Abasirikare 12 ba FDNB barasiwe mu cyico na bagenzi babo muri RDC

Abasirikare 12 bo mu ngabo z’u Burundi (FDNB), barashwe na bagenzi babo nyuma yo kugerageza guta urugamba bari bariho mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Uyu musirikare, ufite ipeti rya Colonel utifuje gutangazwa amazina, yavuze ko aba basirikare bishwe mu ijoro ryo ku wa 10 Nzeri 2026, mu […]

Raheem Sterling yemeye ibyaha nyuma yo gukora impanuka

Uwahoze ari umukinnyi wa Chelsea na Manchester City, Raheem Sterling, yemeye ibyaha byo gutwara imodoka mu buryo buteye akaga no gutunga gaze yo mu bwoko bwa nitrous oxide, izwi cyane nka “laughing gas”. Sterling w’imyaka 31 yemereye urukiko rw’i Basingstoke mu Bwongereza ko ku wa 28 Gicurasi 2026 yari atwaye Lamborghini Urus ye ifite agaciro […]

Kenya yahigitse UK mu kwakira Shampiyona y’Isi y’Imikino Ngororamubiri ya 2029

Kenya yanditse amateka mashya mu mikino ngororamubiri, nyuma yo guhabwa uburenganzira bwo kwakira Shampiyona y’Isi y’Imikino Ngororamubiri ya 2029, itsinze u Bwongereza bwari buhanganye na yo. Umujyi wa Nairobi ni wo uzakira iri rushanwa, nyuma y’icyemezo cyafashwe n’Inama y’Ubutegetsi y’Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry’Imikino Ngororamubiri (World Athletics), mu nama yayo ya 242 yabereye i Budapest muri Hungary. […]

Mputu Trésor yatuye u Rwanda umujinya nyuma y’imyaka 16 ahanwe na FIFA

Uwahoze ari umukinnyi mpuzamahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, TrĂ©sor Mputu Mabi, yongeye kuvuga ku gihano yahawe na FIFA mu 2010, ashinja u Rwanda kugira uruhare mu kuba yarahagaritswe umwaka wose adakina umupira w’amaguru. Mputu yabivugiye mu kiganiro Bosolo Na Politik yagiranye n’umunyamakuru Israel Mutombo kuri, mu gihe ari mu myiteguro y’umukino wa yubile […]