Uyu ni Irakoze Emmanuel, mugenzi wa Irumva warashwe

Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa

Sangiza iyi nkuru

Polisi y’u Rwanda imaze gutangaza ko abajura umwe mu bajura babiri bafashwe amashusho bari kwiba umukozi wa Mobile Money, bakanamusiga bamugize intere, yarashwe arapfa, undi arafatwa.

Ku wa 25 Gashyantare ni bwo amashusho y’aba bajura babiri bafashwe na CCTV Camera yashyizwe hanze n’umunyamakuru Samuel Baker Byansi. Bafashe uyu mukozi witwa Tuyisenge Jeannette, bamwambura amafaranga, banasiga bamukubise bikabije.

Nk’uko byatangajwe uwo munsi, Tuyisenge yarakubiswe yamburirwa mu murenge wa Remera mu karere ka Gasabo tariki ya 23 Gashyantare. Nyuma yo kubimenya, RIB na Polisi y’u Rwanda biyemeje guhiga aba bajura, bagatabwa muri yombi.

Umujura warashwe agapfa yitwa Irumva Elias. Polisi y’u Rwanda itangaza ko yarwanaga n’inzego z’umutekano ubwo yafatwaga. Mugenzi we wafashwe ari muzima yitwa Irakoze Emmanuel.

Uyu ni Irakoze Emmanuel, mugenzi wa Irumva warashwe
Uyu ni Irakoze Emmanuel, mugenzi wa Irumva warashwe

Soma Izindi Nkuru

28 Responses

  1. Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
    I thank our Police for the quick and thorough operation to nab the culprits. Fortunately the Rwandan Police is incorruptible to a degree otherwise they would have arrested the money and shot a stray dog. They deserve our total support

  2. Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
    I thank our Police for the quick and thorough operation to nab the culprits. Fortunately the Rwandan Police is incorruptible to a degree otherwise they would have arrested the money and shot a stray dog. They deserve our total support

  3. Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
    Icyaha cyose kibereye muri kino gihugu leta yacu itagifitemo uruhare uwagikoze wese arafatwa.

    1. Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
      Mwiriwe,Leta ntabwo yagira uruhare mu cyaha kandi ariyo ishinzwe kubirwanya.

    2. Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
      Mwiriwe,Leta ntabwo yagira uruhare mu cyaha kandi ariyo ishinzwe kubirwanya.

  4. Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
    Icyaha cyose kibereye muri kino gihugu leta yacu itagifitemo uruhare uwagikoze wese arafatwa.

  5. Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
    Ariko Imana yaragatoye koko.Ibi bisambo,bifite amazina “ashimira Imana”.Umwe yitwa Irakoze undi yitwa Irumva.Bible yerekana neza yuko Imana itumva abanyabyaha nkuko Yohana 9:31 havuga.Nubwo abantu bose basenga,nibake bakora ibyo Imana idusaba.
    Abajura barasenga,mu mupira barasenga bibeshya ko Imana ibafasha gutsinda,etc…
    Ntabwo Imana yivanga mu mupira.Urugero,iyo Messi cyangwa Ronaldo batwara Ballons d’or,ni ukubera “ubuhanga bivukaniye”.Niyo umukinnyi w’amavubi yasenga umwaka wose adahagarara,ntabwo yatwara Ballon d’or.Gutsinda ibitego ni ubuhanga.Ntabwo Imana ibyivangamo.Biriya basenga mu kibuga ni uguta igihe.

  6. Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
    Ariko Imana yaragatoye koko.Ibi bisambo,bifite amazina “ashimira Imana”.Umwe yitwa Irakoze undi yitwa Irumva.Bible yerekana neza yuko Imana itumva abanyabyaha nkuko Yohana 9:31 havuga.Nubwo abantu bose basenga,nibake bakora ibyo Imana idusaba.
    Abajura barasenga,mu mupira barasenga bibeshya ko Imana ibafasha gutsinda,etc…
    Ntabwo Imana yivanga mu mupira.Urugero,iyo Messi cyangwa Ronaldo batwara Ballons d’or,ni ukubera “ubuhanga bivukaniye”.Niyo umukinnyi w’amavubi yasenga umwaka wose adahagarara,ntabwo yatwara Ballon d’or.Gutsinda ibitego ni ubuhanga.Ntabwo Imana ibyivangamo.Biriya basenga mu kibuga ni uguta igihe.

  7. Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
    Ibyo iki gisanbo cyakoze icyaba cyiza nuko bagikaranga kurutare rwa kamegeri kuko biriya nubugome bukabije. Felicitation ku nzego zacu zumutekano

    1. Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
      Hari abantu baba bambaye déchiré ku mubiri no ku mutima. Ubutabera bwasimbuye urutare rwa Kamegeri buzakore akazi kabwo, igihome kizamwumvisha yogatsindwa. Azacibwe n’indishyi y’akababaro ihagije, uriya mudamu nibura azabone ko Leta ari umubyeyi.

    2. Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
      Hari abantu baba bambaye déchiré ku mubiri no ku mutima. Ubutabera bwasimbuye urutare rwa Kamegeri buzakore akazi kabwo, igihome kizamwumvisha yogatsindwa. Azacibwe n’indishyi y’akababaro ihagije, uriya mudamu nibura azabone ko Leta ari umubyeyi.

  8. Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
    Ibyo iki gisanbo cyakoze icyaba cyiza nuko bagikaranga kurutare rwa kamegeri kuko biriya nubugome bukabije. Felicitation ku nzego zacu zumutekano

  9. Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
    inzego z,umutekano nizo gushimirwa cyane iki gikorwa cy,ubudashyikirwa bagezeho.urebye amasura ya bariya bagabo ntiwatekereza ko ari ibisambo kdi bahemukiye uriya mwana banamukubita ahantu habi ariko nta kundi camera zishyirwe hose

  10. Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
    inzego z,umutekano nizo gushimirwa cyane iki gikorwa cy,ubudashyikirwa bagezeho.urebye amasura ya bariya bagabo ntiwatekereza ko ari ibisambo kdi bahemukiye uriya mwana banamukubita ahantu habi ariko nta kundi camera zishyirwe hose

  11. Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
    ameze nkawamukozi wakubitaga umwana area Sha

  12. Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
    ameze nkawamukozi wakubitaga umwana area Sha

  13. Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
    Icyo c cyo bakibitse mw’iki?ubonye ibyo bakoreye uriya mwana w’umukobwa wumva ko nta moamvu nimwe yatuma izo nyamaswa zifungwa.iyo nza kuba umwe muba police babifashe mba nabirashe byose.thanks to all Rwandan police

  14. Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
    Icyo c cyo bakibitse mw’iki?ubonye ibyo bakoreye uriya mwana w’umukobwa wumva ko nta moamvu nimwe yatuma izo nyamaswa zifungwa.iyo nza kuba umwe muba police babifashe mba nabirashe byose.thanks to all Rwandan police

  15. Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
    Ahubwo bodufasha bagahora babarasa kuko iyo babapfunze bagaruka bongerey ubukana mukwiba

  16. Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
    Ahubwo bodufasha bagahora babarasa kuko iyo babapfunze bagaruka bongerey ubukana mukwiba

  17. Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
    NAWE ARASWE KUKO BARATUREMBEJE , JYE UMUJURA YANSHIKUJE TELEPHONE ABANYERONDO BAMUFASHE BARAYIMWAKA BAYIHA UMUKURU W’UMUDUGUDU WITWA BISINE JEAN DE DIEU WO MU GASHYEKERO I GIKONDO NAWE AHITA AYIRYA MUBAJIJE IMPAMVU ARANKUBITA MUREZE MU RUKIKO URUBANZA BARUSHYIRA MURI 2024 ! NYUMA AZA KWIDOGA KO NGO WE ATABURANA NANJYE KUBERA AMAFARANGA AFITE UWASHOBORA KUNDENGANURA WESE CYANGWA KUMFASHA KUMUKURIKIRANA YAMPAMAGARA KURI 0784067238 TUGAPANGA

  18. Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
    NAWE ARASWE KUKO BARATUREMBEJE , JYE UMUJURA YANSHIKUJE TELEPHONE ABANYERONDO BAMUFASHE BARAYIMWAKA BAYIHA UMUKURU W’UMUDUGUDU WITWA BISINE JEAN DE DIEU WO MU GASHYEKERO I GIKONDO NAWE AHITA AYIRYA MUBAJIJE IMPAMVU ARANKUBITA MUREZE MU RUKIKO URUBANZA BARUSHYIRA MURI 2024 ! NYUMA AZA KWIDOGA KO NGO WE ATABURANA NANJYE KUBERA AMAFARANGA AFITE UWASHOBORA KUNDENGANURA WESE CYANGWA KUMFASHA KUMUKURIKIRANA YAMPAMAGARA KURI 0784067238 TUGAPANGA

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *