Denis Mukwege arahamya ko umubano mwiza wa RDC n’u Rwanda uzahora ukenewe

Dr Denis Mukwege ushaka kuyobora Repubulika ya demukarasi ya Congo arahamya ko umubano mwiza w’iki gihugu n’u Rwanda ukenewe, mu nyungu z’impande zombi. Ibi yabivugiye mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa Jeune Afrique, cyibandaga kuri kandidatire aherutse kugeza muri komisiyo yigenga ishinzwe amatora, CENI, nk’umukandida wigenga. Amatora yo muri RDC ari gutegurwa, ari na ko umubano […]

MoĂ ÂŻse Katumbi gives himself 6 months to put an end to insecurity

With more than 260 local and foreign armed groups present and active in five provinces for more than two decades, the eastern region of the DRC is in a situation of growing insecurity leading to the deterioration of the humanitarian situation with more of 6 million internally displaced people. Faced with this situation, MoĂ ÂŻse Katumbi, […]

Dr Frank Habineza yavuze uko ajya yidagadura anakomoza kuri Producer Element

Umunyapolitiki akaba n’umuyobozi w’Ishyaka Democratic Green Party of Rwanda (DGPR) atangaza ko uretse kuba ari muri Politiki ariko mu gihe abonye akanya ajya yidagadura haba mu buryo bwa siporo(Sports) ndetse no mu muziki. Ubwo yaganiraga na YAGOTV yavuze ko adakunda kubona umwanya, ariko iyo bimukundiye hari abahanzi nyarwanda ajya akurikira ibihangano byabo.Muri abo harimo nk’umuhanzikazi […]

Colonel Uwamahoro yabwiye urukiko ko ingabo ze zitari zifite ubushobozi bwo gukora ‘coup d’Ă©tat’

Colonel DĂ©sirĂ© Uwamahoro wayoboye ishami rya Polisi rishinzwe gukumira imyigaragambyo, BAE (Brigade Anti-Emeute), yabwiye urukiko ko ingabo yayoboraga zitari zifite ubushobozi bwo gukura Perezida Evariste Ndayishimiye ku butegetsi kuko zari nke. Yabivuze ku wa 6 Ugushyingo 2023 ubwo yashinjwaga kwifatanya na GĂ©nĂ©ral Alain Guillaume Bunyoni mu mugambi wo gushaka gukura Ndayishimiye ku butegetsi, aho Ubushinjacyaha […]

Rusizi: Urujijo ku mukozi wo mu rugo wasanzwe aho yararaga yapfuye

Umugabo witwa Nsabimana w’imyaka 42 y’amavuko wakoraga akazi ko mu rugo mu karere ka Rusizi, yasanzwe mu nzu yabagamo yapfuye. Byabereye mu mudugudu wa Wimana, akagari ka Giheke ho mu murenge wa Giheke w’akarere ka Rusizi. Amakuru yemejwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Giheke, Hategekimana Claver, avuga ko Nsabimana yagiye kuryama ari muzima, mbere yo kuboneka […]

Moise Katumbi aremeza ko natorwa azagarura umutekano mu mezi 6

N’imitwe yitwaje intwaro irenga 260 y’abanyagihugu ndetse n’abanyamahanga iri kandi ikorera mu ntara eshanu mu myaka irenga makumyabiri, akarere k’iburasirazuba bwa repubulika ya Demokarasi ya Congo gafite ibibazo by’umutekano muke ugenda wiyongera biri kugira ingaruka ku bantu barenga miliyoni 6 bavanywe mu byabo. Mu guhangana n’iki kibazo, MoĂ ÂŻse Katumbi, umukandida ku mwanya wa perezida mu […]

Afurika y’Epfo: Minisitiri yafatiwe imbunda ku mutwe bimuviramo ihungabana

Minisitiri w’ubwikorezi muri Afurika y’Epfo Johannesburg’ yatangaje ko yahuye n’uruva gusenya ubwo nyuma y’uko abajura bamufatiyeho imbunda bakamucucura ibyo yarafite by’agaciro gakomeye harimo n’ibirebana n’akazi. Mu ntangiro z’icyi Cyumweru nibwo Minisitiri Sindisiwe Chikunga yari atwaye imodoka mu muyoboro munini uri mu nkengero z’umurwa mukuru w’ubukungu muri Afurika y’Epfo, gusa ngo imbere gato yaje kubona imigozi […]

L’ancien gouverneur Gasana comparaĂ Âźtra devant le tribunal vendredi

L’accusation devrait traduire en justice Emmanuel Gasana devant le tribunal de premiĂšre instance de Nyagatare, le vendredi 10 novembre, pour rĂ©pondre aux accusations liĂ©es à  la sollicitation et à  l’acceptation d’avantages illĂ©gaux et à  l’abus de ses fonctions. Gasana, qui a Ă©tĂ© suspendu de ses fonctions de gouverneur de la province orientale par le Premier […]

M23 yafashe Kilolirwe mu gihe i Goma hari imyigaragambyo yamagana ubufatanye na MONUSCO

f-afjwma0aejysg.jpg

Amakuru atandukanye aturuka muri Kivu y’Amajyaruguru aremeza ko inyeshyamba za M23 zaba zamaze kwigarurira Kilolirwe, agace k’ingenzi muri Masisi kari mu birometero nka 30 uvuye mu Mujyi wa Sake. Inyeshyamba za M23 zikomeje gutera imbere muri Masisi nyuma y’iminsi micye hatangijwe Operation Spring Bok hagati ya MONUSCO na FARDC yo kurwanya inyeshyamba z’uyu mutwe. Hagati […]

Ingabo zimwe z’u Burundi zatangiye gutinya koherezwa muri Kivu y’Amajyaruguru

Imirambo y’abasirikare b’u Burundi barenga 15, biravugwa ko kuri uyu wa Mbere ushize yagejejwe mu buruhukiro bwa gisirikare buri mu Kigo cya DCA Passive bakunda kwita ‘Rwantanamo’ mu nkengero z’Ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Bujumbura, mu gihe bivugwa ko bagenzi ba bo bagomba kujya kubafasha basa nk’abarimo gukwepa kubera kudashaka kujya muri iyi ntambara. Ayo makuru […]

Zilatan Ibrahimovic ashobora kugaruka muri AC Milan nyuma yo gusezera kuri ruhago

Zilatan Ibrahimovic wahoze ari rutahizamu ikipe ya AC Milan akaza gusezera ruhago imbere y’abafana b’iyi kipe, kuri ubu ngo ashobora kugaruka muri iyi kipe ariko noneho ataje kuyikinira ahubwo ari mu myanya y’ubuyobozi. Muri Kamena uyu mwaka nibwo Zilatan ufite imyaka 41 imbere y’abafana ba AC Milan i San Siro, hanyuma kugeza ubu umuyobozi wa […]

Urubanza rwa Twahirwa na Basabose rukomeje kugarukamo Melchior Ndadaye

Mu rubanza rwa Twahirwa SĂ©raphin na Basabose Pierre rubera mu rukiko rwa rubanda rwa Brussels mu Bubiligi kuva tariki ya 9 Ukwakira 2023 hakomeje kugarukamo amateka y’urupfu rwa Melchior Ndadaye, “Umuhutu wa mbere wayoboye u Burundi” mu mwaka w‘1993. Urukiko ruri kwifashisha abahanga mu mateka y’akarere k’ibiyaga bigari nk’abatangabuhamya, abatangabuhamya bo ku ruhande ruregera indishyi […]

Urujijo ku itwikwa ry’ibirindiro by’Ingabo z’u Burundi i Kitshanga

Amakuru aturuka i Masisi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko ibirindiro by’Ingabo z’u Burundi zabaga mu mujyi wa Kitshanga byatwitswe, gusa urujijo ni rwose ku waba yabitwitse. Amakuru atangwa n’abanyamakuru bakorera mu kwaha kwa Leta ya Congo avuga ko aravuga ko umutwe wa M23 ari wo waba watwitse biriya birindiro, nyuma yo kubirasamo […]

U Budage bugiye gusuzuma amasezerano nk’ay’u Bwongereza n’u Rwanda ku bimukira

Igihugu cy’u Budage na cyo kigiye gusuzuma amasezerano nk’ayo u Rwanda rwagiranye n’u Bwongereza hagati yabwo n’ikindi gihugu kitari mu Muryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi, aho abasaba ubuhungiro dosiye zabo zigomba kubanza gukurikiranirwa mbere yo kwinjira mu Budage, igisa nko kwitandukanya na politiki yo gufungurira imiryango abimukira yasizwe na Angela Markel hagashyirwaho amategeko akaze. Guverinoma […]

Professor Jay yavuze uko yari agiye kubura ubuzima Imana igakinga ukuboko

Umuhanzi wo muri Tanzaniya, Joseph Mbilinyi, uzwi ku izina rya rya Prof Jay, yagize icyo avuga ku buzima bwe agaragaza ibyamubayeho mu minsi ishize aho yari agiye kubura ubuzima Imana igakinga ukuboko. Mu kiganiro na CloudsFmTz, Prof Jay yavuze ibyamubayeho, atangaza ko yafashwe n’indwara y’umutima inshuro eshatu nyuma y’uko urekeye gutera iminota 45,abantu bagacyeka ko […]

Uwunganira Basabose yifashishije ubuhamya, agerageza kumvisha urukiko ko habaye ‘double gĂ©nocide’

Umunyamategeko Me Jean Flamme wunganira Basabose Pierre mu rubanza aregwamo ibyaha bya jenoside n’ibyaha by’intambara, yagerageje kumvisha urukiko rwa rubanda rwa Brussels mu Bubiligi ko mu Rwanda habaye jenoside ebyiri (double gĂ©nocide), ashingiye ku buhamya bwatanzwe. Uyu munyamategeko yazanye iyi mvugo kuri uyu wa 7 Ugushyingo 2023 ashingiye ku buhamya bw’umutangabuhamya ufite imyaka 53 y’amavuko, […]

Israel yatangiye guhigira abarwanyi ba Hamas mu myobo nyuma yo kugota Gaza

Ingabo za Israel zirwanira ku butaka mu karere ka Gaza kuri uyu wa Gatatu ziyemeje gushakisha no gukura mu myobo iri muri aka karere abarwanyi ba Hamas nk’icyiciro gikurikiraho mu gitero cya Israel kimaze guhitana ibihumbi by’Abanyapalestine. Kuva abarwanyi ba Hamas bica abantu 1400 bagafata bugwate abagera kuri 240 mu gitero cyambukiranya imipaka cyagabwe kuri […]

Rayon Sports igiye gusesa amasezerano ya ba rutahizamu 2 barimo Youssef

Ikipe ya Rayon Sports iri mu biganiro n’umunya-Maroc Youssef Rharb ndetse na Eid Mugadam Mugadam ukomoka muri Sudani bigamije gusesa amasezerano ifitanye na bo. Youssef yageze muri Rayon Sports muri Nyakanga uyu mwaka ayisinyira amasezerano y’umwaka umwe, gusa amakuru avuga ko atishimye muri iyi kipe nyuma yo kubura umwanya uhoraho wo gukina. Ibibazo by’uyu munya-Maroc […]

M23 na FARDC mu mirwano mishya muri Masisi

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatatu waramukiye mu mirwano n’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo muri Teritwari ya Masisi. Ni imirwano yatangiye saa 5h20 z’igitondo nk’uko amakuru aturuka ku ruhande rwa M23 abivuga. Bertrand Bisimwa uyobora ishami rya Politiki ry’uyu mutwe na Lawrence Kanyuka usanzwe ari umuvugizi waryo, bombi bemeje […]

Ibyihebe bitanu byari byaratorotse gereza bigateza imvururu byafashwe

Minisiteri y’imbere mu gihugu cya Tuniziya yatangaje ko ku cyumweru, abaterabwoba bahamwe n’icyaha cy’iterabwoba batorotse gereza hafi ya Tuniziya batawe muri yombi. Minisiteri yagize ati: “Inzego zinyuranye z’umutekano w’igihugu, izamu ry’igihugu n’ingabo zashoboye guta muri yombi abaterabwoba batanu baherutse gutoroka saa kumi nimwe za mugitondo (ku ya 7 Ugushyingo.” Ku wa kabiri ushize, ubwo batoroka […]

GĂ©nĂ©ral Bunyoni yise Ndirakobuca ‘ihene’

Ndirakobuca wasimbuye Bunyoni ku mwanya wa Minisitiri w'Intebe

Ubushinjacyaha bukuru bw’u Burundi bwabwiye urukiko rw’ikirenga ko GĂ©nĂ©ral Alain-Guillaume Bunyoni yise ihene Lieutenant GĂ©nĂ©ral Gervais Ndirakobuca alias ‘Ndakugarika’, wamusimbuye ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe muri Nzeri 2022. Mu rubanza rwatangiye mu mizi kuri uyu wa 7 Ugushyingo 2023, Ubushinjacyaha bwagize buti: “Uwabaye Minisitiri w’Intebe yambuye ubumuntu Gervais Ndirakobuca wamusimbuye, amwita ihene.” Aya ni amakuru […]