Ikimasa cyavunitse amaguru ubwo cyitabiraga ibirori-Amafoto

Sangiza iyi nkuru

Ikimasa cyavunitse amaguru yose ubwo cyari cyazanwe mu birori mu cyaro ca Mejorada Del Campo mu  gihugu cya Esipanye.

Ikimasa ubwo cyavaga mu modoka

Inkuru dukesha Dailymail  ivuga ko iki kimasa cyavunitse amaguru yose ubwo cyavanwaga mu modoka yari ikizanye mu birori agishyiraga hanze ngo kigire uruhare mu kwiruka.

Ikimasa cyavunitse amaguru yose kikigera ku butaka

Ababibonye bavuga ko ahanini byatewe n’uko iki kimasa cyasimbutse ahantu harehare bigatuma kivunika.

Ikimasa kirimo gushaka guhaguruka nyuma yo kugwa intagarane

[penci_related_posts taxonomies=”undefined” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” displayby=”recent_posts” orderby=”random”]

Ishyaka Riharanira ukwitabwaho kw’inyamaswa (PACMA) rivuga ko ibyabaye ari ihohoterwa rikorerwa inyamaswa kandi ko abaturage bakwiye kuritera ingabo mu bitugu kugira ngo itegeko rirengera inyamaswa ribe ryavugururwa muri Esipanye.

Ikimasa cyamaze kuzahazwa no kuvunika amaguru

Soma Izindi Nkuru