Isiko ryo Guhahira abanyeshuri n’abakozi b’ikigo cy’ishuri, Kigali Christian School(Kigali & Rwamagana Campus) ndetse n’ab’ikigo cy’umuryango w’ivugabutumwa mu rubyiruko (YFC/Rwanda)

Sangiza iyi nkuru

Ubuyobozi bw’ishuri Kigali Kristian School ry’umuryango w’ivugabutumwa murubyiruko ( Youth for Christ/Rwanda (YFC/Rwanda) burifuza gutanga imasoko rikurikira :

Guhahira abanyeshuri n’abakozi b’ikigo cy’ishuri, Kigali Christian School(Kigali & Rwamagana Campus) ndetse n’ab’ikigo cy’umuryango w’ivugabutumwa mu rubyiruko (YFC/Rwanda)
Itangwa ry’amasoko rizaca mu ipiganwa rikurikije amategeko ngenderwaho mw’itangwa ry’amasoko mu Rwanda ,Amabaruwa agaragaza ibikenewe byose kuri buri soko, murayasanga mubiro bya Kigali Christian School/Kigali campus rikorera I Kibagabaga , na Kigali Christian School /Rwamagana Campus rikorera mu murenge wa Muhazi mu Karere ka Rwamagana , nyuma yo kwishyura amafaranga adasubizwa ibihumbi bitanu (5000Frws) kuri konti : No 047-0387294-53 ya JPCR / Ecole Chretienne de Kigali iri muri BK Rwanda na No 040-0693867-09 ya YFC/KCS-Rwamagana iri muri BK Rwanda .

Igihe ntarengwa cyo gufata ayo mabaruwa ni tariki ya 10/12/2019

Bikorewe i kigali kuwa 05/12/2019

Umuyobozi w’amashuli ya Youth For Christ/Rwanda

MUTABAZI Geoffrey.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *