U Bufaransa bwanditse impfu zigera ku 1,000 z’inyongera kubera ubushyuhe bukabije

Abashinzwe ubuzima mu Bufaransa bavuze kuri iki Cyumweru ko hapfuye abandi bantu bagera ku 1.000 ugereranyije n’uko byari byitezwe mu gihe cy’ubushyuhe bukabije bwibasiye igice kinini cy’u Burayi bw’iburengerazuba mu minsi myinshi. Urwego rushinzwe ubuzima rusange rw’u Bufaransa rwagize ruti: “Kuva ku itariki ya 24 Kamena, abantu bagera ku 1.000 b’inyongera bapfuye ugereranije n’impfu zanditswe […]
Musanze: Abayoboke ba Green Party bateraniye muri Kongere y’Ishyaka ku rwego rw’intara

Abarwanashyaka b’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije mu Rwanda (DGPR) bateraniye muri Fatima Hotel mu Karere ka Musanze muri Kongere y’ishyaka ku rwego rw’Intara y’Amajyaruguru. Iyi Kongere yitabiriwe n’abarwanashyaka baturutse mu turere twa Musanze, Burera, Gakenke, Rulindo na Gicumbi. Perezida w’ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije mu (Democratic Green Party of Rwanda), Hon. Frank Habineza […]
Kisoro: Uwitwa Mashengesho arashinjwa gufata ku ngufu no kwica umwana w’umukobwa

Umusore w’imyaka 28 w’Umunyarwanda, Vincent Mashengesho uzwi ku izina rya Fit Fit, yakomeje gufungwa n’urukiko rw’ibanze rwa Kisoro I kubera icyaha cyo gufata ku ngufu no kwica umukobwa w’imyaka 16 witwa Munezero. Urukiko rwumvise ko ibi byabaye ku itariki ya 25 Kamena 2026 mu Mudugudu wa Kamonyi, muri Division y’Amajyaruguru, mu Mujyi wa Kisoro, maze […]
Venezuela: Abantu 68,000 bakomeje kubura nyuma y’umutingito wahitanye abasaga 1000

Ikigereranyo cy’ibanze cyatanzwe na Gahunda y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe Iterambere (UNDP) cyashyize ahagaragara igiciro cy’ibyangijwe n’umutingito wibasiye Venezuela kuri miliyari 6.7$. Bivugwa kandi ko abantu barenga 68.000 baburiwe irengero nyuma y’imitingito ibiri yibasiye uduce tw’igihugu mu ntangiriro z’iki cyumweru. Ku wa Gatatu, umutingito ufite ubukana bwa magnitude 7.2 na 7.5 wibasiye Venezuela, usenya ibintu byinshi kandi […]
Michael Katungi wahoze muri UPDF akurikiranweho gucuruza intwaro ku bagizi ba nabi bo muri Mexico

Uwahoze ari umusirikare mukuru mu Ngabo z’igihugu cya Uganda, Michael Katungi Mpeirwe, yafatiwe muri Uganda, aho biteganijwe ko azoherezwa muri Amerika kubera ibirego ashinjwa byo kugira uruhare mu bucuruzi mpuzamahanga bw’intwaro zifite agaciro ka miliyoni 58 z’amadorali bufitanye isano n’agatsiko k’abagizi ba nabi ko muri Mexico kazwi nka Cartel de Jalisco Nueva Generación. Abashinzwe umutekano […]
Uganda: Ibitangazamakuru NTV, Spark TV, Daily Monitor byafunzwe

Televiziyo za NTV Uganda na Spark TV na Daily Monitor zavanywe ku murongo mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru nyuma y’igikorwa cy’abashinzwe umutekano nijoro cyabereye ahakorera Nation Media Group (NMG) Uganda muri Namuwongo no kuri Kampala Serena Hotel. Kugeza saa kumi n’ebyiri za mu gitondo ku isaha yaho, abakurikira izi televiziyo zombi bageragezaga kuzireba bikanga […]
Tanzania: Leta yabujije ibiterane bya politiki mu gihugu

Leta ya Tanzaniya yabujije ibiterane bya politike mu gihugu cyose kugeza igihe hazatangirwa amabwiriza mashya, aho yashimangiye ko bikenewe mu kubungabunga umutekano w’igihugu. Guverinoma ivuga ko yabonye ko hari ibintu bibangamiye umutekano, nk’abantu bivugwa ko bafatanywe intwaro barimo gutegura ibikorwa by’ubugizi bwa nabi nk’uko inkuru dukesha BBC ivuga. Ni icyemezo ariko cyamaganwe n’imitwe ya politiki […]
Kayumba ibintu byakomeye ni we wambwiye ngo tujye gusaba Museveni aduhe ubuhungiro: P. Kagame

Perezida Paul Kagame yatangaje ko ubwo ingabo za RPA zari zikomerewe n’urugamba zari zihanganyemo n’ingabo za Habyarimana, Kayumba Nyamwasa wahunze igihugu yamusabye ko bajya gusaba Perezida Yoweri Museveni wa Uganda akabaha ubuhungiro. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho mu nama nyunguranabitekerezo ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’urugamba rwo kuyihagarika yari yateguwe n’ihuriro Unity Club Intwararumuri. Muri iyi […]