ZAMBIA: Abagabo bashinjwa kuroga Perezida bakatiwe

Urukiko rwa Zambia rwakatiye abagabo babiri imyaka ibiri y’igifungo nyuma yo kubahamya icyaha cyo gukoresha uburozi, buzwi nka juju, mu mugambi wo kwivugana Perezida Hakainde Hichilema. Aba bagabo, Leonard Phiri, Umunyazambiya, na Jasten Mabulesse Candunde wo muri Mozambique, bahamwe n’icyaha hashingiwe ku mategeko ahana ibikorwa by’uburozi muri Zambia (Witchcraft Act). Polisi yabafashe mu Ukuboza 2025 […]
Ingabo z’u Rwanda zahawe imidari y’ishimwe muri Sudani y’Epfo

Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (RWANBATT-3 na RAU-13) zahawe imidari y’ishimwe n’Umuryango w’Abibumbye kubera ibikorwa by’indashyikirwa zakoze mu kugarura amahoro n’umutekano muri iki gihugu. Bahawe iyi midali mu muhango wabereye mu kigo cya gisirikare cya Durupi, hafi y’umurwa mukuru Juba. Umugaba Mukuru w’Ingabo za Loni muri Sudani y’Epfo, […]
Umujyanama wa Trump mu by’ukwemera ategerejwe mu Rwanda

Umujyanama wa Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu by’ukwemera, Pasiteri Paula White, agiye kugirira uruzinduko mu bihugu bine byo mu karere k’ibiyaga bigari, birimo u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Mu ntangiriro z’ukwezi gutaha k’Ugushyingo, ni bwo uriya muvugabutumwakazi wahawe inshingano zo kugira Perezida Donald Trump inama mu bijyanye […]
Kivu y’Amajyepfo: Imirwano iravuza ubuhuha hagati ya M23 na FARDC muri Businga

Kuri uyu wa Kabiri ushize habaye imirwano ikaze hagati y’inyeshyamba za M23 na Wazalendo i Businga, agace gaherereye hagati ya Nyangezi na Kamanyola mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, imirwano yongeye kubura muri Businga kandi iracyakomeza kugeza na n’ubu twandikaga iyi nkuru nk’uko bitangazwa n’urubuga TazamaRDC. Mu gace ka […]
Tshisekedi yashyizeho umusimbura wa Gen. Mwaku wapfiriye muri Uvira

Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yashyizeho umuyobozi w’akarere ka 33 ka gisirikare k’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse n’uw’ibikorwa bya gisirikare bigamije kurandura imitwe yitwaje intwaro mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo bizwi nka OpĂ©rations Sokola 2. GĂ©nĂ©ral de Brigade Ilunga Kabamba Jean-Jacques ni we wahawe kuyobora akarere ka […]
Masisi: Haravugwa imirwano ikaze hagati ya AFC/M23 na Wazalendo/FARDC muri Kazinga

Umujyi wa Kazinga, mu murenge wa Osso Banyungu (Teritwari ya Masisi), muri Kivu y’Amajyaruguru, kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 22 Ukwakira, hari kubera imirwano ikaze hagati y’inyeshyamba za AFC / M23 na Wazalendo. Amakuru agera kuri ACTUALITE.CD avuga ko AFC / M23 ari yo yatangije imirwano nubwo yo ntacyo irayivugaho. […]
Ibirego bishyikirizwa Umuvunyi byiyongereyeho 45% muri uyu mwaka

Ibiro by’Umuvunyi byatangaje ko by’ibirego byakiriwe mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2024/2025 byiyongereyeho 45%, nk’uko raporo y’uru rwego ya buri mwaka yashyikirijwe Inteko Ishinga Amategeko ku itariki ya 21 Ukwakira ivuga. Raporo yerekanye ko ibirego 2.305 byakiriwe kandi bigakemurwa binyuze mu nyandiko zanditse no mu bikorwa byo kuri terrain, ugereranije n’ibirego 1.587 byakiriwe mu 2024. […]
Rurageretse hagati ya KNC n’umusifuzi Umutoni Aline

Umusifuzi mpuzamahanga Umutoni Aline yatangaje ko agiye kurega Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles (KNC), nyuma y’amagambo uyu muyobozi yavuzeho amushinja kuba yaravuganye n’abantu bashobora kuba baragize uruhare mu buriganya bw’umukino Gasogi United yanganyijemo na Bugesera FC 0-0. Mu kiganiro cya Radio & TV1 cyitwa “Rirarashe” cyatambutse ku wa 21 Ukwakira 2025, KNC yavuze […]
Ibindi bitero bya Drones za FARDC byibasiye M23 muri Masisi na WalikaleÂ

