Sosiyete ya United property group ikora ibijyanye n’ubwubatsi , yubatse kandi ikomeje kubaka amazu yo guturamo ajyanye n’ikerekezo, akomeye yubatse muri concrete, aherereye Kanzenze ho mu karere ka Bugesera, iyi Kompanyi aho bagamije gufasha buri munyarwanda wese gutura heza kandi bijyanye nuko yifite kandi bihereye kubushobozi bw’abazifuza kuko ushobora kwishyura kashi cyangwa mu byiciri ukayegukana.
Didier umuyobozi muri United property group Campany, yatangarije bwiza.com ko aya mazu ari meza yubatse heza kandi yujuje ibisabwa byose, ngo bakaba bahaye ikaze ba rwiyemeza mirimo ndetse na buri umwe wese wifuza inzu yo guturamo kdi ahendutse, ndetse bashobora kubahuza na Bank zikabafasha kubona amazu bifuza.
ibindi bisobanuro mwabisanga muri iyi Video
Amahirwe kubifuza amazu yo guturamo: Ibihumbi 150.000 byagufasha kugeza utunze inzu ya Miliyoni 27


