Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?

Sangiza iyi nkuru

Abo duhuje agahinda n’akababaro nibo mbaje kwihanganisha nabasuhuza, ibibazo byandenze hahandi mpagarara nkumva ngiye no kwitura hasi.

Izina nimunkundire ndigire ubwiru, ariko ntuye mu nkengero z’umujyi wa Kigali, ariko uba ugeze mu Karere ka Rulindo.

Mfite umugabo n’abana b’abahungu babiri, nkaba nagize ikibazo giteye gutya.

Twari dufite umukozi w’umukobwa ariko wabyaye, ni umukozi twari tumaranye imyaka igera muri Ine, ariko mu minsi ishize natunguwe no kubona atwite inda y’umugabo wanjye.

Twagiye mu buyobozi, umukobwa atanga ikirego avuga ko umugabo wanjye yamufashe ku ngufu amutera inda, kubera umujinya n’agahinda, nanjye nashinjaga umugabo wanjye nemeza ko aribyo koko yamufashe ku ngufu.

Umugabo amaze kubona ko bitari bumworohere, ahita avuga n’akarimurori, ahakana ko atigeze amufata ku ngufu ariko inda arayemera.

Yahise ahishura ko mu myaka yose yamaze iwacu, nta gihe batigeze baryamana, yagize ati “Ntabwo nigeze nkufata ku ngufu, na we wari nk’umugore wanjye,  niba umugore wanjye naramurongoraga 5 mu cyumweru wowe nakurongoraga 3, kuko narabasimburanyaga, unshinja kugufata ku ngufu ute?

Mbese yagiye atanga ingero nyinshi z’uburyo bagiye baryamana, n’uburyo namaraga kujya ku kazi nzindutse undi agahita amusanga mu buriri bwacu, mbese yaba njyewe n’ubuyobozi, twaguye mu kantu ahubwo menya ukuri kose ko uwo nitaga umukozi yari mukeba wanjye.

Ubwo rero maze kumenya ukuri kose narumiwe ibyo gushinja mbivamo, umukobwa na we yageze aho yemera ko atafashwe ku ngufu.

Kuva uwo munsi mu rugo byabaye bibi, umugabo namubwiye ko ndambiwe kubana n’umugabo wabaye nk’ikimasa cy’akarere, ariko namwe nimutekereze kuba umugabo umwe asimburanya abagore babiri kandi baba mu nzu imwe.

Kuva uwo munsi ntabwo yari yatinyuka kongera kunkoraho mu buriri, nta we uvugisha undi, gusa nubwo hashize ibyumweru bitatu ibyo bibaye, umukozi we yahise ataha ariko umugabo yemera ko azamufasha, ubwo nabwo ni ibindi bibazo.

[penci_related_posts dis_pview=”no” dis_pdate=”no” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” withids=”” displayby=”recent_posts” orderby=”rand”]

N’ubwo yatashye sinamenya niba batazasubirana, kandi n’ubundi umugabo wanjye nsanzwe nzi ko anca inyuma pe, yabaye nk’ikimasa, nibaza amaherezo narayabuze, mungire inama.

Soma Izindi Nkuru

130 Responses

  1. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Hagati yuko umushinja ushakako afungwa ,igisubizo wariwakibonye ,ese wowe ntabwumuca inyuma ukizwa bingana gute byatumye atekereza kuguca inyuma , wasanga ariwowe wabimuteye kujyakora ibyobyose , witejerezeho musabane imbabazimwihane babasengere bushyashya ,Gatanya ntacyo yacyemura

  2. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Hagati yuko umushinja ushakako afungwa ,igisubizo wariwakibonye ,ese wowe ntabwumuca inyuma ukizwa bingana gute byatumye atekereza kuguca inyuma , wasanga ariwowe wabimuteye kujyakora ibyobyose , witejerezeho musabane imbabazimwihane babasengere bushyashya ,Gatanya ntacyo yacyemura

  3. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Madamu mbere ba mbere ihangane!

    Gusa akenshi abagore nkamwe akenshi iyo umuntu asesenguye asanga muba mutazi guha care abagabo banyu mwitwaza ko mufite akazi! Abagabo tumeze nk’abana dukenera guteteshwa no guhabwa ibyo tuba twarabavaniye iwanyu kd neza ! Nge ku ruhande rumwe nubwo ntazi ikibazo nyamukuru umugabo afite ni wowe cyaturutsemo madamu we!

    Mwegere umugushe neza umuhe ibyo ashaka byose kd n’ umutima mwiza urebe ngo amahoro arahinda !

    1. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
      Muransetsa iyo muvuga ngo abagabo muri nk’abana!!! Umva kuri iyo si twese turareshya ntimukibebeze. Ndatangara cyane iyo mbona mumaze gushaka ukagira ngo babaciye amaboko nta kintu na kimwe mushoboye. Biteye agahinda!

      Mugenzi wange w’umudamu, reka mbanze nkwihanganishe urashavuye byo! Ntacyo nkugaya mubyo wakoze kuko abagabo nta rukundo nta n’impuhwe bagirira abagore habe na mba. Biberaho mu bwikunde bwabo maze bajya kubizambya ngo amafuti yabo nibwo buryo. Ahubwo nibwo bubwa. Mudutera agahinda ngo nicyo mwadukuriye iwacu? Kuduhindura ingorofani n’ingarane?

      Komera rata ntihagire ugutera ubwoba ngo wakoze amahano, ngo ni wowe nyirabayazana, ubwose ibyo yakoze yihesheje irihe shema cg yabungabunze ubusugire bw’urugo rwanyu ate? Ko ari cyo twese twakagombye guharanira?
      Gutera inda hirya no hino, gusinda, kurwana mu rugo,… Nizo mpundu za bamwe. Umva n’iyo Imana itabibabaza, iminsi izabibishyuza mpaka kuko ngo ” tout se paie ici bàs. Mubitegereze rero ntago akarengane mukorera abagore kazapfa ubusa.

      Nkwifurije gukomera kd umureke akomeze agendane uwo mugayo ubwo nizo mpundu yabonye zimukwiye.

      1. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
        Dore iyo nama yawe,ye!kwigira ibishegabo,ntacyo bizabagezaho.Ubu wowe rwarakunaniye none uri kumushuka,Umugabo avuka ari umugabo,agapfa ariwe.numugore nuko.Uriya Musaza,arabashuka.

      2. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
        Dore iyo nama yawe,ye!kwigira ibishegabo,ntacyo bizabagezaho.Ubu wowe rwarakunaniye none uri kumushuka,Umugabo avuka ari umugabo,agapfa ariwe.numugore nuko.Uriya Musaza,arabashuka.

      3. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
        Uyu mudamu avuze ukuri kd agaragaje umubabaro nkaho iwe naho bitamworoheye, njye mwese nabagira inama yo kwibuka ya masezerano ya mwembi mwagiranye.
        Or contact me on byirib01@gmail.com

        1. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
          Wamuntu w’Imana nimba warahuye nkibi bikakurenga ntimugahe abandi ideas zo kwigumura rwose kd nawe gufateko abagabo Bose ariko bameze namwe ubwanyu muribibihe ntimworoshe so naho Imana yo nuyivuga ujyubanza utekereze kuko ntawayihungiyeho ngo imukoxe isoni,ahubwo namwe ntimushaka ko itura murimwe mfite ingero nyinshi zabagore bari barananiwe ningo basenga imana ikabatabara ingo zigakasubirana ko mubona satani yateye igihugu cyacu mubusambanyi mubakuru nabato so ahubwo nimudasenga abobana nibo bambabaje kumico mibi yabese nabanyina,so madam Yesu arashoboye wivuga NGO iyo Mana Abwo yisunge nawe ahari yakubabarira ikaguha amahoro yomumutima urayakeneye utitaye kuvugango nabakijijwe bamerewe nabi kuko kuko rishobora kuba ari nisomo kururiya mudamu gusa kubisobanukirwa nicyo kibazo kuko nawe ashobora kuba yarari mumanegeka.Nushaka ibitekerezo Uzanyandikire!

