Ibyo wamenya ku ndwara ya Hanta Virus ikomeje gutera impungenge

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima mu Rwanda (RBC) kiratangaza ko gikomeje gukurikiranira hafi indwara ya Hanta Viris ikomeje guteza impungenge ku mugabane w’u Burayi. Mu butumwa cyanyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa X kuri iki Cyumweru, RBC yagize iti: “Inzego z’ubuzima mu Rwanda zirimo gukurikiranira hafi uko indwara ya Hanta Virus iherutse kugaragara muri bimwe mu bihugu […]

Burundi: Biyemeje kuzamura dosiye y’indege ya perezida imaze imyaka 10 iparitse i Madrid

Kimwe mu bitangazamakuru byo mu gihugu cy’u Burundi kiyemeje kongera gufungura dosiye y’indege y’umukuru w’igihugu igiye kumara imyaka 10 yaraheze ku kibuga cy’indege cyo mu gihugu cy’i Burayi yarahapfiriye. Indege ya Perezida w’u Burundi yo mu bwoko bwa Gulf Stream 4 yaheze ku kibuga cy’indege i Madrid muri Espagne, aho yagiye gukoreshwa ariko bigaragara ko […]

Ibitangazamakuru 9 byo mu Bufaransa byahagaritswe muri Niger

Igihugu cya Burkina Faso, umufatanyabikorwa w’abaturanyi, Niger na Mali, mu Ihuriro ry’Ubumwe bw’ibihugu bya Sahel (AES), byose biyobowe n’abasirikare, kuwa Kabiri cyabujije TV5 Monde kongera gukorera mu gihugu. Kuri uyu wa Gatanu, ushize igihugu cya Niger kiyobowe n’abasirikare kidacana uwaka n’ibihugu byo mu burengerazuba muri iki gihe, cyari cyahagaritse ibitangazamakuru icyenda byo mu Bufaransa bishinjwa […]

Arashaka guhindura itegeko nshinga? Azabikore niba ari akagabo – Corneille Nangaa

“Arashaka guhindura itegeko nshinga? Azabikore niba ari akagabo”, ibi ni ibyatangajwe n’Umuhuzabikorwa w’Ihuriro AFC/M23 ubwo yavugaga ku magambo aherutse gutangazwa na Tshisekedi aca amarenga ko yiteguye kuyobora manda ya gatatu binyuze mu guhindura itegeko nshinga rya RDC. Mu kiganiro n’Abanyamakuru kuri uyu wa Gatandatu ushize, Umuhuzabikorwa wa AFC/M23 yerekanye ko ikiganiro Perezida Tshisekedi aherutse gutanga […]

RDC: Fayulu yijeje kwitambika Tshisekedi mu gihe yagerageza kuyobora manda ya gatatu

Umuhuzabikorwa w’Ihuriro rya politiki rya LAMUKA, Martin Fayulu, yemeje kuri uyu wa Gatanu ushize, itariki ya 8 Gicurasi, ko afite umugambi wo gukangurira abaturage kurwanya icyifuzo icyo ari cyo cyose cyo kongera manda ya perezida binyuranyije n’itegeko nshinga. Ibyo yabitangaje nyuma y’umunsi umwe Perezida FĂ©lix Tshisekedi agiranye ikiganiro n’abanyamakuru i Kinshasa, akagaragaza ko afite inzozi […]

Burundi: Amashyaka 5 ya opozisiyo arateganya kutazitabira amatora yo mu 2027

Itariki y’amatora y’umukuru w’igihugu mu Burundi, yashyizwe ku wa 3 Gicurasi 2027, yatangajwe ku wa Gatanu, itariki ya 8 Gicurasi 2026, na Komisiyo Yigenga y’Amatora (CENI), ariko mu itangazo ryahurijwe hamwe, amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi CNL, UPRONA, CODEBU, DCP, na FRODEBU yasabye ko hategurwa ibiganiro hagati y’abanyagihugu nka kimwe mu bisabwa kugira ngo habe amatora […]

Col Migambi yifatanyije n’abagize Ishyirahamwe ry’umukino wa Golf mu mugoroba wo kwibuka

Kuri uyu wa Gatandatu ushize, itariki 9 Gicurasi, Col DĂ©sirĂ© Migambi Mungamba, Umuyobozi ushinzwe ubufatanye bw’ ingabo n’abaturage, yifatanyije n’abanyamuryango b’Ishyirahamwe ry’umukino wa Golf (Rwanda Golf Union) mu mugoroba wo kwibuka no guha icyubahiro abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Igikorwa cyo Kwibuka cyabereye mu cyanya cy’ umukino wa Golf, Kigali, i Nyarutarama. Mu ijambo […]