Umutwe wa M23 wongeye gushinja ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kugaba ibitero “mu duce dutuwe cyane n’abaturage” two muri za Teritwari za Masisi na Walikale, zikoresheje drones z’intambara. Ni ibitero umuvugizi w’uyu mutwe, Lawrence Kanyuka yavuze ko byagabwe mu duce twa Nyarushyamba muri Teritwari ya Masisi na Kashebere ho muri […]
Undi muyobozi wa CHADEMA yafunzwe

Umuyobozi wungirije w’Ishyaka rya Demokarasi n’Amajyambere (CHADEMA), John Heche, yatawe muri yombi mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu, ubwo yari hanze y’Urukiko Rukuru rwa Tanzania aho yari agiye gukurikirana urubanza rwe n’urwa bagenzi be bo muri CHADEMA, ndetse n’urubanza ku cyaha cy’ubugambanyi gishinjwa Tundu Lissu, umuyobozi w’iri shyaka. Nk’uko byatangajwe na John Mnyika, Umunyamabanga […]
Ukraine yibasiye uruganda rw’ibiturika mu Burusiya

Ukraine ivuga ko yagabye igitero kinini cya misile n’igitero cy’indege ku ruganda rukora ibiturika (explosives) mu Karere ka Bryansk mu Burusiya ivuga ko ari ingenzi cyane mu nganda z’intambara za Moscou. Igisirikare cya Kyiv cyavuze ko misile za Storm Shadow zanyuze ku bwirinzi bw’ikirere by’u Burusiya, nubwo ibyagezweho muri iki gitero bikiri gusuzumwa. Hagati aho […]
RDF na Croix Rouge baganiriye ku iyubahirizwa ry’amategeko mu gihe cy’intambara

Ingabo z’u Rwanda ku bufatanye n’Umuryango Mpuzamahanga utabara Imbabare (ICRC), uyu munsi bakoze inama y’umunsi umwe yiga ku mategeko mpuzamahanga yubahirizwa mu gihe cy’ intambara. Iyi nama yabereye i Kigali,  yari ifite insanganyamatsiko igira iti: “Amategeko Mpuzamahanga yubahirizwa no kurengera abasivili mu ntambara z’iki gihe.” Iyi nama yahuje abahagarariye inzego zitandukanye zirimo Minisiteri y’Ingabo, Minisiteri […]
Perezida wa Côte d’Ivoire yarakariye ba minisitiri be

Amakuru aturuka muri CĂ´te d’Ivoire aravuga ko Perezida Alassane Dramane Ouattara, akaba n’umuyobozi w’ishyaka riri ku butegetsi RHDP, ari mu mujinya mwinshi kubera bamwe mu ba minisitiri be. Nk’uko byatangajwe n’umwe mu bantu begereye Perezida wavuganye n’ikinyamakuru Nouvelles Afrique ariko agasaba kudatangazwa amazina ku mpamvu z’umutekano, Perezida Ouattara ababajwe cyane n’uko bamwe mu bagize guverinoma […]
FARDC yavuze ku makuru y’uko yatangiye guhungishiriza intwaro zayo ziremereye i Bujumbura

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyahakanye amakuru avuga ko cyatangiye guhungisha intwaro zacyo ziremereye kizivana mu mujyi wa Uvira zijyanwa i Bujumbura mu Burundi. Amakuru avuga ko FARDC yatangiye guhungisha izi ntwaro nyuma yo kumenya ko isaha n’isaha M23 ishobora kwigarurira umujyi wa Uvira imaze igihe igose bikarangira izifashe. FARDC ibinyujije muri […]
Ba Jenerali 3 ba FARDC barashinjwa kujya mu mutwe ugambiriye guhirika Tshisekedi ku butegetsiÂ

Abasirikare batatu bo ku rwego rwa ba Jenerali bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bamaze amezi arenga abiri batawe muri yombi, barashinjwa kujya mu mutwe ugambiriye guhirika ku butegetsi Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa kiriya gihugu. Muri Kanama uyu mwaka ni bwo aba basirikare barimo Gen. Christian Tshiwewe Songesa wahoze ari Umugaba […]