        2. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
          Wamuntu w’Imana nimba warahuye nkibi bikakurenga ntimugahe abandi ideas zo kwigumura rwose kd nawe gufateko abagabo Bose ariko bameze namwe ubwanyu muribibihe ntimworoshe so naho Imana yo nuyivuga ujyubanza utekereze kuko ntawayihungiyeho ngo imukoxe isoni,ahubwo namwe ntimushaka ko itura murimwe mfite ingero nyinshi zabagore bari barananiwe ningo basenga imana ikabatabara ingo zigakasubirana ko mubona satani yateye igihugu cyacu mubusambanyi mubakuru nabato so ahubwo nimudasenga abobana nibo bambabaje kumico mibi yabese nabanyina,so madam Yesu arashoboye wivuga NGO iyo Mana Abwo yisunge nawe ahari yakubabarira ikaguha amahoro yomumutima urayakeneye utitaye kuvugango nabakijijwe bamerewe nabi kuko kuko rishobora kuba ari nisomo kururiya mudamu gusa kubisobanukirwa nicyo kibazo kuko nawe ashobora kuba yarari mumanegeka.Nushaka ibitekerezo Uzanyandikire!

        3. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
          Wamuntu w’Imana nimba warahuye nkibi bikakurenga ntimugahe abandi ideas zo kwigumura rwose kd nawe gufateko abagabo Bose ariko bameze namwe ubwanyu muribibihe ntimworoshe so naho Imana yo nuyivuga ujyubanza utekereze kuko ntawayihungiyeho ngo imukoxe isoni,ahubwo namwe ntimushaka ko itura murimwe mfite ingero nyinshi zabagore bari barananiwe ningo basenga imana ikabatabara ingo zigakasubirana ko mubona satani yateye igihugu cyacu mubusambanyi mubakuru nabato so ahubwo nimudasenga abobana nibo bambabaje kumico mibi yabese nabanyina,so madam Yesu arashoboye wivuga NGO iyo Mana Abwo yisunge nawe ahari yakubabarira ikaguha amahoro yomumutima urayakeneye utitaye kuvugango nabakijijwe bamerewe nabi kuko kuko rishobora kuba ari nisomo kururiya mudamu gusa kubisobanukirwa nicyo kibazo kuko nawe ashobora kuba yarari mumanegeka.Nushaka ibitekerezo Uzanyandikire!

        4. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
          Wamuntu w’Imana nimba warahuye nkibi bikakurenga ntimugahe abandi ideas zo kwigumura rwose kd nawe gufateko abagabo Bose ariko bameze namwe ubwanyu muribibihe ntimworoshe so naho Imana yo nuyivuga ujyubanza utekereze kuko ntawayihungiyeho ngo imukoxe isoni,ahubwo namwe ntimushaka ko itura murimwe mfite ingero nyinshi zabagore bari barananiwe ningo basenga imana ikabatabara ingo zigakasubirana ko mubona satani yateye igihugu cyacu mubusambanyi mubakuru nabato so ahubwo nimudasenga abobana nibo bambabaje kumico mibi yabese nabanyina,so madam Yesu arashoboye wivuga NGO iyo Mana Abwo yisunge nawe ahari yakubabarira ikaguha amahoro yomumutima urayakeneye utitaye kuvugango nabakijijwe bamerewe nabi kuko kuko rishobora kuba ari nisomo kururiya mudamu gusa kubisobanukirwa nicyo kibazo kuko nawe ashobora kuba yarari mumanegeka.Nushaka ibitekerezo Uzanyandikire!

      4. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
        Uyu mudamu avuze ukuri kd agaragaje umubabaro nkaho iwe naho bitamworoheye, njye mwese nabagira inama yo kwibuka ya masezerano ya mwembi mwagiranye.
        Or contact me on byirib01@gmail.com

      5. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
        Uyu mudamu avuze ukuri kd agaragaje umubabaro nkaho iwe naho bitamworoheye, njye mwese nabagira inama yo kwibuka ya masezerano ya mwembi mwagiranye.
        Or contact me on byirib01@gmail.com

      6. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
        Uyu mudamu avuze ukuri kd agaragaje umubabaro nkaho iwe naho bitamworoheye, njye mwese nabagira inama yo kwibuka ya masezerano ya mwembi mwagiranye.
        Or contact me on byirib01@gmail.com

      7. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
        Madame turabeshya irasonzesha! Kdi gahimano ni se wa Gahinda Gahinda nice wa rupfu.umugore agandukire umugabo umugabo nawe amukunde!

      8. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
        Madame turabeshya irasonzesha! Kdi gahimano ni se wa Gahinda Gahinda nice wa rupfu.umugore agandukire umugabo umugabo nawe amukunde!

      9. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
        Mariam we ko ufite umujinya?tuza ni ukuri,burya umuriro waka iyo uri ku kintu,soit urukwi,essence …..iyo ibyo bintu bishize umuriro urazima.ni kimwe n’urukundo.urukundo rwakira ku kizere.iyo ntakizere urukundo rurabura.reka dufashe uwo mu maman.mama burya utuntu duto nitwo twubaka urugo,umugore agira ibyo akenera bidahuye nibyo umugore akenera niyo mpamvu buri muntu akwiriye kwita kuri mugenzi we.uwo mugore rero numwoshya kwigira umugabo uraba umufashije gusenya.

      10. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
        Mariam we ko ufite umujinya?tuza ni ukuri,burya umuriro waka iyo uri ku kintu,soit urukwi,essence …..iyo ibyo bintu bishize umuriro urazima.ni kimwe n’urukundo.urukundo rwakira ku kizere.iyo ntakizere urukundo rurabura.reka dufashe uwo mu maman.mama burya utuntu duto nitwo twubaka urugo,umugore agira ibyo akenera bidahuye nibyo umugore akenera niyo mpamvu buri muntu akwiriye kwita kuri mugenzi we.uwo mugore rero numwoshya kwigira umugabo uraba umufashije gusenya.

      11. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
        Mutimukeye Miliam uraho? Nitwa mutima kandi nashimye igitekerezo cyawe.ndakwishimiye

        uti:Mugenzi wange w’umudamu, reka mbanze nkwihanganishe urashavuye byo! Ntacyo nkugaya mubyo wakoze kuko abagabo nta rukundo nta n’impuhwe bagirira abagore habe na mba. Biberaho mu bwikunde bwabo maze bajya kubizambya ngo amafuti yabo nibwo buryo. Ahubwo nibwo bubwa. Mudutera agahinda ngo nicyo mwadukuriye iwacu? Kuduhindura ingorofani n’ingarane?

      12. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
        Mutimukeye Miliam uraho? Nitwa mutima kandi nashimye igitekerezo cyawe.ndakwishimiye

        uti:Mugenzi wange w’umudamu, reka mbanze nkwihanganishe urashavuye byo! Ntacyo nkugaya mubyo wakoze kuko abagabo nta rukundo nta n’impuhwe bagirira abagore habe na mba. Biberaho mu bwikunde bwabo maze bajya kubizambya ngo amafuti yabo nibwo buryo. Ahubwo nibwo bubwa. Mudutera agahinda ngo nicyo mwadukuriye iwacu? Kuduhindura ingorofani n’ingarane?

      13. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
        Ubwose umugiriye iyi nama ?? Nawe rushobora kuba urugo rwarakunaniye pe! Guca bugufi kumpande zombi nirwo rufunguzo rwamahoro murugo ! Naho kwigira Ingare no gushira isoni nibyo bizatuma utubaka ngo rukomere !

      14. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
        Ubwose umugiriye iyi nama ?? Nawe rushobora kuba urugo rwarakunaniye pe! Guca bugufi kumpande zombi nirwo rufunguzo rwamahoro murugo ! Naho kwigira Ingare no gushira isoni nibyo bizatuma utubaka ngo rukomere !

      15. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
        Oya Maria,wishuka uwo mudamu rwose,ibyo byarabaye byararanjyiye,ariko wimushuka nginiyicecekere ng’umugabo agendane ikimwaro,bizageza ryari ubwo??kwariho havamo nokwicana??namwejyere amuganirize bashake igisubizo kirambye cy’ibibazo byabo,ikindi kdi wikomeza kumva k’umugabo agikomeje izonjyeso,wimushuka,Mada ejyera umugabo wawe mushake igisubizo kirambye muhane ukuri k’umpande zose,ejo hatazamo nokuba umwe wakwica undi.

      16. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
        Oya Maria,wishuka uwo mudamu rwose,ibyo byarabaye byararanjyiye,ariko wimushuka nginiyicecekere ng’umugabo agendane ikimwaro,bizageza ryari ubwo??kwariho havamo nokwicana??namwejyere amuganirize bashake igisubizo kirambye cy’ibibazo byabo,ikindi kdi wikomeza kumva k’umugabo agikomeje izonjyeso,wimushuka,Mada ejyera umugabo wawe mushake igisubizo kirambye muhane ukuri k’umpande zose,ejo hatazamo nokuba umwe wakwica undi.

      17. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
        @ Mutimukeye,uzabanze ubaze umugabo Iwo ariwe n’umara kubimenya uzavana Ayo matiku Aho,Imana ijya kutugira abagabo yarakubonaga,sinishimiye ibyo bagenzi banjye bamwe babamo kuko ni umwanda,ariko nkawe imyumvire numva ufite ntiwabana n’umugabo Imyaka 5,naho wowe wagiye nako kaga,Ihangane ikomeze Niko zubakwa,gusa usesengure umenye niba byose ugerageza kubigenza neza

      18. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
        @ Mutimukeye,uzabanze ubaze umugabo Iwo ariwe n’umara kubimenya uzavana Ayo matiku Aho,Imana ijya kutugira abagabo yarakubonaga,sinishimiye ibyo bagenzi banjye bamwe babamo kuko ni umwanda,ariko nkawe imyumvire numva ufite ntiwabana n’umugabo Imyaka 5,naho wowe wagiye nako kaga,Ihangane ikomeze Niko zubakwa,gusa usesengure umenye niba byose ugerageza kubigenza neza

    2. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
      Muransetsa iyo muvuga ngo abagabo muri nk’abana!!! Umva kuri iyo si twese turareshya ntimukibebeze. Ndatangara cyane iyo mbona mumaze gushaka ukagira ngo babaciye amaboko nta kintu na kimwe mushoboye. Biteye agahinda!

      Mugenzi wange w’umudamu, reka mbanze nkwihanganishe urashavuye byo! Ntacyo nkugaya mubyo wakoze kuko abagabo nta rukundo nta n’impuhwe bagirira abagore habe na mba. Biberaho mu bwikunde bwabo maze bajya kubizambya ngo amafuti yabo nibwo buryo. Ahubwo nibwo bubwa. Mudutera agahinda ngo nicyo mwadukuriye iwacu? Kuduhindura ingorofani n’ingarane?

      Komera rata ntihagire ugutera ubwoba ngo wakoze amahano, ngo ni wowe nyirabayazana, ubwose ibyo yakoze yihesheje irihe shema cg yabungabunze ubusugire bw’urugo rwanyu ate? Ko ari cyo twese twakagombye guharanira?
      Gutera inda hirya no hino, gusinda, kurwana mu rugo,… Nizo mpundu za bamwe. Umva n’iyo Imana itabibabaza, iminsi izabibishyuza mpaka kuko ngo ” tout se paie ici bàs. Mubitegereze rero ntago akarengane mukorera abagore kazapfa ubusa.

      Nkwifurije gukomera kd umureke akomeze agendane uwo mugayo ubwo nizo mpundu yabonye zimukwiye.

    3. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
      Kwihangana nibyo bya igihe bitarimo gukomereza kumubiri cg gupfa naho abagabo no gusambana ni Imana yonyine yo kubazirika pe impore mubyeyi ujye ujya no kwipimisha urebe ko nta birwara wanduriyemo (niba kandi atari wowe watumye aguca inyuma)

    4. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
      Kwihangana nibyo bya igihe bitarimo gukomereza kumubiri cg gupfa naho abagabo no gusambana ni Imana yonyine yo kubazirika pe impore mubyeyi ujye ujya no kwipimisha urebe ko nta birwara wanduriyemo (niba kandi atari wowe watumye aguca inyuma)

    5. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
      Habaho abanyangeso bidasaba ngo bafashwe bate,agapfa kuba Ari ahaboneka abo yasambanya gusa.icyo nzicyo ni uko n’abagore atari shyashya nubwo uko atari ko umugabo ufite Gahunda yakemuramo ibibazo.ndamugaye rwose

    6. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
      Habaho abanyangeso bidasaba ngo bafashwe bate,agapfa kuba Ari ahaboneka abo yasambanya gusa.icyo nzicyo ni uko n’abagore atari shyashya nubwo uko atari ko umugabo ufite Gahunda yakemuramo ibibazo.ndamugaye rwose

  4. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Madamu mbere ba mbere ihangane!

    Gusa akenshi abagore nkamwe akenshi iyo umuntu asesenguye asanga muba mutazi guha care abagabo banyu mwitwaza ko mufite akazi! Abagabo tumeze nk’abana dukenera guteteshwa no guhabwa ibyo tuba twarabavaniye iwanyu kd neza ! Nge ku ruhande rumwe nubwo ntazi ikibazo nyamukuru umugabo afite ni wowe cyaturutsemo madamu we!

    Mwegere umugushe neza umuhe ibyo ashaka byose kd n’ umutima mwiza urebe ngo amahoro arahinda !

  5. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Madam aho urabesha pe. Reka nkubwire, guhangana siyo solution. Icyo ukeneye gukora uracyizi, icyo umutima nama ikubwira ana aricyo ukora. Ndabona umukunda urugo rwawe. Ibindi abantu nakubwira ni zero. Nta numwe azi aho mwahuriye. Nta kosa wowe utakwihanganira. Umbabarire, umuhe ibye abirye pe, nawe wisuzume niba ari ok, komereza aho. Ibindi ni zero. Kubyara?

  6. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Madam aho urabesha pe. Reka nkubwire, guhangana siyo solution. Icyo ukeneye gukora uracyizi, icyo umutima nama ikubwira ana aricyo ukora. Ndabona umukunda urugo rwawe. Ibindi abantu nakubwira ni zero. Nta numwe azi aho mwahuriye. Nta kosa wowe utakwihanganira. Umbabarire, umuhe ibye abirye pe, nawe wisuzume niba ari ok, komereza aho. Ibindi ni zero. Kubyara?

