Leta yazamuye imisoro ku nzoga n’itabi

Guverinoma y’u Rwanda yafashe icyemezo cyo kuzamura imisoro ku nzoga n’itabi, hagamijwe kongera amafaranga yinjira mu isanduku ya Leta no guteza imbere ubukungu bw’igihugu. Mu mavugurura yakozwe, hanashyizweho umusoro ku nyungu (TVA) ku bikoresho by’itumanaho n’ikoranabuhanga nk’telefone na mudasobwa. Ibi bikoresho byari bisanzwe bidashyirwaho uyu musoro, ariko guverinoma yabonye ari ngombwa kugira ngo ibashe gukusanya […]
Israel: Netanyahu yitabye urukiko aregwamo ibyaha bya ruswa

Kuri uyu wa Mbere, Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yongeye kwitaba urukiko mu rubanza akomeje gukurikiramwamo icyaha cya ruswa. Netanyahu yinjiye mu cyumba cy’urukiko i Tel Aviv mu gihe umugore umwe wari witabiriye urubanza yabajije ati: “Ntubona ko igihe kigeze cyo kubohoza imbohe zose?” Ibi yabitangaje nyuma y’uko Abisiraheli batatu bari bafashwe bugwate barekuwe […]
Umunyamakuru Sam Karenzi yafunguye Radiyo (Amafoto)

Umunyamakuru Sam Karenzi yafunguye Radiyo ye nshya SK FM ku mugaragaro kuri uyu wa 10 Gashyantare 2025, mu muhango witabiriwe n’abayobozi batandukanye, abanyamakuru, n’abandi bafatanyabikorwa. Mu ijambo rye, Sam Karenzi washinze SK FM yashimiye Leta y’u Rwanda ku bufasha itanga mu iterambere ry’itangazamakuru. Yagize ati: “Turashimira ubuyobozi bw’igihugu cyacu, by’umwihariko Nyakubahwa Perezida wa Repubulika n’abo […]
Umugabo ushyira urusenda mu gitsina cy’umugore we kugira ngo aryoherwe

Umugore wo muri Zimbabwe mu mujyi wa Harare, Joyce Garikayi yagejeje imbere y’urukiko ubuhamya buteye ubwoba ku ihohoterwa yakorewe n’umugabo we, Jack Mukandwe amushinja kumukorera ibikorwa byamugizeho ingaruka zikomeye ku buzima. Mu rukiko rw’ivugurura manza muri Harare, Joyce yasabye itegeko rimurinda ihohoterwa, avuga ko umugabo we yakoresheje urusenda mu mibonano mpuzabitsina yabo, bikamuviramo uburibwe bukabije […]
Cardinal Ambongo yasabye Tshisekedi kwemera kujya mu mishyikirano na M23Â

Umushumba wa Diyosezi Gatolika ya Kinshasa, Cardinal Fridolin Ambongo, yasabye Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kwemera kujya mu mishyikirano n’umutwe wa M23 kugira ngo amahoro agaruke mu burasirazuba bwa kiriya gihugu. Ambongo yatanze ubu busabe, mu gihe inama iheruka guhuza abakuru b’ibihugu bigize imiryango ya EAC na SADC yasabye Leta ya RDC kujya […]
Pretoria: Abadepite barajya impaka ku mpamvu SANDF iri muri Congo

Inteko Ishinga Amategeko iraterana uyu munsi, ku wa Mbere, itariki 10 Gashyantare 2025, kugira ngo bungurane ibitekerezo ku Ngabo z’igihugu cya Afurika y’Epfo (SANDF) ziri mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC). Ibiganiro byasabwe n’Ishyaka riharanira Demokarasi (DA), bije bikurikira urupfu rw’abasirikare cumi na bane ba SANDF, rwateje impungenge zikomeye ku iyoherezwa ryabo […]
Abakinnyi 4 bakubiswe n’inkuba

Abantu batanu barimo abagore bane bakinaga umupira w’amaguru bitabye Imana nyuma yo gukubitwa n’inkuba ubwo bari bugamye imvura y’amahindu munsi y’igiti. Iyi mpanuka yabereye hafi y’umujyi wa Cajibio mu gihugu cya Colombiya, aho abandi bagore babiri bakomeretse bikomeye maze bajyanwa kwa muganga. Abagore bishwe n’iyi mpanuka bamaze kumenyekana ku mazina yabo ari bo Jeidy Morales, […]
Pasiteri Mukuna yavumye u Rwanda, ahabwa inkwenene

Pasiteri Pascal Mukuna wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahawe inkwenene nyuma yo kuvuma u Rwanda arwifuriza ibibi ndetse n’ibyago bitandukanye. Uyu muvugabutumwa yahundagaje imivumo ye ku Rwanda ejo ku Cyumweru tariki ya 9 Gashyantare, ubwo yari ayoboye amateraniro mu itorero rye ryitwa ACK. Yagize ati: “Mu gihugu cy’u Rwanda, Mana gushamo imvura y’amahindu […]
Abasirikare ba mbere ba FARDC bataye urugamba muri Kivu y’Amajyepfo mu rukiko

Kuri iki Cyumweru, itariki 9 Gashyantare ubushinjacyaha bwa gisirikare bwatangaje ko kuri uyu wa Mbere abategetsi ba Congo bashyira nibura abasirikare 75 mu rukiko bazira guta urugamba imbere y’inyeshyamba za M23 mu ntara y’iburasirazuba ya Kivu y’Amajyepfo ndetse no kubera guhohotera abaturage, harimo kubica no kubasahura. Umuryango w’Abibumbye wavuze ko hari ihohoterwa ryakorewe abantu benshi […]
Polisi yahagaritse Ed Sheeran

Umuhanzi w’icyamamare ku isi, Ed Sheeran, yahagaritswe na polisi mu gihe yari ari kuririmbira imbaga y’abantu ku muhanda Church Street mu mujyi wa Bengaluru mu Buhinde. Mu mashusho ari gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga yerekana Ed Sheeran yari yatangiye kuririmba indirimbo ye “Shape of You”, maze abantu batangira kwiyongera bashaka kumwumva. Ariko nyuma y’iminota micye, umupolisi […]
Victor Rukotana nta mujyanama afite

Umuhanzi Victor Rukotana yatangaje ko yatandukanye na Ishimwe Jean Aime, uzwi nka No Brainer, wari umujyanama we. Ni icyemezo yafashe nyuma y’imyaka itatu bakorana, aho avuga ko byatewe n’impamvu zijyanye n’inyungu ze bwite. Ku Cyumweru, tariki 9 Gashyantare 2025, Rukotana yatangaje ko amasezerano yagiranye na No Brainer yari kuzamara imyaka itatu, ariko yari yashyizemo ingingo […]
Israel yakuye Ingabo mu muhora ugabanyamo Gaza kabiri

Ingabo za Israel zavuye mu Muhora wa Netzarim, agace ka gisirikare gatandukanya amajyaruguru y’akarere ka Gaza n’amajyepfo. Abanyapalestina babarirwa mu magana bari mu modoka no ku magare byuzuye matelas n’ibindi bikoresho batangiye gusubira mu majyaruguru ya Gaza nyuma yo kuhahunga kubera ubukana bw’ibitero bya Israel. Kuhava kwa Israel bihuye n’amasezerano yo guhagarika imirwano ya Israel […]
Perezida Trump yahagaritse imfashanyo yahabwaga Afurika y’Epfo

Perezidansi ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko Perezida Donald Trump yasinye itegeko ryo gukuraho imfashanyo Amerika yahaga igihugu cy’Afurika y’Epfo. Ni nyuma yo kunenga amategeko y’icyo gihugu yerekeye ubutaka n’ikirego cya Afurika y’Epfo yatanze mu Rukiko Mpuzamahanga rw’Ubutabera irega Israel, igihugu gicuditse na Amerika, gukorera jenoside Abanyepalestina mu Ntara ya Gaza. Mu 2023, […]