Minisiteri y’Ubuzima yatangaje kuri uyu wa 25 Werurwe 2020 ko mu Rwanda hagaragaye undi murwayi umwe wa Coronavirus, muri rusange bagera kuri 41.
Uyu murwayi yageze mu Rwanda aturutse mu mugi wa Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE).
April 29, 2026
Your email address will not be published. Required fields are marked *
Comment *
Name *
Email *
Website
Save my name, email, and website in this browser for the next time I comment.
Δ