  7. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ihangane mada gusa biguhe isomo uzajye ukoresha abahungu Kandi babarira birangire wikwisenyera urugo

  8. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ihangane mada gusa biguhe isomo uzajye ukoresha abahungu Kandi babarira birangire wikwisenyera urugo

  9. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ndumva abadamu mukwiriye kugira Care kubagabo banyu

  10. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ndumva abadamu mukwiriye kugira Care kubagabo banyu

  11. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ndumva abadamu mukwiriye kugira Care kubagabo banyu

    1. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
      Niba hari ikintu giteye iseseme ni ijambo care abagabo bitwaza.ese mwibwira ko abagabo aribo baba bakeneye care mu rugo bonyine? Cg n’abadamu babo baba bakeneye kuzihabwa?ibinti ni magirirane di,abagabo bajye bareka kwikunda

    2. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
      Niba hari ikintu giteye iseseme ni ijambo care abagabo bitwaza.ese mwibwira ko abagabo aribo baba bakeneye care mu rugo bonyine? Cg n’abadamu babo baba bakeneye kuzihabwa?ibinti ni magirirane di,abagabo bajye bareka kwikunda

  12. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ndumva abadamu mukwiriye kugira Care kubagabo banyu

  13. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ndumva abadamu mukwiriye kugira Care kubagabo banyu

  14. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ndumva abadamu mukwiriye kugira Care kubagabo banyu

  15. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ndumva abadamu mukwiriye kugira Care kubagabo banyu

  16. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ndumva abadamu mukwiriye kugira Care kubagabo banyu

  17. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ndumva abadamu mukwiriye kugira Care kubagabo banyu

  18. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ndumva abadamu mukwiriye kugira Care kubagabo banyu

  19. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Uwo mugabo mubabarire ntacyaha kitababarira kuba yarakoze ikosa birashyika turi mumubiri niba aramukundaga ibyo byirengagize icyo wamukundiye kiracyahari wishyire mumwanyawe. Thank you

  20. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Uwo mugabo mubabarire ntacyaha kitababarira kuba yarakoze ikosa birashyika turi mumubiri niba aramukundaga ibyo byirengagize icyo wamukundiye kiracyahari wishyire mumwanyawe. Thank you

  21. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Abagabo ntarukudo bagira bari Kunda cyane iyo ushaka Kuba amahoro umwima amaso iyo ushaka kubaka USA nkaho ibyo Akira utabibona

  22. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Abagabo ntarukudo bagira bari Kunda cyane iyo ushaka Kuba amahoro umwima amaso iyo ushaka kubaka USA nkaho ibyo Akira utabibona

  23. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Abagabo ntarukudo bagira bari Kunda cyane iyo ushaka Kuba amahoro umwima amaso iyo ushaka kubaka USA nkaho ibyo Akira utabibona

  24. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Abagabo ntarukudo bagira bari Kunda cyane iyo ushaka Kuba amahoro umwima amaso iyo ushaka kubaka USA nkaho ibyo Akira utabibona

  25. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Wa mudamu we urateta, uwampa umugabo umeze gutyo njye uwanjye ndakimwingingira nk umwana wanga kurya. Nkamara nk ukwezi kose ntacyo yibwirije. Ntako ntagize none wowe urateta. Nuko utivuze ngo nzagushake tugurane. Natekereje Kujya muca inyuma mbona twagira ibibazo kurushaho mpitamo gupfira muri Nyagasani. Murabonako iyi si ari ntamunoza.

  26. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Wa mudamu we urateta, uwampa umugabo umeze gutyo njye uwanjye ndakimwingingira nk umwana wanga kurya. Nkamara nk ukwezi kose ntacyo yibwirije. Ntako ntagize none wowe urateta. Nuko utivuze ngo nzagushake tugurane. Natekereje Kujya muca inyuma mbona twagira ibibazo kurushaho mpitamo gupfira muri Nyagasani. Murabonako iyi si ari ntamunoza.

  27. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Mbanje ku kwihanganisha ndumva bitoroshye ikintu nkicyo munzu imwe iyo myaka yose,gusa sinibaza ukuntu utigeze ubakeka?? Icyo nakubwira Hari ibintu dukora ariko ingaruka zikaza kubana bacu sa nkaho ntacyabaye ibintu nkibyo ntibitinda azagera Aho amenye ko kwirirwa yiruka ntacyo byamugezaho,rwose umubabarire nubwo bigoye kubyakira ariko utekerez kuri ABO bana ni ukubabaza wabona uwo mukobwa ari nawe wamwibambazagaho cyane ko Ari numu fille mère kd ntibizakwicire nakazi ngo ureke kuzana undi mukozi wogusigarana abana,kuko ushobora kutamuzana niba ariyo mico ye nubundi akajya hanze

  28. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Mbanje ku kwihanganisha ndumva bitoroshye ikintu nkicyo munzu imwe iyo myaka yose,gusa sinibaza ukuntu utigeze ubakeka?? Icyo nakubwira Hari ibintu dukora ariko ingaruka zikaza kubana bacu sa nkaho ntacyabaye ibintu nkibyo ntibitinda azagera Aho amenye ko kwirirwa yiruka ntacyo byamugezaho,rwose umubabarire nubwo bigoye kubyakira ariko utekerez kuri ABO bana ni ukubabaza wabona uwo mukobwa ari nawe wamwibambazagaho cyane ko Ari numu fille mère kd ntibizakwicire nakazi ngo ureke kuzana undi mukozi wogusigarana abana,kuko ushobora kutamuzana niba ariyo mico ye nubundi akajya hanze

  29. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Mubyeyi ihangane mbere ya byose, Kdi Imana irabizi.Mubyo waba waramusezeranije ngirango harimo kudatandukana, kumubabarira. Murinde kuzajurikirana uwo mukobwa, Mbese igire nk’aho Ari wowe biriho urashobozwa kwihangana.Ntimutandukane, banza umugoragoze nyine.
    Imana igushoboze.
    Ugende urebe Padiri cg Pastor bagufashe Kandi bagusengere, bazakubwira icyo ushobora gukora. Komera

  30. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Mubyeyi ihangane mbere ya byose, Kdi Imana irabizi.Mubyo waba waramusezeranije ngirango harimo kudatandukana, kumubabarira. Murinde kuzajurikirana uwo mukobwa, Mbese igire nk’aho Ari wowe biriho urashobozwa kwihangana.Ntimutandukane, banza umugoragoze nyine.
    Imana igushoboze.
    Ugende urebe Padiri cg Pastor bagufashe Kandi bagusengere, bazakubwira icyo ushobora gukora. Komera

  31. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ihangane madam,ariko nkubaze:ukunda umugabo wawe???

    Niba umukunda dore igisubizo umuhanga umwe yatanze: yaragize ati: niba uvugako unkunda, urukundo unkunda rwagakwiye kunganga n’imbabazi wangirira igihe nagukoshereje. Ibitari ibyo, waba undyarya.

  32. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ihangane madam,ariko nkubaze:ukunda umugabo wawe???

    Niba umukunda dore igisubizo umuhanga umwe yatanze: yaragize ati: niba uvugako unkunda, urukundo unkunda rwagakwiye kunganga n’imbabazi wangirira igihe nagukoshereje. Ibitari ibyo, waba undyarya.

  33. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    ahaaa !! ndumva wajya ku Kagari!!

  34. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    ahaaa !! ndumva wajya ku Kagari!!

  35. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ibuka amasezerano mwasezeranye maze ugire ubwenge

  36. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ibuka amasezerano mwasezeranye maze ugire ubwenge

  37. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ibuka amasezerano mwagiranye ukore igikwiye. CG u usabe ivangamutungo wazanye cg wahashye ukodeshe uce isheni

  38. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ibuka amasezerano mwagiranye ukore igikwiye. CG u usabe ivangamutungo wazanye cg wahashye ukodeshe uce isheni

  39. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ukeneye ubufasha kubibazo nkibyo najya mufasha yahamagara kuri 0788744771

  40. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ukeneye ubufasha kubibazo nkibyo najya mufasha yahamagara kuri 0788744771

  41. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Wirukana umugore uguguna igupfwa ukazana urimira bunguri.niba umugabo wawe yuzuza inshingano zurugo,ikibazo ufite kikaba ari uko aguca inyuma byonyine.ahubwo niwowe waba warateye umugabo umutima mubi WO kuguca inyuma.musabe ko muganira musabane imbabazi

  42. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Wirukana umugore uguguna igupfwa ukazana urimira bunguri.niba umugabo wawe yuzuza inshingano zurugo,ikibazo ufite kikaba ari uko aguca inyuma byonyine.ahubwo niwowe waba warateye umugabo umutima mubi WO kuguca inyuma.musabe ko muganira musabane imbabazi

  43. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Bene data kubaka si ugukina kdi icyitonderwa nugusobanukirwa umushinga urimo, gucana inyuma si byiza arko niba umugabo yarabyemeye n’umukozi wabimuteraga akaba yaratashye wahaye umugabo wawe umwanya nkumugabo ese ukosheje bwa mbere afatiwra ikihe cyemezo? warihuse mubarirane mwibere mu rukundo maze mwite ku bahungu banyu kuko urwo si urugero rwiza mubaha murakoze

  44. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Bene data kubaka si ugukina kdi icyitonderwa nugusobanukirwa umushinga urimo, gucana inyuma si byiza arko niba umugabo yarabyemeye n’umukozi wabimuteraga akaba yaratashye wahaye umugabo wawe umwanya nkumugabo ese ukosheje bwa mbere afatiwra ikihe cyemezo? warihuse mubarirane mwibere mu rukundo maze mwite ku bahungu banyu kuko urwo si urugero rwiza mubaha murakoze

  45. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    ubu c iyo aza gusanga ari wowe usambana numukozi abaye ari umuhungu wabyifatamo ute?

  46. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    ubu c iyo aza gusanga ari wowe usambana numukozi abaye ari umuhungu wabyifatamo ute?

  47. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ndakwihanganishije muvandimwe! Komera ntusenye urugo rwawe uwo mugabo uzamugaruze ubugwaneza. Imana Iguhe ubwenge bwo kubicamo gitore. Courage

  48. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ndakwihanganishije muvandimwe! Komera ntusenye urugo rwawe uwo mugabo uzamugaruze ubugwaneza. Imana Iguhe ubwenge bwo kubicamo gitore. Courage

  49. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Muhe rugari umubwire uti “nguhaye uruhushya genda uryamane n’abo ushaka bose ariko ubwo njye ube unyibagiwe igihe uzumva ubivuyemo uzegaruke tujye keipimisha ubundi dusubirane. Gusa abaganga mu by’ibitsina bavuga ko nta mugabo urongora umugore umwe keretse iyo akennye.
    Gusa ukomeze kwihangana

  50. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Muhe rugari umubwire uti “nguhaye uruhushya genda uryamane n’abo ushaka bose ariko ubwo njye ube unyibagiwe igihe uzumva ubivuyemo uzegaruke tujye keipimisha ubundi dusubirane. Gusa abaganga mu by’ibitsina bavuga ko nta mugabo urongora umugore umwe keretse iyo akennye.
    Gusa ukomeze kwihangana

  51. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ihangane cyane mbere na mbere ,ubundi wigire nkaho ntacyabaye urere abana bawe urusheho gusa neza ,kandi urusheho kumufata neza, umwerekeke wamubabariye ko ntagikuba cyacitse,mbese use numurushA ubwenge,ntukore nkibyo yakoze .ubundi imfirizi ntiyimirwaga ,mureke azagaruka neza kandi iyo azasagura izagusazisha.ntupanike ibyo birigaye ari ibisazwe gusa ntagihe bitabayeho kuko na ablaham yaryamanye nundi mugore mwihema rimwe narya salah kandi imana yari yarabasezeranyije urubyaro .wowe menya ko izagaruka niwifata nezantiterere hejuru cyane ,kandi iyo izasagura izagusazisha

  52. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ihangane cyane mbere na mbere ,ubundi wigire nkaho ntacyabaye urere abana bawe urusheho gusa neza ,kandi urusheho kumufata neza, umwerekeke wamubabariye ko ntagikuba cyacitse,mbese use numurushA ubwenge,ntukore nkibyo yakoze .ubundi imfirizi ntiyimirwaga ,mureke azagaruka neza kandi iyo azasagura izagusazisha.ntupanike ibyo birigaye ari ibisazwe gusa ntagihe bitabayeho kuko na ablaham yaryamanye nundi mugore mwihema rimwe narya salah kandi imana yari yarabasezeranyije urubyaro .wowe menya ko izagaruka niwifata nezantiterere hejuru cyane ,kandi iyo izasagura izagusazisha

  53. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ganduka uzakundwa,kunda uzagandukirwa.
    -Madame fata iya mbere wegere umugabo wawe,umusabe imbabazi nubwo ntakosa waba ufite.
    -Gabanya uburakari n’umujinya.
    -Kora byose unamwereke ko ntagikuba cyacitse kuri Crowe.
    -Mwereke ko uzamufasha gushyigikira uwo wabaye mukeba wawe kdi ko uwo mwana we atazagira ikibazo ubibona.
    Ubukana,uburakari,umujinya ntibyubaka.kdi niba utasekaga murugo cg ngo ugaragaze ibyishimo gerageza ubyige kuko abagabo benshi bakunda ababagagariza ko bishimye.

  54. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ganduka uzakundwa,kunda uzagandukirwa.
    -Madame fata iya mbere wegere umugabo wawe,umusabe imbabazi nubwo ntakosa waba ufite.
    -Gabanya uburakari n’umujinya.
    -Kora byose unamwereke ko ntagikuba cyacitse kuri Crowe.
    -Mwereke ko uzamufasha gushyigikira uwo wabaye mukeba wawe kdi ko uwo mwana we atazagira ikibazo ubibona.
    Ubukana,uburakari,umujinya ntibyubaka.kdi niba utasekaga murugo cg ngo ugaragaze ibyishimo gerageza ubyige kuko abagabo benshi bakunda ababagagariza ko bishimye.

  55. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ganduka uzakundwa,kunda uzagandukirwa.
    -Madame fata iya mbere wegere umugabo wawe,umusabe imbabazi nubwo ntakosa waba ufite.
    -Gabanya uburakari n’umujinya.
    -Kora byose unamwereke ko ntagikuba cyacitse kuri Crowe.
    -Mwereke ko uzamufasha gushyigikira uwo wabaye mukeba wawe kdi ko uwo mwana we atazagira ikibazo ubibona.
    Ubukana,uburakari,umujinya ntibyubaka.kdi niba utasekaga murugo cg ngo ugaragaze ibyishimo gerageza ubyige kuko abagabo benshi bakunda ababagagariza ko bishimye.

  56. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ganduka uzakundwa,kunda uzagandukirwa.
    -Madame fata iya mbere wegere umugabo wawe,umusabe imbabazi nubwo ntakosa waba ufite.
    -Gabanya uburakari n’umujinya.
    -Kora byose unamwereke ko ntagikuba cyacitse kuri Crowe.
    -Mwereke ko uzamufasha gushyigikira uwo wabaye mukeba wawe kdi ko uwo mwana we atazagira ikibazo ubibona.
    Ubukana,uburakari,umujinya ntibyubaka.kdi niba utasekaga murugo cg ngo ugaragaze ibyishimo gerageza ubyige kuko abagabo benshi bakunda ababagagariza ko bishimye.

