Umukozi Ushinzwe Ubuzima mu biro by’Akarere ka Nyaruguru, Uzarazi Evode yatawe muri yombi kuri uyu wa 17 Kamena 2020 akurikiranweho ibyaha birimo kwakira ruswa no gutanga cyangwa kwakira indonke. Ni nyuma y’aho na bagenzi be babiri baherutse gutabwa muri yombi.
Tariki ya 12 Kamena ni bwo Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyaruguru, Serge Ruzima ndetse n’umukozi ushinzwe ibikorwa rusange mu Karere, Nsengiyumva Innocent.
RIB yasobanuye ko aba bayobozi bakurikiranweho ibyaha bitanu birimo kunyereza umutungo, gutanga amasoko mu buryo bunyuranyije n’amategeko, kwakira ruswa, gukoresha inyandiko mpimbano no gukoresha ububasha bahabwa n’itegeko mu nyungu zabo bwite.
N’ubwo bidakunze ko Bwiza.com ivugana n’Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha, Marie Michelle Umuhoza ngo abihamye kubera ko atabonetse ku murongo wa telefone, amakuru yizewe aturuka mu biro by’Akarere ka Nyaruguru avuga ko koko uyu mukozi yatawe muri yombi.
Mbere yo gutabwa muri yombi, Diregiteri Uzarazi ngo yabanje guhagarikwa ku nshingano yari afite mu gitondo cy’uyu wa 17 Kamena 2020 binyuze mu nzira y’urwandiko rumusezerera.
Uwatangarije Bwiza com aya makuru, yagize ati: “Mu gitondo bamwandikishije ibaruwa yo gusezera, arasezera, nimugoroba bahita bamufunga.” Uyu akomeza avuga ko hari amabanga uyu mukozi ashobora kuba yari afitanye na bagenzi be batawe muri yombi.
Ubwo yari akiri umukozi ushinzwe ubuzima, Uzarazi yari anahagarariye akanama k’amasoko muri aka Karere gusa yakuwe kuri uyu mwanya azira amakosa yaketsweho.
Bivugwa ko kandi aba bayobozi uko ari batatu bari baziranyeho amakosa bakekwaho, bakaba baravananyemo bakayashyira ahagaragara bitewe n’ubwumvikane buke mu kazi, bikaba byarabaviriyemo gutabwa muri yombi, ubu bakaba bategereje ko dosiye yabo ishyikirizwa ubutabera mu gihe iperereza rizaba rirangiye.
Uzarazi Evode ngo ubu na we acumbikiwe kuri Sitasiyo ya RIB i Kibeho, aho bagenzi be babiri bari.



12 Responses
Nyaruguru: Undi muyobozi mu biro by’Akarere yatawe muri yombi
Uyu ntabwo meya wakarere yam wemeraga kuko yaje kuririya mwanya atamushaka mugihe hari uwaruwuriho wari waramaze kumuha amaf ngo azawuhaamemo cyaneko uwo agira nubugambo kumutegetsi wese uhageze, uriya sinubwambere bamugambaniye agafungwa kugirango babone uwo umwanya ujyemo uwo wari wawuguze, binazwi nezako bamushyize kurubwo buperezida ngobamuboneremo ibyaha bamwirukane bigakomeza kubananira ahubwowe agashyiribyabo hanze byose byuko basahura akarere agatanga amakuru yose, iperereza barihere kumunyamategeko mubiro byamasoko wigeze kwirukanwa kuko atemeraguko meyazanamo amayeri yogusahura bikarangira nawe amwirengeje!! Akakarere gafite ibibazo, bariya bayobozi babafungire mucyumbakimwe bajye bararabaganiriramo kandi nabandi babajyane kuko meya niwe umazaka karere kuburyo kadateze nokuzazuka niyo kabonabandi bayobozi bameze bate. Meya azi gutanga ruswa cyane kandi akagira akarimi kamayeri ntabwo mumuzi. Nabagiye nyine nyirumwanya war waratanze amaf awubone kukubwo nawe yari yarakonje ntacyo yaragikora buriya ntiyanasinziraga birumvikana
Nyaruguru: Undi muyobozi mu biro by’Akarere yatawe muri yombi
