RDC: Uruhande rwa Kabila ruribaza igishya kizanwe mu biganiro bya Bujumbura

Perezida w’u Burundi akaba na Perezida w’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe muri iki gihe, Évariste Ndayishimiye, yateguye inama ngishanama zitandukanye i Bujumbura kuva kuri uyu wa Mbere, itariki ya 6 Nyakanga, zibanda ku bibazo bya politiki muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Nk’uko amakuru menshi abivuga, abagize ihuriro ry’abarwanya ubutegetsi rya C64—cyane cyane Martin Fayulu, […]

AFC/M23 na Twirwaneho bafashe kwa Mulima, igitutu cyiyongera kuri Baraka na Fizi

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 6 Nyakanga, ihuriro rya AFC/M23 rifatanyije n’umutwe wa Twirwaneho ryigaruriye agace kazwi nka nko kwa Mulima muri Teritwari ya Fizi, rikomeza kwagura ibice rigenzura nyuma y’ifatwa rya Point-Zéro ryabaye mu mpera z’icyumweru gishize. Amakuru aturuka mu bice by’imirwano avuga ko abarwanyi ba AFC/M23 na Twirwaneho binjiye kwa Mulima nyuma […]

Hamas yemeye guhara ubuyobozi muri Gaza

Umutwe wa Hamas kuri uyu wa Mbere, itariki 6 Nyakanga 2026, watangaje ko uzashyikiriza ubutegetsi ubuyobozi bushya muri Gaza nk’uko bitangazwa n’ibitangazamakuru mpuzamahanga bitandukanye. Ibi byemejwe n’Inama y’Amahoro, imaze igihe igenzura ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano yo guhagarika intambara y’umwaka ushize hagati y’abarwanyi ba Hamas na Guverinoma ya Israel. Hamas, ibihugu byinshi bifata nk’umutwe w’iterabwoba, yari […]

Imvururu zikomeye muri gereza zishe 20

Nibura abantu 20 bamaze kwemezwa ko bapfuye, mu gihe abarenga 100 bakomerekeye mu mirwano yabereye muri gereza ya Negombo, iherereye nko mu bilometero 35 mu majyaruguru y’umurwa mukuru wa Sri Lanka, Colombo. Iyo mirwano yatangiye ku Cyumweru ikomeza no ku wa Mbere, aho amakuru aturuka ku bitaro bya Negombo agaragaza ko mu bapfuye harimo imfungwa […]

Uburusiya bwishe 15 muri Kyiv

Abantu nibura 15 bamaze kwemezwa ko bapfuye, abandi barenga 49 barakomereka, nyuma y’igitero gikomeye cyagabwe n’u Burusiya mu ijoro ryo ku Cyumweru rishyira ku wa Mbere ku murwa mukuru wa Ukraine, Kyiv, ndetse no mu nkengero zawo. Igisirikare cya Ukraine kirwanira mu kirere cyatangaje ko igihugu kiri mu ibura rikomeye rya misile zifata izo u […]

Zabyaye amahari hagati ya UEFA na FIFA

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Mugabane w’u Burayi (UEFA), yanenze bikomeye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) yashinje “kurenga umurongo utukura”, nyuma y’icyemezo cyo gukuraho ikarita itukura yari yahawe rutahizamu Folarin Balogun wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Mu itangazo UEFA yasohoye kuri uyu wa Mbere, yavuze ko icyemezo cya FIFA cyo kwemerera Balogun gukina umukino […]

Ubushinwa bwagerageje misile

Ubushinwa bwatangaje ko ku wa Mbere bwakoze igerageza rya misile ya gisirikare iraswa n’ubwato bw’intambara bwibira munsi y’amazi (Submarine-Launched Ballistic Missile – SLBM), igikorwa cyakomeje guteza impungenge mu bihugu byo mu karere ka Pasifika birimo New Zealand na Australia. Nk’uko Igisirikare cy’Ingabo zirwanira mu mazi cy’Ubushinwa (PLA Navy) cyabitangaje, ubwato bwacyo bwarashe misile igwa neza […]

Ambasaderi Diane Gashumba yahuye na Josh Ishimwe

Ambasaderi w’u Rwanda muri Sweden, Diane Gashumba, yakiriye mu biro bye umuhanzi Josh Ishimwe nyuma yo kwifatanya n’Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda batuye muri iki gihugu mu kwizihiza ku nshuro ya 32 Umunsi wo Kwibohora. Josh Ishimwe ni umwe mu bahanzi batumiwe gutaramira abitabiriye ibyo birori byabaye ku wa 4 Nyakanga 2026, aho yaririmbiye Diaspora nyarwanda […]

Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bifasha Abanyarwanda kurushaho kwiyunga – Col. Migambi

Kuri iki Cyumweru, itariki 5 Nyakanga 2026, muri Kigali Universe habereye ikiganiro cyiswe UMURAGE (Legacy Discussion), aho Col Désiré Migambi Mungamba yavuze ko kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bifasha Abanyarwanda kurushaho kwiyunga, kubungabunga ukuri ku mateka, no gukumira ko Jenoside yakongera kubaho. Iki kiganiro kikaba cyari kigamije kwimakaza indangagaciro zo gukunda gihugu, ubumwe, kwihangana […]

Ndayishimiye yerekanye ibitwaro n’abasirikare b’abatirano ngo u Rwanda rugire ubwoba

Ku itariki ya 1 Nyakanga ubwo u Burundi bwizihizaga imyaka 62 bumaze buhawe ubwigenge n’u Bubiligi, byabaye ngombwa ko butira ingabo na bimwe mu bikoresho bya gisirikare bigezweho, mu rwego rwo kwereka u Rwanda ko rufite igisirikare gihambaye; nk’uko amakuru agera kuri BWIZA abyemeza. Muri ibi birori byabereye muri Stade Intwari mu mujyi wa Bujumbura, […]

Neymar yasezeye mu Ikipe y’Igihugu ya Brazil nyuma yo gutsindwa na Norway

Umukinnyi Neymar wari ufite agahinda kenshi, yavuze ko imikino ye mpuzamahanga akinira Ikipe y’Igihugu y’Umupira w’Amaguru ya Brazil “irangiye” nyuma y’uko ikipe ye itsinzwe na Norway mu Gikombe cy’Isi cya 2026. Uyu mukinnyi w’imyaka 34 yinjiye mu kibuga asimbuye ku munota wa 67, Brazil itsindwa na Norway ibitego 2-0 mu mukino wa nyuma wa 1/16, […]

Kyiv: Igitero simusiga cy’u Burusiya cyahitanye nibura 7 abandi barakomereka

Abayobozi ba Ukraine baravuga ko abantu nibura icyenda bishwe abandi barenga 40 barakomereka mu gitero cy’u Burusiya ku murwa mukuru, Kyiv, mu ijoro rishyira kuri uyu wa Mbere. Amakuru avuga ko humvikanye nibura ibiturika cumi mu gitero cya kabiri cyagabwe hakoreshejwe ibisasu bya missiles n’indege zitagira abadereva i Kyiv no mu nkengero zaho mu gihe […]

Igitutu cya Trump cyatumye FIFA itera ipine ikarita itukura yari yahawe umukinnyi wa Amerika

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) yahagaritse igihano cyo gusiba umukino umwe cyari cyafatiwe rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Folarin Balogun, nyuma y’ubusabe bwa Perezida wa Amerika, Donald Trump. Balogun yari yahawe ikarita itukura ubwo Leta Zunze Ubumwe zakinaga na Australia, mu mukino wa 1/16 cy’irangiza w’Igikombe cy’Isi wasize ziyisezereye ku […]