  57. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Iyo abagore bose batekereza nka Miriam,ntamugore wari kuruha.kuko siwowe wo kwibaza icyo wakora kuko siwowe wahemutse, ntibintunguye kubona abakugira inama yo kumubabarira ari abagabo gusa. Bitekerezeho urebe ikingenzi kuko gusenya sumuti ariko wibukeko uwigize ivu ayora ivu imbabazi zawe nazibona nkibisanzwe ntazatinya no kujya abikora yarangiza akakubwira ngo bikurye

  58. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Iyo abagore bose batekereza nka Miriam,ntamugore wari kuruha.kuko siwowe wo kwibaza icyo wakora kuko siwowe wahemutse, ntibintunguye kubona abakugira inama yo kumubabarira ari abagabo gusa. Bitekerezeho urebe ikingenzi kuko gusenya sumuti ariko wibukeko uwigize ivu ayora ivu imbabazi zawe nazibona nkibisanzwe ntazatinya no kujya abikora yarangiza akakubwira ngo bikurye

  59. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ndabanza kugaya abikuza ko bavuka ari abagabo bagapfa ari abagabo mbabwira ko igihe cyose bapfa urunyo rukabasusura izo codes bishyizemo biba bigaragaye ko ari impfabusa. Ndongera no kubwira abagore ko mutazigera mubasha gushimisha abami 2:akazi gatuma mubaho ntimwakareka, abagabo bakeneye kubahoho bishimye kuko mwababereye abaja nduzi ko umukozi wo mu rugo we aba afite uburenganzira.Grosso modo amahitamo ni ay’ umuntu ku giti ke kuko niwe Uzi ibimubereye. Nongere nshimire umuntu wavuze ko abagabo bibebeza nk’abatagize ikintu na kimwe bashoboye ariko nibareba babi baziyahura bashire kuko nyine iyo babuze imitsi y’ abagore ubuzima buhita bubagora mbese bagahamya nabo ubwabo ko batishoboye mwanya wo gushobora abandi. Bagore mwese muharanira kwigira no kwiteza imbere hongera and congs.Abakidependinga ku bagabo nanwe mwicare bannye muhehe, muheke kuko wa mugani ni abana bava iwabo badakuze. Mvuze byinshi kuko hari ibyo ubona biteye isesemi. Umugore ugerageje guharanira uburenganzira bwe ngo ni igishegabo. Jye mbona ari ishyari n’ agahinda mufite ko ibihe byabahi dukiyeho kuko abagore babo banenye ubwenge. Niba ugize umujinya mena phone yawe, iyahure cg uzabeho udakeneye service n’ imwe ku mugore maze nkwemere! Dufite ibanga nimushaka mutureke mutuze duturane.

  60. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ndabanza kugaya abikuza ko bavuka ari abagabo bagapfa ari abagabo mbabwira ko igihe cyose bapfa urunyo rukabasusura izo codes bishyizemo biba bigaragaye ko ari impfabusa. Ndongera no kubwira abagore ko mutazigera mubasha gushimisha abami 2:akazi gatuma mubaho ntimwakareka, abagabo bakeneye kubahoho bishimye kuko mwababereye abaja nduzi ko umukozi wo mu rugo we aba afite uburenganzira.Grosso modo amahitamo ni ay’ umuntu ku giti ke kuko niwe Uzi ibimubereye. Nongere nshimire umuntu wavuze ko abagabo bibebeza nk’abatagize ikintu na kimwe bashoboye ariko nibareba babi baziyahura bashire kuko nyine iyo babuze imitsi y’ abagore ubuzima buhita bubagora mbese bagahamya nabo ubwabo ko batishoboye mwanya wo gushobora abandi. Bagore mwese muharanira kwigira no kwiteza imbere hongera and congs.Abakidependinga ku bagabo nanwe mwicare bannye muhehe, muheke kuko wa mugani ni abana bava iwabo badakuze. Mvuze byinshi kuko hari ibyo ubona biteye isesemi. Umugore ugerageje guharanira uburenganzira bwe ngo ni igishegabo. Jye mbona ari ishyari n’ agahinda mufite ko ibihe byabahi dukiyeho kuko abagore babo banenye ubwenge. Niba ugize umujinya mena phone yawe, iyahure cg uzabeho udakeneye service n’ imwe ku mugore maze nkwemere! Dufite ibanga nimushaka mutureke mutuze duturane.

  61. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Maman ihangane ingo ziyi minsi wagirango zinjiwemo n’a dayimoni yubusambanyi gsa iyo byanze urahagarika kuko ubuzima bwawe ntibushingiye kumugabo burya harigihe umuntu kubabara abigiramo uruhare no kwishima ukabigiramo uruhare gsa ndumva bimbabaje, ukomere cyane byose uzabibonera iherezo

  62. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Maman ihangane ingo ziyi minsi wagirango zinjiwemo n’a dayimoni yubusambanyi gsa iyo byanze urahagarika kuko ubuzima bwawe ntibushingiye kumugabo burya harigihe umuntu kubabara abigiramo uruhare no kwishima ukabigiramo uruhare gsa ndumva bimbabaje, ukomere cyane byose uzabibonera iherezo

  63. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Pole sana sha tuza ntakindi

  64. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Pole sana sha tuza ntakindi

  65. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Gusa nta cyiza cyiva mu guca inyuma uwo mwashakanye. Mugihe bibaye bikanamenyekana bisaba kwihangana no kwiyakira.

    Hanyuma mugasasa inzobe mukagira ibyo mwongera mukagiranaho amasezerano hashingiwe kuguhindura imyitwarire mumibanire yanyu.

    Gusa aha mwirinda kwirengagiza kamere yaburumwe,dore ko hari ukuntu muba mumaze kumenyanaho.

  66. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Gusa nta cyiza cyiva mu guca inyuma uwo mwashakanye. Mugihe bibaye bikanamenyekana bisaba kwihangana no kwiyakira.

    Hanyuma mugasasa inzobe mukagira ibyo mwongera mukagiranaho amasezerano hashingiwe kuguhindura imyitwarire mumibanire yanyu.

    Gusa aha mwirinda kwirengagiza kamere yaburumwe,dore ko hari ukuntu muba mumaze kumenyanaho.

  67. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Mwibuke ko umugore ashaka umugabo amukeneye Kd ntawuberwa no kuguma iwabo nabagabo nuko nonese niba ugera Murugo ukumvako byose birangiye ya cheri wakoreshaga mutararushinga irabuze ya Care yohanbere ikabuga kamere yiwanyu ikaza ukifuza ubudahangarwa ntibizoroha mwisuzume muzamenya nyirabayazana

  68. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Mwibuke ko umugore ashaka umugabo amukeneye Kd ntawuberwa no kuguma iwabo nabagabo nuko nonese niba ugera Murugo ukumvako byose birangiye ya cheri wakoreshaga mutararushinga irabuze ya Care yohanbere ikabuga kamere yiwanyu ikaza ukifuza ubudahangarwa ntibizoroha mwisuzume muzamenya nyirabayazana

  69. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Umva mama ihangane rwose niba atagukubita ibindi wabikemura gutyairinde kwivumbura wowe ukomeze umwubahe nkumugabo wawe ,mbese ukomeze ukore inshingano zawe nkibisanzwe.musabe umwanya muganire kuko wasanga yarabuze aho agihera kubera ibyo yakoze kdi akaba abona nawe warabaye nkintare.niba atagukoraho wowe umukoreho mbese nawe ugire uruhare mugutangiza imishyikirano umutinyure.ikindi ibyo byarabaye ariko numugusha neza buriya azakubwira nimpamvu agusabe nimbabazi.wasanga nuwo mukozi wawe ariwe gitera ntiwibagirwe ko abagabo bagira integeke imbere yabagore pe.keretse niba hari ingeso wari usanzwe imuziho yubuhehesi.tangira urugo rwawe ntirusenyuke kubera ikosa rimwe nubwo ritoroshye ariko rengera abo bana beye kuzagirwaho ingaruka no gukura babona muba ukubiri.uraruvamo uwo mukozi ararutaha.kdi nawe umusabe imbabazi ko wamushyize mubuyobozi ushaka ko afungwa ntabwo aribyo rwose ntuzabyongere ,ubutaha jya ubanza ugerageze kumvikana mbere yo kwihutira mubuyobozi.

