Polisi y’u Rwanda imaze gutangaza ko abajura umwe mu bajura babiri bafashwe amashusho bari kwiba umukozi wa Mobile Money, bakanamusiga bamugize intere, yarashwe arapfa, undi arafatwa.
Ku wa 25 Gashyantare ni bwo amashusho y’aba bajura babiri bafashwe na CCTV Camera yashyizwe hanze n’umunyamakuru Samuel Baker Byansi. Bafashe uyu mukozi witwa Tuyisenge Jeannette, bamwambura amafaranga, banasiga bamukubise bikabije.
Nk’uko byatangajwe uwo munsi, Tuyisenge yarakubiswe yamburirwa mu murenge wa Remera mu karere ka Gasabo tariki ya 23 Gashyantare. Nyuma yo kubimenya, RIB na Polisi y’u Rwanda biyemeje guhiga aba bajura, bagatabwa muri yombi.
Umujura warashwe agapfa yitwa Irumva Elias. Polisi y’u Rwanda itangaza ko yarwanaga n’inzego z’umutekano ubwo yafatwaga. Mugenzi we wafashwe ari muzima yitwa Irakoze Emmanuel.




28 Responses
Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
Ni.saw.kuba
Byafashw
Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
Ni.saw.kuba
Byafashw
Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
I thank our Police for the quick and thorough operation to nab the culprits. Fortunately the Rwandan Police is incorruptible to a degree otherwise they would have arrested the money and shot a stray dog. They deserve our total support
Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
I thank our Police for the quick and thorough operation to nab the culprits. Fortunately the Rwandan Police is incorruptible to a degree otherwise they would have arrested the money and shot a stray dog. They deserve our total support
Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
Congs RIB mubamwakoze kbs
Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
Congs RIB mubamwakoze kbs
Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
Icyaha cyose kibereye muri kino gihugu leta yacu itagifitemo uruhare uwagikoze wese arafatwa.
Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
Mwiriwe,Leta ntabwo yagira uruhare mu cyaha kandi ariyo ishinzwe kubirwanya.
Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
Mwiriwe,Leta ntabwo yagira uruhare mu cyaha kandi ariyo ishinzwe kubirwanya.
Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
Icyaha cyose kibereye muri kino gihugu leta yacu itagifitemo uruhare uwagikoze wese arafatwa.
Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
Nawe naraswe kuko nawe yashakaga kwica.
Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
Nawe naraswe kuko nawe yashakaga kwica.
Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
Ariko Imana yaragatoye koko.Ibi bisambo,bifite amazina “ashimira Imana”.Umwe yitwa Irakoze undi yitwa Irumva.Bible yerekana neza yuko Imana itumva abanyabyaha nkuko Yohana 9:31 havuga.Nubwo abantu bose basenga,nibake bakora ibyo Imana idusaba.
Abajura barasenga,mu mupira barasenga bibeshya ko Imana ibafasha gutsinda,etc…
Ntabwo Imana yivanga mu mupira.Urugero,iyo Messi cyangwa Ronaldo batwara Ballons d’or,ni ukubera “ubuhanga bivukaniye”.Niyo umukinnyi w’amavubi yasenga umwaka wose adahagarara,ntabwo yatwara Ballon d’or.Gutsinda ibitego ni ubuhanga.Ntabwo Imana ibyivangamo.Biriya basenga mu kibuga ni uguta igihe.
Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
Ariko Imana yaragatoye koko.Ibi bisambo,bifite amazina “ashimira Imana”.Umwe yitwa Irakoze undi yitwa Irumva.Bible yerekana neza yuko Imana itumva abanyabyaha nkuko Yohana 9:31 havuga.Nubwo abantu bose basenga,nibake bakora ibyo Imana idusaba.
Abajura barasenga,mu mupira barasenga bibeshya ko Imana ibafasha gutsinda,etc…
Ntabwo Imana yivanga mu mupira.Urugero,iyo Messi cyangwa Ronaldo batwara Ballons d’or,ni ukubera “ubuhanga bivukaniye”.Niyo umukinnyi w’amavubi yasenga umwaka wose adahagarara,ntabwo yatwara Ballon d’or.Gutsinda ibitego ni ubuhanga.Ntabwo Imana ibyivangamo.Biriya basenga mu kibuga ni uguta igihe.
Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
Ibyo iki gisanbo cyakoze icyaba cyiza nuko bagikaranga kurutare rwa kamegeri kuko biriya nubugome bukabije. Felicitation ku nzego zacu zumutekano
Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
Hari abantu baba bambaye déchiré ku mubiri no ku mutima. Ubutabera bwasimbuye urutare rwa Kamegeri buzakore akazi kabwo, igihome kizamwumvisha yogatsindwa. Azacibwe n’indishyi y’akababaro ihagije, uriya mudamu nibura azabone ko Leta ari umubyeyi.
Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
Hari abantu baba bambaye déchiré ku mubiri no ku mutima. Ubutabera bwasimbuye urutare rwa Kamegeri buzakore akazi kabwo, igihome kizamwumvisha yogatsindwa. Azacibwe n’indishyi y’akababaro ihagije, uriya mudamu nibura azabone ko Leta ari umubyeyi.
Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
Ibyo iki gisanbo cyakoze icyaba cyiza nuko bagikaranga kurutare rwa kamegeri kuko biriya nubugome bukabije. Felicitation ku nzego zacu zumutekano
Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
inzego z,umutekano nizo gushimirwa cyane iki gikorwa cy,ubudashyikirwa bagezeho.urebye amasura ya bariya bagabo ntiwatekereza ko ari ibisambo kdi bahemukiye uriya mwana banamukubita ahantu habi ariko nta kundi camera zishyirwe hose
Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
inzego z,umutekano nizo gushimirwa cyane iki gikorwa cy,ubudashyikirwa bagezeho.urebye amasura ya bariya bagabo ntiwatekereza ko ari ibisambo kdi bahemukiye uriya mwana banamukubita ahantu habi ariko nta kundi camera zishyirwe hose
Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
ameze nkawamukozi wakubitaga umwana area Sha
Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
ameze nkawamukozi wakubitaga umwana area Sha
Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
Icyo c cyo bakibitse mw’iki?ubonye ibyo bakoreye uriya mwana w’umukobwa wumva ko nta moamvu nimwe yatuma izo nyamaswa zifungwa.iyo nza kuba umwe muba police babifashe mba nabirashe byose.thanks to all Rwandan police
Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
Icyo c cyo bakibitse mw’iki?ubonye ibyo bakoreye uriya mwana w’umukobwa wumva ko nta moamvu nimwe yatuma izo nyamaswa zifungwa.iyo nza kuba umwe muba police babifashe mba nabirashe byose.thanks to all Rwandan police
Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
Ahubwo bodufasha bagahora babarasa kuko iyo babapfunze bagaruka bongerey ubukana mukwiba
Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
Ahubwo bodufasha bagahora babarasa kuko iyo babapfunze bagaruka bongerey ubukana mukwiba
Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
NAWE ARASWE KUKO BARATUREMBEJE , JYE UMUJURA YANSHIKUJE TELEPHONE ABANYERONDO BAMUFASHE BARAYIMWAKA BAYIHA UMUKURU W’UMUDUGUDU WITWA BISINE JEAN DE DIEU WO MU GASHYEKERO I GIKONDO NAWE AHITA AYIRYA MUBAJIJE IMPAMVU ARANKUBITA MUREZE MU RUKIKO URUBANZA BARUSHYIRA MURI 2024 ! NYUMA AZA KWIDOGA KO NGO WE ATABURANA NANJYE KUBERA AMAFARANGA AFITE UWASHOBORA KUNDENGANURA WESE CYANGWA KUMFASHA KUMUKURIKIRANA YAMPAMAGARA KURI 0784067238 TUGAPANGA
Umwe mu bajura bakubise umukozi wa Mobile Money yarashwe arapfa, undi arafatwa
NAWE ARASWE KUKO BARATUREMBEJE , JYE UMUJURA YANSHIKUJE TELEPHONE ABANYERONDO BAMUFASHE BARAYIMWAKA BAYIHA UMUKURU W’UMUDUGUDU WITWA BISINE JEAN DE DIEU WO MU GASHYEKERO I GIKONDO NAWE AHITA AYIRYA MUBAJIJE IMPAMVU ARANKUBITA MUREZE MU RUKIKO URUBANZA BARUSHYIRA MURI 2024 ! NYUMA AZA KWIDOGA KO NGO WE ATABURANA NANJYE KUBERA AMAFARANGA AFITE UWASHOBORA KUNDENGANURA WESE CYANGWA KUMFASHA KUMUKURIKIRANA YAMPAMAGARA KURI 0784067238 TUGAPANGA