Ba Gen. Mubarakh Muganga na Rwivanga bifatanyije na UPDF mu birori bya Tarehe Sita (Amafoto)

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga n’umuvugizi wazo, Brig Gen Ronald Rwivanga, bari mu basirikare bo mu ngabo z’u Rwanda bitabiriye ibirori by’umunsi mukuru uzwi nka Tarehe Sita muri Uganda. Ni ibirori kuri uyu wa Kabiri tariki ya 6 Gashyantare byabereye mu karere ka Bugweri, byitabirwa na Perezida Yoweri Kaguta Museveni ndetse n’abasirikare […]
Perezida Andrzej Duda ari mu Rwanda
Perezida Andrzej Duda wa Pologne n’umugore we, Agata Kornhauser-Duda, bageze mu Rwanda aho batangiye uruzinduko rw’akazi. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 6 Gashyantare ni bwo Perezida Duda na Madamu we bageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali, bakirwa na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta. Aba bombi bageze i Kigali bakubutse […]
Urubanza rwa Cyuma rwasubitswe nyuma yo gusaba ko yaburanishwa n’abacamanza batatu
Kuri uyu wa Kabiri taliki 06 Gashyantare 2024,nanone Urukiko rwasubitse urubanza ruregwamo umunyamakuru Niyonsenga DieudonnĂ© uzwi nka Cyuma Hassan nyuma y’uko uruhande rwe n’abamwunganira, basabye ko ruburanishwa n’abacamanza batatu. Cyuma asaba ko urubanza rwe rusubirwamo akaburanishwa n’abacamanza batatu ku bw’inyungu z’ubutabera n’uburemere bw’urubanza.Ni nyuma y’urwa mbere yakatiwemo gufungwa imyaka irindwi mu 2021 ku byaha atigeze […]
Tshisekedi yaba yarafunguriye amarembo ibiganiro n’u Rwanda rwihishwa?
Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, biravugwa ko yaba yaramaze gufungura amarembo y’ibiganiro bya rwihishwa n’u Rwanda, ku busabe bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Hashize umwaka urenga Congo Kinshasa idacana uwaka n’u Rwanda, bijyanye no kuba irushinja guha ubufasha inyeshyamba zo mu mutwe wa M23 umaze imyaka ibiri irenga mu […]
Inkuru nziza ku bakunda umuhanzikazi Celine Dion
Nyuma y’igihe kitari gito umuririmbyikazi Celine Dion atagaragara mu ruhame kubera uburwayi, mu mpera z’icyumweru gishize yongeye kuboneka agenda bisa n’aho ubuzima buri kugenda neza. Ubwo hatangwaga ibihembo mu birori bya Grammy Awards, Celine Dion niwe wahaye Taylor Swift igihembo cya Album nziza.Ni nyuma y’uko yari amaze igihe arembejwe n’indwara ifata ubwonko n’urutirigongo. Ubu burwayi […]
Salomon Bindjeme yatandukanye na APR FC
Ikipe ya APR FC yamaze kugurisha muri Al-Shorta SC yo muri Iraq myugariro Salomon Charles Banga Bindjeme. Iyi kipe yemeje Bindjeme nk’umukinnyi wayo ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo. Amakuru avuga ko yatanzweho $70,000. Bindjeme yari umukinnyi wa APR FC kuva mu mpeshyi ya 2023, nyuma yo kuyigeramo imuguze muri Al Hilal Omdurman yo muri Sudani. […]
Chile:Abarenga 220 bamaze gupfa bazira inkongi y’umuriro abandi barigushakishwa
Agace k’ubukerarugendo ka Valparaiso mu gihugu cya Chile kamaze kugwamo abarenga 220,nyuma y’inkongi yibasiye iki gihugu.Ubuyobozi bw’icyo gihugu buravuga ko imibare y’abapfuye ishobora kwiyongera biturutse kuri iyi nkongi yadutse muri icyo gihugu. Uretse abantu baburiwe irengero n’abapfuye , iyi nkongi yangije hafi hegitari 26,000 zihinduka umuyonga.Abagera kuri 200 kugeza ubu nibo bamaze kubarurwa baburiwe irengero […]
Biden ‘aherutse guhura na Franà §ois Mitterrand’ umaze imyaka 28 yarapfuye
Perezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko aherutse guhurira mu Budage na Franà §ois Mitterrand, mu gihe uyu wahoze ari Perezida w’u Bufaransa amaze imyaka 28 yarapfuye. Biden yabitangarije i Las Vegas ku Cyumweru gishize, ubwo yarimo ageza ijambo ku mbaga y’Abanyamerika yaburiraga ku byago bishobora kwibasira igihugu cyabo, mu gihe mukeba […]
Ndayishimiye yikomye u Rwanda ubugira kane