  70. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Umva mama ihangane rwose niba atagukubita ibindi wabikemura gutyairinde kwivumbura wowe ukomeze umwubahe nkumugabo wawe ,mbese ukomeze ukore inshingano zawe nkibisanzwe.musabe umwanya muganire kuko wasanga yarabuze aho agihera kubera ibyo yakoze kdi akaba abona nawe warabaye nkintare.niba atagukoraho wowe umukoreho mbese nawe ugire uruhare mugutangiza imishyikirano umutinyure.ikindi ibyo byarabaye ariko numugusha neza buriya azakubwira nimpamvu agusabe nimbabazi.wasanga nuwo mukozi wawe ariwe gitera ntiwibagirwe ko abagabo bagira integeke imbere yabagore pe.keretse niba hari ingeso wari usanzwe imuziho yubuhehesi.tangira urugo rwawe ntirusenyuke kubera ikosa rimwe nubwo ritoroshye ariko rengera abo bana beye kuzagirwaho ingaruka no gukura babona muba ukubiri.uraruvamo uwo mukozi ararutaha.kdi nawe umusabe imbabazi ko wamushyize mubuyobozi ushaka ko afungwa ntabwo aribyo rwose ntuzabyongere ,ubutaha jya ubanza ugerageze kumvikana mbere yo kwihutira mubuyobozi.

  71. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ihangane Kandi ukomere cyane,wite kubana banyu Kandi ntukagaragarize umugabo wawe urwango abana bareba,byose bizashira

  72. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ihangane Kandi ukomere cyane,wite kubana banyu Kandi ntukagaragarize umugabo wawe urwango abana bareba,byose bizashira

  73. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ihangane Kandi ukomere cyane,wite kubana banyu Kandi ntukagaragarize umugabo wawe urwango abana bareba,byose bizashira

  74. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ihangane Kandi ukomere cyane,wite kubana banyu Kandi ntukagaragarize umugabo wawe urwango abana bareba,byose bizashira

  75. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ibyo bibaho, kuba umugabo yarabikoze nawe byakubaho. Uramwanga undi wifuza uzamukura he? Kereka ugiye mu ijuru ukishakira marayika. Niba aguca inyuma akagaruka, ahahaha, akamenya abana, ibyo birahagije naho ibindi niba yaratangiye mureke ashishikare azageraho abirambirwe abireke.

  76. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ibyo bibaho, kuba umugabo yarabikoze nawe byakubaho. Uramwanga undi wifuza uzamukura he? Kereka ugiye mu ijuru ukishakira marayika. Niba aguca inyuma akagaruka, ahahaha, akamenya abana, ibyo birahagije naho ibindi niba yaratangiye mureke ashishikare azageraho abirambirwe abireke.

  77. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ndumva abadamu batorohewe

  78. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ndumva abadamu batorohewe

  79. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Mureke gutinyana Mwese Mufate umwanya mwite kubo mwashakanye nicyo gisubizo , mureke gushaka kuruta abagabo mungozanyu mwubahane muganduke , Ingo nyinshiusanga arubugare bubitera gucana inyuma ! Meanies the yesu

  80. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Mureke gutinyana Mwese Mufate umwanya mwite kubo mwashakanye nicyo gisubizo , mureke gushaka kuruta abagabo mungozanyu mwubahane muganduke , Ingo nyinshiusanga arubugare bubitera gucana inyuma ! Meanies the yesu

  81. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    NDIHOKUBWAYO we, ngo ‘abagabo ni nk’ abana bakenera guteteshwa’? Ku bw’ ibyo ukerekana ko umugabo afite ishingiro ry’ ibyo yakoze? Mbese umutware w’ urugo ahinduka umwana ate? Aka ni agahomamunwa! Ni bya bindi byateye. Umugore ati:” Bebe”, umugabo ati:” Bebe”. Ni akamaramaza! Uko biri kose, uyu mugabo nge ndamwita ikigwari. Gusa umugabo aramutse agaragaje kwihana, byaba byiza umugore amubababariye. Kubabarira birabohora. Gusenya na byo akenshi si amahitamo
    meza. Murakoze.

  82. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    NDIHOKUBWAYO we, ngo ‘abagabo ni nk’ abana bakenera guteteshwa’? Ku bw’ ibyo ukerekana ko umugabo afite ishingiro ry’ ibyo yakoze? Mbese umutware w’ urugo ahinduka umwana ate? Aka ni agahomamunwa! Ni bya bindi byateye. Umugore ati:” Bebe”, umugabo ati:” Bebe”. Ni akamaramaza! Uko biri kose, uyu mugabo nge ndamwita ikigwari. Gusa umugabo aramutse agaragaje kwihana, byaba byiza umugore amubababariye. Kubabarira birabohora. Gusenya na byo akenshi si amahitamo
    meza. Murakoze.

  83. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Njye ntacyo nabivugaho kuko nkiri ningaragu gusa muzaganire kd burya ntawe udakosa ahubwo mushyire hamwe mukemure ibibazo kuko ntabwo waje kuba wenyine ibiryo byiza inahuti nababyeyi warabasize nawe arabasiga kugirango mufatanye urugendo rwubuzima buriya umugabo nawe akubwiye impamvu wasanga afite ukuri ariko kuko tutumvishe impande zombi inama nakugira muganirize umwiteho umuhe agaciro kd umwubahe murwego rwo kwubaka umuryango nuburere muha ababakomokaho byumwihariko abana kd musenge kuko uwiringiye Nyagasani aramuhagije please mwunge ubumwe muganire mufatanye mube abanyembaraga kurusha mbere aho nanditse nabi munyihanganire kuko ndi umuntu.

  84. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Njye ntacyo nabivugaho kuko nkiri ningaragu gusa muzaganire kd burya ntawe udakosa ahubwo mushyire hamwe mukemure ibibazo kuko ntabwo waje kuba wenyine ibiryo byiza inahuti nababyeyi warabasize nawe arabasiga kugirango mufatanye urugendo rwubuzima buriya umugabo nawe akubwiye impamvu wasanga afite ukuri ariko kuko tutumvishe impande zombi inama nakugira muganirize umwiteho umuhe agaciro kd umwubahe murwego rwo kwubaka umuryango nuburere muha ababakomokaho byumwihariko abana kd musenge kuko uwiringiye Nyagasani aramuhagije please mwunge ubumwe muganire mufatanye mube abanyembaraga kurusha mbere aho nanditse nabi munyihanganire kuko ndi umuntu.

