanze rwa Kagarama ruherereye mu karere ka Kicukiro. Uyu mugabo ukekwaho kwica abantu barenga 10 akabashyingura mu nzu yakodeshaga iherereye mu Busanza ho mu murenge wa Kanombe w’akarere ka Kicukiro, yageze ku rukiko atwawe n’imodoka y’Urwego rw’Igihugu […]
Urupfu rwa Mwishywa wa Masamba uherutse gupfira muri Canada ruracyateye urujijo

Mu ntangiro z’iki Cyumweru nibwo hamenyekanye amakuru y’umuhanzi w’Umunyarwanda, Calvin Kagahe Ngabo uzwi nka Young CK uherutse kwitaba Imana azize urupfu rutaramenyekana. Uyu musore ubusanzwe wavukiye mu Rwanda muri Nyamirambo ndetse akanahiga amashuriye harimo abanza n’ayisumbuye utibagiwe na Kaminuza yigiye muri IPRC Kicukiro, ariko nyuma aza kujya muri Canada 2017 ari naho yaguye. Aha niho […]
U Burusiya bwaramutse bugaba ibitero by’indege i Kyiv no mu yindi mijyi ya Ukraine
Kuri uyu wa Kane, u Burusiya bwagabye ibitero byo mu kirere ku murwa mukuru Kyiv no mu yindi mijyi ya Ukraine, bikomeretsa byibuze abantu 18 ndetse byangiza n’ibikorwa remezo hirya no hino mu gihugu. Abatangabuhamya babwiye Reuters ko ibisasu byumvikanye i Kyiv no mu karere kayegereye nyuma y’integuza y’igitero cy’indege. Abayobozi batangaje ko bohereje itsinda […]
U Bubiligi bugiye guha imyitozo abasirikare 7,000 ba FARDC
U Bubiligi bwemereye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo guha imyitozo abasirikare 7,000 bo mu ngabo zayo. Byemejwe na Ambasaderi w’u Bubiligi i Kinshasa, Roxane de Bildering, ubwo ku wa Gatatu yahuraga na Minisitiri w’Ingabo za RDC, Jean Pierre Bemba. Uyu mudipolomate yavuze ko guha imyitozo bariya basirikare biri mu rwego rw’amasezerano ya gisirikare Congo isanzwe […]
Perezida Kagame yatabarije abaturage bakomeje kuzira intambara

Perezida Paul Kagame yatabarije abaturage bo mu bihugu bitandukanye hirya no hino ku Isi bakomeje kuzira intambara z’urudaca. Ni mu gihe yavugiraga ijambo imbere y’abakuru b’ibihugu na za guverinoma bitabiriye Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye i New York muri Leta zunze ubumwe za Amerika kuri uyu wa 20 Nzeri 2023. Umukuru w’Igihugu yagize ati: “Uyu munsi […]
The Ben yemeye ko hari abarimo kugera amajanja igitaramo azakorera i Burundi
Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben mu muziki, yemeje ko igitaramo yitegura gukorera i Burindi cyatangiye kugerwa intorezo n’abantu atatangaje amazina. Uyu muhanzi abinyujije ku mbuga nkoranyambaga , yavuze ko hari abantu bakomeje gushaka kumurwanya ngo baburizemo igitaramo cye ariko ngo ntabwo bamutsinda. Ibyo kuburizamo iki gitaramo byatangiye kunugwanugwa mu minsi ishize ariko amakuru akavuga […]
André Onana yishinjije gutuma Manchester United itsindwa na Bayern Mà ¼nich
Umunya-CamĂ©roun AndrĂ© Onana yishinjije gutuma Manchester United akinira itsindwa na Bayern MĂ ÂĽnich, ubwo amakipe yombi yari yahuriye mu mukino wa UEFA Champions league mu ijoro ryakeye. Amakipe yombi yari yahuriye mu mukino wo mu tsinda rya mbere warangiye Manchester United itsinzwe ibitego 4-3. Onana yakoze amakosa akomeye cyane ku gitego cya mbere yatsinzwe, ubwo yacikwaga […]
Zelensky yasezeranyije Afurika y’iburasirazuba kuyifasha guhangana n’inzara
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yasezeranyije ibihugu byo mu karere ka Afurika y’iburasirazuba kubiha ibinyampeke mu rwego rwo kubifasha guhangana n’ikibazo cy’ibura ry’ibiribwa. Ibi yabibwiye Perezida wa Kenya, William Ruto, ubwo bahuriraga i New York muri Leta zunze ubumwe za Amerika kuri uyu wa 20 Nzeri 2023, aho bagiye kwitabira Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye. Perezida […]
Mali: Inyeshyamba zirigamba kwica abasirikare basaga 30 no gufata abandi benshi
Ihuriro ry’imitwe itandukanye y’inyeshyamba mu majyaruguru ya Mali riravuga ko ryafashe bugwate abasirikare benshi b’igihugu rikica abandi basaga 30, mu gihe ryo ryatakaje umunani mu mirwano yabahuje. Iri huriro ribarizwamo umutwe nka CMA (Coordination of Azaward), ihuriro na none rigizwe n’inyeshyamba ziganjemo abo mu bwoko bw’Aba-Touareg, ryanigambye ko ryarashe indege ebyiri mu gitero ku bigo […]