Uyu ntabwo meya wakarere yam wemeraga kuko yaje kuririya mwanya atamushaka mugihe hari uwaruwuriho wari waramaze kumuha amaf ngo azawuhaamemo cyaneko uwo agira nubugambo kumutegetsi wese uhageze, uriya sinubwambere bamugambaniye agafungwa kugirango babone uwo umwanya ujyemo uwo wari wawuguze, binazwi nezako bamushyize kurubwo buperezida ngobamuboneremo ibyaha bamwirukane bigakomeza kubananira ahubwowe agashyiribyabo hanze byose byuko basahura akarere agatanga amakuru yose, iperereza barihere kumunyamategeko mubiro byamasoko wigeze kwirukanwa kuko atemeraguko meyazanamo amayeri yogusahura bikarangira nawe amwirengeje!! Akakarere gafite ibibazo, bariya bayobozi babafungire mucyumbakimwe bajye bararabaganiriramo kandi nabandi babajyane kuko meya niwe umazaka karere kuburyo kadateze nokuzazuka niyo kabonabandi bayobozi bameze bate. Meya azi gutanga ruswa cyane kandi akagira akarimi kamayeri ntabwo mumuzi. Nabagiye nyine nyirumwanya war waratanze amaf awubone kukubwo nawe yari yarakonje ntacyo yaragikora buriya ntiyanasinziraga birumvikana
Nyaruguru: Undi muyobozi mu biro by’Akarere yatawe muri yombi
Mubareke bakomeze biemo wenda byagera nokubayobozi bandi bakarere bakomeje gushegesha rubanda bica bagaoteza arinako batonesha uwo bishakiye. Umvako ngohaabagira akarimi keza bazi gucinyinkoro nogutanga ruswa munzego zohejuru tuzabaturebako imizinga itazavamo imyibano igihuru kikabyara igihunyira ibyahishwe bikagaragara nubwo baciyeho kukarerenga batazagaruka
Nyaruguru: Undi muyobozi mu biro by’Akarere yatawe muri yombi
Mubareke bakomeze biemo wenda byagera nokubayobozi bandi bakarere bakomeje gushegesha rubanda bica bagaoteza arinako batonesha uwo bishakiye. Umvako ngohaabagira akarimi keza bazi gucinyinkoro nogutanga ruswa munzego zohejuru tuzabaturebako imizinga itazavamo imyibano igihuru kikabyara igihunyira ibyahishwe bikagaragara nubwo baciyeho kukarerenga batazagaruka
Nyaruguru: Undi muyobozi mu biro by’Akarere yatawe muri yombi
Meya arabamara erega!! Amasoko yarafite umunyamategeko utavugirwamo arabanza aramwirenza kukowe ntiyashoboraga kumwoshya, abobategekana bose baramutina nabo gusinya kubyo emeje, babaye ndiyo bwana nuguhora muri Nyakubahwa meya nibyo gusa, uwambwiye icara nukwicara, mpereza ibi nukumuhereza ukazabibazwa yigaramiye numunyamayeri!! Abamuhaye amaf yimyanya yubudiregiteri bagombaga guhamamo agomba kugenda ababonera imyanya gahorogahoro bakayisubirana abandi agakomeza kubicisha amayeri ababeshyabeshyako haribindi byiza abateganyiriza imbere!! Mujye murebuko yahaye akazi ushinzwe IBUKA mu karere ataranize ngwakunde acecekeshe abacitse ku icumu bareke kuzamura amabi ye, akongeraho noguh agoronome wa Kibeho azinezako ari mubamenyeranye nabo ngobakomeze bacekekeshwe!!! Rebuko yazamuye umunetsi we sekereteri akamuha umwanya umuhemba menshi utagirakazi ngwahame nomuruwo wokumuhora iruhande amahuha utugambo kugezubwo umwanya unashyirwa kwisoko uwutsindiye bakamukinagiza ntibawumuhe bakawurekeramo umenyereye ugombakujya amuha amagambo!! Murebabo amaze kwirenza, abaturage nabakozi bahunze akarere, abirukanwe nabakomeje gufungwa!!! Aka karere kazaterimbere cyangwa hazaterimbere abari mugatsiko kakagategeka gusa???? Ubutabera bukomeze bukorakazi wenda numuturage nabatotezwa bose bazageraho basubizwe nabo
Nyaruguru: Undi muyobozi mu biro by’Akarere yatawe muri yombi