  85. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Njye ntacyo nabivugaho kuko nkiri ningaragu gusa muzaganire kd burya ntawe udakosa ahubwo mushyire hamwe mukemure ibibazo kuko ntabwo waje kuba wenyine ibiryo byiza inahuti nababyeyi warabasize nawe arabasiga kugirango mufatanye urugendo rwubuzima buriya umugabo nawe akubwiye impamvu wasanga afite ukuri ariko kuko tutumvishe impande zombi inama nakugira muganirize umwiteho umuhe agaciro kd umwubahe murwego rwo kwubaka umuryango nuburere muha ababakomokaho byumwihariko abana kd musenge kuko uwiringiye Nyagasani aramuhagije please mwunge ubumwe muganire mufatanye mube abanyembaraga kurusha mbere aho nanditse nabi munyihanganire kuko ndi umuntu.

  86. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Njye ntacyo nabivugaho kuko nkiri ningaragu gusa muzaganire kd burya ntawe udakosa ahubwo mushyire hamwe mukemure ibibazo kuko ntabwo waje kuba wenyine ibiryo byiza inahuti nababyeyi warabasize nawe arabasiga kugirango mufatanye urugendo rwubuzima buriya umugabo nawe akubwiye impamvu wasanga afite ukuri ariko kuko tutumvishe impande zombi inama nakugira muganirize umwiteho umuhe agaciro kd umwubahe murwego rwo kwubaka umuryango nuburere muha ababakomokaho byumwihariko abana kd musenge kuko uwiringiye Nyagasani aramuhagije please mwunge ubumwe muganire mufatanye mube abanyembaraga kurusha mbere aho nanditse nabi munyihanganire kuko ndi umuntu.

  87. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Urahangayitswa nuko wamusangiye numukozi ? Ibuka ko nawe ari umugore kuko nubundi wavuze ko wari ubizi ko aguca inyuma. Tuza mufatanye kurera abahungu banyu kdi ntiwiteshe umutwe ngo bazasubirana none se uwo mwana we ntazaba akeneye se nkuko abawe bamukeneye. Ingeso ipfa nyirayo yapfuye.wakabaye ubibona ukanamugirira ibanga ibyo nukwishyira hanze. Saba Imana imbaraga zo kwiyakira no gukomera

  88. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Urahangayitswa nuko wamusangiye numukozi ? Ibuka ko nawe ari umugore kuko nubundi wavuze ko wari ubizi ko aguca inyuma. Tuza mufatanye kurera abahungu banyu kdi ntiwiteshe umutwe ngo bazasubirana none se uwo mwana we ntazaba akeneye se nkuko abawe bamukeneye. Ingeso ipfa nyirayo yapfuye.wakabaye ubibona ukanamugirira ibanga ibyo nukwishyira hanze. Saba Imana imbaraga zo kwiyakira no gukomera

  89. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Urahangayitswa nuko wamusangiye numukozi ? Ibuka ko nawe ari umugore kuko nubundi wavuze ko wari ubizi ko aguca inyuma. Tuza mufatanye kurera abahungu banyu kdi ntiwiteshe umutwe ngo bazasubirana none se uwo mwana we ntazaba akeneye se nkuko abawe bamukeneye. Ingeso ipfa nyirayo yapfuye.wakabaye ubibona ukanamugirira ibanga ibyo nukwishyira hanze. Saba Imana imbaraga zo kwiyakira no gukomera

  90. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Urahangayitswa nuko wamusangiye numukozi ? Ibuka ko nawe ari umugore kuko nubundi wavuze ko wari ubizi ko aguca inyuma. Tuza mufatanye kurera abahungu banyu kdi ntiwiteshe umutwe ngo bazasubirana none se uwo mwana we ntazaba akeneye se nkuko abawe bamukeneye. Ingeso ipfa nyirayo yapfuye.wakabaye ubibona ukanamugirira ibanga ibyo nukwishyira hanze. Saba Imana imbaraga zo kwiyakira no gukomera

  91. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ibanga ryonyine kubaka mu bihe tugezemo ni ugusengera urugo rwawe,kubabarira no gusaba imbabazi kuko nta ntungane iba ku isi!Komera kdi kongera kugira urugo rwiza birashoboka kdi niwowe ufite urufunguzo!Rwose nta shema ryo gusenya sengera urugo rwawe kuko satan akunda urugo ba maso kdi ukomeze uganduke nkuko wabisezeranye mu byiza n’ibibi!Plz ba imisemburo w’impinduka mu rugo rwawe guhera ubu.Urakoze

  92. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ibanga ryonyine kubaka mu bihe tugezemo ni ugusengera urugo rwawe,kubabarira no gusaba imbabazi kuko nta ntungane iba ku isi!Komera kdi kongera kugira urugo rwiza birashoboka kdi niwowe ufite urufunguzo!Rwose nta shema ryo gusenya sengera urugo rwawe kuko satan akunda urugo ba maso kdi ukomeze uganduke nkuko wabisezeranye mu byiza n’ibibi!Plz ba imisemburo w’impinduka mu rugo rwawe guhera ubu.Urakoze

  93. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ndabasuhuje mwese. Icyambere ni uguca bugufi kumpande zombie,
    Icyaka 2 kugira ibanga ry’urugo ibibazo bivutse bikaganirwa hagati yabashakanye kdi hakabamo gushyira hasi ntakuryaryana murwego rwo gusabana imbabazi,
    3. Communication ningenzi hari umenya amakuru mabi kuri mugenzi we akihutira kubisakaza atabanje kubaza uwo ikibazo kireba NGO amenye ukuri, 4. Ibiganiro byanyu byasnze mwareba parrain na marraine bakabafasha kubikemura aho guhita ubishyira mubuyobozi . Imana ibiteho

  94. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ndabasuhuje mwese. Icyambere ni uguca bugufi kumpande zombie,
    Icyaka 2 kugira ibanga ry’urugo ibibazo bivutse bikaganirwa hagati yabashakanye kdi hakabamo gushyira hasi ntakuryaryana murwego rwo gusabana imbabazi,
    3. Communication ningenzi hari umenya amakuru mabi kuri mugenzi we akihutira kubisakaza atabanje kubaza uwo ikibazo kireba NGO amenye ukuri, 4. Ibiganiro byanyu byasnze mwareba parrain na marraine bakabafasha kubikemura aho guhita ubishyira mubuyobozi . Imana ibiteho

  95. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Madame ihangane usenge umuture Imana.Umubabarire.Ibya Care babireke umugabo aba azikeneye n’umugote ni uko.Ntimukikunde mwenyine.Uwo mugabo bwo azagutera indwa zidakira.Mureke urere abana bawe nta mugabo umurimo.Igihe yakuvangaga atarakibwiye ikibazo afite azabikomeza.Niyo washaka umukozi w’umuhungu izo ndaya azazisanga iyo ziri.Niba yumva utamuhagije byararangiye.
    Tous se paie ici bas.Azabonazwa

  96. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Madame ihangane usenge umuture Imana.Umubabarire.Ibya Care babireke umugabo aba azikeneye n’umugote ni uko.Ntimukikunde mwenyine.Uwo mugabo bwo azagutera indwa zidakira.Mureke urere abana bawe nta mugabo umurimo.Igihe yakuvangaga atarakibwiye ikibazo afite azabikomeza.Niyo washaka umukozi w’umuhungu izo ndaya azazisanga iyo ziri.Niba yumva utamuhagije byararangiye.
    Tous se paie ici bas.Azabonazwa

  97. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ihangane I byo ubibaho

  98. Umugabo wanjye ntaruhuka, yabaye nk’ikimasa, namenye ko ansangira n’umukozi- Nkore iki?
    Ihangane I byo ubibaho

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *