RDC: Umukandia Denis Mukwege aramagana iyongerwa ry’igihe cyo gutora
Binyuze mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 20 Ukuboza mu masaha 2 mbere y’igihe cyagenwe amatora yagombaga kurangiriraho, umukandida Denis Mukwege yavuze ko ahangayikishijwe cyane n’iimikorere mibi n’intege zagaragaye mu matora ari kuba.  » Ariko, yamaganye icyemezo cya Komisiyo Yigenga ishinzwe Amatora (CENI) “cyo kongera igihe cyo gutora yuma […]
Ibizashimisha Abanyakigali mu minsi mikuru mu mboni za Meya mushya
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangarije abawutuye uko bagomba kuzitwara mu gusoza umwaka wa 2023 ndetse n’uko bagomba kuzatangira uwa 2024. Ni ubutumwa butanzwe mu gihe uyu mujyi wemeza ko hari ibintu byinshi byanejeje abaturage ku buryo batitwararitse bashobora kuzisanga ibyari ibyishimo bihindutse amarira. Mu kiganiro ubuyobozi bw’uyu mujyi bwagiranye n’Abanyamakuru bwerekanye ko umwaka wa 2023 […]
Diplomatic tensions with Angola: Gabon recalls its ambassador
According to several sources, the Gabonese Ministry of Foreign Affairs wrote to the Angolan authorities to announce the return of its ambassador. A specific reminder “for consultations”, says the letter. Disagreements reportedly emerged between the two countries after the August 30 coup. They continued until the summit of the Community of Central African States ECCAS […]
Urubanza rw’abaregwa amanyanga mu kwandikisha abana muri Academy ya Beyern rwasubitswe
Urubanza ruregwamo abantu 6 bakurikiranyweho guhindura imyirondoro y’abana ngo bemererwe kwinjira muri Academy ya Bayern Munich kuri uyu wa Kabiri ushize rwasubitswe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamabuye ruherereye mu Kagari ka Gitarama, Umurenge wa Nyamabuye, Akarere ka Muhanga. Mu gihe hategerejwe itariki n’isaha yo kuburaniraho gusa abaregwa bakomeje gufungirwa kuri Sitasiyo ya RIB ya Nyamabuye. Nshimiyimana […]
Buruseli: Umuherwe Abramovich yatsinzwe urubanza yari yarezemo E.U
Kuri uyu wa Gatatu, umuherwe w’Umurusiya, Roman Abramovich, yatsinzwe urubanza yari yatanzemo ubusabe bwo gukurirwaho ibihano yafatiwe n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi nyuma y’ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine. Perezida Vladimir Putin amaze gutegeka Ingabo z’u Burusiya kwinjira muri Ukraine muri Gashyantare 2022, Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi wafatiye ibihano abayobozi b’u Burusiya n’abanyemari benshi b’Abarusiya nka Abramovich, […]
Mugunga Yves yahagaritswe muri Kiyovu igihe kitazwi
Rutahizamu wa Kiyovu Sports Mugunga Yves, yahahagaritswe muri iyi kipe nyuma y’uko yishyuje ibirarane by’amezi atari yagahembwe.Yves kandi yari yandikiye Kiyovu asaba gusesa amasezerano bafitanye kubera kutamuhemba amezi atatu no kumuha sheki itazigamiye. Kiyovu yahagaritse Yves nyuma yo kumusaba ibisobanuro by’impamvu yasibye imyitozo kandi nta ruhushya abifitiye.Mu gusubiza yavuze ko yari arwaye kandi ko nta […]
DR.Congo:MONUSCO yongerewe indi manda y’umwaka
Ku wa kabiri, tariki ya 19 Ukuboza, akanama k’umuryango w’abibumbye gashinzwe umutekano, kemeje umwanzuro wo kongera manda ya gahunda y’umuryango w’abibumbye ushinzwe umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (MONUSCO) muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DR Congo).Manda nshya yongerewe izarangira ku ya 20 Ukuboza 2024. Ni nyuma y’uko mu Ugushyingo guverinoma ya DR Congo […]
Le chef d’Ă©tat-major, Muganga, promu gĂ©nĂ©ral quatre Ă©toiles

Le chef d’Ă©tat-major des Forces de dĂ©fense rwandaises (RDF), Mubarakh Muganga, a Ă©tĂ© promu mercredi 20 dĂ©cembre au grade de gĂ©nĂ©ral quatre Ă©toiles. La promotion par le prĂ©sident Paul Kagame, commandant en chef des Forces de dĂ©fense rwandaises, a Ă©tĂ© annoncĂ©e un jour après que le prĂ©sident a Ă©galement promu le personnel des FDR, dont […]
Ubwatsi bugezweho bwamaze gushyirwa mu kibuga cya Sitade Amahoro
Mu gihe imirimo yo kuvugurura sitade amahoro igeze kure, gahunda yo kuyiryoshya nayo iracyakomeje kuko kugeza ubu mu kibuga cy’iyi sitade hamaze gushyirwamo ubwatsi bw’ubukorano ariko bugezweho. Ni amafoto yagiye agaragara hirya no hino yerekana uburyo iki kibuga gikomeje kurimbishwa no gutanga icyizere ko nyirantarengwa abashinzwe iyo mirimo bihaye yo kuba iyi sitade yuzuye igerweho. […]
Fayulu arashinja CENI gutegura imvururu zigiye kuba muri DRC
Akimara gutora, umukandida mu matora ya Perezida muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Martin Fayulu yemeje ko muri iki gihugu hagiye kuba imvururu kandi ko zateguwe na Perezida wa Komisiyo y’Amatora. Fayulu watoreye i Kinshasa yavuze ko uko ibintu byifashe muri DRC kuri uyu munsi w’Amatora bigaragaza ko nta kabuza hagiye kuba imvururu ndetse ko […]
RRA yibukije abasora ibyo bakwiye kwitaho mbere yo gusoza umwaka wa 2023
Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyamenyesheje abasora bose ibyo basabwa gukora mbere y’uko uyu mwaka wa 2023 urangira, aho kivuga ko mu gihe cyo kumenyekanisha umusoro ku nyungu wa 2023 ibyatunze umwuga bitangirwa inyemezabuguzi mu Rwanda, bizemerwa na sisitemu y’ikoranabuhanga ari uko bifite inyemazabuguzi ya EBM, imenyekanisha ryo muri gasutamo, iry’imisoro ifatirwa cyangwa ubwicungure bugaragara […]
Ba mukerarugendo batatu b’Abafaransa bafashwe bakwirakwiza ama Euros y’amahimbano
Ku wa mbere, ba mukerarugendo batatu b’Abafaransa batawe muri yombi i Marrakech, umurwa mukuru w’ubukerarugendo wa Maroc, bafite inoti z’amayero y’amiganano.Polisi ivuga ko yahise itangira kubakoraho iperereza Amakuru akomeza avuga ko aba ba mukerarugendo bafite hagati y’imyaka 29 na 30, batigeze bamenyekanisha umwirondoro wabo, bakoresheje inoti nyinshi z’amafaranga mahimbano mu kwishyura inyemezabuguzi za serivisi” muri […]
Perezida Kagame yazamuye mu ntera Lt Gen Mubarakh Muganga
Perezida Paul Kagame akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), yazamuye mu ntera Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Lt Gen Mubarakh Muganga amugira General. RDF yemeje aya makuru biciye mu itangazo Minisiteri y’Ingabo yasohoye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 20 Ukuboza 2023. Itangazo rivuga ko “Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akanaba Umugaba w’Ikirenga […]
Bunia: Abaturage bateye site y’amatora ya ISP polisi ikoresha ibyuka biryana mu maso
Site y’amatora yo muri Bunia, yashinzwe kuri ISP yasahuwe, bituma abapolisi batabara kugira ngo batatanye abigaragambyaga. Muri kariya gace k’umujyi habaye akavuyo katewe n’abigaragambyaga bagizwe ahanini n’abantu bavanwe mu byabo n’imirwano bavuga ko babujijwe kwitabira amatora. Nibura imashini ebyiri zo gutora zangijwe kuri site y’itora ya ISP. Abigaragambyaga birukanye abakozi b’amatora, bamena amadirishya kandi bangiza […]
Uko impapuro zaziritse Danny Vumbi akamara umwaka adasohora indirimbo
Umuhanzi Semivumbi Daniel uzwi nka Danny Vumbi yavuze uburyo gusesa amasezerano yari yasinyanye n’inzu ya KIKAC byatumye amara umwaka adasohora indirimbo bitewe n’uko ibyari bikubiye mu mpapuro yasinyeho (Contract) byabaye ngombwa ko biseswa . Ibi yabigarutseho kuri uyu wa Kabiri mu kiganiro n’abanyamakuru, ubwo yamurikaga album ye ya kane yise 365.Ni album iriho indirimbo 10 […]
Burkina Faso: Abafaransa 4 bafungiwe i Ouagadougou bashinjwa kuba intasi
Muri Burkinafaso, Abafaransa bane bafungiwe muri Ouagadougou bakekwaho kuba intasi z’ubutasi bwo hanze bw’u Bufaransa. Bafashwe mu ntangiriro z’uku kwezi muri Ouagadougou. Ku ruhande rw’u Bufaransa, barahakana ko ari intasi. Nk’uko amakuru aturuka muri diplomasi agera kuri RFI abitangaza, ngo ku itariki ya 1 Ukuboza i Ouagadougou ni bwo Abafaransa bane batawe muri yombi. Nk’uko […]
U Rwanda rugiye gufungura ambasade ya mbere muri Amerika y’Amajyepfo

U Rwanda rugiye gufungura ambasade muri Brazil izaba ambasade ya mbere y’igihugu ku mugabane wa Amerika y’Amajyepfo. Mu myaka icumi ishize, u Rwanda rwaguye ubutumwa bwa diplomasi muri Afurika gusa no mu Burayi bw’i Burasirazuba, mu Burasirazuba bwo Hagati, no muri Balkans. Mbere y’ibikorwa biriho byo gufungura ambasade muri Brazil, Amerika y’Amajyepfo yagaragaraga nk’umugabane u […]
Nta mugenzi uzongera kurara muri gare mu gihe cy’iminsi mikuru