Meya arabamara erega!! Amasoko yarafite umunyamategeko utavugirwamo arabanza aramwirenza kukowe ntiyashoboraga kumwoshya, abobategekana bose baramutina nabo gusinya kubyo emeje, babaye ndiyo bwana nuguhora muri Nyakubahwa meya nibyo gusa, uwambwiye icara nukwicara, mpereza ibi nukumuhereza ukazabibazwa yigaramiye numunyamayeri!! Abamuhaye amaf yimyanya yubudiregiteri bagombaga guhamamo agomba kugenda ababonera imyanya gahorogahoro bakayisubirana abandi agakomeza kubicisha amayeri ababeshyabeshyako haribindi byiza abateganyiriza imbere!! Mujye murebuko yahaye akazi ushinzwe IBUKA mu karere ataranize ngwakunde acecekeshe abacitse ku icumu bareke kuzamura amabi ye, akongeraho noguh agoronome wa Kibeho azinezako ari mubamenyeranye nabo ngobakomeze bacekekeshwe!!! Rebuko yazamuye umunetsi we sekereteri akamuha umwanya umuhemba menshi utagirakazi ngwahame nomuruwo wokumuhora iruhande amahuha utugambo kugezubwo umwanya unashyirwa kwisoko uwutsindiye bakamukinagiza ntibawumuhe bakawurekeramo umenyereye ugombakujya amuha amagambo!! Murebabo amaze kwirenza, abaturage nabakozi bahunze akarere, abirukanwe nabakomeje gufungwa!!! Aka karere kazaterimbere cyangwa hazaterimbere abari mugatsiko kakagategeka gusa???? Ubutabera bukomeze bukorakazi wenda numuturage nabatotezwa bose bazageraho basubizwe nabo
Nyaruguru: Undi muyobozi mu biro by’Akarere yatawe muri yombi
Meya arabamara erega!! Amasoko yarafite umunyamategeko utavugirwamo arabanza aramwirenza kukowe ntiyashoboraga kumwoshya, abobategekana bose baramutina nabo gusinya kubyo emeje, babaye ndiyo bwana nuguhora muri Nyakubahwa meya nibyo gusa, uwambwiye icara nukwicara, mpereza ibi nukumuhereza ukazabibazwa yigaramiye numunyamayeri!! Abamuhaye amaf yimyanya yubudiregiteri bagombaga guhamamo agomba kugenda ababonera imyanya gahorogahoro bakayisubirana abandi agakomeza kubicisha amayeri ababeshyabeshyako haribindi byiza abateganyiriza imbere!! Mujye murebuko yahaye akazi ushinzwe IBUKA mu karere ataranize ngwakunde acecekeshe abacitse ku icumu bareke kuzamura amabi ye, akongeraho noguh agoronome wa Kibeho azinezako ari mubamenyeranye nabo ngobakomeze bacekekeshwe!!! Rebuko yazamuye umunetsi we sekereteri akamuha umwanya umuhemba menshi utagirakazi ngwahame nomuruwo wokumuhora iruhande amahuha utugambo kugezubwo umwanya unashyirwa kwisoko uwutsindiye bakamukinagiza ntibawumuhe bakawurekeramo umenyereye ugombakujya amuha amagambo!! Murebabo amaze kwirenza, abaturage nabakozi bahunze akarere, abirukanwe nabakomeje gufungwa!!! Aka karere kazaterimbere cyangwa hazaterimbere abari mugatsiko kakagategeka gusa???? Ubutabera bukomeze bukorakazi wenda numuturage nabatotezwa bose bazageraho basubizwe nabo
Nyaruguru: Undi muyobozi mu biro by’Akarere yatawe muri yombi
Meya arabamara erega!! Amasoko yarafite umunyamategeko utavugirwamo arabanza aramwirenza kukowe ntiyashoboraga kumwoshya, abobategekana bose baramutina nabo gusinya kubyo emeje, babaye ndiyo bwana nuguhora muri Nyakubahwa meya nibyo gusa, uwambwiye icara nukwicara, mpereza ibi nukumuhereza ukazabibazwa yigaramiye numunyamayeri!! Abamuhaye amaf yimyanya yubudiregiteri bagombaga guhamamo agomba kugenda ababonera imyanya gahorogahoro bakayisubirana abandi agakomeza kubicisha amayeri ababeshyabeshyako haribindi byiza abateganyiriza imbere!! Mujye murebuko yahaye akazi ushinzwe IBUKA mu karere ataranize ngwakunde acecekeshe abacitse ku icumu bareke kuzamura amabi ye, akongeraho noguh agoronome wa Kibeho azinezako ari mubamenyeranye nabo ngobakomeze bacekekeshwe!!! Rebuko yazamuye umunetsi we sekereteri akamuha umwanya umuhemba menshi utagirakazi ngwahame nomuruwo wokumuhora iruhande amahuha utugambo kugezubwo umwanya unashyirwa kwisoko uwutsindiye bakamukinagiza ntibawumuhe bakawurekeramo umenyereye ugombakujya amuha amagambo!! Murebabo amaze kwirenza, abaturage nabakozi bahunze akarere, abirukanwe nabakomeje gufungwa!!! Aka karere kazaterimbere cyangwa hazaterimbere abari mugatsiko kakagategeka gusa???? Ubutabera bukomeze bukorakazi wenda numuturage nabatotezwa bose bazageraho basubizwe nabo
