Kenya: Hagaragajwe ibyiciro by’abanyamahanga barebwa n’amabwiriza ya perezida ababuza ubucuruzi buto

Minisiteri y’Ishoramari, Ubucuruzi n’Inganda muri Kenya yasobanuye ibyiciro by’abanyamahanga bashobora gufatirwa ingamba mu gihe guverinoma itangiye gushyira mu bikorwa amabwiriza ya Perezida William Ruto yerekeye abanyamahanga bakora ubucuruzi buto n’ubuciriritse mu gihugu. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku Cyumweru, itariki ya 6 Nzeri, Umunyamabanga wa leta ushinzwe ubucuruzi, Lee Kinyanjui, yavuze ko Kenya izakomeza kwemerera abanyamahanga […]

Madamu Jeannette Kagame ahangayikishijwe n’abadashaka kurongora 

Madamu Jeannette Kagame yavuze ko ahangayikishijwe n’imyumvire igenda ihinduka ku bijyanye no gushyingiranwa, aho urubyiruko rwinshi rudashaka kurongora, abandi bagatinda gushyingirwa cyangwa bakabireka burundu. Yabigarutseho ku Cyumweru, tariki ya 6 Nzeri 2026, ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye Young Leaders Prayer Breakfast, yateguwe n’Umuryango Rwanda Leaders Fellowship (RLF). Iki gikorwa cyahurije hamwe abayobozi bakiri bato, baganira […]

Kimenyi Yves yigaramye impanga za Nana bavuzwe mu rukundo

Nyuma y’igihe ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwira amakuru avuga ko Kimenyi Yves yaba afite abandi bana b’impanga yabyaranye n’umugore uba muri Australia uzwi nka Nana, uyu wahoze ari umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu, Amavubi, yavuze ko amakuru avuga ko afite abandi bana atari ukuri. Kimenyi Yves yabigarutseho mu kiganiro cye Beyond90, aho yavuze mu buryo butaziguye ko afite […]

APR FC ifite akazi gakomeye nyuma yo gutsindirwa muri RDC

APR FC iri imbere y’akazi gakomeye ko gushaka itike yo gukomeza mu mikino ya CAF Champions League, nyuma yo gutsindwa igitego 1-0 na Les Aigles du Congo mu mukino ubanza w’ijonjora ry’ibanze, ndetse ikanatakaza umukinnyi Ronald Ssekiganda wahawe ikarita itukura. APR FC, ifite igikombe cya Shampiyona y’u Rwanda, yari yerekeje i Lubumbashi muri Repubulika Iharanira […]

Gashumba agiye kuva ku gatebe muri PLU

Umunyarwanda Frank Malimungu Gashumba, agiye kuva ku gatebe nyuma y’aho ukudahuza kwa politiki hagati ye na Perezida wa PLU, Gen. Muhoozi Kainerugaba, bisa n’aho byarangiye, kuko hari gahunda zo kugarura uyu munyapolitiki uzwiho kuvuga ibitekerezo bye mu bikorwa rusange by’Umuryango Patriotic League of Uganda (PLU). Aya makuru yemejwe na Daudi Kabanda, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa PLU […]

M23 na Twirwaneho bababaje abacanshuro bo kwa Erik Prince, bahungira i Uvira

Imirwano ikomeye yabereye mu gace ka Mulima, muri Teritwari ya Fizi, ku Cyumweru tariki ya 6 Nzeri 2026, yasize abarwanyi bari ku ruhande rwa Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bahuye n’igihombo gikomeye, mu gihe amakuru avuga ko bamwe mu bacanshuro bakorera muri icyo gihugu bahungiye Uvira. Amakuru ava ku mirongo y’urugamba avuga […]