Byari bimaze kuba nk’intero n’inyikirizo ku bagenzi babura imodoka muri za gare mu gihe cy’iminsi mikuru aho baba bava mu ntara bajya mu mijyi cyangwa bava mu mijyi bajya mu byaro gusura imiryango yabo bityo bigatuma hari abarara aho bategera. Ni muri urwo rwego Polisi y’u Rwanda n’abatwara abagenzi biyemeje gukora ibishoboka byose ntihazagire abaturage […]
RDC:Abaturage bamwe batangiye gutaha badatoye abandi baguma mu gihirahiro
Mu gihe byari biteganyijwe ko saa 06h 00 muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ibiro by’amatora byagombaga kuba byafunguye kuri ubu si ko byagenze kuko byageze saa hafi saa 9h00 bataratangira gutora abaturage bamwe bahita bigendera n’aho mu bindi bice bimwe babura ibikoresho bibafasha gutora. Tumwe mu duce tugifite impungenge ko abadutuyemo batari butore umukuru […]
Dr. Munyemana yakatiwe gufungwa imyaka 24
Urukiko rwa rubanda rw’i Paris mu Bufaransa, rwakatiye Dr Munyemana Sosthène imyaka 24 y’igifungo, nyuma yo kumuhamya kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Dr Munyemana w’imyaka 68 y’amavuko, yahoze ari inzobere mu kuvura imyanya myibarukiro y’abagore. Urukiko rwamukatiye gufungwa imyaka 24, nyuma yo kumuhamya ibyaha birimo Jenoside, ibyaha byibasiye inyoko muntu ndetse no kugira uruhare […]
Miliyoni 44 z’Abanyekongo zabyukiye mu matora, Rutshuru na Masisi barahezwa
Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 20 Ukuboza, amatora rusange yatangiye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC). Miliyoni 44 z’abatora zahamagariwe gutora ntibazatora Perezida wa Repubulika gusa ahubwo bazatora n’abadepite ku rwego rw’igihugu no mu ntara ariko teritwari za Masisi na Rutshuru zahejwe muri aya matora. Perezida wa Repubulika, FĂ©lix Tshisekedi, ni umukandida ushaka […]
Icyizere cy’ubuzima bwa Celine Dion gisigaye mu masengesho
Umuririmbyikazi Celine Dion ubuzima bwe bugeze habi nyuma yo kugarizwa n’uburwayi bwamwibasiye kuva mu mpera z’umwaka washize. Umuryango we uvuga ko indwara arwaye itagira umuti n’urukingo ahubwo ngo icyizere cyo kubaho gisigaye mu masengesho gusa. Mukuru we witwa Claudette Dion avuga ko bababajwe no kuba Celine atakibona imbaraga zo kujya gutaramira abantu be ku rubyiniro […]
AFC yahaye Tshisekedi igihe ntarengwa cyo kuba yavuye ku butegetsi
Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC), ryahaye Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi itariki ya 21 Ukuboza nka nyirantarengwa yo kuba yamaze kuva ku butegetsi. Bikubiye mu itangazo ryasohowe na Corneille Nangaa wahoze ayobora Komisiyo y’amatora muri Repubulika (CENI) ari na we kugeza ubu uyoboye AFC. Muri iri tangazo ririya huriro ryibukije Tshisekedi ko “ubutegetsi bwe bwamaze kugera […]
Abasirikare bato ba RDF barenga 10,000 bazamuwe mu ntera
Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda, Juvenal Marizamunda, yazamuye mu ntera abasirikare bato 10,025 abaha amapeti atandukanye. Itangazo ryasohowe n’Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda rivuga ko abazamuwe mu ntera barimo 137 bahawe ipeti rya Warrant Officer I bavuye ku rya Warrant Officer II. Abasirikare 142 bahawe ipeti rya Warrant Officer II bavuye ku rya Sergeant Major, 2165 bahabwa […]
Sudani: Inyeshyamba za RSF zafashe umujyi w’ingenzi uri mu majyepfo ya Khartoum
Umujyi wa Wad Madani w’ingenzi cyane muri Sudani uherereye mu birometero 135 mu majyepfo y’umurwa mukuru wa Khartoum, kuri uyu wa Kabiri, itariki 19 Ukuboza, ko waguye mu maboko za RSF, zimaze amezi zirwanya Ingabo za Sudani. Ugenzra Umujyi wa Wad Madani aba agenzura Sudani yose. Biravugwa ko gufata uyu mujyi kw’inyeshyamba za RSF ari […]
Bwa mbere RDF yungutse ba Colonel b’abagore
Perezida Paul Kagame ku wa Kabiri yakoze impindukaza mu ngabo z’u Rwanda abereye Umugaba w’Ikirenga, zisiga u Rwanda rwungutse bwa mbere abasirikare bafite ipeti rya Colonel b’abagore. Abasirikare 83 barimo abagore barindwi ni bo Perezida Kagame yahaye ipeti rya Colonel abavanye ku rya Lieutenant Colonel. Aba barimo Col Betty Dukuze na Kayirangwa Belina bombi bakorera […]