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, ku ncuro ya kane yongeye kwibasira u Rwanda arushinja gutera inkunga ibikorwa by’iterabwoba. Ni ibirego Perezida Ndayishimiye yashinje u Rwanda ku wa Gatanu w’icyumweru gishize, ubwo yakiraga mu ngoro ye abadipolomate bahagarariye ibihugu bitandukanye mu Burundi. Ibirego by’uko u Rwanda rwaba rufasha umutwe wa RED-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi Ndayishimiye […]
Ab’i Kibeho bategereje ijambo rya Perezida wa Pologne
Perezida wa Pologne Andrzej Sebastian n’umugore we Agata Kornhauser—Duda bategerezanyijwe amatsiko muri Nyaruguru by’umwihariko i Kibeho, aho biteganyijwe ko mu ruzinduko agirira mu Rwanda harimo na gahunda yo gusura aka karere. Ni uruzinduka agirira mu Rwanda rutangira kuri wa Kabiri taliki 06 Gashyantare 2024 kugeza taliki 8 uku kwezi n’ubundi.Aragera mu Rwanda aturutse muri Kenya […]
Cote d’Ivoire: Ishyaka rya Gbagbo ryanyomoje igihuha cy’urupfu rwe
Mu gihe mu gihugu cya Cote d’Ivoire hari kubera igikombe cya Afurika cy’umupira w’amaguru (CAN 2023), amakuru amwe n’amwe yakomeje guhwishiswa ko uwahoze ayoboye icyo gihugu, Laurent Gbagbo yaba yaritabye Imana. Nk’uko byatangajwe n’umuvugizi w’Ishyaka rye “Parti des peuples africains-CĂ´te d’Ivoire (PPA-CI)”, Gbagbo yerekeje mu gihugu cy’Ububiligi mu mpera z’ukwezi kwa mbere 2024 aho yatumiwe […]
Rwatubyaye yatse Rayon Sports gatanya
Myugariro wa Rayon Sports akanaba Kapiteni wayo, Rwatubyaye Abdul, yamaze kuyandikira ayisaba ko batandukana. Ni amakuru yemejwe n’Umunyamabanga Mukuru wa Rayon Sports, Namenye Patrick wavuze ko Rwatubyaye yabasabye “gutandukana mu buryo byemewe n’amategeko”. Uyu myugariro kuva mu mpera z’icyumweru gishze ari muri Macedonia ya Ruguru, ndetse amafoto aheruka kujya hanze amwerekana ari mu myitozo ya […]
Senegal: Leta yatangaje ko igiye kuba ikuyeho Internet
Leya ya Senegal yatangaje ko igihe kuba ikupye by’igihe gito umuyoboro wa Internet . Iki cyemezo cyafashwe kuri uyu wa 05 Gashyantare 2024, gitewe n’imyigaragambyo yatangiye muri icyo gihigu itewe nuko Perezida w’icyo gihugu Macky Sall yavuze ko asubitse igikorwa cy’amatora ya Perezida yari ateganijwe kuri uyu wa 25 Gashyantare 2024. Itegeko ryimura ayo matora […]
Cameroun:Eto’o yangiwe kwegura nyuma yo kwitwara nabi muri CAN
Komite Nyobozi y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Cameroun yanze ubusabe bw’ubwegure bwa Samuel Eto’o ku mwanya wa Perezida wa Federasiyo. Eto’o ufite agahigo ko kuba yaregukanye igihembo cy’umukinnyi witwaye neza muri Afurika inshuro enye, yatanze u ubwegure bwe ku mpamvu z’uko Federasiyo ayoboye yagiye ivugwaho imyitwarire mibi irimo ruswa. Federasiyo mu itangazo yageneye Abanyamakuru, yavuze ko […]
Jean Pierre Bemba yavuze ku kuba Goma yafatwa na M23
Minisitiri w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Jean Pierre Bemba Gombo, yatangaje ko hari gukorwa ibishoboka byose mu kwirinda ko inyeshyamba za M23 zakwigarurira umujyi wa Goma. Kuva mu mpera z’icyumweru gishize uyu mujyi usa n’uwagoswe n’abarwanyi ba M23, nyuma y’uko uyu mutwe ushoboye kugenzura umuhanda uwuhuza n’utundi duce nka Sake, Shasha, Minova n’umujyi […]
Itabi n’inzoga biri mu by’imbere byongera umuvuduko wa cancer-Ubushakashatsi
Abanyabuzima bibumbiye mu ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima OMS, rivuga ko mu myaka 26 iri imbere , indwara ya Cancer izaba yariyongereye ku kigero cya 70%. Ubushakashatsi ku ndwara ya Kanseri bwakozwe n’Ikigo cya (le Centre international de recherche sur le cancer/CIRC), cyagaragaje ko itabi, inzoga, umubyibuho ukabije no guhumana kw’ikirere, biza imbere mu […]
Umwami Charles III arwaye kanseri
Umwami Charles III w’u Bwongereza arwaye ubwoko bw’imwe muri za kanseri, nk’uko byatangajwe n’ingoro ye kuri uyu wa Mbere tariki ya 5 Mutarama. Itangazo ryaturutse ibwami ntiryigeze rihishura iyo kanseri iyo ari yo, gusa si iya prostate udusabo tw’intanga) n’ubwo bayimubonyemo ubwo bamubagaga prostate ye yari yabyimbye. Ingoro y’umwami yunzemo ko yatangiye “kwitabwaho n’abaganga” ndetse […]