Nyaruguru: Undi muyobozi mu biro by’Akarere yatawe muri yombi
Meya arabamara erega!! Amasoko yarafite umunyamategeko utavugirwamo arabanza aramwirenza kukowe ntiyashoboraga kumwoshya, abobategekana bose baramutina nabo gusinya kubyo emeje, babaye ndiyo bwana nuguhora muri Nyakubahwa meya nibyo gusa, uwambwiye icara nukwicara, mpereza ibi nukumuhereza ukazabibazwa yigaramiye numunyamayeri!! Abamuhaye amaf yimyanya yubudiregiteri bagombaga guhamamo agomba kugenda ababonera imyanya gahorogahoro bakayisubirana abandi agakomeza kubicisha amayeri ababeshyabeshyako haribindi byiza abateganyiriza imbere!! Mujye murebuko yahaye akazi ushinzwe IBUKA mu karere ataranize ngwakunde acecekeshe abacitse ku icumu bareke kuzamura amabi ye, akongeraho noguh agoronome wa Kibeho azinezako ari mubamenyeranye nabo ngobakomeze bacekekeshwe!!! Rebuko yazamuye umunetsi we sekereteri akamuha umwanya umuhemba menshi utagirakazi ngwahame nomuruwo wokumuhora iruhande amahuha utugambo kugezubwo umwanya unashyirwa kwisoko uwutsindiye bakamukinagiza ntibawumuhe bakawurekeramo umenyereye ugombakujya amuha amagambo!! Murebabo amaze kwirenza, abaturage nabakozi bahunze akarere, abirukanwe nabakomeje gufungwa!!! Aka karere kazaterimbere cyangwa hazaterimbere abari mugatsiko kakagategeka gusa???? Ubutabera bukomeze bukorakazi wenda numuturage nabatotezwa bose bazageraho basubizwe nabo
Nyaruguru: Undi muyobozi mu biro by’Akarere yatawe muri yombi
Meya arabamara erega!! Amasoko yarafite umunyamategeko utavugirwamo arabanza aramwirenza kukowe ntiyashoboraga kumwoshya, abobategekana bose baramutina nabo gusinya kubyo emeje, babaye ndiyo bwana nuguhora muri Nyakubahwa meya nibyo gusa, uwambwiye icara nukwicara, mpereza ibi nukumuhereza ukazabibazwa yigaramiye numunyamayeri!! Abamuhaye amaf yimyanya yubudiregiteri bagombaga guhamamo agomba kugenda ababonera imyanya gahorogahoro bakayisubirana abandi agakomeza kubicisha amayeri ababeshyabeshyako haribindi byiza abateganyiriza imbere!! Mujye murebuko yahaye akazi ushinzwe IBUKA mu karere ataranize ngwakunde acecekeshe abacitse ku icumu bareke kuzamura amabi ye, akongeraho noguh agoronome wa Kibeho azinezako ari mubamenyeranye nabo ngobakomeze bacekekeshwe!!! Rebuko yazamuye umunetsi we sekereteri akamuha umwanya umuhemba menshi utagirakazi ngwahame nomuruwo wokumuhora iruhande amahuha utugambo kugezubwo umwanya unashyirwa kwisoko uwutsindiye bakamukinagiza ntibawumuhe bakawurekeramo umenyereye ugombakujya amuha amagambo!! Murebabo amaze kwirenza, abaturage nabakozi bahunze akarere, abirukanwe nabakomeje gufungwa!!! Aka karere kazaterimbere cyangwa hazaterimbere abari mugatsiko kakagategeka gusa???? Ubutabera bukomeze bukorakazi wenda numuturage nabatotezwa bose bazageraho basubizwe nabo
Nyaruguru: Undi muyobozi mu biro by’Akarere yatawe muri yombi
Usibyenabobayobozi rib ikomeze izenguruke igihugu kukoharinabayobozi bimirenge abutugari abimidugudu bataakira umuntu wumukenenkukobikwiriye%. maze amahoronumutekanobyuzure igihugu.
Nyaruguru: Undi muyobozi mu biro by’Akarere yatawe muri yombi
Usibyenabobayobozi rib ikomeze izenguruke igihugu kukoharinabayobozi bimirenge abutugari abimidugudu bataakira umuntu wumukenenkukobikwiriye%. maze amahoronumutekanobyuzure igihugu.